Kuri uyu wa Kane nibwo hasojwe Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12, ryitabiriwe n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rugera kuri 689, mu muhango ukomeye witabiriwe na Perezida Paul Kagame.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urubyiruko rw’Abanyarwanda ruba mu Rwanda n’uruba hanze rwasoje Itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 rwigishijwe gukoresha Intwaro[AMAFOTO]
8 August 2019, by Martin Munezero -
Perezida Kagame yavuze ku gufasha Ethiopia no ku rugomo abanya Uganda bakomeje gukorera Abanyarwanda
5 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko igihugu cya Ethiopia kizahora ari inshuti y’u Rwanda ariko rutazivanga mu bibazo byayo by’intambara ihanganye n’abo mu ntara yayo ya Tigray.
-
AFCON 2021: Ikipe isigaranye abakinnyi 11 gusa kubera Covid-19 itegetswe gukina niyo nta muzamu yaba igira
9 January 2022, by Dusingizimana RemyAmakipe y’ibihugu arimo uburwayi bwa Covid agomba kuzakina imikino yayo y’igikombe cy’Afurika cy’umupira w’amaguru (CAN/AFCON) n’iyo yaba afite abakinnyi 11 gusa batanduye.
-
Uko aba Gen-Z basunitse perezida kugeza ahunze
15 October 2025, by ISIMBI EstellaImyigaragambyo y’urubyiruko rw’aba Gen-Z muri Madagascar yatangiye binubira ibura ry’amashanyarazi n’ubukene bw’amazi meza, abasesenguzi bavuga ko ku ikubitiro Perezida Rajoelina atahaye agaciro kaninini uru rubyiruko.
-
Minisitiri Shyaka yahishuye abantu bihariye bemerewe gusezerana muri iyi minsi
16 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu,Prof.Shyaka Anastase yatangaje ko abari bafite ubukwe muri izi mpera z’uyu mwaka basabwa kubusubika gusa yemeza abantu bazagaragaza impamvu zumvikana zo kudasubika ishyingirwa ryabo ku murenge bashobora gushyingirwa nka serivisi ariko batazemererwa gukora ibirori.
-
Gucyura ingabo za SADC ziri i Goma bizarangirana na Gicurasi 2025
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba barahisemo gukura ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishingiye ku kuba amahoro yaratangiye kugaruka mu karere, ndetse ngo bizarangirana na Gicurasi 2025.
-
Rusesabagina yongeye kwihakana ko ari umunyarwanda ubushinjacyaha bumusubiza ko agamije gutinza urubanza gusa
17 February 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Gashyantare 2021, abantu 21 barimo Rusesabagina Paul wari umuyobozi wa MRCD, Nsabimana Callixte Sankara na Nsengimana Herman bari abavugizi ba FLN,bagejejwe imbere y’urukiko mu rubanza baregwamo ibyaha bifitanye isano n’iterabwoba.
-
Uganda yasubije u Rwanda ku bakora ibyaha bagahungirayo n’ umubano urimo agatotsi
22 November 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma ya Uganda yasubije u Rwanda ko ubutumwa bugenewe Uganda rwajya rubunyuza muri kuri ambasaderi wa Uganda mu Rwanda inasaba u Rwanda gutanga amakuru yisumbuye ku kibazo cy’ abakora ibyaha bakajya bagahungira muri Uganda.
-
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
29 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,Col.Jeannot Ruhunga yabwiye abanyamakuru ko uru rwego rudakoresha iyicarubozo mu kubona amakuru cyangwa gukurikirana umuntu ku cyaha.
-
Paul Biya yarahiriye kongera kuyobora Cameroon
6 November 2025, by Brenda MIZEROPaul Biya w’imyaka 92 uherutse gutorerwa kuyobora Cameroon yarahiriye kuyobora icyo gihugu muri manda ya munani y’imyaka irindwi, mu birori byabereye ku Ngoro y’Inteko Ishinga Amategeko mu murwa Mukuru Yaoundé.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze ku gufasha Ethiopia no ku rugomo abanya Uganda bakomeje gukorera Abanyarwanda
AFCON 2021: Ikipe isigaranye abakinnyi 11 gusa kubera Covid-19 itegetswe gukina niyo nta muzamu yaba igira
Uko aba Gen-Z basunitse perezida kugeza ahunze
Minisitiri Shyaka yahishuye abantu bihariye bemerewe gusezerana muri iyi minsi
Gucyura ingabo za SADC ziri i Goma bizarangirana na Gicurasi 2025
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
Paul Biya yarahiriye kongera kuyobora Cameroon