Perezida Kagame yageze ku rugamba aturutse muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yigaga. Si kenshi cyane abantu bakunda kugaruka kuri iyi nzira ya Perezida Kagame yaranzwe n’ibizazane bikomeye.
Mu biganiro Perezida Kagame yagiranye n’Umwanditsi Mukuru wa Jeune Afrique, François Soudan ndetse uyu mugabo akaza kubyandikaho igitabo yise ‘Conversations With The President of Rwanda’, yahishuye ibizazane bitandukanye yahuye nabyo muri uru rugendo.
Ku ipaji ya 37 y’iki gitabo, François Soudan (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
10 May 2022, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rwavuze igihe ruzatangira ubusabe bw’inkingo za Covid-19
27 November 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yavuze ko u Rwanda ruhagaze neza mu rugamba rwo kurwanya icyorezo cya COVID19, kandi ko bitarenze tariki ya 7 z’ukwezi gutaha ruzaba rwamaze gutanga ubusabe bw’inkingo za Covid 19 ruzakenera mu gukingira abaturage.
-
RDF yahakanye ibivugwa ko abarwanyi ba M23 bateye Rutshuru baturutse mu Rwanda
9 November 2021, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwatangaje ko ntaho buhuriye n’inyeshyamba za M23 bivugwa ko zubuye imirwano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo ziturutse mu Rwanda ndetse yemeza ko zaturutse Uganda.
Hari bamwe mu bayobozi bo muri Congo bagiye mu binyamakuru bavuga ko abarwanyi ba M23 bateye baturutse mu Rwanda gusa RDF yabihakanye yemeza ko Ibyo atari ukuri.
Itangazo RDF yashyize hanze rigira riti “Byatangajwe mu binyamakuru ko umutwe witwaje intwaro bikekwa ko ari abahoze mu (…) -
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
19 March 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yaherekeje Umukuru w’Inama ya gisirikare iyoboye inzibacyuho akaba na Perezida wa Tchad, Gen. Mahamat Idriss Déby Itno, wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.
Ku munsi w’ejo nibwo Gen. Mahamat Idriss Déby Itno yageze mu Rwanda,nyuma aza guhura na Perezida Kagame muri Village Urugwiro.
Perezida Kagame yakiriye Gen. Mahamat muri Village Urugwiro bagirana ibiganiro byabaye mu muhezo.
Nyuma (…) -
Bizimana Augustin wari mu bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi yapfiriye muri Congo Brazzaville
22 May 2020, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha Mukuru w’Urwego rwasigariye Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, Serge Brammertz, yatangaje ko Bizimana Augustin wari ku rutonde rw’abakekwaho jenoside yakorewe Abatutsi, iperereza bakoze basanze yarapfiriye muri Congo Brazaville.
-
IRMCT imaze imyaka 26 ishakisha Abanyarwanda babiri bashinjwa ibyaha bya Jenoside barapfuye
15 May 2024, by Dusingizimana RemyUmushinjacyaha w’urwego rwasigaye ruca imanza zasizwe n’urukiko rwa Arusha yatangaje ko abashakishwaga n’uru rwego bose ku byaha bya jenoside mu Rwanda ubu bose ibyabo bisobanutse, nyuma y’uko bamenye neza ko babiri bari bagishakishwa na bo bapfuye.
-
"Inama n’intumwa zoherezwa nta bisubizo bifatika zitanga ku ruhande rwa Uganda"-Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda
18 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko yaba inama ndetse n’izi ntumwa zoherezwa, ntacyo bihindura kuri Uganda ngo ibyo iregwa n’u Rwanda bihinduke.
Madamu Yolande Makolo avuga ko yishimiye kubona ibiganiro bikomeza ku mpande zombi ariko ko “Inama n’intumwa za Uganda nta kintu bihindura ku ruhande rwa Uganda.”
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye avuga ku nkuru ya The New Times ifite umutwe ugira uti “Intumwa, Tweet [ubutumwa bwo kuri Twitter] bizatanga umusaruro (…) -
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
29 October 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Umutekano Dr Biruta Vincent yahuye na mugenzi we wa Qatar, Sheikh Khalifa bin Hamad bin Khalifa Al Thani, baganira ku ngingo zitandukanye zifitiye inyungu ibihugu byombi ndetse n’imikoranire mu guteza imbere umutekano.
-
Burundi: Minisitiri w’Intebe yamaganye ibyo kugirana umubano mwiza n’u Rwanda
19 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe w’Uburundi Alain Guillaume Bunyoni yavuze ko umubano we n’igihugu cy’u Rwanda itaraba myiza kuva muri 2015.
-
Amasezerano ni intambwe ikomeye – Perezida Kagame aganira na Al Jazeera
9 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze imyaka myinshi akagaragaza ko amasezerano y’amahoro yashyiriweho umukono i Washington D.C ari intambwe ikomeye.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yavuze byinshi ku buzima bwe na Gen.Rwigema n’uburyo yakoresheje yambutsa igikapu cye cy’ingenzi i Addis Abeba
U Rwanda rwavuze igihe ruzatangira ubusabe bw’inkingo za Covid-19
RDF yahakanye ibivugwa ko abarwanyi ba M23 bateye Rutshuru baturutse mu Rwanda
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
IRMCT imaze imyaka 26 ishakisha Abanyarwanda babiri bashinjwa ibyaha bya Jenoside barapfuye
"Inama n’intumwa zoherezwa nta bisubizo bifatika zitanga ku ruhande rwa Uganda"-Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda
Minisitiri w’Umutekano w’u Rwanda yaganiriye na mugenzi we wa Qatar
Burundi: Minisitiri w’Intebe yamaganye ibyo kugirana umubano mwiza n’u Rwanda
Amasezerano ni intambwe ikomeye – Perezida Kagame aganira na Al Jazeera