Kuri iki Cyumweru tariki ya 2 Gashyantare 2020, Ibihugu by’u Rwanda na Uganda birasubira muri Angora mu biganiro bigamije gushakira hamwe umuti w’ikibazo cy’umubano umaze iminsi warajemoagatotso hagati y’ibi bihugu byombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame na mugenzi we Museveni bagiye kongera guhurira muri Angola ku kibazo cy’umubano w’u Rwanda na Uganda
1 February 2020, by Martin Munezero -
Umunyamakuru Constantin Tuyishimire wa Radio na TV1 yaburiwe irengero
18 July 2019, by Dusingizimana RemyUmunyamakuru witwa Constantin Tuyishimire wakoreraga Radio na TV1 I Gicumbi amaze iminsi 2 aburiwe irengero aho yaba umuryango we,abo bakorana ndetse n’abayobozi be nta n’umwe uzi aho aherereye.
-
Umutwe wa M23 wongeye guhezwa mu biganiro byo muri Kenya
27 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wavuze ko utatumiwe muri Kenya ahagiye kubera ibindi biganiro byiga ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri uyu wa mbere, Tariki ya 28 Ugushyingo 2022, nibwo I Nairobi muri Kenya hazabera ibindi biganiro bizahuza leta ya RDC n’imitwe yitwaje intwaro iri mu burasirazuba bw’iki gihugu ariko M23 ntiyatumiwe.
Umuvugizi wa Gisirikare wa M23, Major Willy Ngoma yabwiye BBC ko batazitabira ibi biganiro kuko batabitumiwemo.
Yagize ati (...) -
U Rwanda rwongeye kuza imbere mu karere ka EAC mu kurwanya ruswa
23 January 2020, by Martin MunezeroRaporo nshya kuri ruswa yitwa ’Corruption Perceptions Index’ isohorwa n’umuryango mpuzamahanga wo kurwanya ruswa n’akarengane irerekana ko ibihugu byinshi byadohotse mu kurwanya ruswa, ibihugu bimwe mu karere byo byazamutse mu manota ariko biguma inyuma ku rutonde.
-
Igikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yashimiye u Rwanda nyuma yo gusura inkambi ya Gihembe
14 November 2018, by Nsanzimana ErnestIgikomangomakazi cya Jordan, Sarah Zeid yasuye inkambi ya Gihembe iherereye mu karere ka Gicumbi mu ntara y’amajyaruguru,agirana nazo ibiganiro bitandukanye.
-
Urukiko rwategeko ko Anne arekurwa Diane na nyina bagafungwa by’ agateganyo
23 October 2017, by Nsanzimana ErnestUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere tariki 23 Ukwakira 2017, rwategetse ko babiri mu baregwa bagomba gufungwa iminsi 30 y’agateganyo mu gihe iperereza rikomeje ngo hazabone gutangira kuburanisha urubanza mu mizi, naho umwe we akaba agomba gufungurwa agakurikiranwa ari hanze.
Ni mu isomwa ry’ urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, ruregwamo Mukangemanyi Adeline Rwigara, Uwamahoro Anne Rwigara na Diane Rwigara.Nyuma y’uyu mwanzuro, Diane na nyina Mukangemanyi bahise (...) -
Kwibwira ko kuba wanga Kagame wamuhindura ugashyiraho uwo ushaka ntibishoboka-Perezida Kagame
26 March 2019, by Dusingizimana RemyUbwo yasozaga inama ya Africa CEO Forum,nyakubahwa perezida Kagame yabwiye abari bayitabiriye ko Afrika igomba guharanira guhora ikora neza ndetse igafatanya muri byose ndetse aboneraho guha ubutumwa abamwanga ko uretse abanyarwanda bamushyize ku butegetsi nta muntu wundi wabumukuraho.
-
Bamwe mu bakuru b’ibihugu bitandukanye bamaze kugera mu Rwanda bitabiriye #Kwibohora 25 [AMAFOTO]
3 July 2019, by Dusingizimana RemyAbaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos bamaze kugera mu Rwanda aho baje kwifatanya n’Abanyarwanda kwizihiza umunsi wo Kwibohora ku nshuro ya 25.
-
Hashyizwe hanze amafoto meza y’ubukwe bwa Ange Kagame na Bertrand[AMAFOTO]
8 July 2019, by Martin MunezeroAnge Kagame w’imyaka 25, yashyingiranywe na Ndengeyingoma kuwa Gatandatu,mu bukwe bwabereye kuri Convention Center.
-
"Turiteguye. Kandi n’ubusanzwe duhora twiteguye"-Umuvugizi wa RDF asubiza ku ntambara Tshisekedi akangisha
26 December 2023, by Dusingizimana RemyUmuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko Igisirikare cy’u Rwanda cyiteguye intambara Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, amaze iminsi akangisha.
0 | ... | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | ... | 3430