Perezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango wa Afurika yunze ubumwe ejo tariki 23 Ukwakira yari umunsi ukomeye kuri we umunsi w’ amavuko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yabwiye ijambo rikomeye abamwifurije isabukuru nziza
24 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
Koreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya misile ’ballistic’ mu nyanja y’Ubuyapani
25 March 2021, by Dusingizimana RemyKoreya ya ruguru yarashe ibisasu bibiri bya misile zo mu bwoko bwa ballistic mu nyanja y’Ubuyapani, nkuko bivugwa n’Ubuyapani n’Amerika - ni ryo gerageza rya mbere rya misile nk’izo ribayeho kuva Joe Biden yaba Perezida w’Amerika.
-
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
6 July 2023, by Ubwanditsi 1Mu buryo ngaruka mwaka United Scholars Center iratangira ibikorwa byayo bizenguruka i Gihugu bizwi nka (Education Fairs) aho baba basonurira ababyeyi n’abana babo ibijyanye n’amahirwe ahari yo kwiga hanze, ariko nako babajaga ibisobaniro byimbitse ku bibazo baba bibaza.
-
Gasabo: Umugabo yitwikishije Lisansi ku manywa y’ihangu bimuviramo urupfu
13 December 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Murangwa Omar uzwi ku izina rya Misago wo mu kagari ka Gasagara mu mudugudu wa Rugagi yitwikishije lisansi ku munsi w’ejo tariki ya 12 Ukuboza 2020 ku manywa y’ihangu kubera impamvu itaramenyekana ariko bikekwa ko ari ugufuhira umugore we bari baratandukanye bafitanye abana 2.
-
Perezida Kagame arashaka ko haboneka umusimbura we muri FPR INKOTANYI no ku Buperezida
3 April 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashyimiye abanyamuryango ba FPR-INKOTANYI bongeye kumuhundagazaho amajwi avuga ko icyizere gikomeye bamugiriye kuva kera gituma yumva abafitiye umwenda.
Ibi yabivuze mu ijambo ryasoje amatora yakurikiye Inama Nkuru y’Umuryango wa FPR Inkotanyi yahuriranye n’isabukuru yayo y’imyaka 35, kuri iki Cyumweru, tariki ya 2 Mata 2023.
Perezida Kagame yagize ati "Ndabashimiye icyizere mungirira, kuva keraaa.Kuva icyo gihe cyose kugeza n’uyu munsi,ndabashimira,birashimisha ibyo (…) -
FPR igiye kwemeza abo yifuza ko bazayibera abakandida mu matora y’ Abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Nyakanga abanyamuryango b’ ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda barenga 2000 bateraniye muri Nama ya Biro Politiki iremerezwamo urutonde ntakuka rw’abakandida mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018. Hasigaye iminsi ine ngo Komisiyo y’ amatora itangire kwakira kandidatire z’ abifuza kuba abadepite.
-
Impunzi eshanu z’ Abanyekongo zapfiriye mu myigaragambyo mu Rwanda
23 February 2018, by Nsanzimana ErnestIgikorwa cyo guhoshya imyigaragambyo y’ impunzi z’ Abanyekongo yari imaze iminsi ibera mu karere ka Karongi cyaguyemo impunzi eshanu hakomereka impunzi 20 n’ abapolisi 7, impunzi 15 zitabwa muri yombi.
Iyi myigaragambyo yatangiye ku wa Kabiri w’ iki cyumweru tariki 20 ubwo impunzi zibarirwa hagati ya 500 na 1000 zasohokaga mu nkambi ya Kiziba zivuga ko zisuye iwabo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo nyamara zikerekeza ku biro by’ ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku mpunzi UNCHR (…) -
Abaturage ba Centrafrique baramukiye mu matora, mu gihugu umutekano ucunzwe n’Ingabo z’u Rwanda
28 December 2025, by Brenda MIZEROAbaturage ba Repubulika ya Centrafrique baramukiye mu matora y’Umukuru w’Igihugu aho Perezida Faustin-Archange Touadéra ahabwa amahirwe yo kuyegukana akayobora manda ya gatatu.
-
Perezida Tshisekedi yemeje ashize amanga ko u Rwanda rufasha M23
6 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa RD Congo ku cyumweru yatangaje ko “nta gushidikanya” u Rwanda rufasha umutwe wa M23, ariko ashimangira ko bashaka kubana mu mahoro na Kigali.
Kuva aya makimbiranye yubuye, ni ubwa mbere yumvikanye ku mugaragaro ashinja u Rwanda gufasha uyu mutwe.
Abategetsi b’u Rwanda bagiye bahakana ibi birego, bavuga ko ikibazo cya M23 ari ikibazo cya DR Congo ubwayo.
Avugira mu ruzinduko yari arimo i Brazaville aho yagiye kubonana na mugenzi we Denis Sassou Nguesso, mu ijambo ryaciye (…) -
Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda
19 January 2019, by Martin MunezeroMu gihe abandi bazunguzayi baciwe mu muhanda ariko iyo ugiye hirya no hino mu mujyi wa kigali usanga abazunguzayi b’abamasayi bambaye imyenda y’ihariye bacuruza inkweto zifunguye ndetse n’imikandara abantu benshi bibaza impamvu bo badafatwa.
Umuryango.rw
United Scholars Center (USC) irahurira mu Ntara n’Abifuza kwiga muri Kaminuza zo hanze
Gasabo: Umugabo yitwikishije Lisansi ku manywa y’ihangu bimuviramo urupfu
Perezida Kagame arashaka ko haboneka umusimbura we muri FPR INKOTANYI no ku Buperezida
Abaturage ba Centrafrique baramukiye mu matora, mu gihugu umutekano ucunzwe n’Ingabo z’u Rwanda
Perezida Tshisekedi yemeje ashize amanga ko u Rwanda rufasha M23