Perezida Paul Kagame, kuri uyu wa 15 Ukuboza 2025, yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli
15 December 2025, by Brenda MIZERO -
Depite Mukabagwiza yasabye ko mu Rwanda umwana yajya ahabwa indangamuntu akivuka
2 May 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu badepite basabye ko umwana w’ Umunyarwanda yajya ahabwa indangamuntu akivuka kugira ngo byorohereze ababyeyi b’ abana mu ngendo zigana hanze y’ u Rwanda.
-
Diane Rwigara na nyina hasigaye amasaha abarirwa ku ntoki bagasomerwa
5 December 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 6 Ukuboza 2018 nibwo biteganijwe ko urukiko rukuru rusoma imyanzuro y’ urubanza ruregwamo Diane Rwigara na nyina Adeline Mukangemanyi Rwigara.
-
Perezida Biden yijeje Putin ko bagiye guhangana n’ibitero by’Ikoranabuhanga Abarusiya bari kugaba kuri US
10 July 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Joe Biden yabwiye Perezida Vladimir Putin ko Ameria izafata "ingamba zikenewe" kugira ngo ihagarike ibitero by’ikoranabuhanga by’Uburusiya(cyber-attacks/Cyber-attaques), nk’uko bivugwa n’ibiro by’umukuru w’igihugu wa Amerika (Maison Blanche/White house).
-
Dr Isaac Munyakazi wari umunyamabanga ushinzwe uburezi yahakanye ibirego bya ruswa aregwa
17 September 2020, by Dusingizimana RemyDr Isaac Munyakazi wahoze ari umunyamabanga wa leta ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye yahakanye ibyaha aregwa byo kuba icyitso mu cyaha cyo gutanga ruswa n’icyo gukoresha ububasha ahabwa n’itegeko mu nyungu ze bwite.
-
Perezida Kagame yatsindiye igihembo cy‘Umuyobozi w’Indashyikirwa muri Afurika
8 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yahawe igihembo cy’Umuyobozi wagaragaje impinduka mu mwaka wa 2020 (African Impact Leadership ) mu cyiciro cyiswe “Umunyafurika w’Umwaka”, cyatanzwe n’Ikigo cy’Ikinyamakuru n’Itumanaho African IMPACT Magazine gikorera i Accra muri Ghana.
-
Intumwa y’Ubwongereza yemeje ko kuganira kwa Kagame na Tshisekedi ari inzira nziya yo kugera ku mahoro
13 December 2024, by Joseph IradukundaMu gihe hategerejwe ibiganiro hagati y’abakuru b’ u Rwanda na Republika ya Demokarasi ya Congo kuri iki cyumweru, intumwa yihariye y’Ubwongereza mu karere k’ibiyaga bigari ngo yizeye ko bizagera ku masezerano.
-
RURA yamaze guhindura ibiciro by’ingendo byari bibangamiye cyane Abanyarwanda
21 October 2020, by Dusingizimana RemyUrwengo ngenzuramikorere [RURA] rwamaze guhagarika ibiciro by’ingendo byari bimaze igihe bibangamira abanyarwanda kubera ko byari hejuru cyane kandi benshi baragizweho ingaruka na Covid-19.
-
Impunzi z’abanya Eritrea na Libya ziri mu Rwanda zatangiye kubyarana n’abanyarwandakazi
20 November 2021, by Dusingizimana RemyImpunzi z’Abanya Libya na Eritrea ziri mu Rwanda zatangiye kubyarana n’abanyarwanda kazi ndetse hari n’abagabo bateye inda abakobwa b’Abanyarwanda bamaze kwimurwa bajyanwa mu bihugu by’I burayi.
-
MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha ku kigo cy’Igihugu gipima amaraso kiri i Kigali.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye abayobozi b’ibigo mpuzamahanga bishora imari mu nzego zirimo amahoteli
Perezida Biden yijeje Putin ko bagiye guhangana n’ibitero by’Ikoranabuhanga Abarusiya bari kugaba kuri US
Dr Isaac Munyakazi wari umunyamabanga ushinzwe uburezi yahakanye ibirego bya ruswa aregwa
Intumwa y’Ubwongereza yemeje ko kuganira kwa Kagame na Tshisekedi ari inzira nziya yo kugera ku mahoro
Impunzi z’abanya Eritrea na Libya ziri mu Rwanda zatangiye kubyarana n’abanyarwandakazi
MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali