Abantu bagera kuri 200 baturutse mu bihugu 44 by’ Afurika bategerejwe I Kigali mu nama yiga ku burenganzira bwa muntu iba rimwe muri buri myaka ibiri.
Iyi nama igiye kuba ku nshuro ya 11 izahurirana no kwizihiza isakubukuru w’ imyaka 10 ihuriro ry’ imiryango nyafurika iharanira uburenganzirwa bwa muntu NANHRI rishinzwe.
Nk’ uko UMURYANGO ubikesha urubuga rwa NANHRI iyi nama y’ iminsi itatu izafungurwa ku mugaragaro na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame tariki 8 Ugushyingo 2017.
Iyi nama izaba (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibihugu 44 bitegerejwe I Kigali mu nama ya 11 yiga ku burenganzira bwa muntu
2 November 2017, by Nsanzimana Ernest -
Utubari 9600 tumaze gufungwa hirya no hino kubera kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19
13 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Prof.Shyaka Anastase,yatangaje ko kubera ingamba zikomeye zo kwirinda Covid-19,hamaze gufungwa utubari 9600 two hirya no hino mu gihugu.
-
Padiri Sibomana Venuste yapfuye ari gukora siporo
12 March 2019, by Dusingizimana RemyPadiri Sibomana Venuste wo muri Paruwasi ya Magi muri Diyoseze ya Butare yitabye Imana ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere Taliki ya 11 Werurwe 2019 ubwo yari muri siporo.
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
-
Amb Rwamucyo yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kenya
4 June, by Angeline MUKANGENZIAmbasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa Kenya William Samoei Ruto, impapuro zimwemerera guhagararira inyungu z’u Rwanda muri icyo gihugu.
-
Mu magambo y’ Igifaransa Perezida Kagame yagaragaje uko yakiriye intsinzi ya Mushikiwabo
12 October 2018, by Nsanzimana ErnestKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye by’ umwihariko Twitter isanzwe ikoreshwa cyane n’ abanyapolitiki abantu barimo gushimira Madamu Louise Mushikiwabo wabo, wanditse amateka akomeye yo kuba Umunyarwanda wa mbere utorewe kuyobora Umuryango w’ Ibihugu bikoresha Igifaransa.
-
Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda General Patrick Nyamvumba yaganiriye na Perezida wa Congo Tshisekedi anaganira n’itangazamakuru ryaho[AMAFOTO]
11 May 2019, by Martin MunezeroUmugaba w’Ingabo z’u Rwanda, General Patrick Nyamvumba, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo Felex Tshisekedi mu rwego rwo kuzamura imibanire n’umutekano hagati y’ibihugu byombi.
-
Rubavu: Abayobozi 7 bo muri Busasamana bahagaritswe by’agateganyo kubera umupira wahuruje imbaga
7 August 2020, by Dusingizimana RemyAbayobozi 7 bo mu Murenge wa Busasamana wo mu karere ka Rubavu bahagaritswe by’agateganyo ku mirimo yabo kubera uburangare baherutse kugira bigatuma hari urubyiruko rutegura rukanakina umukino w’umupira w’amaguru wahuruje abantu benshi, muri ibi bihe u Rwanda ruhangayikishijwe na COVID -19.
-
Ikibazo cy’abatuye Bannyahe ni ihurizo kuri Busingye, ava indi imwe na nyiri amazu basabwa kwimukiramo
27 April 2019, by UbwanditsiHamaze iminsi havugwa ikibazo cyo mu midugudu ya Kibariro ya I, Kangondo ya I n’iya II mu kagali ka Nyarutarama aho hari abaturage barahiye ko batazimukira mu mazu bubakiwe mu Busanza n’umushoramali Denis Karera nk’ingurane y’ubutaka bwabo ashaka kubakaho amazu agezweho.
-
"Iyo imiyoborere ibangamiwe, ni nko kugira ubudahangarwa bw’umubiri buke..."-Perezida Kagame
18 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda witabiriye inama ihuza Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) n’uwa Afurika yunze Ubumwe (AU) ibera mu Bubiligi,yavuze ko imiyoborere myiza ari nk’umubiri bityo ikwiye kubungabungwa.
Inama ya EU na AU yatangiye kuri uyu wa Kane tariki 17 Gashyantare bikaba biteganyijwe ko izasozwa kuri uyu wa Gatanu kuko yari iy’iminsi ibiri aho yavuze mu biganiro ku mahoro, umutekano n’imiyoborere.
Perezida Kagame watanze ikiganiro ku munsi wa mbere nk’uko byatangajwe na Perezidansi ibinyujije (...)
0 | ... | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | 3200 | 3210 | ... | 3420