Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yakatiwe imyaka itanu ahamijwe icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko.
Umuvugizi wa RIB,Dr Murangira Thierry yemereye itangazamakuru ko Bamporiki Edouard yamaze kugezwa muri Gereza ya Mageragere mu kubahiriza imyanzuro y’Urukiko Rukuru.
Bamporiki niyemerewe kujurira bwa kabiri kuko igifungo yakatiwe kiri munsi y’imyaka 10. (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Bamporiki Edouard yamaze kugera muri gereza ya Mageragere
23 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka y’ ubwato muri Tanzania
21 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda rwifatanyije n’imiryango y’Abanyatanzaniya yaburiye ababo mu mpanuka y’ubwato bwarohamiye mu kiyaga cya Victoria.
-
Ndimbati washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yakekwagaho yapfuye kera
14 November 2023Urwego rwasigaranye imirimo y’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwemeje urupfu rwa Aloys Ndimbati rwashakishaga ngo rumuburanishe ibyaha bya jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
-
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
25 October 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahagaritse ku mirimo CG (Rtd) Gasana Emmanuel,wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
-
Tanzania: Magufuli yaburiye abaminisitiri bifata ’selfies’ mu kazi n’abamenera amabanga y’igihugu kuri WhatsApp
10 December 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania John Magufuli yaburiye abagize guverinoma nshya kwirinda "indwara idasanzwe" yateye yo gutangaza ubutumwa bw’ibanga bw’akazi mu matsinda yo kuri WhatsApp.
-
Abavuye mu Rwanda n’u Burundi nabo babujijwe kujya muri UK kubera Covid-19
29 January 2021, by Dusingizimana RemyU Burundi, u Rwanda na Leta zunze ubumwe z’Abarabu nabyo byongewe ku rutonde "rutukura" rw’ibihugu aho abagenzi babivuyemo cyangwa babiciyemo batemerewe kujya mu Bwongereza.
-
‘Igikoresho cy’ itora cyose ubu turakicaranye’ NEC
29 August 2018, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora yatangaje ko imyiteguro y’ amatora y’ abadepite asigaje iminsi 5 ngo abe igeze kure ndetse ko ibikoresho byose bizakenerwa byamaze kuboneka.
-
Bugesera: Abarimu barigutanga ibihumbi 9 yo gushyigikira amatora ya Perezida mu Rwanda
21 October 2017, by Iyamuremye JanvierBamwe mu barimu bigisha ku ishuli ribanza rya Kagerero riherereye mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, baravuga ko ngo ubuyobozi bw’iki kigo bufatanyije n’ubw’Umurenge n’Akarere buri kubasaba amafaranga yo gushyigikira amatora ya Perezida wa Repubulika mu Rwanda nyamara amatora yarabaye muri Kanama uyu mwaka.
Haba Ubuyobozi bw’ir’ishuri ; ubw’Umurenge n’ubw’Akarere burabihakana gusa Umuyobozi w’Akarere bwo bukavuga ko bagiye gukurikirana icyo kibazo.
Ku ishuli ribanza rya (…) -
SKOL irateganya gushora arenga miliyoni 25$ mu kwagura uruganda [AMAFOTO]
17 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bw’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL rugiye gushora hagati ya miliyoni 25$ na miliyoni 35$ mu kwagura ibikorwa byayo.
-
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
Umuryango.rw
Bamporiki Edouard yamaze kugera muri gereza ya Mageragere
Ndimbati washakishwaga ngo aryozwe ibyaha bya Jenoside yakekwagaho yapfuye kera
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
SKOL irateganya gushora arenga miliyoni 25$ mu kwagura uruganda [AMAFOTO]