Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Maj Gen (Rtd) Richard Rutatina rwari rumaze igihe rukoraho iperereza ku byaha byo guha amabwiriza abakozi be, bagakubita uwari waraye mu nzu ye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Maj Gen (Rtd) Rutatina arafunzwe
6 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Tshisekedi mu mayirabiri: Inzira y’amahoro iramusaba kwambura intwaro no gukuraho FDLR
28 June 2025, by ISHIMWE Jean de DieuDiplomasi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatsinze igitego cy’umutwe ubwo yageraga ku ntego yari yihaye y’ubuhuza hagati ya Repuburika Iharanira Demokarasi ya Kongo(DRC) n’u Rwanda. Amasezerano y’amahoro yasinywe biturutse kuri ubu buhuza, ni inkingi ya mwamba mu rubuga rwa politiki y’aka karere dore ko agamije kuzana ituze n’umutekano mu karere kajahajwe n’intambara.
-
Umubiri wa Senateri Kagoyire waguye muri Amerika wagejejwe i Kigali[AMAFOTO]
17 July 2019, by Martin MunezeroSenateri Bishagara yitabye Imana ku wa Mbere w’icyumweru gishize mu bitaro bya John Hopkins biri muri Baltimore mu Mujyi wa Maryland muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yivurizaga.
-
Urukiko rwa nyuma mu Bufaransa rurategeka aho Kabuga azaburanira
30 September 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rusesa imanza rwo mu Bufaransa uyu munsi ruratangaza umwanzuro warwo ku kohereza Félicien Kabuga mu rukiko rwa ONU cyangwa se niba azaburanishirizwa mu Bufaransa.
-
Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps
13 August 2024, by EmmyKuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru y’ikibazo cy’ibura rya peteroli kivugwa mu Burundi, asanga ari ibinyoma.
-
Abo kwa Rwigara bahakanye ibyaha baregwa
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestDiane Rwigara, murumuna we Anne Rwigara na mama wabo Adeline Mukangemanyi Rwigara bahakanye ibyaha baregwa.
Kuri uru wa Gatatu tariki 11 Ukwakira 2017 nibwo ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge I Nyamirambo, abaregwa bongeye kugezwa imbere y’ urukiko baburanishwa ku ifungwa n’ ifungurwa ry’ agateganyo. Umucamanza yatangiye abaza abaregwa niba bemera ibyaha baregwa bose uko ari batatu barabihakana.
Diane Rwigara yabwiye urukiko ko bakeneye undi mwuganizi bitewe n’ uko dosiye ari ndende (…) -
OMS yahishuye igihe COVID-19 ishobora kuba yarangiye ku isi
22 August 2020, by Dusingizimana RemyUmukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) yavuze ko yizeye ko iki cyorezo cya coronavirus kizaba cyarangiye mu myaka itageze kuri ibiri.
-
Perezida Kagame yashimiye abayobozi b’ibihugu bishimiye intsinzi ye, abizeza gukomeza ubufatanye
23 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yashimiye abayobozi b’ibihugu bamushimiye intsinzi yabonye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, abizeza gukomeza ubufatanye bufitiye inyungu abaturage.
-
Leta y’u Rwanda yafashe ingamba zikomeye zo gufasha abacuruzi bagizweho ingaruka na Coronavirus
22 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’ubucuruzi n’inganda (MINICOM),yashyizeho ingamba z’igihe gito n’igihe kirekire zo guhangana n’ingaruka za COVID-19 ku bukungu zirimo gusubiza umusoro ku nyongeragaciro ku bigo bito n’ibiciriritse kugirango ubucuruzi bukomeze, kuvugurura inguzanyo no kwishyura muri banki z’ubucuruzi n’ibindi.
-
Annie umunyarwandakazi wirukanwe igitaraganya muri Uganda yahishuye inzira itoroshye yanyuzemo n’uburyo yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda
5 February 2019, by Martin MunezeroUmunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda.
Umuryango.rw
Maj Gen (Rtd) Rutatina arafunzwe
Tshisekedi mu mayirabiri: Inzira y’amahoro iramusaba kwambura intwaro no gukuraho FDLR
Urukiko rwa nyuma mu Bufaransa rurategeka aho Kabuga azaburanira
Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps
OMS yahishuye igihe COVID-19 ishobora kuba yarangiye ku isi
Perezida Kagame yashimiye abayobozi b’ibihugu bishimiye intsinzi ye, abizeza gukomeza ubufatanye