Minisitiri wa Siporo Nelly Mukazayire, ni umwe mu bishimiye inkuru Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers ikina ya Shampiyona ya Basketball muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (NBA), ndetse na Los Angeles Rams ikina muri National Football League (NFL).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
29 September 2025 -
Umutwe wa M23 wongeye guhezwa mu biganiro byo muri Kenya
27 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wavuze ko utatumiwe muri Kenya ahagiye kubera ibindi biganiro byiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere, Tariki ya 28 Ugushyingo 2022, nibwo I Nairobi muri Kenya hazabera ibindi biganiro bizahuza leta ya RDC n’imitwe yitwaje intwaro iri mu burasirazuba bw’iki gihugu ariko M23 ntiyatumiwe.
Umuvugizi wa Gisirikare wa M23, Major Willy Ngoma yabwiye BBC ko batazitabira ibi biganiro kuko batabitumiwemo.
Yagize (…) -
U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo 2050.
-
U Rwanda nta nyungu rufite mu gucumbikira impunzi z’Abarundi-Minisitiri Biruta
12 August 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Kanama 2020,Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru kiyoborwa na Minisitiri Dr Vincent Biruta, akaba ari na we muvugizi wa Guverinoma aho yagarutse ku magambo ya Perezida Evariste Ndayishimiye.
-
Polisi y’igihugu yagaragaje abantu 28 basuzuguye ingamba zo kwirinda COVID-19 bimurira utubari mu ngo [AMAFOTO]
20 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Mata 2020,Polisi y’igihugu yerekanye abantu 28 bashinjwa kwica amabwiriza yo kwirinda Coronavirus bakimurira utubari mu ngo zabo.Ni abagore 10 n’abagabo 18 bafatiwe mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali.
-
Mu nzego z’abikorera haje ku isonga mu higanje ruswa ishingiye ku gitsina
28 September 2022, by Dusingizimana RemyUbushakashatsi bw’Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane (Transparency International Rwanda) bwagaragaje ko hejuru ya 75% by’abagore bahura na ruswa ishingiye ku gitsina mu kazi na ho 25% by’abagabo na bo bagahura na yo mu kazi.
Nk’uko ubushakashatsi bwakozwe bubigaragaza, benshi mu babajijwe (79,70%) bavuze ko bumvise ruswa ishingiye ku gitsina mu kazi mu mezi 12 ashize.
Ubushakashatsi bugaragaza ko ruswa ishingiye ku gitsina mu kazi igaragara cyane mu nzego z’abikorera ku (…) -
Rusesabagina yasabiwe igifungo cya burundu n’Ubushinjacyaha
17 June 2021, by Dusingizimana RemyUbushinjacyaha bwasabiye Paul Rusesabagina wari umwe mu bayobozi ba MRCD-FLN gufungwa burundu nk’igihano kiruta ibindi mu Rwanda kubera ibyaha akurikiranyweho birimo iterabwoba.
-
Hongerewe amasaha yo gutaha hanakomorerwa ibikorwa bitandukanye
14 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitirikuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ukwakira 2021,yafatiwemo ibyemezo bigamije gukomeza gufasha igihugu guhangana n’icyorezo cya COVID-19.
Bimwe mu byemezo byafashwe nuko:
Ingendo zirabujijwe guhera saa sita z’ijoro (12:00 AM) kugeza saa kumi za mu gitondo (4:00 AM).
Ahantu hagenewe imyidagaduro hazafungurwa mu byiciro ariko ntiharenze 50% by’ubushobozi bwaho bwo kwakira abantu.
Uwakingiwe ntajya mu kato muri hotel avuye (…) -
Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri idasanzwe yabaye kuri uyu wa Gatatu
2 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 1 Mata 2020, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye hifashishijwe ikoranabuhanga, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME, igamije kwiga ku Cyorezo cya COVID-19, ishimangira ishyirwa mu bikorwa ry’ingamba zo gukomeza kukirwanya ngo kidakwirakwira mu Rwanda.
-
Donald Trump yatangiye gusa n’uwemera ko yatsinzwe na Joe Biden
16 November 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump ku nshuro ya mbere kuri iki Cyumweru asa n’uwemeye ko umudemokrate Joe Biden “yatsinze” amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu byumweru 2 bishize ariko yongeye kuvuga ko atazabyemera ku mugaragaro.
Umuryango.rw
Minisitiri Mukazayire yagaragaje icyo u Rwanda ruzungukira mu mikoranire mishya n’amakipe abiri yo muri Amerika
Umutwe wa M23 wongeye guhezwa mu biganiro byo muri Kenya
U Rwanda nta nyungu rufite mu gucumbikira impunzi z’Abarundi-Minisitiri Biruta
Mu nzego z’abikorera haje ku isonga mu higanje ruswa ishingiye ku gitsina
Hongerewe amasaha yo gutaha hanakomorerwa ibikorwa bitandukanye