Dr. William Samoei Ruto uyobora Kenya kuri uyu wa 17 Nyakanga 2025 yakiriye intumwa yihariye ya Perezida Paul Kagame, Gen (Rtd) James Kabarebe, baganira ku kongerera imbaraga umubano w’iki gihugu n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ruto yakiriye Kabarebe, intumwa ya Perezida Kagame
17 July 2025, by ISIMBI Estella -
U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu
20 September 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’iya Azerbaijan kuri uyu wa 20 Nzeri 2025 zagiranye amasezerano atanu y’ubufatanye mu buhinzi, uburezi, serivisi z’itumanaho ryifashishwa mu kirere, ubucuruzi n’imitangire ya serivisi.
-
Minisitiri w’Urubyiruko yatinyuye abikandagira mu gutanga ibitekerezo binyuranye n’ibye
15 June 2024, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Urubyiruko n’iterambere ry’Ubuhanzi,Dr Utumatwishima Jean Nepo Abdallah,yavuze ko nta muntu ukwiye gutinya gutanga ibitekerezo bitandukanye n’ibye ku mbuga nkoranyambaga kuko ari umuntu usanzwe.
-
Nyamagabe: Miliyoni 5 zari guhemba abakoze muri VUP zashyizwe kuri konti y’ umuturage none ari mu mazi abira
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestRwiyemezamirimo Adonia wo mu karere ka Nyamagabe arashakishwa ngo yishyure amafaranga yari guhemba abaturage bakoze muri VUP mu myaka itatu ishize yayoberejwe kuri konti ye. Adonia avuga ko ayo mafaranga yabanje kugira ngo ni umuntu uyamwishyuye meya Uwamahoro akavuga ko Adonia ari umujura.
-
U Rwanda rurashinja DR Congo ‘guhitamo inzira y’imirwano’
25 October 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko nubwo perezida wa DR Congo avuga ko bashaka ibisubizo mu nzira za diplomasiya, imvugo n’ibikorwa biheruka byerekana ikinyuranyo kuko “leta ya DR Congo yahisemo gukomeza imirwano ya gisirikare”.
Itangazo rya leta y’u Rwanda riravuga ibi mu gihe imirwano hagati y’ingabo za leta ya DR Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 ikomeje kuyogoza muri Rutshuru aho imaze gutuma abarenga 23,000 bava mu byabo kuva kuwa kane.
Iri tangazo rigira riti “Bihabanye n’ibyatangajwe na (…) -
Rubavu: Abaturage barashinja ubuyobozi gucukura icyobo ku muhanda bikabateza igihombo
21 October 2021, by Dusingizimana RemyBamwe mu baturage bo mu karere ka Rubavu bafite amazu y’ubucuruzi n’abakoresha umuhanda wa Petite Barierre werekeza ku ibagiro,barashinja ubuyobozi gucukura icyobo mu muhanda, amazu yabo y’ubucuruzi akabahombera kandi umusoro ukiri wa wundi.
-
Perezida Kagame yibukije ibihugu bikize gutanga inkunga yihariye byemereye ibikennye
31 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame,yibukije ibihugu bikize kurekura inkunga byemereye ibikennye mu guhangana n’imihindagurikire y’ibihe,kuri iki Cyumweru tariki ya 31 Ukwakira 2021, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye Inama y’Ibihugu 20 bikize ku Isi, G20 iri kubera mu Butaliyani.
-
Abana b’ abahungu 59,5% barakubitwa, abakobwa 23,9% bakorerwa ihohoterwa rishingiye ku gitsina
17 May 2018, by Nsanzimana ErnestUbushakashatsi na Minisiteri y’ Ubuzima mu Rwanda bugamije kureba uko ihohoterwa rihagaze mu bana n’ urubyiruko ryagaragaje ko abahungu bakorerwa ihohoterwa ryo ku mubiri cyane kurusha abakobwa, abakobwa bagahohoterwa cyane bishingiye ku gitsina kurusha abahungu.
-
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Kanama 2020
15 August 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatanu, tariki ya 14 Kanama 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 29/07/2020.
2. Inama y’Abaminisitiri yasuzumye ingamba zafashwe zo gukumira ikwirakwira ry’Icyorezo cya COVID-19, yemeza n’ingamba zigomba gukurikizwa.
Izi ngamba zizongera kuvugururwa hashingiwe ku isesengura ry’inzego z’ubuzima.
Ingamba (…) -
Muvunyi Paul yavuze ku byerekeye gusubiza Rayon Sports I Nyanza n’umushinga wo kuyubakira stade
1 March 2019, by Dusingizimana RemyPerezida w’ikipe ya Rayon Sports,Muvunyi Paul yabwiye abakunzi ba Rayon Sports ko ikipe ya Rayon Sports nta hantu ibarizwa bityo ahantu hose yabona uburyo bwo kubaho neza yahaba nta kibazo aho yaboneyeho kwemeza ko batangiye umushinga mushya wo gushaka uko bakubakira ikipe stade yayo.
Umuryango.rw
Ruto yakiriye Kabarebe, intumwa ya Perezida Kagame
U Rwanda na Azerbaijan byagiranye amasezerano atanu
Minisitiri w’Urubyiruko yatinyuye abikandagira mu gutanga ibitekerezo binyuranye n’ibye
U Rwanda rurashinja DR Congo ‘guhitamo inzira y’imirwano’
Rubavu: Abaturage barashinja ubuyobozi gucukura icyobo ku muhanda bikabateza igihombo
Perezida Kagame yibukije ibihugu bikize gutanga inkunga yihariye byemereye ibikennye
Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Kanama 2020