Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki 6 Gashyantare 2020 nibwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Ushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga n’andi Mategeko ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Isaac Munyakazi byatangajwe ko batanze amabaruwa y’ubwegure.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Min Evode Uwizeyimana na Isaac Munyakazi beguye, bashobora no gukurikiranwa mu nkiko
7 February 2020, by NIYIGABA DC CLEMENT -
Abadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagiye kwegera abaturage mu tugari twose tw’igihugu
6 December 2019, by Martin MunezeroAbadepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bagiye kwegera abaturage mu tugari twose tw’igihugu aho bazaba bareba iterambere ry’ibikorwaremezo by’ibanze n’ibijyanye n’ikoranabuhanga.
-
Inama perezida Tshisekedi yari yatumiyemo bagenzi be bo muri aka karere yasubitswe
13 September 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabwiye Radio RFI ko inama y’Abakuru b’Ibihugu byo muri aka karere n’abandi bake yari yatumijwe na Perezida Felix Tshisekedi yasubitswe.
-
Ibihuha byavugaga ko hari Abashinwa 18 birukanwe ku butaka bw’U Rwanda byanyomojwe
2 June 2020, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru byo muri Zambia byakwirakwije amakuru y’ibihuha avuga ko Perezida Kagame yirukanye Abashinwa 18 abaziza guhohotera abanyarwanda ibintu byamaganwe n’ibihugu byombi mu butumwa bwashyizwe kuri Twitter.
-
U Rwanda rwavuze igihe ruzatangira ubusabe bw’inkingo za Covid-19
27 November 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yavuze ko u Rwanda ruhagaze neza mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya COVID19, kandi ko bitarenze tariki ya 7 z’ukwezi gutaha ruzaba rwamaze gutanga ubusabe bw’inkingo za Covid 19 ruzakenera mu gukingira abaturage.
-
Rubavu: Polisi yafashe ukekwaho gukwirakwiza urumogi yigize umunyeshuri
22 November 2020, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana mu Kagari ka Gihonga yafashe Umulisa Josiane w’imyaka 25. Abapolisi bamufashe kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Ugushyingo, bamufashe yambaye umwambaro w’ishuri ndetse afite igikapu kirimo ibitabo n’udupfunyika 1000 tw’urumogi.
-
" Bishobora no kongera kumanuka ariko nanone bitwara igihe.."Perezida Kagame ku biciro ku masoko
1 March 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yavuze ko izamuka ry’ibiciro ku masoko mu Rwanda ryaturutse ahanini ku biri kubera ku isi ariko ko igihugu gikora ibishoboka byose ngo bimanuke gusa ngo bitatwara umunsi umwe.
Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru,cyagarutse ku ngingo zitandukanye zireba ubuzima bw’imbere mu gihugu ndetse n‘imibanire n‘amahanga.
Perezida Kagame yabajijwe ikibazo kijyanye n’izamuka ry’ibiciro rikomeje kugaragara ku masoko mu Rwanda avuga ko rituruka ku bintu bimwe biva hanze (...) -
U Rwanda rwavuze kuri ‘Nkurunziza wasabye ko abaperezida ba EAC baterana kubera ibibazo biri hagati y’ ibihugu byombi’
8 December 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yagaragaje ko ntacyo ibwiwe n’ ubusabe bwa Perezida w’ u Burundi Pierre Nkurunziza wandikiwe Perezida Museveni uyoboye EAC asaba ko haterana inama y’ abakuru b’ ibihugu yo kwiga ku bibazo avuga ko biri hagati y’ u Rwanda n’ u Burundi.
-
RDC yemeje ko FDLR ariyo yishe Ambasaderi w’Ubutaliyani
22 February 2021, by Dusingizimana RemyGuverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yemeje ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ari wo wishe Luca Attanasio wari Ambasaderi w’u Butaliyani muri icyo gihugu n’abandi 2 bari kumwe na we.
-
Rubavu/ Rugerero: Batewe ubwoba n’ ikiraro giherutse guhitana umwana w’ inshuke [AMAFOTO]
15 October 2017, by Nsanzimana ErnestAbuturage bafite ubwoba ko ikiraro cya Dobogo cyaridutse mu mezi arindwi ashize kitubatswe vuba cyakomeza guhitana abana bajya ku mashuri nk’ uko byagenze mu kwezi gushize kwa Nzeli 2017.
Iki kiraro gica hejuru y’ umugezi wa Sebeya mu murenge wa Rugerero. Gihuza ahitwa Kiroje n’ akagari ka Rwaza umudugudu wa Mushoko.
Nk’ uko aba baturage babitangarije Umuryango ngo iki kiraro gisa n’ icyaharitse ubuzima bwabo kuko cyambukirizwagaho ibicuruzwa.
Segasimba Patrice yavuze ko hashize amezi arindwi (...)
0 | ... | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | 3220 | ... | 3420