Perezida Kagame yavuze ko kudahanagurwaho ubusembwa kwa Ingabire Victoire bigatuma ataziyamamaza byatewe n’amateka ye mabi arimo gukorana n’abakoze jenoside yakorewe Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ku kwangirwa kwiyamamaza kwa Ingabire Victoire n’impamvu hataboneka umusimbura we
25 March 2024, by Dusingizimana Remy -
Umuhanzi Sergeant Robert ari gushakishwa kubera icyaha cyo gusambanya umwana akekwaho
23 November 2020, by Dusingizimana RemyUmusirikare akaba n’umuhanzi Sergeant Major Kabera Robert wamenyekanye nka "Sergeant Robert" ari guhigishwa uruhindu akekwaho gusambanya umwana agahita atoroka.
Amakuru dukesha IGIHE avuga ko icyo cyaha cyakozwe tariki 21 Ugushyingo, ubwo yasambanyaga umwana w’imyaka 15. Bimaze kumenyekana ko byabaye, yahise atoroka ku buryo magingo aya yaburiwe irengero.
Inzego z’umutekano zatangiye kumushakisha uruhindu ngo agezwe imbere y’ubutabera. Zivuga ko uwabasha kumuca iryera yamenyesha inzego (…) -
FERWACY yazanye Tour du Rwanda 2024 yiganjemo amakipe yo muri Tour de France
24 November 2023Abategura Tour du Rwanda bazanye udushya twinshi mu irushanwa ritaha aho bazanye amakipe menshi akina Tour de France ndetse n’uduce dushyi turimo n’akazagera i Kibeho mu karere ka Nyaruguru.
-
Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya kabiri
16 February, by Brenda MIZEROIkibazo cy’amarimbi gikomeje kuba ingutu mu Rwanda bijyanye n’ubuto bwarwo n’ikimenyimenyi Irimbi rya Rusororo byateganywaga ko rizuzura mu 2029 rigitangira mu 2011 ubu rimaze kwagurwa inshuro ebyiri ndetse n’ubu rirabura amezi arindwi ngo ryuzure.
-
Ni ibintu bisanzwe i Burayi - Josh Ishimwe ku birori byo guhamba ubusore ‘Bridegroom’ yakorewe
11 June 2025, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Josh Ishimwe, yakorewe ibirori byo gusezera ubusore bizwi nka “Bachelor Party” cyangwa “Groom’s Send Off”. Ni ibirori yakorewe n’abagize umuryango we mu gihe habura iminsi micye agakora ubukwe n’umukunzi we Gloria.
-
Minisitiri Nduhungirehe ari muri Pakistan
20 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Nduhungirehe Olivier, ari muri Pakistan mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu, ruzasiga hatashywe Ambasade y’u Rwanda muri iki gihugu.
-
Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi
20 June 2019, by UbwanditsiBishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango cyagarutse ku miyoborere banyuzemo, ibyabavuzweho kurya amafaranga y’itorero, imanza barimo, gucibwa mu Itorero, ibibazo Komite iriho ubu ifite n’umuti babona byafatirwa, uko babayeho ubu n’ibindi.
Byinshi ni muri iki kiganiro twagiranye: -
Abanyarwanda bafitiye icyizere itangazamakuru kiruta icyo bafitiye amadini n’ amashyaka
30 November 2017, by Nsanzimana ErnestMu nzego zitari iza Leta itangazamakuru niryo riza imbere mu nzego abanyarwanda bafitiye ikizere.
Umuyobozi w’ Urwego rw’ igihugu rw’ igihugu rw’ imiyoborere Prof Shyaka Anastase yabitangarije abagize inteko ishinga amategeko mu nama nyungurabitekerezo ku mahame remezo u Rwanda rugenderaho.
Yifashishije ubushakashatsi n’ ibipimo bidatukanye yagiye bikorwa yagaragaje icyizere Abanyarwanda bafitiye inzego, gahunda za Leta, umukuru w’ igihugu, n’ uko bakiriye ibyavuye mu matora.
Yagize (…) -
Perezida wa Sena yasobanuye ko kwibuka abanyapolitiki ari ukwibuka amateka yoretse u Rwanda
13 April 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDr Kalinda François Xavier (hagati) hamwe n’abandi bayobozi bakuru mu gusoza icyumweru cy’icyunamo
-
RDF “yiteguye guhashya" Islamic State n’igihe yakwibasira u Rwanda - Umuvuguzi w’ingabo z’u Rwanda
13 August 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi avuga ko ingabo z’u Rwanda "byumvikana ko ziteguye guhashya" umutwe w’iterabwoba wa Islamic State (IS) n’igihe ibikorwa byawo byakwibasira ubutaka bw’u Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze ku kwangirwa kwiyamamaza kwa Ingabire Victoire n’impamvu hataboneka umusimbura we
FERWACY yazanye Tour du Rwanda 2024 yiganjemo amakipe yo muri Tour de France
Irimbi rya Rusororo rigiye kuzura ku nshuro ya kabiri
Ni ibintu bisanzwe i Burayi - Josh Ishimwe ku birori byo guhamba ubusore ‘Bridegroom’ yakorewe
Minisitiri Nduhungirehe ari muri Pakistan
Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi
Perezida wa Sena yasobanuye ko kwibuka abanyapolitiki ari ukwibuka amateka yoretse u Rwanda
RDF “yiteguye guhashya" Islamic State n’igihe yakwibasira u Rwanda - Umuvuguzi w’ingabo z’u Rwanda