Umujyanama mu by’amategeko w’Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Guteza Imbere Imiturire, RHA yasohowe mu biganiro bigaruka kuri raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta.
Uyu mukozi yasohowe nyuma yo kubwira Komisiyo ya PAC ko atigeze asoma iyi raporo ngo amenye ikigo akoramo amakosa gishinjwa.
Nkuko amashusho dukesha IGIHE abigaragaza,uyu mukozi wa RHA yasohowe nyuma yo kugaragaza ko atigeze yitegura ibi biganiro biri gukorwa hagamije kureba uko umutungo wa Leta ukoreshwa.
Muri iyi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
PAC yasohoye umukozi wa RHA mu biganiro kubera igisubizo gitangaje yayihaye
6 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Ibyaganiriweho hagati y’Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye i Luanda
22 July 2022, by Dusingizimana RemyIntumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije gucoca ibibazo bimaze iminsi hagati y’ibihugu byombi.
Kuri uyu wa 21 Nyakanga 2022nibwo hatangiye inama ya mbere ya Komisiyo ihuriweho y’u Rwanda na RDC, igamije gushakira hamwe umuti ku mwuka mubi umaze iminsi hagati y’ibi bihugu aho Angola ari cyo muhuza.
Iyo nama yemeje ko u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (…) -
Nyuma ya Gen Nyamvumba, Afande Gasana na Hon Gatabazi bahagaritswe ku mpamvu z’iperereza
25 May 2020, by UbwanditsiItangazo ryavuye mu Biro bya Minisitiri w’Intebe ku mugoroba wo kuri uyu 25/5/2020 rivuga ko “Perezida wa Repubulika” yabaye abahagaritse ku myanya yabo Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Emmanuel Gasana na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Hon Gatabazi Jean Marie Vianey “kubera ibyo bagomba kubazwa bakurikiranweho”.
Aba bayobozi bahagaritswe ngo iperereza ku byaha bakekwaho ribashe kugenda neza baje biyongera kuri Gen Patrick Nyamvumba wari Minisitiri w’Umutekano mu gihugu uherutse (…) -
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
3 January 2024, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko Perezida Tshisekedi atazigera agenzura uduce wabohoje ndetse bo na Alliance Fleuve Congo biyemeje guhirika ubutegetsi bwa RDC.
-
U Rwanda rwumvikanye na RDC ubufatanye mu guhashya inyeshyamba zihungabanya umutekano
21 March 2021, by Dusingizimana RemyUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Général Jean Bosco Kazura yasoje uruzinduko yagiriraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bibazo bijyanye no guhashya imitwe y’iterabwoba ibangamiye umutekano w’ibihugu byombi.
-
Gicumbi: Umubikira n’umumotari wari umutwaye bahitanywe n’impanuka y’imodoka
5 June 2019, by Dusingizimana RemyUmubikira witwa Terimbere Theopiste wayoboraga ikigo nderabuzima cya Rushaki mu karere ka Gicumbi, mu Ntara y’Amajyaruguru n’umumotari wari umutwaye,bakoze impanuka ikomeye yatwaye ubuzima bwabo.
-
"Ibyo twagezeho uyu mwaka bigomba gukomeza,tukabyubakiraho"-Perezida Kagame
31 December 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yagejeje ijambo risoza umwaka wa 2021, ku Banyarwanda aho yabasabye gukomeza kwirinda icyorezo cya Covid-19 ndetse no gukomeza kubakira ku byagezweho.
Perezida Kagame yavuze ko Umwaka wa 2021 warangiye nk’uwashize wa 2020 kuko abanyarwanda batabashije kwishimana n’imiryango yabo mu minsi mikuru.
Ati "Uyu mwaka urangiye nk’uwawubanjirije, wabayemo ingorane. N’ubu ngubu ubwoko bushya bwa Covid-19 bwatubujije kwizihiza iminsi mikuru nk’uko (…) -
Perezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar inka z’Inyambo
20 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar, Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, inka z’Inyambo, nk’ikimenyetso gishingiye mu muco w’u Rwanda gisobanuye ubushuti, ubwubahane, ndetse n’ubufatanye bukomeye hagati y’aba bayobozi bombi n’ibihugu byabo.
-
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda
24 September 2022, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Mpunga Tharcisse, yatangaje ko bari gukora ibishoboboka byose ngo indwara ya Ebola itinjira mu Rwanda.
Ebola ikomeje guca ibintu mu karere ka Mubende mu Majyaruguru ya Uganda, aho abantu 11 bayanduye imaze kubica ndetse hari ubwoba ko umubare w’ubwandu n’impfu ukomeza kwiyongera.
Agace kagaragayemo Ebola gateye impungenge u Rwanda kubera ko kabamo Abanyarwanda benshi bagenda bagaruka ndetse Minisiteri (…) -
Ni Amahugu cg ni Akarengane? Umudiyasipora n’Umujyi wa Kigali rurageretse
7 May 2025, by Joseph IradukundaMuri 2019 Kayitare yaguze ikibanza na Ibrahim mu Murenge wa Kigali (Norvege)
Umuryango.rw
PAC yasohoye umukozi wa RHA mu biganiro kubera igisubizo gitangaje yayihaye
Ibyaganiriweho hagati y’Intumwa z’u Rwanda n’iza RDC zahuriye i Luanda
M23 na AFC bahaye inkuru mbi Perezida Tshisekedi wongeye gutorwa
"Ibyo twagezeho uyu mwaka bigomba gukomeza,tukabyubakiraho"-Perezida Kagame
Perezida Kagame yagabiye Emir wa Qatar inka z’Inyambo
Minisante yahumurije abanyarwanda batewe ubwoba na Ebola imeze nabi Uganda
Ni Amahugu cg ni Akarengane? Umudiyasipora n’Umujyi wa Kigali rurageretse