Ashingiye ku biteganywa n’itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015 cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116 uyu munsi kuwa 4 Ugushyingo 2019, Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yashyizeho abayobobozi mu buryo bukurikira:
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida wa Repubulika yakoze impinduka zitandukanye muri Guverinoma
4 November 2019, by Dusingizimana Remy -
Mukansanga wari Visi Meya wa Nyabihu akimara kwegura yahise atabwa muri yombi
12 May 2018, by Nsanzimana ErnestMukansanga Clarisse nyuma y’ amasaha make yeguye kumwanya w’ Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ Abaturage yahise atabwa muri yombi akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’ ingengabitekerezo ya Jenoside.
-
Igihugu cya Uganda n’u Burundi byagize icyo bivuga kuri Sankara wamennye amabanga yabyo ku mugambi bifitiye u Rwanda
24 May 2019, by Martin MunezeroIgihugu cya Uganda cyasubije ku makuru yahishuwe na Nsabimana Calixte Sankara wemereye ubutabera bw’u Rwanda ko Brigadier Abel Kandiho ukuriye urwego rw’ubutasi bwa gisirikare bwa Uganda yahaga ubufasha inyeshyamba za FLN kugira ngo zize guhungabanya umutekano w’u Rwanda.
-
Perezida Museveni yavuze ko yishimiye kwakira Kagame
25 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yakoreye uruzinduko rw’ akazi rw’umunsi muri Uganda yakirwa na mugenzi we Museveni wavuze ko anejejwe no kwakira Kagame
Mu butumwa Museveni yashyizwe kuri Twitter yagize ati "Nejejwe no kwakira Nyakubwa Paul Kagame muri Uganda mu ruzinduko rw’ akazi rw’ umunsi umwe. Turagirana ibiganiro bifitiye umumaro impande zombi."
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Werurwe 2018 nibwo Perezida Museveni yakiriye Kagame mu biro bye Entebbe.
Amakuru yari yemejwe n’ umuvugizi wa (...) -
Umunyamideli ukomeye kw’Isi Naomi Campbell yavuze imyato Perezida Paul Kagame bahuye nyuma y’ibirori byo kwita izina[AMAFOTO]
8 September 2019, by Martin MunezeroUmunyamideli ukomeye mu ruganda rw’imideli ku rwego rw’Isi Naomi Campbell yavuze imyato Perezida Paul Kagame, bahuye nyuma yo kuza mu Rwanda mu birori byo Kwita Izina byabaga ku nshuro ya 15 i Musanze mu ntara y’amajyaruguru.
-
Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zikomeje guhangana n’ inyeshyamba zishaka guhungabanya umutekano
3 January 2021, by Dusingizimana RemyUmutwe wihariye w’Ingabo z’u Rwanda hamwe n’iz’u Burusiya ziri muri Centrafrique mu bikorwa byihariye byo kubungabunga amahoro muri iki gihugu, wishe abarwanyi “benshi” b’Umutwe wa CPC washakaga guhungabanya umutekano mu bilometero 76 uvuye mu Murwa Mukuru Bangui.
-
Hashyizwe ku karubanda imyirondoro y’abantu banze kwitaba Polisi barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
6 January 2021, by Martin MunezeroMu gihe Isi yose yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus Leta y’u Rwanda yashyizeho isaha yo kuba umuntu yageze murugo ari saa mbiri z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo mu buryo bwo gukumira ubwanda bwa Coronavirus gusa hari abatwara ibinyabiziga batabyubahirije bangana 209.
-
Urubanza rwa Nsabimana Callixte, Rusesabagina na Herman Nsengimana ruratangira kuri uyu wa Gatatu
16 February 2021, by Dusingizimana RemyUrubanza rwa Paul Rusesabagina rwamaze guhuzwa n’urwa Callixte Nsabimana, Herman Nsengimana n’abandi barwanyi 17 bahoze mu mutwe wa MRCD-FLN, rukaba rutangira kuburanishirizwa mu cyumba cy’Urukiko rw’Ikirenga I Kigali kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Gashyantare 2021.
-
Lt Col Désiré Migambi yavuze ko umunsi Gen Maj Fred Gisa Rwigema wari uyoboye urugamba araswa ingabo zose zacitse umugongo
10 April, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 09 Mata 2025 ubwo urubyiruko rwibumbiye mu Muryango wa Our Past Initiative rwibukaga ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi 1994,Lt Col Désiré Migambi wari ku rugamba rwo kubohora u Rwanda yagaragaje ko umunsi Gen Maj Fred Gisa Rwigema wari uyoboye urugamba araswa ingabo zose zacitse umugongo, icyakora Maj Paul Kagame wari uri kwiga muri Amerika arahagoboka.
-
Goma: M23 yaraye irasana na FARDC
12 April, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryacyeye habayeho kurasana hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
0 | ... | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | 3370 | 3380 | 3390 | 3400 | 3410 | ... | 3420