Mu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma n’inshundura (Nyungwe Canopy Walk), ndetse hakaba hagiye no gushyirwaho uburyo bwo kugendera ku migozi ukambukiranya imisozi (Zipline Mountain).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyuma y’ikiraro hagiye gushyirwa n’imigozi ifasha abantu kugendera hejuru ya Nyungwe
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTI -
U Rwanda rwasubije abarunenze gushora menshi muri Arsenal kandi rwakira inkunga
26 May 2018, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda yavuze ko abanenze u Rwanda kuba rugiye gushora miliyoni z’ amayero mu kwamamaza ubukerarugendo binyuze ku ikipe y’ Arsenal batifuriza u Rwanda iterambere.
-
MINEMA yerekanye ahantu 522 hashobora kwibasirwa n’ibiza
2 April, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa by’Ubutabazi MINEMA yatangaje ko hari ahantu hangana na 522 yabaruye byagaragaye ko hashobora kwibasirwa n’ibiza muri iki gihe cy’Itumba.
-
"Nta cyiza nko kubabera umuyobozi"-Perezida Kagame yiyamamarije i Busogo imbere y’ibihumbi
22 June 2024, by Dusingizimana RemyIbihumbi by’abanyamuryango ba FPR Inkotanyi baturutse mu turere twa Rulindo, Burera, Gakenke, Musanze, Nyabihu n’ahandi bazindutse iya rubika, baje gushyigikira umukandida wabo,Paul Kagame.
-
Dr Habineza asanga nta mpamvu yo kwirukana shishi itabona Human Rights Watch
26 October 2017, by Iyamuremye JanvierDr Frank Habineza wari umukandida mu matora y’umukuru w’Igihugu akaza gutsindwa, asanga nta mpamvu y’uko u Rwanda na Human Rights Watch (HRW) baca umubano ahubwo ko bombi bagakwiye kuganira bakanoza ibyo batuvugaho rumwe.
Ibi yabigarutseho mu kiganiro imitwe ya Politiki yo mu Rwanda yagiranye n’itangazamakuru kuwa 24 Ukwakira 2017.Abahagarariye imitwe ya Politiki mu Rwanda batanze ikiganiro cyari kigamije kugaragaza ibyo ’aya mashyaka ateganya gufasha ishyaka riri ku butegetsi ari naryo (...) -
vuba Moto nazo ziratangira kujyanwa muri Controle Technique
6 November 2024, by Joseph IradukundaUbuyobozi bw’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe ubuziranenge bw’ibinyabiziga (Controle Technique), buratangaza ko mu gihe cya vuba moto zitangira gusuzumwa imyotsi muri controle technique.
-
Byarangiye abakozi icyenda bo mu karere ka Rusizi banditse amabaruwa basezera ku kazi
14 May 2024, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki 13 Gicurasi 2024, amakuru yatangiye gukwirakwira avuga ko hari abakozi icyenda b’Akarere ka Rusizi basezeye ku mirimo yabo ku mpamvu zabo bwite, ariko abandi bakavuga ko batabikoze ku bushake ahubwo babitegetswe n’ababakuriye.
-
Perezida Kagame yasabye abayobozi kureka amagambo bagakorera abaturage
11 November 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 11 Ugushyingo 2022,Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Jean Claude Musabyimana wasimbuye Gatabazi JMV ku munsi w’ejo.
Perezida Kagame yavuze ko nubwo inshingano za Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu ari nshya kuri Musabyimana ariko gukorera Abanyarwanda atari bishya kuri we kuko yakoze mu nzego zibanze.
Ati “Ibishya ni uko agiye ku rwego rw’Ubuminisitiri yari ashinzwe indi mirimo yo ku rundi rwego rutari urwo hejuru (...) -
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]
18 October 2023, by Dusingizimana RemyMu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru cyane.
-
Perezida Kagame yamaganye ibitero byibasiye abayobozi ba Zimbabwe na Ethiopia
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
0 | ... | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | 3390 | 3400 | 3410 | 3420