Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente ari i Bujumbura, aho yahagarariye Perezida Kagame mu Birori byo kwizihiza imyaka 59 u Burundi bubonye ubwigenge. Yakiriwe na Prosper Bazombanza, Visi Perezida w’iki gihugu,nk’uko ibiro bya minisitiri w’intebe w’u Rwanda bibivuga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda yitabiriye ibirori by’Ubwigenge bw’u Burundi
1 July 2021, by Dusingizimana Remy -
IMIHIGO: Ba meya bagiye kubwirwa amanota bahige indi
5 October 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 6 Ukwakira 2017 nibwo hateganyijwe gahunda yo kumurika ibyavuye mu isuzuma ry’ imihigo 2016/17. Ninabwo kandi abayobozi b’ uturere bazongera bagahigira imbere ya Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame imihigo biyemeze kuzesa mu mwaka w’ ingengo y’ imari 2017/2018.
Biteganyijwe ko uyu muhango uzabera mu ngoro y’ inteko ishinga amategeko.
Nyuma y’ uko mu mwaka w’2000 hatangizwaga gahunda yo kwegereza abaturage ubuyobozi n’ubushobozi bityo buri rwego rw’imitegekere y’igihugu rugahabwa (…) -
Rubavu: 7 bikekwa ko ari FDLR baguye mu gitero bagabye ku ngabo z’ u Rwanda
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestAbarwanyi, Ubuyobozi bw’ Akarere ka Rubavu bukeka ko ari abo mu mutwe wa FDLR bagabye igitero mu murenge wa Busasamana bakomeretsa Umunyarwanda umwe, abarwanyi babo 7 bahasiga ubuzima.
-
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
6 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda n’u Budage, byasinyanye amasezerano y’inkunga ingana na miliyoni 18 z’Amayero (miliyari 30,5 Frw) yo gufasha muri gahunda zigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage kandi idaheza.
-
Perezida Kagame yasuye Mozambike [AMAFOTO]
28 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame uri mu ruzinduko muri Mozambique yagiranye ibiganiro byo mu muhezo na mugenzi we Filipe Nyusi, bikurikirwa n’ibiganiro abayobozi b’ibihugu byombi bagiranye hari n’intumwa z’ibihugu byombi.
Perezida Kagame yageze i Maputo muri Mozambique aho agirira uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe.
Umubano mwiza w’u Rwanda na Mozambike niwo utuma aba bakuru b’ibihugu byombi bahura kenshi bakaganira ku bufatanye burimo no kohereza ingabo mu ntara ya Cabo Delgado kurwanya ibyihebe.
U (…) -
Rwanda: Abakora mu bucukuzi bazikuba gatatu bitarenze 2018
11 October 2017, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwihaye intego y’ uko bitarenze 2018 abakozi bakora mu rwego rw’ ubucukuzi bazagera ku bihumbi 60 bavuye ku bihumbi 20.
Abashinzwe ishoramari mu Rwanda bemeza ko muri iki gihugu hari amahirwe ku ishoramari ry’ ubucukuzi bw’ amabuye y’ agaciro. Amabuye y’ agaciro aboneka mu Rwanda arimo agasegereti, Wolfram, na zahabu itari nyinshi.
Mu mwaka wa 2014, urwego rw’ ubucukuzi nirwo rwego rwaje ku mwanya wa kabiri mu kwinjiriza u Rwanda amadovize menshi, bivuzeko rwaje ku mwanya wa (…) -
U Burundi bwahaye isezerano rikomeye u Rwanda nyuma yo kurushyikiriza abana bwafashe bukanaruganuza
7 August 2021, by Dusingizimana RemyGuverineri w’Intara ya Kayanza mu Burundi ihana imbibi n’Intara y’Amajyepfo mu Rwanda, Cishahayo Remy,wageze mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu mu muhango wo gushyikiriza u Rwanda abanyarwanda barindwi bafatiwe mu Burundi bambutse mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
-
RIB yataye muri yombi umuhanzi Karasira Aimable
31 May 2021, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi,Karasira Aimable wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda,kubera ibiganiro yari amaze iminsi atambutsa ku rubuga rwe rwa You Tube.
-
Umuhanzi Simple A washakaga kuba umukandida wigenga mu matora y’ Abadepite yisubiyeho
12 July 2018, by Nsanzimana ErnestHabineza Jean Paul , umusore urangije Kaminuza wari muri 16 bari baramenyeshe ko baziyamamaza yatunguranye ageze kuri Komisiyo y’Igihugu y’Amatora akavuga ko abisubitse atagihataniye umwanya mu Nteko.
-
Nyanza: Abanyerondo bishe umusore ngo yanze kubatungira agatoki uwasibye umuganda
30 June 2018, by Nsanzimana ErnestMbabariye Hussein, yari afite imyaka 19 mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Kamena 2018, ubwo hirya no hino mu gihugu hakorwaga umuganda rusange usoza ukwezi, mu karere ka Nyanza hishwe umusore ukiri muto wakubiswe n’inkeragutabara azira ko yanze gutanga amakuru ajyanye n’aho mugenzi we wanze gukora umuganda yari yihishe.
Umuryango.rw
Minisitiri w’intebe w’u Rwanda yitabiriye ibirori by’Ubwigenge bw’u Burundi
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyari 30,5 Frw
Perezida Kagame yasuye Mozambike [AMAFOTO]
U Burundi bwahaye isezerano rikomeye u Rwanda nyuma yo kurushyikiriza abana bwafashe bukanaruganuza