Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC), iratangaza ko impamvu umuganda rusange wigijwe imbere ukaba ugiye gukora igihe udasanzwe ukorerwaho, ari ukugira ngo hatabarwe ibintu byinshi birimo kwangirika.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINALOC yatanze impamvu umuganda wimuriwe itariki wagombaga gukorerwaho
23 April 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Abantu 6 baraye kuri Komisiyo y’ amatora batakamba ngo kandidatire zabo zakirwe
26 July 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje hari abantu 6 baraye ku biro byayo bayinginga ngo yakire kandidatire zabo mu matora y’ abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018.
-
Modi yashyikirije abaturage ba Rweru inka yabazaniye muri gahunda ya Gira Inka [VIDEO]
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestNerandra Modi Minisitiri w’Intebe w’Ubuhinde yazanye inka 200 yazanye nk’inkunga kuri gahunda ya Gira Inka yatangijwe na Perezida Kagame, bombi muri iki gitondo bazijyanye mu mudugudu w’ikitegererezo wubatswe Rweru mu karere ka Bugesera bazishyikiriza abo zigenewe.
-
Minisitiri Gatabazi JMV yavuze ibizagenderwaho kugira ngo utubari twemererwe gufungura
22 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri Gatabazi yatangaje ko hizwe uburyo bwinshi buzatuma abagiye mu tubari birinda,mu kiganirano yagiranye na RBA, kuri uyu mugoroba taliki ya 22 Nzeri 2021 .
Minisitiri Gatabazi yavuze ko kugira ngo utubari dufungurwe, byatewe n’intambwe imaze guterwa mu kwirinda ndetse no kuzirikana ba nyiratwo ndetse n’ubuzima bw’abo twahaga akazi.
Ati: “Mu byo twasuzumye mu nama y’Abaminisitiri byagaragaraga ko hari intambwe imaze guterwa mu bwirinzi ndetse no mu kubona inkingo ku banyarwanda ndetse (...) -
Perezida Kagame ari i Kampala mu Isabukuru y’amavuko ya Gen Muhoozi
24 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yageze i Kampala muri Uganda aho yitabiriye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya 48 ya Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangiye kwizihiza mu ijoro ryo ku wa Gatandatu. Perezida Kagame yakiriwe na Lt Gen Muhoozi nyirizina aherekejwe na Minisitiri w’Umutekano Jim K. Muhwezi, Uhagarariye Inyungu za Uganda mu Rwanda Anne Katusiime ndetse n’Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda Col Joseph Rutabana.
Buteganyijwe ko kuri uyu mugoroba Perezida Kagame (...) -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yakatiwe igifungo cy’imyaka 3 n’ihazabu ya Miliyoni 892 Frw
27 November 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge,rwategetse ko Dr Pierre Damien Habumuremyi afungwa imyaka itatu.akanatanga ihazabu ya no gutanga ihazabu ya Miliyoni 892 Frw nyuma yo guhamwa n’ icyaha cyo gutanga sheki zitazigamiye.
-
Umuhungu wa Perezida Museveni ategerejwe i Kigali
22 January 2022, by Dusingizimana RemyIbinyamakuru byo muri Uganda bikomeje kwemeza amakuru ko Lt Gen Muhoozi Kainerugaba umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni agera mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu.
Ibinyamakuru byo muri Uganda, nka Chimpreports biremeza ko Perezida Museveni yagennye intumwa ziza i Kigali ziyobowe n’Umusirikare Mukuru, uyu nta wundi ni umuhungu we, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari umujyanama we mu by’umutekano.
Hari ikindi kinyamakuru cyo kuri Internet kitwa PlusNews.ug kivuga ko Lt Gen Muhoozi Kainerugaba (...) -
Perezida Kagame nta mateka yo gutsindwa urugamba afite-Gen. James Kabarebe
9 March 2019, by Martin MunezeroUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano, Gen James Kabarebe, yavuze ko abirirwa bavuga ko bashaka kurwana ntacyo bashobora kugeraho, ko icyo bakora gusa ari ukwirirwa bavuga ku mbuga nkoranyambaga n’ahandi.
-
Undi mudepite yeguye bikekwa ko nawe byatewe n’inzoga
21 November 2022, by Dusingizimana RemyAbadepite bakomeje kwegura mu nteko ishinga amategeko aho utahiwe ari Hon HABIYAREMYE Jean Pierre Celestin nawe wamaze gusezera ku mpamvu ze bwite.Birakekwa ko yaba nawe yaraganjwe n’inzoga.
Hari aka videwo kari gaherutse kuzengura ku mbuga nkoranyambaga bigaragara ko atari kumvikana n’Abapolisi bashinzwe umutekano mu muhanda kandi byose bishobora kuba byaraterwaga no kunywa inzoga agasinda.
Amakuru agera ku UMURYANGO nuko uyu mudepite nawe yakurikiye Hon.Gamariel Mbonimana weguye mu (...) -
Perezida Kagame yavuye imuzi intandaro y’ibibazo abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda
9 March 2019, by Martin MunezeroPerezida Kagame ubwo yatangizaga umwiherero w’abayobozi bakuru b’igihugu, uri kuba ku nshuro ya 16, i Gabiro mu karere ka Gatsibo. Umukuru w’Igihugu yasobanuye neza ipfundo ry’ibibazo Abanyarwanda bakomeje guhura nabyo muri Uganda, yerekana ko bituruka ahanini ku mikoranire hagati y’umutwe ugamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda RNC na Uganda.
0 | ... | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | ... | 3420