Umuyobozi w’ Ikigo cy’ Igihugu cy’ igororamuco mu Rwanda aratangaza ko kugorora abana b’ inzererezi baba barakuwe mu mihanda hirya no hino bakajyanwa IWAWA bitwara Leta y’ u Rwanda miliyoni 70 buri kwezi hatabariwemo imishahara y’ abashinzwe ku bitaho.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
U Rwanda rutanga miliyoni 70 buri kwezi ku bagororerwa IWAWA
9 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
Musanze FC yongeye gutsinda Rayon Sports yisubiza umwanya wa mbere wa shampiyona
15 October 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Musanze FC yisubije umwanya wa mbere nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 7 wabereye kuri Stade Ubworoherane mu karere ka Musanze.
-
Umujyi wa Kigali wasubitse Car Free Day kubera Misa ya Kardinali Kambanda yo muri Kigali Arena
4 December 2020, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali watangaje ko siporo rusange ya Car Free Day yagombaga kuri iki Cyumweru tariki ya 6 Ukuboza 2020, yasubitswe bitewe n’indi gahunda iteganyijwe kuri uwo munsi.
-
Tdu Rda:Simon Perraud yegukanye agace ka Rubavu, abanyarwanda bitana ba mwana
14 November 2017• Simon Perraud ukinira ikipe ya Illuminate niwe wegukanye agace ka kabiri ka Tour du Rwanda kasorejwe I Rubavu
• Areruya Joseph yagize ikibazo cyo gutobokesha bituma atakaza umwenda w’umuhondo
• Perraud niwe wafashe umwenda w’umuhondo aho Arusha Areruya umunota wose ku rutonde rusange -
Perezida Suluhu yiyemeje kwihutisha imishinga u Rwanda na Tanzania bihuriyeho
3 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania,Madamu Samia Suluhu yakiriye ubutumwa yohererejwe na mugenzi we Perezida Kagame yizeza ko imishinga ibihugu byombi bihuriyeho agiye kuyihutisha.
-
Inama mpuzamahanga 6 zari kwinjiriza u Rwanda akayabo k’amafaranga zimaze gusubikwa kubera Coronavirus
16 March 2020, by Martin MunezeroKuva icyorezo cya coronavirus cyadutse ku isi, inama mpuzamahanga 6 zagombaga kubera i Kigali mu kwa 3 n’ukwa 4 zimaze gusubikwa.
-
U Rwanda rwumvikanye na RDC ubufatanye mu guhashya inyeshyamba zihungabanya umutekano
21 March 2021, by Dusingizimana RemyUmugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Général Jean Bosco Kazura yasoje uruzinduko yagiriraga muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ku bibazo bijyanye no guhashya imitwe y’iterabwoba ibangamiye umutekano w’ibihugu byombi.
-
Biravugwa ko Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC yeguye
14 January 2020, by Dusingizimana RemyMadame Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC biravugwa ko yasezeye ku nshingano ze muri uyu mutwe utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda.
-
Nyabugogo: Ushinzwe umutekano yavuze amagambo yuzuye ingengabitekerezo ya Jenoside bituma abantu 17 bahungabana
11 April 2019, by Dusingizimana RemyUmusekirite wo mu isoko rya Nyabugogo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali, yabwiye umuntu bari kumwe ko yamutema n’ intebe yicayeho akayitemagura, bituma abantu 17 bahungabana bikomeye bajyanwa mu bitaro bya Muhima.
-
Abanyeshuri ba Kaminuza zo mu Rwanda bagiye guhabwa mudasobwa 14 000 za i5
4 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Uburezi kuri uyu wa 3 Ukuboza yatangije guha mudasobwa nshya abanyeshuri ba za kaminuza mu buryo bw’inguzanyo bazishyura barangije. Telefone za SmartPhones birimo kwigwaho bashobora kuzazihabwa.
0 | ... | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | 3230 | 3240 | 3250 | 3260 | ... | 3420