The Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo banki.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
11 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Amerika itewe ubwoba n’ubufatanye mu bya gisirikare bw’Uburusiya na Irani
10 December 2022, by Dusingizimana RemyUmubano w’Uburusiya na Irani wavuyemo ubucuti bwuzuye mu bya gisirikare, nk’uko leta Zunze Ubumwe za Amerika zibivuga.
Uburusiya buha Irani imfashanyo ya gisirikare y’akataraboneka, nk’uko bivugwa n’umunyamabanga wa leta ya Amerika mu by’ umutekano,John Kirby.
Amerika yabonye ibyegeranyo byerekana ko ibi bihugu byombi biri kwigira hamwe uko byakora indege zitagira abapilote (drones) zizakoreshwa mu ntambara, nk’uko abivuga.
Amadrone ya Irani aherutse gukurikiranirwa hafi, aho Ukraine ishinja (...) -
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje impuguke za UN zavuze ko hari Ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC
9 January 2021, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
-
Inkuru y’ umukozi wa Parike wamaranye amasaha 6 na Perezida Kagame
28 January 2018, by Nsanzimana ErnestDaniel Nishimwe ni umusore w’imyaka 30 y’amavuko usanzwe ukora akazi ko kuyobora abantu muri Pariki y’igihugu y’Akagera aratangaza ibyishimo yatewe no kumara amasaha atandatu ari kumwe na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame.Iyi nkuru iranatanga icyizere ko gukora cyane no gukunda akazi bishobora kugeza umuntu kure, kuko uretse kumutunga byanatuma ahura n’abantu bakomeye.
Mu kwezi kwa Kanama 2017, nibwo Nishimwe yabwiwe ko ari we watoranyijwe kuzatembereza umushyitsi udasanzwe uzasura pariki. (...) -
Abanyarwanda babuze imitungo yabo nibakomere nta nzara izabica- Minisitiri Shyaka
8 May 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane w’iki cyumweru, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 72,isenya amazu n’ibiraro ndetse irengera imyaka myinshi y’abaturage.
-
Burundi: Abayobozi ba mbere bagize Guverinoma ya Evariste Ndayishimiye bamaze gutangazwa
23 June 2020, by Dusingizimana RemyInteko ishinga amategeko mu Burundi yamaze kwemezwa Alain-Guillaume Bunyoni nka Minisitiri w’Intebe ndetse Prosper Bazombanza agirwa Visi Perezida w’u Burundi.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Minisitiri Gatabazi yagaragaye afite isuka ari guca amaterasi n’abaturage
8 September 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi Jean Marie Vianney,uri mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara y’Amajyepfo, yahaye umuganda abaturage 510 bahawe akazi aho bakora amaterasi kuri hegitari 5 mu Murenge wa Ruheru wo mu karere ka Nyaruguru.
-
Perezida Kagame ari I Paris ku butumire bwa Emmanuel Macron
11 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika Yunze Ubumwe yitabiriye inama y’ ihuriro Mpuzamahanga ry’ Amahoro ibera mu Bufaransa aho yageze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Ukwakira 2018.
-
Umujyi wa Kigali wakoze impinduka nshya mu koroshya ingendo zijya mu ntara
27 December 2023, by Dusingizimana RemyUmujyi wa Kigali washyizeho ahantu hihariye hazategerwa imodoka n’abagenzi bagana mu ntara mu rwego rwo koroshya ingendo mu bihe by’iminsi mikuru.
-
Minisitiri w’Ubuzima yahishuye ahabonetse abarwayi 152 mu minsi 2 ishize harimo no muri Minisiteri
16 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima Dr.Daniel Ngamije yatangaje ko ubwandu bwiyongereye cyane mu minsi 2 ishize bwagaragaye mu isoko rikuru rya nyarugenge,kwa mutangana no mu bigo birimo za Minisiteri.
0 | ... | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | ... | 3430