Kagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Kagame na Angela Merkel
Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi wa Afurika yunze Ubumwe Paul Kagame yavuze ko Ubudage na Afurika bikwiye guhindura imikorere kugira bigeze ku ntego za Compact with Africa nubwo Afurika ifite ibikenewe byose.
Bitunguranye, kuri uyu wa Kane tariki ya 9 Mata 2020 Perezida Paul Kagame yakuye ku mirimo Amb. Olivier J.P Nduhungirehe wari Minisitiri wa Leta muri Ministeri y’Ububanyi n’Amahanga ushinzwe ibikorwa byUmuryango w’Afurika y’Iburasirazuba.
Itangazo rihagarika Amb Nduhungirehe rivuga ko ahagaritswe kumirimo yatangiye guhera tariki 30 Kanama 2017, nyuma yo gusubiramo kenshi ikosa ryo gukora akazi ashinzwe agendeye ku myumvire ye aho gushingira kuri gahunda za Leta
Nduhungirehe yahise ashimira (...)
Mu bitaro bya Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali habereye imirwano yahuje Umusekirite n’umurwaza,kuri iki Cyumweru,tariki ya 12 Ugushyingo.
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi bakarasa ku ruhande rw’u Rwanda.
Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’epfo yabwiye BBC Gahuzamiryango ko uko kurasana ntakwabayeho.
Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ibyo byabaye saa 4h30 z’igitondo ubwo ingabo za DR Congo zinjiraga mu mwanya wo hagati y’ibihugu byombi uba uri (...)
Amasezerano yo gufungura isoko ry’ubucuruzi hagati y’ibihugu bigize imiryango ya COMESA, SADC na EAC yatangiye gushyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Kane, itariki 25 Nyakanga 2024 nk’uko byatangajwe nuyu Muryango.
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri iki Cyumweru tariki 11 Ugushyingo 2018, ari I Paris yasubije Umunyamabanga Mukuru w’ Umuryango w’ ibihugu bikoresha ururimi rw’ Igifaransa Michaëlle Jean uherutse gutsindwa na Louise Mushikiwabo ko ‘ubutabera bw’ u Rwanda bwigenga’
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye n’abashoramari barenga 400 baturuka hirya no hino ku isi, bahujwe na ‘Invest Africa’ mu rwego rwo kuganira ku bibazo by’ubukungu bishobora guterwa n’icyorezo cya COVID-19, n’ingamba ziriho zo kugira ngo ubukungu butazahungabana cyane,yavuze ko RwandAir kimwe n’ibindi bigo by’ingenzi, bizakenera inkunga ya Leta ndetse no koroherezwa kugira ngo bishobore kongera gukora neza mu gihe icyorezo cya Coronavirus kizaba kirangiye.
Ku munsi wa kabiri ibyavuye mu matora yo ku wa kane birimo kubarurwa muri Uganda, aho Perezida Yoweri Museveni umaze imyaka 35 ku butegetsi ahanganye n’umunyamuziki wahindutse umunyapolitike Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine.
Dr Muganga Kayihura Didas yagizwe Perezida w’inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali. Kayihura ni umunyamategeko w’umwuga. Yabaye umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda
Umucamanza mu rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imbibi ruri mu karere ka Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda, yavuze ko urubanza ruregwamo Nsabimana Callixte uzwi nka ’Sankara’ rwari rugiye kuba kuri uyu wa Kane tariki ya 04 Kamena 2020, rwasubitswe kubera kutagera ku ikoranabuhanga kw’abaregera indishyi bari i Rusizi.
0 | ... | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | 3320 | 3330 | 3340 | 3350 | 3360 | ... | 3420