Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateranye kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12 Kamena 2018, yemeje ko Umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/2019 ingana n’amafaranga y’u Rwanda 2,443,535,804,386.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yemeje ingengo y’imari ya leta y’umwaka 2018/19
13 June 2018 -
U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege hagati yarwo n’ibihugu byo mu majyepfo y’Afurika
28 November 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri iki Cyumweru tariki ya 28 Ugushyingo 2021, yanzuye ko ingendo z’indege hagati y’u Rwanda n’ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika zisubikwa bitewe n’ubwoko bushya bwa COVID19 buherutse gutahurwa.
Ibiro by’Umukuru w’Igihugu Urugwiro Village byatangaje ko Perezida Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe yari igamije gusuzuma ingamba nshya zo kwirinda Covid-19 kubera virusi yihinduranyije yadutse.
Iyi nama yanzuye ko ingendo z’indege hagati y’u (…) -
Umuyobozi wa UNHCR yatabarije impunzi ziba mu Rwanda zigenerwa 110 FRW ku munsi
26 April 2021, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR), Filippo Grandi, arahamagarira abaterankunga gufasha impunzi ziri mu Rwanda guhangana n’inzara.
Ni mu gihe ishami rya ONU rishinzwe ibiribwa ku isi (PAM/WFP) ryagabanije inkunga y’amafaranga agenewe impunzi ku kigero cya 60%.
Filippo Grandi ari mu ruzinduko mu Rwanda rugamije kureba uko ibibazo by’impunzi ziri muri iki gihugu bihagaze.
Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru, Bwana Grandi yavuze ko inzara ivugwa mu nkambi (…) -
U Bubiligi buremeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda
17 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuNyuma y’uko u Rwanda rutangaje ko rucanye umubano n’u Bubiligi ndetse rugaha abadipolomate babwo bari mu Rwanda amasaha 48 yo kuhava, u Bubiligi buravuga ko bubabajwe n’iki cyemezo ariko, ukugereye mu kebo nawe ukamugeramo.
-
Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi
15 October 2017, by Iyamuremye JanvierDr Agnes Binagwaho wabaye Minisitiri w’ubuzima mu Rwanda, yagizwe umuyobozi mu kigo cy’ubuvuzi ‘The National Academy of Medecine[NAM]’ cyashinzwe mu 1970 gihuriza hamwe abamenyi mu ngeri zitandukanye. Kuwa gatandatu w’iki cyumweru tariki ya 14 Ukwakira 2017 nibwo Dr Agnes yemejwe nk’umuyobozi wungirije muri iki kigo, [Vice Chancellor].
Nk’uko biri ku rubuga rusobanura ibyerekeye iki kigo, ku ipagi ya mbere ibanza bagaragaza ko iki kigo gishinzwe ubuvuzi kidaharanira inyunga ndetse ko (…) -
Rayon Sports inyagiye AS Kigali ikomeza gushimangira umwanya wa mbere
14 December 2024, by Joseph IradukundaRayon Sports yatsinze AS Kigali ibitego 3-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa Shampiyona ikomeza gushimangira umwanya wa mbere ku rutonde rwa shampiyona.
-
Padiri Ubald Rugirangoga wakoze ibikorwa by’urukundo byinshi yahitanwe n’uburwayi
8 January 2021, by Dusingizimana RemyPadiri Ubald Rugirangonga wari uzwi mu bikorwa byo gusengera abarwayi, ibikorwa by’isanamitima n’ubumwe n’ubwiyunge,yahitanwe n’uburwayi aho yari arembeye muri USA.
-
Perezida Kagame yishimiye ko US ihangayikishijwe n’ibibazo biri muri EAC
16 January 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’Isi, yagiranye ibiganiro na Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, byagarutse ku ngingo zitandukanye zigaruka ku mubano w’ibihugu byombi n’ibibazo by’umutekano muke mu Karere.
-
Perezida Kagame yahishuye ikintu Afurika ikwiriye kwihutira nyuma ya Covid-19
12 September 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame aravuga ko gufungura ikirere mu bihugu bya Afurika byatuma ubuhahirane n’ubucuruzi kuri uyu mugabane birushaho kwihuta ndetse bikazamura n’urwego rw’ubukerarugendo muri rusange.
Kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Nzeri 2022,Perezida Paul Kagame yafunguye inama ya 6 yiga ku ngendo zo mu kirere muri Afurika iri kubera I Kigali.
Ni inama yitabiriwe n’ibigo bikomeye mu bijyanye n’indege, birimo no kumurika ibikorwa bitandukanye bifite muri uru rwego.
Perezida Kagame yavuze ko (…) -
Museveni yatangaje ibigize ikiganiro yagiranye na Tshisekedi yatumije i Kampala
30 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu yagiriye uruzinduko i Kampala muri Uganda rwasize yakiriwe anagirana ibiganiro na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.
Umuryango.rw
U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege hagati yarwo n’ibihugu byo mu majyepfo y’Afurika
U Bubiligi buremeza ko nabwo bugiye kwirukana abadipolomate b’u Rwanda
Dr. Agnes Binagwaho yagizwe umuyobozi w’ikigo gikomeye mu buvuzi ku Isi
Rayon Sports inyagiye AS Kigali ikomeza gushimangira umwanya wa mbere
Perezida Kagame yishimiye ko US ihangayikishijwe n’ibibazo biri muri EAC
Perezida Kagame yahishuye ikintu Afurika ikwiriye kwihutira nyuma ya Covid-19
Museveni yatangaje ibigize ikiganiro yagiranye na Tshisekedi yatumije i Kampala