Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije ubujurire bwa Idamange Iryamugwiza Yvonne ku cyemezo kimufunga by’agateganyo, yavuze ko yafunzwe bidakurikije amategeko, kandi n’ubu afunze ukwe wenyine, asaba kurekurwa akaburana adafunze.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Idamange yaburaniye bwa mbere muri Gereza avuga ko atemererwa guhura n’abandi bagororwa
23 March 2021, by Dusingizimana Remy -
Imihanda ya Kigali izandikwa mu mateka- Chapman wafashije Australia gutwara umudali wa Zahabu
25 September 2025, by ISIMBI EstellaUmunya-Australia, Chapman Brodie, yakanzwe n’imihanda ya Kigali iri kugora bakinnyi bari guhanganira imidali ya Zahabu muri Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025.
-
Ibyo wamenya ku banyapolitiki bishwe muri Jenoside bibukwa buri kuwa 13 Mata
13 April 2021, by Dusingizimana RemyKu Rwibutso rwa Rebero hasorezwa icyumweru cy’icyunamo kuri uyu wa wa 13 Mata 2021,hashyinguwe inzirakaregane nyinshi zazize Jenoside Yakorewe Abatutsi muri 1994 harimo n’abanyapolitiki bishwe muri Jenoside.
-
Madamu Jeannette Kagame yakoresheje amagambo yihariye mu kwifuriza isabukuru Perezida Kagame
23 October 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame yifurije Perezida wa Repubulika Paul Kagame isabukuru nziza y’amavuko y’imyaka 65.
Madamu Jeannette Kagame yakoresheje amagambo meza mu kumwifuriza isabukuru nziza irmo irenga 30 bamaze babana.
Ati “N’umugisha buri gihe kwizihiza isabukuru yawe Paul Kagame. Isabukuru nziza ku muyobozi w’ahagebuzo, umubyeyi, sogokuru n’Umugabo wanjye. Imyaka 65 ni intambwe nziza cyane. Ndashimira umuryango twahawe. Uri impano yacu."
Perezida Kagame yavutse ku wa Gatatu taliki 23 (…) -
Uburusiya bwakoresheje amayeri ahambaye kugira ngo burase kuri Ukraine
16 February 2023, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igisirikare cya Ukraine yavuze ko Uburusiya bwarashe ibisasu 36 bya misile zo mu bwoko bwa ’cruise missile’ mu masaha ya kare yo kuri uyu wa kane, nyuma y’umunsi umwe ibipurizo bitandatu bisa nk’ibitahura za radar bibonywe mu kirere cy’umurwa mukuru Kyiv.
Abategetsi bavuze ko izo misile zarasiwe ku butaka no mu nyanja kandi ko zishe umugore ndetse zikarasa no ku bikorwa-remezo by’ingenzi cyane.
Ukraine yavuze ko habayeho impinduka mu mayeri y’Uburusiya, mu gisa nko gukomoza (…) -
Umuganda: MINAFET yubahirije ubusabe bw’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda
24 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ububanyi n’ amahanga y’ u Rwanda kuri uyu wa 24 Ugushyingo 2018 iri kumwe n’ abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda bafatanyije n’ abaturage bo mu karere ka Kamonyi mu muganda wo gutera ibiti no gutunganya amatarasi y’ indinganire.
-
Perezida Kagame yihanganishije Kenya kubera urupfu rwa Raila Odinga
16 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yafashe mu mugongo Perezida wa Kenya William Ruto, n’Abanyakenya bose, n’umuryango wa Raila Amolo Odinga waraye yitabye Imana azize guhagarara k’umutima.
-
Kuki abasirikare bafite amapeti aringaniye aribo bari guhirika ubutegetsi muri Afurika y’Iburengerazuba?
5 October 2022, by Dusingizimana RemyMu mpera z’Icyumweru gishize,Kapiteni Ibrahim Traoré yahiritse ubutegetsi muri Burkina Faso, akora agahigo ko kuba ubu ariwe mutegetsi w’igihugu ukiri muto muri ako karere kuko afite imyaka 34.
Iri hirikwa ry’ubutegetsi ryabaye irya kabiri muri uyu mwaka muri iki gihugu cya Afurika y’iburengerazuba.
Iyi kudeta yakozwe na Captain Ibrahim Traoré ayikorera Lt Col Paul-Henri Sandaogo Damiba,nawe wari wayikoreye umusivili Roch Kaboré ku wa 31/01/2022.
Uyu Damiba yategetse amezi make kuva (…) -
Rubavu: Bamwe bari kurara hanze abandi bahunze kubera imitingito ikomeje gusenya amazu
26 May 2021, by Dusingizimana RemyImitingito y’ibipimo bitandukanye yakomeje kumvikana mu duce twa Goma muri DR Congo na Gisenyi mu Rwanda isenyera benshi ituma no mu mujyi wa Gisenyi hari abaturage bahunga.
-
Sankara yasimbujwe Capt. Herman ku buvugizi bwa FLN
7 May 2019, by Martin MunezeroItangazo ryasohowe n’ishyaka MRCD rirwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, rivuga ko nyuma y’itabwa muri yombi rya Callixte Nsabimana -Major Sankara- ryashyizeho Capitaine Herman Nsengimana nk’umusimbura we.
Umuryango.rw
Imihanda ya Kigali izandikwa mu mateka- Chapman wafashije Australia gutwara umudali wa Zahabu
Madamu Jeannette Kagame yakoresheje amagambo yihariye mu kwifuriza isabukuru Perezida Kagame
Uburusiya bwakoresheje amayeri ahambaye kugira ngo burase kuri Ukraine
Perezida Kagame yihanganishije Kenya kubera urupfu rwa Raila Odinga
Kuki abasirikare bafite amapeti aringaniye aribo bari guhirika ubutegetsi muri Afurika y’Iburengerazuba?