Dr Nkosazana Dlamini Zuma wahoze Umuyobozi wa Komisiyo y’ Umuryango w’ Afurika yunze ubumwe ubu akana ari Minisitiri w’ igenamigambi no gukirikirana ibikorwa muri w’Afurika y’Epfo niwe uyoboye itsinda ry’ Abanyafurikayepfo bari mu rugendo rushuri mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nkosazana wayoboye Komisiyo ya AU ari mu Rwanda
29 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Senateri Evode yavuze kucyari gukurikira iyo iyimikwa ry’umutware w’Abakono ritamaganwa
31 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROSenateri Uwizeyimana Evode yagaragaje ko iyo Guverinoma idahaguruka ngo ihagarike ibyo kwimika umutware w’Abakono, amaherezo byari gusiga igihugu mu macakubiri kuko byari gusa nk’ubuyobozi mu bundi, nubwo ababikoze baba batari babizi.
Senateri Uwizeyimana yabigarutseho mu kiganiro ‘Ishusho y’Icyumweru’ cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda, cyagarukaga ku bumwe bw’Abanyarwanda muri iki gihe.
Ni mu gihe mu ntangiriro z’uku kwezi mu karere ka Musanze, habereye ibirori byo kwimika umutware (…) -
Urukiko rwa ONU rwongeye guhamya Gérard Ntakirutimana gukora jenoside
22 November 2024, by Joseph IradukundaUrugereko rwa IRMCT rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urwari urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rwanzuye ko rutanyuzwe n’impamvu zo kwisubiraho kw’umutangabuhamya, igifungo cy’imyaka 25 Gérard Ntakirutimana yakatiwe mu 2003 ku guhamwa na jenoside kigumaho.
-
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
16 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yagiranye ibiganiro na Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Gen Muhoozi yageze i Kigali aherekejwe n’abandi bantu barimo Andrew Mwenda, umwe mu banyamakuru bakomeye muri Uganda ukunda politiki ya Perezida Kagame na Museveni
Uyu musirikare ukomeye mu gisirikare cya Uganda hashize iminsi mike azamuwe mu ntera, agahabwa inyenyeri enye mu gisirikare cya Uganda gusa akurwa ku mwanya w’Umugaba Mukuru w’Ingabo (…) -
Abandi banyarwanda 31 bagejejwe mu Rwanda bavuye muri Uganda aho bari bafungiye
16 January 2022, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda 31 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda saa kumi n’igice zo kuri uyu wa 15 Mutarama 2022, banyujijwe ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare. Bagizwe n’abagabo 22, abagore batandatu (06), n’abana batatu (3).
Bakigera ku mupaka wa Kagitumba, bakiriwe n’Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka ku ruhande rw’u Rwanda.
Bafashwe bashinjwa gutura, kuba muri Uganda mu buryo bunyuranyije n’amategeko n’ubwo bamwe banyuze ku mupaka wemewe. Hari n’abandi bashinjwa kuba ba maneko (…) -
Perezida Kagame yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba n’abandi basirikare barenga 200 mu ngabo z’Igihugu (RDF)
30 August 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame w’u Rwanda yirukanye mu gisirikare Jenerali Majoro Martin Nzaramba na Col Dr Etienne Uwimana hamwe n’abandi ba ofisiye bakuru n’abato 19 batatangajwe, ku mpamvu zitatangajwe.
-
Habonetse abandi barwayi umunani ba Covid-19 kuri iki Cyumweru..Umubare w’abakize wiyongereyeho 4
26 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu bitaro.abakirwaye n’abantu 99.
-
Ngoma: Prof. Karuranga yagizwe umwere ku byaha byo "guhombya" Kaminuza ya INATEK yari ayoboye
18 April 2021, by UbwanditsiProf. Karuraranga Gahima Egide wahoze ari umuyobozi wa kaminuza ya Kibungo INATEK ( YAFUNZWE ) wari umaze amezi 9 muri Gereza ya Nyarugenge kuri uyu wa gatanu tariki ya 16 Mata 2021 urukiko rwisumbuye rwa Ngoma rwamugize umwere ku byaha byose yari akurikiranyweho n’ubushinjacyaha ahita arekurwa.
Prof. Karuranga Gahima Egide muri Nyakanga 2020 Urwego rw’ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwamutaye muri yombi. Haakaba hari hashize hafi ukwezi Minisiteri y’Uburezi ifashe icyemezo cyo gufunga (…) -
Perezida Kagame yahaye imbabazi Kizito Mihigo na Victoire Ingabire Umuhoza
14 September 2018, by UbwanditsiMu itangazo ryaturutse muri Misiteri y’Ubutabera iravuga ko kuri uyu wa 14/9/2018 Inama y’abaminisitiri yemeje irekurwa ry’abanyururu 2,140 nyuma y’uko bahawe imbabazi na Perezida wa Repubulika. Mu barekuwe kandi hakaba aharimo na Victoire Ingabire Umuhoza ndetse na Kizito Mihigo.
-
#AFCON2025Q: Amavubi yatangiye kwitegura Libya na Nigeria (Amafoto)
12 November 2024, by Joseph IradukundaIkipe y’Igihugu y’u Rwanda Amavubi, kuri uyu wa mbere yatangiye umwiherero utegura imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2025 izayihuza na Libya na Nigeria.
Umuryango.rw
Senateri Evode yavuze kucyari gukurikira iyo iyimikwa ry’umutware w’Abakono ritamaganwa
Urukiko rwa ONU rwongeye guhamya Gérard Ntakirutimana gukora jenoside
Perezida Kagame yakiriye Gen Muhoozi Kainerugaba
Abandi banyarwanda 31 bagejejwe mu Rwanda bavuye muri Uganda aho bari bafungiye
Perezida Kagame yirukanye Maj Gen Martin Nzaramba n’abandi basirikare barenga 200 mu ngabo z’Igihugu (RDF)
Habonetse abandi barwayi umunani ba Covid-19 kuri iki Cyumweru..Umubare w’abakize wiyongereyeho 4
#AFCON2025Q: Amavubi yatangiye kwitegura Libya na Nigeria (Amafoto)