Depite Habineza Frank yavuze ko kuba Miss Mwiseneza Josiane yariswe ingagi ari ikibazo gikomeye kikiri mu Banyarwanda bamwe na bamwe bakomeje gutsimbarara ku kibi cyo guharabika bagenzi babo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Miss Mwiseneza Josiane yiswe Ingagi bibabaza cyane Depite Habineza Frank bimwibutsa umukobwa nawe wigeze kubimwita[AMAFOTO]
7 February 2019, by Martin Munezero -
U Rwanda rurimo kuvugurura itegeko rigenga insengero, hari abasanga Leta ikwiye kumviriza ivugirwamo
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestUrwego rw’ igihugu rw’ Imiyoborere RGB rufite mu nshingano amadini n’ imitwe ya politiki mu Rwanda rwatangaje ko itegeko rirebana n’ amadini ririmo kuvugururwa.
Ni mu gihe hashize igihe gito mu Rwanda hatangiye gahunda yo gufunga insengero zitujuje ibisabwa birimo inzu yo gusengerwamo itabangamiye abaturarwanda , parikingi y’ imodoka n’ ibikorwaremezo nkenerwa mu kubungabunga isuku nk’ umwiherero n’ ibindi.
Mu kiganiro cyatambutse kuri Radiyo flash none tariki 7 Werurwe 2018 , kivuga (…) -
Rugikubita Polisi yafashe ibinyabiziga 203 bitacanye amatara ku manywa
15 August 2023, by Dusingizimana RemyPolisi y’ u Rwanda yafashe ibinyabiziga 203 bigizwe na moto 164 n’imodoka 39 mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali kubera ko byagendaga mu muhanda bitacanye amatara kandi ari mu masaha y’ijoro.
-
Kigali: Abamotari bigaragambije kubera ibibazo uruhuri bafite
13 January 2022, by Dusingizimana RemyAbamotari bo mu Mujyi wa Kigali baramukiye mu myigaragambyo kuri uyu wa 12 Mutaramu 2022,basaba ubuyobozi bwabo ko ibibazo bafite bikemuka.
Bimwe mu bibazo bafite harimo amafaranga bakatwa kuri mubazi n’ubwishingizi bwa moto bukomeje guhenda.
Aba bamotari bari kuzenguruka ibice bitandukanye bya Kigali bavuga ko barambiwe ubuyobozi bwa Koperative yabo ngo budafite icyo bubamariye.
Baramagana ikoreshwa rya Mubazi, bavuga ko yabiciye akazi, ikabamaraho abagenzi, abandi ngo iri kubahombya (…) -
Perezida Kagame yagiriye uruzinduko muri Nigeria nyuma yo kuva kuri Gabon [AMAFOTO]
11 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yasuye igihugu cya Nigeria mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, nyuma yo gusoza urwo yagiriraga muri Gabon aho yanabonanye na Perezida Ali Bongo.
-
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse bikabije [URUTONDE]
28 November 2022, by Dusingizimana RemyIbiciro by’ibiribwa imbere mu bihugu byinshi ku isi harimo n’u Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi bikomeje kujya hejuru nkuko Banki y’isi ibitangaza.
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane.Igihugu cya mbere ni Zimbabwe.
Amakuru ya hagati ya Nyakanga na Ukwakira 2022 yerekana ko ibiciro by’ibiribwa byazamutse cyane mu bihugu hafi ya byose byinjiza amafaranga make.
Ibihugu bingana na 83.3% mu byinjiza amafaranga make, 90.7% mu bihugu byinjiza (…) -
Rubavu: Amazu arenga 900 yatakaje ubushobozi bwo guturwamo kubera imvura idasanzwe
5 March 2018, by Nsanzimana ErnestAmazu 926 yo mu mirenge ya Nyundo, Rugerero na Kanama mu karere ka Rubavu mu ntara y’ iburengerazuba yatakaje ubushobozi bwo guturwamo nyuma y’ uko 26 asenywe no kuzura k’ umugezi wasebera andi akuzuramo naho andi 900 akuzuramo amazi ubuyobozi bugategeka ba nyirayo kuyavamo by’ agateganyo.
Ubu abaturage bamwe bahuye n’ibi biza bacumbikiwe n’abaturanyi babo, Icyakora guverineri w’intara y’iburengerazuba Munyantwari Alfonse yavuzeko kuri uyu wa Mbere aribwo bari butangire guha ubufasha (…) -
Dr. Emmanuel Ugirashebuja yagizwe Minisitiri w’Ubutabera
17 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yagize Dr. Emmanuel Ugirashebuja wahoze ari Perezida w’urukiko rw’Afurika y’Uburasirazuba Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta.
-
RBC yatangaje ko Nta bwoko bushya bw’ibicurane bwagaragaye mu Rwanda
8 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima RBC cyatangaje ko mu Rwanda nta bwoko bushya bw’ibicurane buhagaragara, ni nyuma y’uko muri ibi bihe abantu bafite indwara y’ibicurane.
-
Uburusiya bwarashe ibisasu ku mijyi 2 ya Ukraine bwari butaratera,mudahusha uri mu ba mbere ku isi yagiye kurwanira Ukraine
11 March 2022, by Dusingizimana RemyAmakuru yo mu gitondo kuwa gatanu aravuga ko ingabo z’Uburusiya zarashe ibisasu ku mijyi ya Lutsk na Dnipro ya Ukraine kugeza ubu yari itararaswaho n’abarusiya.
Ibi bisasu byarashwe ku bibuga by’indege hamwe no ku ruganda rumwe gusa rusana moteri zimwe na zimwe z’indege z’intambara, nk’uko BBC ishami rya Ukraine ribivuga.
Umukuru w’umujyi wa Lutsk yanditse kuri Facebook asaba abatuye uyu mujyi kujya mu bwihisho aho bakwikinga ibi bisasu.
Hagati aho ibiganiro by’abakuriye ububanyi (…)
Umuryango.rw
Rugikubita Polisi yafashe ibinyabiziga 203 bitacanye amatara ku manywa
Kigali: Abamotari bigaragambije kubera ibibazo uruhuri bafite
U Rwanda rwaje ku mwanya wa 8 ku isi mu bihugu ibiciro by’ibiribwa byazamutse bikabije [URUTONDE]
Dr. Emmanuel Ugirashebuja yagizwe Minisitiri w’Ubutabera
RBC yatangaje ko Nta bwoko bushya bw’ibicurane bwagaragaye mu Rwanda
Uburusiya bwarashe ibisasu ku mijyi 2 ya Ukraine bwari butaratera,mudahusha uri mu ba mbere ku isi yagiye kurwanira Ukraine