Rukundo Yasiri w’ imyaka umunani y’ amavuko wafotowe arimo kugerageza gusana itiyo y’ amazi ngo adakomeza kumeneka, Ikigo cy’ igihugu gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC cyamugeneye ishimwe rya miliyoni y’ amafaranga y’ u Rwanda.
Nk’ uko WASAC yabitangarije ku rubuga rwayo Twitter ifoto y’ uyu mwana hashize igihe kingana n’ ukwezi kumwe bayibonye.
WASAC yavuze ko nyuma y’ ukwezi babonye iyo foto basuye uyu mwana w’ imyaka 8 ku ishuri ribanza yigaho, inamusura iwabo mu rugo.
Nk’ uko bigaragara ku (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umwana w’ imyaka 8 wafotowe agerageza gusana itiyo y’ amazi WASAC yamuhaye miliyoni
11 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Gervais Rufyikiri utaravugaga rumwe na Pierre Nkurunziza yatahutse nyuma y’imyaka 9 yarahunze
23 December 2024, by Joseph IradukundaGervais Rufyikiri wabaye Visi Perezida wa kabiri w’u Burundi kuva mu 2010 kugeza mu 2015, yasubiye mu gihugu cye nyuma y’imyaka icyenda ari mu buhungiro.
-
Uwari Perezida yarafunzwe, uwari Minisitiri w’Intebe ari muri kasho, ni inde uzasigara?
19 July 2020, by Joseph HakuzwumuremyiUmwana wavutse Perezida Bizimungu yatawe muri yombi ubu yujuje imyaka 18
Mu Mwaka w’2000, Pasteur Bizimungu yeguye ku mwanya wa Perezida wa Repuburika y’u Rwanda, ariko ataha atanyuzwe.
Mu mwaka ukurikiyeho (2001) yatangiye inzira yo gushinga ishyaka yise PDR Ubuyanja bigaragara ko yari agambiriye kuziyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2003, ari nayo yagombaga kurangiza inzibacyuho yari yaratangiye muri Nyakanga 1994 ubwo FPR Inkotanyi yageraga ku butegetsi. -
Guverinoma yashyizeho ingamba nshya z’agateganyo mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange
3 October 2023, by Dusingizimana RemyGuverinoma yashyizeho ingamba z’agateganyo zo gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange zirimo ko gushyiraho Parking yihariye y’imodoka z’imyanya 7 (inyinshi zisanzwe zitwara abagenzi mu buryo butemewe) abafite imodoka z’imyanya 7 bazizana zikandikwa, zigahabwa ibiziranga zigahabwa uburenganzira bwo gutwara abagenzi mu buryo bw’agateganyo.
-
Karasira Aimable waje yambaye bodaboda zidasa yihannye inteko yamuburanishaga
15 January, by Joseph IradukundaKarasira yinjiye mu cyumba cy’urukiko yambaye inkwetu zizwi nka Boda Boda zidasa-rumwe rw’umweru n’urundi rw’ubururu.
-
Ibihembo cyitiriwe Nobel 2024 Cyahawe babiri bakora mu buvuzi
7 October 2024, by Joseph IradukundaIgihembwe cy’ibihembo Nobel 20024 cyatangiye kuri uyu wa mbere gihereye ku gihembo cy’ubuvuzi. Cyahawe Abanyamerika babiri Victor Ambros na Gary Ruvkun.
-
Bamporiki, RALC na Minisitiri Nyirasafari bagize bavuga ku birori bizakorerwa ubusambanyi [AMAFOTO]
8 November 2018, by Martin MunezeroNyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo rigikumira ryari ryashyirwa ahagaragara.
-
Minisitiri w’ Intebe Dr Ngirente yagaragaje ko kuba abanyeshuri ba Primaire biga basimburana ari ‘amaburakindi’
2 December 2017, by Nsanzimana ErnestGuverinoma y’ u Rwanda ivuga ko ifite gahunda yo kuguraho uburyo buriho aho abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza biga basimburana, ivuga ko kuba abanyeshuri biga basimburana ataribyo u Rwanda rwahisemo ahubwo ariko aribwo bushobozi buhari.
Abanyeshuri bize amashuri abanza mbere ya 2009 bigaga basimburana imyaka itatu ibanza bagera mu wa kane bakajya biga igitondo n’ ikigoroba.
Ibi byaje guhinduka abanyeshuri bose biga mu mashuri abanza guhera mu wa mbere kugera mu wa gatandatu bakajya (...) -
Uganda yarekuye Abanyarwanda 7 barimo uwo yahereyeho gukorera iyicarubozo
7 January 2020, by Dusingizimana RemyAbanyarwanda 7 barimo René Rutagungira wabimburiye abandi gukorerwa iyicarubozo n’inzego z’umutekano za Uganda ashinjwa ubutasi, barekuwe n’Urukiko rwa Gisirikare rwa Uganda.
-
Rubavu: 7 bikekwa ko ari FDLR baguye mu gitero bagabye ku ngabo z’ u Rwanda
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbarwanyi, Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubavu bukeka ko ari abo mu mutwe wa FDLR bagabye igitero mu murenge wa Busasamana bakomeretsa Umunyarwanda umwe, abarwanyi babo 7 bahasiga ubuzima.
0 | ... | 3200 | 3210 | 3220 | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | 3270 | 3280 | ... | 3420