Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente,yavuze ko abitwaza intambara iri kubera muri Ukraine bakazamura ibiciro by’ibicuruzwa birimo n’ibyera mu Rwanda bidakwiriye ndetse hakorwa isuzuma kugira ngo ababikora babihanirwe.
Minisitiri Ngirente hamwe n’abandi bagize Guverinoma, bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye by’umwihariko ku bicuruzi no kuzahuka k’ubukungu nyuma ya COVID19.
Dr Ngirente Edouard yamaganye amakuru avuga ko ibiciro ku masoko byazamutse kubera intambara (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’Intebe yavuze ku bitwaza intambara yo muri Ukraine bakazamura ibiciro bya bimwe mu bicuruzwa
16 March 2022, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwoherereje Mozambique inkunga y’ibiribwa n’imiti
3 February, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yoherereje Mozambique inkunga ya toni 20 z’ibiribwa n’imiti, igenewe gufasha abaturage b’iki gihugu bagizweho ingaruka n’imyuzure iherutse kucyibasira.
-
Abayungukamo menshi ntayo bacukura - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye ya RDC
5 February, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yagaragaje ko ibihugu byirirwa bitoteza u Rwanda ngo rwiba amabuye y’agaciro ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biba byirengagiza nkana uko ibintu bikorwa kuko biri mu bicuruza menshi bikayungukiramo cyane kandi ntaho biyacukura.
-
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bushinwa
4 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa 3 Nzeri 2024 yahuye na Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bushinwa akaba n’umwe mu bagize biro politiki y’ishyaka CPC riyoboye iki gihugu, Ding Xuexiang, bagirana ikiganiro.
-
RCS yatangaje ko CG(Rtd)Gasana yahawe uruhushya rwo kwitabira ubukwe
22 December 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora ,RCS, rwahaye Gasana Emmanuel, wahoze ari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, uruhushya rwo gusohoka muri Gereza, akitabira ubukwe bw’umwana we.
-
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha
22 July 2021, by Dusingizimana RemyUrugereko rw’urukiko rukuru ruburanisha imanza zambukiranya imipaka n’iz’iterabwoba rwashoje urubanza rwitiriwe Paul Rusesabagina icyemezo cy’urukiko kikaba kigomba gutangazwa mu kwezi gutaha.
-
Amasaha yo kugera mu rugo yavuye Saa Moya z’ijoro ashyirwa saa tatu
11 September 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Nzeri 2020, yafashe umwanzuro w’uko ingendo zari zibujijwe kuva ya saa moya z’ijoro kugera saa kumi n’imwe z’igitondo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, bihinduka iyo saha isubizwa saa tatu z’ijoro nkuko yahozeho mbere y’ibyumweru 2 bishize.
-
Abantu 134 bakize Covid-19 mu Rwanda,handura abandi 02
8 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 08 Ukwakira 2020, abantu 02 barimo uwa Kigali:1, Karongi:1,basanzwemo COVID-19 mu bipimo 1,935 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura uba 4,885.
-
Leta y’u Rwanda yakemuye ikibazo cy’abashoferi bo muri Tanzania bahohoteye Abanyarwanda
6 May 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukorana n’inzego z’ubucuruzi za Tanzania kugira ngo urugomo ruherutse gukorerwa abacuruzi bo mu Rwanda muri icyo gihugu rurangire.
-
Perezida Tshisekedi nawe yasabye MONUSCO kugenda anavuga ku mubano we na Perezida Kagame
21 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa RDC,Felix Tshisekedi nawe yemeje ko kuva Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura Amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zaremeye ko zitagishoboye kurengera abasivili muri iki gihugu zikwiye kuzinga utwazo zikagenda.
Muri Nyakanga uyu mwaka,Abanye-Congo bakoze imyigaragambyo mu Mujyi wa Goma, basaba ko , ziva ku butaka bw’iki gihugu kuko zitegeze zubahiriza inshingano zari zifite.
Mu kiganiro kirekire Perezida Tshisekedi yahaye BBC,yavuze ko (…)
Umuryango.rw
Minisitiri w’Intebe yavuze ku bitwaza intambara yo muri Ukraine bakazamura ibiciro bya bimwe mu bicuruzwa
U Rwanda rwoherereje Mozambique inkunga y’ibiribwa n’imiti
Abayungukamo menshi ntayo bacukura - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye ya RDC
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Minisitiri w’Intebe wungirije w’u Bushinwa
RCS yatangaje ko CG(Rtd)Gasana yahawe uruhushya rwo kwitabira ubukwe
Rusesabagina n’abo bareganwa bazasomerwa mu kwezi gutaha
Amasaha yo kugera mu rugo yavuye Saa Moya z’ijoro ashyirwa saa tatu
Abantu 134 bakize Covid-19 mu Rwanda,handura abandi 02
Perezida Tshisekedi nawe yasabye MONUSCO kugenda anavuga ku mubano we na Perezida Kagame