Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwamaganye itangazo ry’iricurano ryuzuye amakuru y’ibinyoma ryabwitiriwe rigakwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha
24 June 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Icyatumye Hon Bamporiki Edouard afungwa cyamaze kumenyekana
5 May 2022, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwemeje ko Bamporiki Edouard wari Umunyamahanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco afunzwe akaba akurikiranweho icyaha cya ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo.
Iperereza ku byaha akurikiranweho rikaba rikomeje mu gihe afungiwe iwe mu rugo.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rubinyujije kuri Twitter rwavuze ko "Bamporiki Edouard wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco akurikiranweho icyaha cya ruswa n’ibyaha (…) -
Ibibazo by’imbibi z’ubutaka biraba birangiye mu myaka ibiri - Dr. Uwamariya
16 January 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisitiri w’Ibidukikije Dr Uwamariya Valentine yemereye abadepite bagize Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore ko mu gihe cy’imyaka ibiri ibibazo biri mu butaka bijyanye n’imbibi bizaba byakemutse.
-
Ingendo mu modoka rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zabujijwe abantu bategekwa kuba bageze mu ngo zabo saa moya
27 August 2020, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika muri Village Urugwiro yafashe umwanzuro wo guhagarika ingendo z’imodoka rusange zihuza Kigali n’izindi ntara ndetse abantu basabwa kuba bageze mu ngo zabo 19:00.
-
Umusirikare wa Kongo yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda
17 June 2022, by Dusingizimana RemyMuri iki gitondo cyo kuwa 5, ahagana saa 9h30,Umusirikare w’igisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo yinjiye mu Rwanda anyuze ku mupaka muto [ petite barrière] arasa birangira arashwe n’inzego zishinzwe umutekano z’u Rwanda.
Amakuru atangazwa n’abari I Rubavu babonye ibi biba,bavuga ko uyu musirikare yinjiye ku mupaka w’u Rwanda arasa abapolisi b’u Rwanda birangira akomerekeje umwe hanyuma nabo mu kwitabara bahita bamurasa arapfa.
Uyu musirikare wa Kongo ngo yarashe (…) -
Thabo Mbeki ahamya ko AFC/M23 yahirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuThabo Mbeki wayoboye Afurika y’Epfo kuva mu 1999 kugeza mu 2008 yahamije ko ihuriro AFC/M23 rifite ubushobozi bwo gukura Félix Tshisekedi ku butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuko nta bantu benshi afite bamurwanirira.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’ abayobozi batatu abasaba kwirinda kuruha imburagihe
10 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi batatu barimo Dr Uwera Claudine uherutse kugirwa Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi ndetse n’abayobozi babiri mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe ubugenzacyaha abasaba kudacika intege, kutaruha no kwirinda inege yo ku gipimo cyo hejuru.
Perezida yasabye abo bayobozi gutekereza ko cyane kuko abaturage babitezeho byinshi.
Yagize ati “Gutekereza abaturi inyuma bizadufasha no mu gihe hari bamwe muri twe (…) -
Umwarimu wiyeguriye politiki, arwanya akarenganane - Ibyaranze ubuzima bw’intwari Agathe Uwilingiyimana
2 February, by Brenda MIZEROAgathe Uwilingiyimana ni umwe mu Ntwari z’u iri mu cyiciro cy’Imena. Yibukirwa ku bikorwa bitandukanye yakoze birimo guharanira uburenganzira bungana ku bantu bose mu burezi, no guhangana byeruye na Leta ya Habyarimana yateguye ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Umuyobozi wa Paris wasuye u Rwanda yasinye amasezerano y’Ubufatanye n’umujyi wa Kigali [AMAFOTO]
20 July 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’umujyi wa Paris Anne Hidalgo uri mu Rwanda aho yitabiriye inama ya 41 y’ihuriro ry’imijyi ikoresha igifaransa ndetse kuri uyu wa Kabiri yasinye amasezerano y’Ubufatanye hagati y’umujyi we n’uwa Kigali.
Aya masezerano y’ubufatanye hagati y’Umujyi wa Kigali n’uwa Paris yerekeye umuco, ikoranabuhanga no guhanga udushya.
Ku ruhande rw’u Rwanda yashyizweho umukono na Pudence Rubingisa umuyobozi w’umujyi wa Kigali na Madame Anne Hidalgo umuyobozi w’umujyi wa Paris.
Umuyobozi (…) -
Perezida Kagame yatashye ibikorwaremezo byamwitiriwe muri Guinea
18 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame ari kumwe na mugenzi we wa Guinea, Col. Mamadi Doumbouya batashye ibikorwaremezo birimo umuhanda mugari n’ikiraro kigezweho bihuza Kagbélen n’umurwa mukuru Conakry,byitiriye Perezida Paul Kagame.
Muri ibi bikorwaremezo harimo umuhanda muremure (highway) wiswe Paul Kagame, uhuza Umujyi wa Kagbélén na Conakry.
Ni ibikorwaremezo bizoroshya urujya n’uruza hagati y’imijyi y’inganda n’umurwa mukuru Conakry na bimwe mu bihugu bihana imbibi na Guinea.
Mu gitondo cyo kuri uyu (…)
Umuryango.rw
Ingabo z’u Rwanda zamaganye itangazo ryazitiriwe ry’amakuru y’ibihuha
Icyatumye Hon Bamporiki Edouard afungwa cyamaze kumenyekana
Ibibazo by’imbibi z’ubutaka biraba birangiye mu myaka ibiri - Dr. Uwamariya
Ingendo mu modoka rusange zihuza intara n’umujyi wa Kigali zabujijwe abantu bategekwa kuba bageze mu ngo zabo saa moya
Umusirikare wa Kongo yarasiwe ku butaka bw’u Rwanda
Thabo Mbeki ahamya ko AFC/M23 yahirika ubutegetsi bwa Tshisekedi
Umwarimu wiyeguriye politiki, arwanya akarenganane - Ibyaranze ubuzima bw’intwari Agathe Uwilingiyimana
Umuyobozi wa Paris wasuye u Rwanda yasinye amasezerano y’Ubufatanye n’umujyi wa Kigali [AMAFOTO]
Perezida Kagame yatashye ibikorwaremezo byamwitiriwe muri Guinea