Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yashimiye Donald Trump ku ntsinzi ye mu matora, amwita “umugabo w’ubutwari”.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Putin yakeje instinzi ya Trump amwita “umugabo w’ubutwari”
8 November 2024, by Joseph Iradukunda -
RIB yafunze abantu 67 n’inganda 6 zirafungwa kubera ibicuruzwa bidafite ubuziranenge
21 August 2023, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abacuruzi 67 bazira ibicuruzwa bitujuje ubuziranenge.
-
Perezida Kagame yashyize hanze ifoto y’abuzukuru be bombi
8 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yishimiye kuba abuzukuru be bishimye ndetse yashyize hanze ifoto yabo bombi avuga kobishimiye kuba bari kumwe.
Abinyujije kuri Twitter ye ,Perezida Kagame yashyize hanze ifoto y’umwuzukuru we muto ateruye umukuru,arangije yandikaho ijambo ngo “That” Bivuga “Uwo” n’aka emoji gafite udutima tubiri (😍) byerekana urukundo n’ibyishimo abafitiye.
Yongeyeho ati"The two little angels enjoying their time together" ugenekereje mu Kinyarwanda bivuga ngo "Abamarayika babiri bato (…) -
Ibyemezo by’ inama idasanzwe y’ abaminisitiri yo ku wa 16 Werurwe 2018
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestNone ku wa Gatanu, tariki ya 16 Werurwe 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe aho imyiteguro y’inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iteganyijwe kubera mu Rwanda ku itariki ya 21 Werurwe 2018 igeze, ishima ko imyiteguro irimo kugenda neza, inzego zose zibishinzwe zirimo gukora ibyo zisabwa.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama (…) -
Dr Kayumba asanga Perezida Nkurunziza nyuma y’ iyi manda aziyongeza ebyiri
29 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmusesenguzi akaba n’ impuguke muri politiki Dr Kayumba Christopher yagaragaraje umuzi wo kuba kuvugurura itegeko nshinga muri Afurika biteza ikibazo gikomeye. Yanagaragaje ko aho bigana Perezida Pierre Nkurunziza izindi manda ebyiri arimo kuzikozaho imitwe y’ intoki
Imyaka ibiri irashize Abanyarwanda batoye itegeko nshinga rivuguruye nubwo bitavuzweho rumwe. Muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, umusesenguzi avuga ko Perezida Joseph Kabila arimo gukoresha iturufu yo kuvuga ko (…) -
Nsengiyumva warasiwe hanze ya gereya ya Mpanga bamusanganye icyuma
29 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmaze kuraswa akagwa hasi umugororwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Mpanga yo mu karere ka Nyanza bamusanganye icyuma.
Ibi ni ibitangazwa n’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS. Uyu mugororwa yari yarakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ ibyaha byo kurema umutwe w’ abagizi ba nabi, kugambanira igihugu, no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Nk’ uko Umuvugizi w’ urwego rw’ amagereza mu Rwanda CIP Sengabo yabitangarije (…) -
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
12 November 2021, by Dusingizimana RemyMINEDUC yatangaje ko ku wa Mbere tariki 15 Ugushyingo izatangaza amanota y’abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta bisoza umwaka wa 6 w’amashuri yisumbuye, uwa 3 w’amashuri nderabarezi n’uwa 5 (L5) w’amashuri y’imyuga n’ubumenyingiro.
Kuwa 20 Nyakanga uyu mwaka,nibwo abanyeshuri bo mu mashami atandukanye bakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye.
Bose muri rusange bari 52.145 barimo abahungu 22.894 n’abakobwa 26.892. 50,888 biga mu mashuri yisumbuye n’amashuri nderabarezi, ndetse (…) -
Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho nibura 9,3% buri mwaka kuva 2024-2029
9 September 2024, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu myaka itanu iri imbere ubukungu bw’u Rwanda nibura buzajya buzamukaho 9,3% buri mwaka.
-
Ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
17 January 2018, by Jules NTAHOBATUYEIsura u Rwanda rufite ubu mu ruhando mpuzamahanga itandukanye n’iyo rwahoranye kandi iraba nziza umunsi ku wundi nyuma ya jonoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994.
Ese ni iki kigize u Rwanda uko turubona uku?
[Kanda hano wumve icyo abasesenguzi bagaragaza. -
M23 yavuye mu bice byinshi yari yarafashe muri Rutshuru
16 January 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23, ku cyumweru tariki ya 15 Mutarama 2023, yavuye muri tumwe mu duce yagenzuraga muri Teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya Ruguru.
M23 yavuye muri Nyamilima, Buramba na Kisharo ndetse ngo utu duce yiteguye kudushyikiriza ku mugaragaro EACF.
Radio Okapi yatangaje ko uwo munsi hagaragaye ingabo zitandukanye za M23 ziva mu duce zari zimazemo igihe, mu rwego rwo kubahiriza ibyo uwo mutwe wasabwe mu myanzuro yafatiwe i Luanda muri Angola n’abayobozi bakuru b’ibihugu byo mu (…)
Umuryango.rw
Putin yakeje instinzi ya Trump amwita “umugabo w’ubutwari”
RIB yafunze abantu 67 n’inganda 6 zirafungwa kubera ibicuruzwa bidafite ubuziranenge
Perezida Kagame yashyize hanze ifoto y’abuzukuru be bombi
MINEDUC yavuze igihe izatangariza amanota y’abanyeshuri baheruka kurangiza amashuri yisumbuye
Ubukungu bw’u Rwanda buzamukaho nibura 9,3% buri mwaka kuva 2024-2029
M23 yavuye mu bice byinshi yari yarafashe muri Rutshuru