Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda,MINICOM, irasaba abacuruzi kwirinda kuzamura ibiciro by’ibikoresho bikenewe cyane muri iki gihe u Rwanda ruri guhangana n’icyorezo cya Coronavirus kuko uzafatwa azahanwa bikomeye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINICOM yaburiye abacuruzi bazamuye ibiciro by’ibicuruzwa kubera icyorezo cya Coronavirus
15 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Dr. Emmanuel Ugirashebuja yagizwe Minisitiri w’Ubutabera
17 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yagize Dr. Emmanuel Ugirashebuja wahoze ari Perezida w’urukiko rw’Afurika y’Uburasirazuba Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa Nkuru ya Leta.
-
Kayonza: Bafatanwe insinga za metero 46 zajyanaga umuriro mu ngo z’abaturage
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPolisi ikorera mu Karere ka Kayonza ku bufatanye n’abayobozi mu Nzego z’ibanze n’abaturage bafashe abantu 6 bakekwaho kwitwikira ijoro bagakata insinga zijyana umuriro mu ngo z’abaturage bakaziba. Bafashwe ku wa Kane taliki ya 9 Ukuboza, bafatanwa metero 46 z’insinga, bafatirwa mu Murenge wa Gahini, Akagari ka Kahi, Umudugudu wa Nyamiyaga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamduni Twizeyimana yavuze ko gufatwa kwa bariya bantu byaturutse ku makuru (...) -
Imyiteguro irarimbanyije y’umuhango ugiye kuba ku nshuro ya 15 wo kwita amazina abana 25 b’ingagi
10 August 2019, by Martin MunezeroIkigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, kiri mu myiteguro y’umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka wo Kwita Izina,mu muhango ugiye kuba ku nshuro ya 15, aho muri uyu mwaka abana 25 b’ingagi ari bo bazahabwa amazina.
-
Rusizi: Batunguwe no kubwirwa ko umuntu wabo yiyahuriye muri Kasho ya polisi
2 February 2021, by Dusingizimana RemyMu karere ka Rusizi mu ntara y’Uburengerazuba mu Rwanda, haravugwa igisa n’amayobera ku rupfu rw’uwitwa Nsekanabo Joel wari utuye mu murenge wa Nkanka. Umuryango we n’abaturanyi bavuga ko yatwawe n’umuyobozi w’akagari ndetse n’umupolisi wambaye sivili none nyuma y’ibyumweru bibiri batazi aho aherereye kuri uyu wa mbere igipolisi cyamenyesheje umuryango we ko yiyahuriye mu kasho.
-
Abantu benshi barimo Clarisse Karasira banenze bikomeye igikorwa Polisi y’u Rwanda yakoreye abageni
6 April 2021, by Martin MunezeroKuri uyu wa Mbere abantu 57 barimo n’abageni bafashwe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID-19, aho bakoreye ubukwe mu rugo rwa nyiri hotel Rainbow isanzwe ifunze kubera kutubahiriza amabwiriza maze bajyanwa muri Sitade,igikorwa cyanenzwe n’abanyarwanda batari bake barimo n’umuhanzikazi Clarisse Karasira.
-
Minisitiri w’Intebe yitabiriye umuhango wo kwakira aba Ofisiye bato basaga 600 no kubaha amapeti
13 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Intebe , Dr Edouard Ngirente,yasabye abasoje amahugurwa ya ba Ofisiye bato muri Polisi y’u Rwanda, kugira ubumenyi buhagije bwo guhangana n’ibyaha by’ikoranabuhanga.
-
Covid19: Bwa mbere mu Rwanda habonetse umubare munini w’abanduye mu bipimo by’umunsi umwe
24 April 2020, by Dusingizimana RemyNibwo bwa mbere mu Rwanda habonetse abanduye Coronavirus barenga 20 mu bipimo by’umunsi umwe nyuma y’aho kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Mata 2020 Minisante itangarije ko habonetse abantu 22 bashya banduye Coronavirus mu bipimo 1,046 byafashwe. Ibi bipimo kandi akaba atari byo byinshi bipimwe umunsi umwe kuva iyi ndwara yagera mu Rwanda.
-
Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro byihariye ?
3 November 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Ugushyingo 2017; The New Vision yandikirwa mu gihugu cya Uganda ikaba n’Ikinyamakuru cya Leta, cyasohoye inkuru kuri paji ya mbere ivuga y’uko habayeho ibiganiro hagati ya Perezida Kagame w’u Rwanda na Perezida Yoweli Museveni wa Uganda kandi bitarabayeho.
Iki kinyamakuru kivuga y’uko Kagame na Museveni bagiranye ibiganiro bahuriye i Dubai mu bihugu byiyunze by’abarabu, aho bitabiriye ibiganiro bihuje abakuru b’ibihugu ku bucuruzi Afrika ikorana n’indi migabane (...) -
Perezida KAGAME yaburiye abavutsa ubuzima abarokotse Jenoside
12 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika,Paul Kagame, yabwiye abagifite umugambi mubi wo gusubiza igihugu mu mateka ya Jenoside, bagirira nabi uwayirokotse ko ibyo “bigomba guhagarara kandi ko amategeko agomba gukurikizwa.”
0 | ... | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | ... | 3430