Ministeri y’ubuzima mu Rwanda yatangaje ko yaraye ibonye umubare munini w’abanyururu banduye COVID 19 muri Gereza ya Nsinda.
Kuri ubu hariho icyoba ko umubare w’abanduye waba ari munini kurusha abamaze kugaragara dore ko iyi gereza ari nayo icumbikiye abantu benshi.
Byatangajwe na Ministiri w’ubuzima, Daniel Ngamije, abicishije kuri televiziyo y’igihugu ku wa kabiri.
Yavuze ko ku munsi w’ejo abashinzwe ibikorwa byo gupima batunguwe ubwo bageraga mu bitaro bya Rwamagana mu gace kagenewe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Habonetse umubare munini w’abanduye Covid-19 muri gereza ya Nsinda
10 November 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame arashimirwa ku mugaragaro n’Aba-Rayon bamaze kuzuza Sitade yubakiwe Abanyarwanda
6 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame azashimirwa ku bwo guha Abanyarwanda Stade Amahoro, mu mukino wa Rayon Sports na APR FC.
-
Impamvu bigoye ko ubuhuza bwifashishwa mu manza za gatanya
8 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yerekanye ko nubwo ubuhuza butanga umusanzu mu gukemura ibibazo ariko ku manza z’abashakanye basaba gatanya budatanga umusaruro.
-
Perezida Kagame yakoresheje amagambo yihariye mu kwifuriza umufasha we isabukuru
10 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifurije isabukuru nziza y’amavuko Madamu we Jeannette Kagame wujuje imyaka 60 kuri uyu munsi.
Mu magambo yihariye,Perezida Kagame yagaragaje ko yanyuzwe n’imyaka irenga 30 bamaze babana aho umuryango n’Igihugu bifuzaga mbere y’aho babigezemo.
Yagize ati "Isabukuru nziza Jeannette!.Imyaka irasa naho ari mike.Tekereza imyaka irenga 30 tumaranye.Nibwo umuryango n’igihugu twashakaga byabonetse.Birangora buri munsi gusaba ibiruse ibi.Umugisha (…) -
Rubavu: Biravugwa ko RDC yafunze umupaka wayo n’u Rwanda
5 November 2024, by Joseph IradukundaAmakuru aturuka mu karere ka Rubavu aravuga ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafunze umupaka wa la Corniche uzwi kw’izina rya Grande Barrière uyihuza n’u Rwanda.
-
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
17 April 2023, by Dusingizimana RemyMu myaka myinshi ishize, u Rwanda rwasuwe n’abayobozi bakomeye ku isi batandukanye gusa hari ingendo zahasize urwibutso n’amateka akomeye nk’urwa Valéry René Marie Georges Giscard d’Estaing w’u Bufaransa, rwakupye amazi n’umuriro muri Kigali, urwa Muammar Gaddafi rwafunze amashuri, urwa Bill Clinton wagarukiye ku kibuga cy’indege i Kigali n’abandi.
Akenshi igituma izo nzinduko zigira umwihariko, ni uburyo umutekano uba wakajijwe rimwe na rimwe bikabangamira bamwe mu baturage, (…) -
Amakipe yose yo mu Bwongereza yikuye muri European Super League kubera igitutu cy’abafana
21 April 2021, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo ku Cyumweru nibwo ibinyamakuru byo ku mugabane w’I Burayi byatangaje ko hari irushanwa ryitwa European Super League rije guhangana na UEFA Champions League isanzwe ikunzwe na benshi cyane.
-
"Inka ntabwo itunga umuntu udafite na mba!”-Minisitiri Musafiri
17 August 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yakoze amavugurura mu mitangire y’inka muri gahunda ya Girinka, aho umuntu udafite isambu ihagije yo guhingamo ubwatsi atazongera kuyihabwa, kandi gutanga itishingiwe na byo bitazongera kubaho.
-
Sankara na bagenzi be bagisohoka Mageragere bajyanwe Mutobo!Imiryango yabo ibiteguye ite?
27 March 2023, by Joseph IradukundaNyuma yo guhambwa imbabazi n’Umukuru w’Igihugu Nsabimana Callixte ‘Sankara’ na bagenzi be 18 bajyanywe i Mutobo aho bagiye kubanza kunyura mu ngando, mu gihe Paul Rusesabagina agomba kwerekeza muri Qatar mbere yo gusanga umuryango we muri Amerika.
Kuwa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023 nibwo Perezida Kagame yababariye Paul Rusesabagina na bagenzi be bari bafunganwe bashinjwa ibyaha by’iterabwoba.
Sankara wari Umuvugizi wa FLN akaba na Visi Perezida wa Kabiri wa MRCD yakatiwe imyaka 20 (…) -
Micomyiza Jean Dieu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda[AMAFOTO]
27 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROUbushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa 27 Mata 2022, bwakiriye Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho.
Umuryango.rw
Habonetse umubare munini w’abanduye Covid-19 muri gereza ya Nsinda
Perezida Kagame arashimirwa ku mugaragaro n’Aba-Rayon bamaze kuzuza Sitade yubakiwe Abanyarwanda
Impamvu bigoye ko ubuhuza bwifashishwa mu manza za gatanya
Perezida Kagame yakoresheje amagambo yihariye mu kwifuriza umufasha we isabukuru
Rubavu: Biravugwa ko RDC yafunze umupaka wayo n’u Rwanda
Zimwe mu ngendo z’abayobozi bakomeye ku isi zakoze amateka mu Rwanda
"Inka ntabwo itunga umuntu udafite na mba!”-Minisitiri Musafiri
Sankara na bagenzi be bagisohoka Mageragere bajyanwe Mutobo!Imiryango yabo ibiteguye ite?
Micomyiza Jean Dieu ukekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yoherejwe mu Rwanda[AMAFOTO]