Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2021, Inka 13 z’abaturage 2 zapfiriye umunsi umwe, mu karere ka Kirehe , mu murenge wa Mpanga, nyuma y’uko zagiye konera umuturage amasaka zose zipfira muri uwo murima.
Ikigo cy’igihugu cy’Ubuhinzi n’Ubworozi RAB cyasuzumye izi nka ngo harebwe neza icyazishe.
Izi nka zapfuye ni iza Mukaruziga Immaculee na Mukansonera Leoncie zabanaga mu rwuri rumwe.
Umukobwa wa Mukaruziga wapfushije 6 yabwiye Radio na TV1 ko batunguwe n’urupfu rw’izi nka kuko amasaka (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kirehe: Amayobera ku rupfu rw’inka 13 z’abaturage 2 zapfiriye rimwe zivuye konera umuturage
15 November 2021, by Dusingizimana Remy -
Kigali: Gukingira Covid-19 abacikanwe byakomereje muri Gare zitandukanye
16 November 2021, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa Kabiri, abantu bo mu Mujyi wa Kigali bafite imyaka 18 kuzamura bacikanwe na gahunda yo kwikingiza #COVID19 bashyiriweho uburyo bwo guhabwa urukingo.
Ni igikorwa kibera muri za gare zinyuranye: Nyabugogo, Nyarugenge (DownTown), Kimironko, Remera na Nyanza.
Harimo gutangwa doze ya mbere niya kabiri ku bantu bose bafite imyaka 18 kuzamura ndetse no gupima abantu bose babishaka.
Ku munsi w’ejo tariki ya 15 Ugushyingo,abanduye Covid-19 mu Rwanda babaye 12 mu gihe abamaze (...) -
Minisitiri Kaboneka ategetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi atabwa muri yombi
6 December 2017, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ ubutegetsi bw’ igihugu umwe mu ba minisitiri batatu bateraniye I Musanze mu nama igamije gushakira umuti ibibazo biri mu makusanyirizo y’ ibirayi yatetse ko Perezida w’ amakusanyirizo y’ ibirayi I Musanze atabwa muri yombi polisi ihita ibikora.
Uwatawe muri yombi yitwa Serucagu akaba yatawe muri yombi kubera ko amakusanyirizo y’ ibirayi ahenda abaturage.
Mbere y’uko atabwa muri yombi, Serucagu yabanje kubwira imbaga y’abahinzi barenga 500 hamwe n’abamisitiri ko amafaranga (...) -
Senateri Evode yavuze kucyari gukurikira iyo iyimikwa ry’umutware w’Abakono ritamaganwa
31 July 2023, by Rebecca UFITAMAHOROSenateri Uwizeyimana Evode yagaragaje ko iyo Guverinoma idahaguruka ngo ihagarike ibyo kwimika umutware w’Abakono, amaherezo byari gusiga igihugu mu macakubiri kuko byari gusa nk’ubuyobozi mu bundi, nubwo ababikoze baba batari babizi.
Senateri Uwizeyimana yabigarutseho mu kiganiro ‘Ishusho y’Icyumweru’ cyatambutse kuri Televiziyo Rwanda, cyagarukaga ku bumwe bw’Abanyarwanda muri iki gihe.
Ni mu gihe mu ntangiriro z’uku kwezi mu karere ka Musanze, habereye ibirori byo kwimika umutware w’abakono, (...) -
U Rwanda rwabonye aho rusabwa gushyira imbaraga ngo rugere ku ntera y’ ibihugu byateye imbere
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestRaporo yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 10 Ugushyingo 2018 na Guverinoma y’ u Rwanda na Banki y’ isi yerekanye inzira u Rwanda rugomba kunyuramo kugira ngo rugere ku cyerekezo 2050.
-
Minisitiri Nduhungirehe yahishuye impamvu nyamukuru yatumye inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC isubikwa
21 November 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga,ushinzwe EAC yavuze ko inama y’abakuru b’ibihugu bigize EAC yasubitswe ku busabe bw’umwe mu bakuru b’ibihugu binyamuryango wagaragaje imbogamizi z’uko atazaboneka.
-
Perezida Kagame yasabye abacamanza kwigira ku mateka bakarwanya akarengane
25 January 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa 25 Mutarama 2022,Perezida Paul Kagame yavuze ko ubutabera ari imwe mu nkingi u Rwanda rushingiraho ndetse ko ari umusingi w’iterambere ryacyo.
Ibi yabivuze mu muhango wo kwakira indahiro ya Mukamurenzi Béatrice, wagizwe Umucamanza mu Rukiko rw’Ubujurire mu nama y’Abaminisitiri yo ku wa 14 Ukuboza 2021.
Nyuma yo kwakira indahiro ye,Perezida Kagame yavuze ko inshingano ze nubwo azimenyereye ariko zitoroshye kuko ubutabera ari imwe mu nkingi z’ingenzi amajyambere y’u Rwanda (...) -
Ambasaderi Karabaranga yashimye imiyoborere myiza no kureba kure bya Perezida Kagame
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIAbantu basaga 400 barimo abahagarariye ibihugu byabo n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri Senegal, abayobozi mu nzego zinyuranye muri Senegal, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda batuye muri Senegal, bitabiriye ibirori byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 30 u Rwanda rumaze rubohowe.
-
Perezida Kagame yemeje ko azongera kwiyamamaza
20 September 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yatangaje ko yishimiye icyizere abanyarwanda bakomeje kumugirira, ndetse ko azabakorera uko ashoboye, ashimangira ndetse ko ari umukandida mu matora ataha y’Umukuru w’Igihugu.
-
Perezida Kagame yahawe umwanya ukomeye muri CHOGM
24 June 2022, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho u Rwanda rwakiriye inama ya CHOGM2022, Perezida Paul Kagame ni we ugiye kuyobora iyi nama mu myaka ibiri iri imbere.
Asimbuye kuri uyu mwanya Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Boris Johnson.
Muri iyi nama kandi ya #CHOGM2022,iri kubera i Kigali,Patricia Scotland yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth.
Prezida Paul Kagame ugiye kuyobora uyu muryango w’ibihugu 54,birimo kimwe cya gatatu cy’abatuye isi,yavuze ko indangagaciro zirimo imiyoborere myiza, (...)
0 | ... | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | ... | 3430