Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimiye ibikorwa ingabo z’igihugu zakoze muri uyu mwaka wa 2019 turi gusoza, ku ruhare rukomeye zagize mukubungabunga amahoro haba mu gihugu nderse no mu mahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yashimye ibikorwa Ingabo z’Igihugu zakoze muri uyu mwaka
28 December 2019, by Martin Munezero -
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba Akarere (...) -
Abiyise ‘Marine’ nibo basigaye bateza akajagari muri za cyamunara
28 July 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu batuye umujyi wa Kigali, bakunze kwitabira cyamunara zitandukanye, baravuga ko babangamiwe cyane n’umutekano mucye bakomeje guterwa n’agatsiko k’abantu biyise Marine, kuko bakubita abitabiriye cyamunara bakanahohotera abahesha b’ inkiko.
-
Biravugwa ko Sergeant Robert ukekwaho gusambanya umwana we yatorokeye muri Uganda
24 November 2020, by Dusingizimana RemySergeant Major Kabera Robert uzwi mu muziki nka “Sergeant Robert” uri gushakishwa n’ubutabera bw’ingabo z’u Rwanda kubera icyaha akekwaho cyo gusambanya umwana we w’imyaka 15,biravugwa ko yaciye mu nzira zitemewe ahungira muri Uganda.
Ku munsi w’ejo nibwo Ingabo z’u Rwanda zasohoye itangazo rigira riti “Ishami ry’Ubushinjacyaha mu Gisirikare cy’u Rwanda, ryatangiye iperereza ku byaha bishinjwa Sergeant Major Kabera Robert a.k.a “Sergeant Robert” bijyanye no gusambanya umwana wo mu muryango we.” (...) -
Abantu 134 bakize Covid-19 mu Rwanda,handura abandi 02
8 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 08 Ukwakira 2020, abantu 02 barimo uwa Kigali:1, Karongi:1,basanzwemo COVID-19 mu bipimo 1,935 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura uba 4,885.
-
Rusizi:Abajura bambaye imyenda ya Gisirikare bateye umuturage bamwambura amafaranga banamwicira umugore
28 December 2020, by Dusingizimana RemyMu karere ka Rusizi mu murenge wa Gihundwe, Abantu bambaye Impuzankano ya Gisirikare, mu ijoro ryakeye bateye urugo rw’uwitwa Bavugamenshi Fidele baramuhambira, barasa umugore we witwa Mukandayisenga Olive arapfa.
-
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye isoko rihuza imipaka y’u Rwanda na Congo apimwa na Ebola[AMAFOTO]
26 June 2019, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof Shyaka Anastase, nyuma yo gusura isoko rihuza imipaka y’U Rwanda na Congo (DRC) yahaye icyumweru kimwe ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu, kugira ngo isoko ryubatswe ku mupaka ribe ryatangiye gukora uko bikwiye.
-
Abashoramari bo mu karere (EAC) bahanze amaso CHOGM
19 April 2022, by Joseph IradukundaIbihugu by’Afurika y’iburasirazuba kimwe n’ahandi ku isi bikomeje guhangana n’ibiciro biri kuzamuka umunsi kuwundi.kuri ubu, ingaruka ziragera ku mpande zose haba ku muguzi yewe no ku mucuruzi.
-
Abantu 45 biganjemo abo mu nkambi y’impunzi banduye Covid-19 mu Rwanda
28 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020,Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 45 banduye Covid-19 barimo ab’I Kigali: Kigali:2, Huye:1, Kirehe:40 (abapimwe mu nkambi y’impunzi), Nyagatare:2,mu bipimo 1,619 byafashwe, bituma umubare w’abamaze kwandura bose uba 5,129.
-
RDC: "U Rwanda ntirwadukanga...tuzarwana nabo niba bashaka intambara"-Gen Ekenge
16 June 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru Gen de BGD Slyvain Ekenge, yagaragaye yifatanije n’abigaragambya bamagana u Rwanda mu mujyi wa Goma aho yabashishikarije kubikora mu mahoro ndetse yemeza ko u Rwanda nta bwoba rubateye ko nihaba intambara bazahangana.
kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 15 Kamena 2022, ku mupaka w’u Rwanda na RDC i Goma habereye imyigaragambyo ikomeye y’Abanye-Congo bamaganaga u Rwanda barushinja gufasha umutwe wa M23 uhanganye n’igisirikare cy’igihugu cyabo, (...)
0 | ... | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | ... | 3420