Umuyobozi mu Rwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) Ushinzwe Imitwe ya Politiki n’Imiryango Itari iya Leta, Justus Kangwagye, yavuze ko mu myaka ya 1980 Abanyarwanda baririmbaga amahoro n’ iterambere nyamara ngo mu by’ ukuri ntabyo bari bafite, avuga ko amahoro ahera mu ndangagaciro.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kera Abanyarwanda babyinaga amahoro n’ iterambere bidahari- Kangwagye
23 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
BC yahawe amavuriro abiri ngendanwa n’ibyuma bikonjesha imiti
5 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyashyikirijwe amavuriro abiri ngendanwa (mobile clinics) n’ibyuma bikonjesha imiti n’inkingo (vaccine storage fridges), bifite agaciro ka miliyoni 490 Frw.
-
U Rwanda rwegukanye umudali wa mbere wa Zahabu muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare
22 November 2025, by Brenda MIZEROAkimana Donatha yegukanye umudali wa Zahabu mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 17 mu gusiganwa mu muhanda muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare ya 2025.
Kuva ku wa Kane mu Mujyi wa Mombasa muri Kenya hari kubera shampiyona Nyafurika y’Amagare yitabiriwe n’ibihugu 30. -
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
21 January 2023, by Dusingizimana RemyAmakuru aravuga ko Perezida Paul Kagame na mugenzi we Felix Antoine Tshisekedi wa Congo bashobora guhurira i Doha muri Qatar mu muhuro wo kuganira ku bibazo biri hagati y’ibihugu byabo no kubikemura.
Biravugwa ko aba bakuru b’ibihugu bagiye kuganira ku kibazo cy’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Congo,cyateje umwuka mubi hagati y’ibihugu byabo.
Ikinyamkuru Africa intelligency cyatangaje ko uku guhura guteganyijwe ku wa Mbere tariki 23 Mutarama, 2023.
Africa Intelligence kivuga ko (…) -
U Rwanda na Sénégal byasinye amasezerano azoroshya ubwikorezi bwo mu kirere
9 September 2025, by JABO Blaise PatienceU Rwanda na Sénégal byasinye amasezerano ajyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere hagati y’ibihugu byombi azorohereza abaturage bo ku mpande zombi gukora ingedo zo mu kirere.
-
RDC ntiyakabaye isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi-Perezida Kagame
11 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye yirirwa isabiriza inkunga mu mahanga kandi ifite umutungo kamere mwinshi.
-
Marburg?Umuhango wari uteganyijwe wo "Kwita Izina" wasubitswe
9 October 2024, by Joseph IradukundaUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko umuhango wo kwita izina abana b’ingagi wari uteganyijwe ku wa 18 Ukwakira 2024, wasubitswe.
-
Twasuye APACE, ikigo cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi
29 May 2019, by UbwanditsiKuri uyu wa kabili taliki 29 twasuye ikigo cya APACE kizeho ba cyizeho ba Knowless, Aline Gahongayire, Sankara, Christopher n’abandi ubuyobozi bw’ikigo butuganirira ku mateka yacyo ndetse n’ubuzima bwacyo kuri uyu munsi.
-
Polisi y’u Rwanda yatangiye gukoresha Utudege tutagira abapilote mu gukangurira abanyarwanda kwirinda Coronavirus
12 April 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukoresha indege zitagira abapilote mu gukangurira abantu kwirinda icyorezo cya COVID-19 aho yasabye abantu bose gutega amatwi ubwo butumwa aho gusohoka mu ngo bajya kuturangarira.
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bane
18 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare bakuru barimo Lieutenant Colonel JP Nyirubutama wazamuwe ku ipeti rya Colonel, agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe iperereza n’umutekano (NISS).
Umuryango.rw
BC yahawe amavuriro abiri ngendanwa n’ibyuma bikonjesha imiti
U Rwanda rwegukanye umudali wa mbere wa Zahabu muri Shampiyona Nyafurika y’Amagare
Biravugwa: Perezida Kagame yaba agiye guhurira mu biganiro na Tshisekedi muri Qatar
U Rwanda na Sénégal byasinye amasezerano azoroshya ubwikorezi bwo mu kirere
RDC ntiyakabaye isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi-Perezida Kagame
Marburg?Umuhango wari uteganyijwe wo "Kwita Izina" wasubitswe
Polisi y’u Rwanda yatangiye gukoresha Utudege tutagira abapilote mu gukangurira abanyarwanda kwirinda Coronavirus