Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais, ukurikiranyweho kurasa abaturage batanu mu Karere ka Nyamasheke. Iburanisha riri kubera mu Kagari ka Rushyarara mu Murenge wa Karambi, aho icyaha cyakorewe ku wa 14 Ugushyingo 2024.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urukiko Rukuru rwa Gisirikare rwatangiye kuburanisha mu bujurire urubanza rwa Sergeant Minani Gervais
6 February, by Pacifique NKURUNZIZA -
U Rwanda rwahagarariwe mu nama ya Loni yiga ku mahoro mu Budage
14 May, by ISHIMWE Jean de DieuLeta y’u Rwanda yahagarariwe mu Nama y’Umuryango w’Abibumbye yo ku rwego rwa ba Minisitiri irimo kubera i Berlin mu Budage, yiga ku ibikorwa byo kubungabunga amahoro (UN Peacekeeping Ministerial 2025).
-
Perezida Kagame yatangaje uko yiyumva nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda anakomoza kubyo kongera kwiyamamaza
16 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida Paul Kagame,yavuze ko ameze neza nyuma y’imyaka 19 amaze ayobora u Rwanda ndetse agifite imbaraga nyinshi zo gufasha abanyarwanda kugera ku iterambere rirambye.
-
INteko ya Uganda yatumije Gen Muhoozi ngo asobanure ibyo yandika kuri X
18 January, by Joseph IradukundaKomisiyo mu Nteko Ishinga Amategeko ya Uganda ishinzwe Ingabo yasabye Minisitiri w’Ingabo z’ik’igihugu kuzana Umugaba Mukuru w’Ingabo akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni Gen. Muhoozi Kainerugaba ngo atange ibisobanuo ku butumwa ajya yandika ku rbuga rwa X.
-
Ruhango: Abayobozi barindwi basezeye ku kazi ku mpamvu bavuga ko ari izabo bwite
1 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Nzeri 2017 mu karere ka Ruhango abayobozi barindwi beguye ku mirimo yabo, bivugwa ko byatewe n’amakosa bakoze mu gushyigikira imyibukaire y’akagari no kwijandika muri Ruswa.
Ibi bibaye nyuma y’uko no mu Karere ka Muhanga heguye abayobozi bagera ku icumi barimo n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri.
Aba bayobozi baregura binyuze mu isuzumwa rimaze iminsi rikorerwa mu Ntara y’amajyepfo ku ruhare abayobozi bagize mu gushyigikira imyibukire ndetse no (...) -
Reba Uburanga bw’abakobwa bahataniye guhagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda 2022 [AMAFOTO]
12 February 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare 2022, ijonjora rya Miss Rwanda ryakomereje kuri Hill Top Hotel i Remera.
Muri rusange, abakobwa baratoranywa mu Mujyi wa Kigali bariyongera kuri 41 bamaze kuboneka mu zindi ntara ari nabo bazatoranywamo abagomba kujya mu mwiherero [Bootcamp].
Ijonjora ryo gutoranya abahagararira umujyi wa Kigali ryabereye kuri Hill Top Hotel I Remera mu mujyi wa Kigali.
Umukinnyi wa filime uri mu bakomeye mu Rwanda, Niyomubyeyi Noella uzwi nka Fofo muri filime (...) -
Papa Francis yagize Musenyeri Kambanda umukaridinali bimuha amahirwe yo kujya mu bahatanira kuba umupapa
25 October 2020, by Dusingizimana RemyUmushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi,Papa Francisa yashyizeho aba Karidinali bashya 13. barimo umunyarwanda, Archêveque wa Kigali Musenyeri Antoine Kambanda wavutse muri 1958.
-
Umugabo wa Mukarugwiza uherutse gupfira ku mupaka wa Uganda yavuze uburyo yababajwe n’ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we[AMAFOTO]
30 March 2019, by Martin MunezeroUmurambo wa Mukarugwiza Elizabeth w’ imyaka 38 wapfiriye ku mupaka w’ u Rwanda na Uganda mu gitondo cyo ku wa Gatatu,yashyinguwe kuri uyu wa Kane umugabo we Dan Hakizimana avuga ko yababajwe n’ ibyo yise ibinyoma byatangajwe na Uganda ku rupfu rw’ umugore we.
-
Musinguzi Frank yasubijwe Motel ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare ukomeye
7 September 2023, by Dusingizimana RemyMusinguzi Fred ukorera imirimo y’ubushabitsi mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali, yamaze gusubizwa Hoteli ye yari yarambuwe n’uwahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda.
-
Green Gicumbi: Uko Umushinga Wari Inzozi Wabaye Impinduka Ihamye mu Buhinzi, Ariko Ukaba Usaba Politiki Yihariye ngo Uzarambe
3 June, by Joseph IradukundaMu misozi ihanamye ya Gicumbi, aho ubutaka bwajyaga butemba bujyana n’ifumbire, imyaka ndetse n’icyizere cy’abahinzi, hari inkuru y’ubuhinzi butangiye guhindura amateka.
0 | ... | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | 3190 | ... | 3420