Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwatangiye kuburanisha Ingabire Victoire Umuhoza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo ku byaha 6 akurikiranyweho birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura imvururu muri rubanda. Ni ibyaha yatangiye aburana avuga ko atabyemera.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
15 July 2025, by ISIMBI Estella -
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza
26 August 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul yasabye abavuga rikumvikana bo mu ntara y’amajyaruguru ndetse n’iy’Uburengerazuba gukoresha imyanya bafite mu kuzana impinduka mu baturage, aho kubashora mu bikorwa bibi.
-
Abanyarwanda 2 bafungiwe muri Uganda bakekwaho gutunga imbunda binyuranyije n’ amategeko
14 September 2018, by Nsanzimana ErnestMu gihugu cya Uganda gifitanye umubano utifashe neza n’ u Rwanda hafungiwe Abanyarwanda abiri 2 bakekwaho icyaha cyo gutunga imbunda binyuranyije n’ amategeko mushikiwe w’ umwe muribo yatangaje ko musazawe abeshyerwa.
-
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo aho Masai Ujiri igiye kubaka igikorwaremezo gikomeye
14 August 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere, tariki ya 14 Kanama 2023, Umukuru w’Igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ibikorwaremezo by’umushoramari Masai Ujiri “Zaria Court Kigali”, i Remera ahahoze hakorera RBC, ku muhanda ugana kuri Stade Amahoro.
-
Amadou Toumani Touré wabaye perezida wa Mali imyaka 10 yapfuye
10 November 2020, by Dusingizimana RemyAmadou Toumani Touré wahoze ari perezida wa Mali uyu munsi yatabarutse ku myaka 72, yari azwi iwabo ku kazina k’"umusirikare wa demokarasi".
-
‘Iyo utubashye amategeko Leta ikwereka ko habaho no kuyatinyishwa’ Badege avuga ku kibazo cy’ impunzi za Kiziba
23 February 2018, by UbwanditsiPolisi y’u Rwanda iravuga ko ibyabaye kuri uyu wa Kane bigomba gusiga amasomo ko uretse n’impunzi abaturarwanda bose bafite inshingano zo kubaha no gutinya amategeko bitaba ibyo Leta ikayubahisha nk’uko umuvugizi wa Polisi yabibwiye itangazamakuru.
Aganira na Radiyo y’igihugu CP Badege ati: …inshingano yacu twese ni ukubaha amategeko,…iyo umuntu atayubashye Leta imwereka ko habaho no kuyatinyisha ni ukuvuga ko hari n’igihe amategeko yubahirizwa ku ngufu ari nacyo cyakozwe ejo” CP Badege (…) -
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya William Ruto muri Kenya [Amafoto]
12 September 2022, by Dusingizimana Remy.Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, niwe mukuru w’igihugu wa mbere watangajwe ko yageze i Nairobi kwitabira kurahira kwa perezida wa Kenya watowe William Ruto.
Uyu muhango uzaba ejo kuwa kabiri,tariki ya 13 Nzeri 2022
William Ruto yavuze ko we na mugenzi we bahuriye kuri Karen Offic I Nairobi bakaganira ndetse hagaragajwe amafoto bari kumwe.
Abinyujije kuri Twitter, Ruto yagize ari"Kenya n’u Rwanda bifitanye umubano muremure udashingiye ko bituranye gusa ahubwo ku nyungu bihuriyeho (…) -
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]
18 October 2023, by Dusingizimana RemyMu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru cyane.
-
"Abantu 6 muri 23 twasuzumye kuva ejo basanganwe Omicron"-Minisitiri w’Ubuzima
16 December 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima yavuze ko abanduye Covid-19 yo mu bwoko buteye ubwoba yitwa Omicron bakomeje kwiyongera buri uko bafashe ibipimo bityo abanyarwanda bakwiriye gukaza ingamba kugira ngo idakwirakwira.
-
FERWAFA yahagaritse Luvumbu amezi atandatu mu mupira w’amaguru mu Rwanda
13 February 2024, by Dusingizimana RemyLuvumbu Héritier Nzinga ukinira Rayon Sports yahagaritswe amezi atandatu atagaragara mu bikorwa byose bya siporo nyuma yo kwerekana ibimenyetso bijyanye na politiki kandi bihabanye n’amategeko shingiro n’amategeko ngengamyitwarire ya ruhago.
Umuryango.rw
Ingabire Victoire yaburanye ahakana ibyaha aregwa
Bwa mbere Perezida Kagame yavuze ku kibazo cy’Abakono n’akaga gishobora guteza
Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo aho Masai Ujiri igiye kubaka igikorwaremezo gikomeye
Perezida Kagame yitabiriye irahira rya William Ruto muri Kenya [Amafoto]
U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru [URUTONDE]
"Abantu 6 muri 23 twasuzumye kuva ejo basanganwe Omicron"-Minisitiri w’Ubuzima
FERWAFA yahagaritse Luvumbu amezi atandatu mu mupira w’amaguru mu Rwanda