Perezida Andry Rajoelina wa Madagascar yavuze ko yishimiye ubuyobozi bwa Perezida Kagame kubera ukuntu bwagerageje kunga Abanyarwanda bari baracitsemo ibice.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Rajoelina yahishuye ikintu gikomeye ashimira Perezida Kagame
7 August 2023, by Dusingizimana Remy -
Ntabwo twamenye impamvu y’agatotsi hagati y’u Rwanda na Uganda-Mushikiwabo
13 March 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvugizi wa Guverinoma y’ u Rwanda Hon.Mushikiwabo Louise yatangajeko u Rwanda rutamenye impamvu yateye agatotsi hagati yarwo na Uganda avuga ko u Rwanda na Uganda bifitanye isano y’ amaraso ndetse ko u Rwanda rudashobora kubuza umudendezo abanya Uganda bari mu Rwanda nubwo Abanyarwanda bari muri Uganda bafashwe bagafungwa n’ ubu bamwe muri bo bakaba bagifunzwe"
Mu mpera z’ umwaka ushize nibwo hagati y’ u Rwanda na Uganda hatangiye kumwikana umwuka utari mwiza. Bamwe mu Banyarwanda bari muri (...) -
Minisitiri Busingye yibukije Uganda ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda
30 September 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubutabera mu Rwanda, Johnston Busingye,yatangaje ko gukwirakwiza ibihuha mu binyamakuru bishobora gukoma mu nkokora amasezerano y’I Luanda nyuma y’aho ikinyamakuru New Vision kibogamiye kuri Leta ya Uganda cyatangaje ko Perezida Paul Kagame w’u Rwanda,yabonanye na Kizza Besigye nama i New York.
-
Perezida Kagame yibukije ikintu gikomeye abakomeje guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi
15 April 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yabwiye abayoboke b’itorero rya Saddleback riherereye muri Leta ya California bitabiriye kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi,ko nyuma y’imyaka 25 Jenoside ibaye,u Rwanda rwiyubatse ndetse buri munyarwanda yamaze kumenya inshingano ze,ntawe uteze guha umwanya abapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Nyaruguru: Nyakwigendera Karamba biravugwa ko yazize inzara, abandi baratabaza Perezida Kagame
11 March 2018, by UbwanditsiAbarokotse jenoside yakorewe abatutsi batishoboye batujwe mu mudugudu wahawe akabyiniriro ka ‘Nyarutarama’ uherereye mu murenge wa Kibeho barataka inzara bavuga ko yamaze guhitana umwe muri bo. Ikibazo cyabo bavuga ko bakigejeje ku bayobozi b’ inzego z’ ibanze ntibagire icyo bagikoraho bityo ngo baratabaza Perezida Kagame.
Mu gitondo cyo kuwa 19/12/2017 nibwo Uwimana Nikuze umwana wa Karamba Gratien avuga ko yagije kumusura nk’ibisanzwe agasanganizwa inkuru y’ uko se yitabye Imana.
Uyu mukobwa (...) -
Inama igamije gushyira mu bikorwa amasezerano yasinywe hagati y’u Rwanda na Uganda igiye guterana
31 August 2019, by Martin MunezeroNyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’aya masezerano yasinyiwe muri Angola n’abaperezida b’ibihugu byombi.
-
Mpayimana Philippe wari umenyerewe nk’ umukandida wigenga yashinze ishyaka rya Politiki
4 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyapolitiki Mpayimana Philippe wiyamamaje nk’ umukandida ku mwanya wa Perezida w’ u Rwanda ntatsinde, akiyamamariza ari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ntatsinde yashyinze ishyaka rya politiki avuga ko riharanira iterambere ry’ Abanyarwanda.
-
Perezida Ndayishimiye yahuje Ruto, Kagame, Sama, na Samia ku kibazo cya DRC
8 November 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye akaba n’umukuru w’umuryango w’ibihugu bya Africa y’i burasirazuba(EAC) yayoboye inama mu ijoro ryacyeye yahuje abategetsi b’akarere bari mu Misiri, ngo bige ku kibazo cy’umutekano mucye mu burasirazuba bwa DR Congo.
Iyi nama yahuriyemo ba Perezida Samia Suluhu wa Tanzania, Paul Kagame w’u Rwanda, William Ruto wa Kenya, na Minisitiri w’intebe wa DR Congo Sama Lukonde hamwe na bamwe mu bashinzwe ububanyi n’amahanga bw’ibi bihugu.
Aba bategetsi, bari mu (...) -
Perezida Museveni yihakanye kuba imbarutso y’umubano mubi uri hagati ya Uganda n’u Rwanda
9 September 2021, by Dusingizimana RemyUmubano w’u Rwanda n’igihugu cya Uganda usa n’utari hafi gusubira ku murongo kuko abaperezida b’ibihugu byombi batarabasha kumvikana.
Perezida Museveni yaraye avuze ko umubano mubi w’ibi bihugu byombi uva ku ruhande rw’u Rwanda, kandi ko n’imbaraga zo kubumvikanisha zari zihagarariwe na Perezida wa Angola ntacyo zagezeho kubera u Rwanda.
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa televiziyo France 24, Perezida Museveni yagize ati: "Genda ubaze uwafunze umupaka, si njyewe wawufunze. Twagiranye (...) -
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
0 | ... | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | ... | 3430