Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda na Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa DR Congo bageze i Doha muri Qatar gukurikirana ibiganiro hagati y’umutwe wa M23 na leta ya Kinshasa nk’abatumirwa, nk’uko bivugwa na Radio Mpuzamahanga y’Ubufaransa, RFI.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda n’uwa RDC batumiwe mu biganiro bya Kinshasa na M23 i Doha
11 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Rulindo:Urukiko rwategetse ko Padiri ukekwaho gusambanya umwana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
1 December 2021, by Dusingizimana RemyUrukiko rwafashe icyemezo cyo gufunga by’agatagenyo iminsi 30 Umupadiri wo muri Paruwasi Gatulika yo mu Murenge wa Cyungo mu Karere ka Rulindo nyuma yo gusanga hari impamvu zikomeye zituma akekwaho gukora icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa.
Icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Byumba rwasomye icyemezo cyarwo kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Ugushyingo 2021.
Uyu mupadiri w’imyaka 36 yafashwe ku wa Kabiri, tariki ya 26 Ukwakira 2021, ahita atangira gukorwaho iperereza.
Icyaha (…) -
Huye: Gusana Umujyi, Itongo rya Gicanda, Ingoro ya Muvoma, Mukura, byinshi mu kiganiro na Meya (Video)
3 February 2019, by UbwanditsiHari hashize imyaka igera kuri ine ubuyobozi bw’Akarere bufashe icyemezo cyo gufunga zimwe mu nyubako z’ubucuruzi z’igice kitari gito cy’Umujyi ngo ba nyirayo bubake amazu agezweho. Gusa, benshi mu ba nyiri izi nyubako ntibasannye bituma igice kitari gito cy’Umujyi gisa n’igihundutse amatongo.
-
Umujyi wa Kigali wasubijwe muri GUMA MU RUGO
18 January 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Mutarama 2021,Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri yafatiwemo ingamba nshya zo kurwanya icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukaza umurego mu gihugu aho umujyi wa Kigali wasubijwe muri Guma mu rugo.
Iyi nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga,yafashe icyemezo cyo gushyira Umujyi wa Kigali muri gahunda ya guma mu rugo (Lockdown) kubera ubwiyongere budasanzwe bw’abandura n’abahitanwa na COVID-19.
Ahasigaye hose mu gihugu ukuyemo Umujyi wa Kigali (…) -
OMS yashimye imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurandura icyorezo cya Marburg
20 December 2024, by Joseph IradukundaUmuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, (OMS) mu Rwanda, Dr Brian Chirombo, kuri uyu wa 20 Ukuboza 2024, yashimye imbaraga u Rwanda rwashyizemo ruhashya Icyorezo cya Marburg, rukaba rugitsinze burundu mu mezi atatu gusa.
-
Ibyemezo byafatiwe mu nama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Kabiri
5 December 2017, by Nsanzimana ErnestNone kuwa Kabiri tariki ya 5 Ugushyingo 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Ibyemezo byose by’inama y’abaminisitiri idasanzwe:
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 08 Ugushyingo 2017, imaze kuyikorera ubugororangingo.
Inama y’Abaminisitiri yagejejweho aho imyiteguro y’Inama y’Igihugu y’Umushyikirano igeze.
3.Inama y’Abaminisitiri yemeje:
a) Ishyirwaho ry’Ikigo (…) -
Uko bimwe mu bigo bya Leta bikomeye byagiye bivanwa mu mujyi wa Kigali bikimurirwa mu ntara
31 July 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibikorwa remezo, Gatete Claver, yabwiye abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri taliki ya 30 Nyakanga 2019 ko bagiye kwimura bimwe mu bigo bya Leta bitandukanye kugira ngo bifashe indi mijyi n’uturere gutera imbere ndetse bifashe muri gahunda yo kunoza serivisi.
-
Ababuze uko bajya kureba umukino wa Arsenal muri poromosiyo za SKOL kubera Covid-19 bahawe ingurane y’amafaranga
19 April 2021, by UbwanditsiAbanyarwanda batatu bari batsindiye amatike yo kujya kureba umukino wa Arsenal kuri Emirates Stadium binyuze muri poromosiyo za SKOL, bishimiye gushumbushwa amafaranga nyuma y’uko icyorezo cya COVID-19 gihagaritse ingendo bikabagora kujya mu Bwongereza.
Taliki 18 Ukuboza 2018 nibwo ikipe ikomeye yo mu Bwongereza “Arsenal FC“ ibinyujije ku rubuga rwayo rwa internet, yatangaje ko yagiranye amasezerano y’imikoranire n’uruganda rwa SKOL Brewery Ltd.
Nyuma yaho gato, muri Mutarama 2019, mu (…) -
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
14 January, by Brenda MIZEROU Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe n’ikiza cy’inkubi y’umuyaga yiswe ‘Melissa’ iherutse kucyibasira.
-
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Doumbouya wa Guinée
16 January, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yageze i Conakry ku mugoroba wo ku wa 16 Mutarama 2026 aho yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we Mamadi Doumbouya watsinze amatora yo mu Ukuboza 2025.
Umuryango.rw
Minisitiri w’umutekano w’u Rwanda n’uwa RDC batumiwe mu biganiro bya Kinshasa na M23 i Doha
Rulindo:Urukiko rwategetse ko Padiri ukekwaho gusambanya umwana afungwa iminsi 30 y’agateganyo
OMS yashimye imbaraga u Rwanda rwashyize mu kurandura icyorezo cya Marburg
U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya Doumbouya wa Guinée