Ku nshuro ya Gatatu abaregwa bose :Diane Shima Rwigara,Adeline Rwigara na Mme Mukagemanyi Rwigara basabye ko urubanza rusubirwa; impamvu yabyo n’uko bifuza undi munyamategeko wiyongera kuri Me Celestin Buhuru.
Abaregwa basabye undi munyamategeko ubunganira kubera ubunini bwa dosiye y’ibyaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho.
Mme Mukangemanyi Adeline Rwigara arifuza kunganirwa n’umuntu mushya ariwe Me Gatera Gashabana aravuga ko Me Buhuru Celestin yakomeza kunganira abana be ariko we (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Adeline Rwigara arashaka umwunganizi wunganiye Ingabire Victoire
12 October 2017, by Iyamuremye Janvier -
RIB yahakanye ko idakoresha iyicarubozo mu gukurikirana icyaha
29 July 2020, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,Col.Jeannot Ruhunga yabwiye abanyamakuru ko uru rwego rudakoresha iyicarubozo mu kubona amakuru cyangwa gukurikirana umuntu ku cyaha.
-
Uburusiya bwakoresheje amayeri ahambaye kugira ngo burase kuri Ukraine
16 February 2023, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igisirikare cya Ukraine yavuze ko Uburusiya bwarashe ibisasu 36 bya misile zo mu bwoko bwa ’cruise missile’ mu masaha ya kare yo kuri uyu wa kane, nyuma y’umunsi umwe ibipurizo bitandatu bisa nk’ibitahura za radar bibonywe mu kirere cy’umurwa mukuru Kyiv.
Abategetsi bavuze ko izo misile zarasiwe ku butaka no mu nyanja kandi ko zishe umugore ndetse zikarasa no ku bikorwa-remezo by’ingenzi cyane.
Ukraine yavuze ko habayeho impinduka mu mayeri y’Uburusiya, mu gisa nko gukomoza kuri ibyo (...) -
Eucalyptus Clones: Inturusu Yonyine Ishobora Guhindura Ubuzima bw’Abanyarwanda, Ariko se Leta Irahari?
5 June, by Joseph IradukundaMu misozi ihanamye y’u Rwanda, aho ubutaka bushobora kuba inshuti cyangwa umwanzi bitewe n’uburyo wabwitwaraho, hari igiti kimwe kirimo kuvugisha benshi: Eucalyptus Clones. Si inturusu isanzwe – ni igiti gifite ubushobozi bwo guhindura ubuzima bw’abahinzi, kurwanya isuri, no kugabanya igitutu cy’imihindagurikire y’ikirere. Ariko se koko ni nde ushobora kukigeraho?
-
Guinea yashyize iherezo ku nzozi z’u Rwanda zo kugera muri ½ cy’irangiza muri CHAN 2020
31 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN 2020 kuko yatsinzwe na Guinea igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irangiza wabereye ku kibuga cya Limbe.
-
Depite Rwabyoma watutse umuyobozi wa HRW yanamusabiye kwigishwa
30 October 2017, by Nsanzimana Ernest.Depite Rwabyoma yashimangiye ko aticuza kuba yaravuze ko Kenneth uyobora HRW ari imbwa.
. Kenneth uyobora HRW yanenze gahunda yo guca amashashi
-
REB yandikiye ibigo by’ amashuri kubera amakosa yagaragaye mu gitabo abanyeshuri bigiramo
29 May 2018, by Nsanzimana ErnestIbigo byose by’ amashuri abanza mu Rwanda byahawe ibitabo by’ Ikinyarwanda byo mu mwaka wa kabiri w’ amashuri abanza birimo amakosa y’ imyandikire mu ndirimbo yubahiriza igihugu ndetse n’ amabara yakoreshejwe mu ibendera ry’ igihugu akaba atari umwimerere.
-
Ingabo za RDC zakoze ibikorwa byiza, zishe benshi muri abo harimo n’abayobozi b’utwo dutsiko-Minisitiri Biruta
8 January 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane akaba n’Umuvugizi wa Guverinoma, Dr. Vincet Biruta,yatangaje ko Ingabo za RDC,FARDC zakoze ibikorwa byiza, kuko zishe inyishyamba n’abayobozi b’udutsiko twahungabanyaga umutekano w’iki gihugu ndetse n’uw’u Rwanda.
-
VIDEO- ’Imbabazi nari nizeye uwo nzisaba niyo mpamvu aho kuburana nahisemo gutakamba’ Kizito Mihigo
15 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmuhanzi Kizito Mihigo yashimiye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame wamuhaye imbabazi avuga ko yari abyizeye ko azazimuha kuko ari umuntu ufite umutima.
-
"Igihugu iyo gitewe kiritabara"-Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC ku Rwanda
31 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku mibanire y’u Rwanda n’amahanga. by’umwihariko Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Iki kiganiro cyabaye mu gihe umubano w’u Rwanda na RDC utameze neza bitewe n’ibirego bishingiye ku bitero bya M23 no kuba ingabo za Congo zifatanya n’umutwe wa FDLR.
Minisitiri Dr Biruta yavuze ko ubushotoranyi bwa RDC nibudahagarara u Rwanda rutazicara ngo rutuze ahubwo ruzatabara abaturage barwo.
Ati “Dufite (...)
0 | ... | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | 3290 | 3300 | 3310 | 3320 | ... | 3420