Urwego ngenzuramikorere,RURA rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizatangira kubahirizwa tariki ya 08 Ukwakira 2022.
RURA yatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi ari 1580 Frw na ho mazutu ikaba 1587 Frw.
Ibi bivuze ko igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyagabanyutse ku nshuro ya mbere muri uyu mwaka,kuko litiro ya mazutu yamanutseho 20 Frw igera ku 1587 Frw, ivuye ku 1607 Frw. Litiro ya lisansi yo yagabanutseho 29 Frw igera ku (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kera kabaye ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byagabanutse mu Rwanda
7 October 2022, by Dusingizimana Remy -
Abakinnyi ba PSG bahaye isezerano rikomeye u Rwanda bise"igihugu cyiza"
4 May 2022, by Dusingizimana RemyAbakinnyi ba Paris Saint-Germain, Sergio Ramos, Keylor Navas, Thiro Kerler na Julian Draxler bagaragaje ko bagize ibyishimo birenze mu ruzinduko bagiriye mu Rwanda kandi basezeranya ko bazasaba abandi bakinnyi gusura igihugu.
Nabo biyemeje kuzongera gusura u Rwanda mu gihe kizaza.
Kuri uyu wa mbere,aba bakinnyi 4 bashoje uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda rukaba rwari mu masezerano y’ubufatanye bw’iyi kipe y’igihangange mu mupira w’amaguru mu Bufaransa n’u Rwanda binyuze mu bukangurambaga (...) -
Abadepite banze umushinga w’itegeko ryemerera ingimbi n’abangavu guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro
17 October 2022, by Dusingizimana RemyInteko Rusange, Umutwe w’Abadepite yanze kwemeza ishingiro ry’umushinga w’itegeko ryerekeye ubuzima bw’imyororokere kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Ukwakira 2022.
Uyu mushinga wanzwe, wateganyaga ko ingimbi n’abangavu bagejeje ku myaka 15 bakwemererwa guhabwa serivisi zo kuboneza urubyaro.
Abadepite 30 batoye umwanzuro w’uko badashyigikiye Umushinga w’Itegeko riha uburenganzira abangavu n’ingimbi kuba bahabwa serivisi zo kuboneza urubyaro guhera ku myaka 15.
Abadepite bemeye uyu mushinga ni 18 mu (...) -
Gitega/ Nyarugenge: Baganuye umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke urabaryohera bagira ngo urimo isukari
3 August 2018, by Nsanzimana ErnestAbaturage bo mu mudugudu w’ Amayaga bateraniye ku biro by’ Akagari kabo ka Akabahizi ko mu murenge wa Gitega Akarere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali basangira umuganura urimo umutsima w’ imvange y’ ibinyampeke birindwi urabaryohera bagira ngo watekanywe isukari ariko nyir’ ukuwuteka abamara impugenge.
-
Malawi igiye gucyura impunzi z’Abanyarwanda 44
14 June 2023, by Joseph IradukundaGuverinoma ya Malawi ifatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi, igiye gucyura mu Rwanda Abanyarwanda 44 babaga muri icyo gihugu nk’impunzi. Byatangajwe na Minisitiri ushinzwe Umutekano w’imbere mu gihugu, Ken Zikhale.
-
Bishop Rugagi yashyize hanze amabanga ya Bahati uherutse ku mushinja ubwambuzi
11 November 2017, by Nsanzimana ErnestUmupasiteri umaze kwamamara mu Rwanda no hanze yarwo biturutse ku bitangaza akora birimo gukiza abarwayi, kuba atunze imodoka zihenze n’ ibindi yatangaje amabanga ya Bahati wahoze muri Just Family uherutse kumushinja ko yamwambuye amadorali 200 y’ Amerika.
Bishop Rugagi yabivugiye mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2017. Uyu mushumba yabitangaje nyuma yo kubwira abanyamakuru kuri televiziyo y’ itorero Redeemed Gospel Church abereye umushumba mukuru. (...) -
Siporo rusange ngarukakwezi yongerewe amasaha, P. Kagame yarabisabye
7 January 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ Umugi wa Kigali bwatangaje ko Siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga bya moteri ‘Car free day’ igiye kujya iba kabiri mu kwezi. Perezida Kagame mu kwezi gushize yasabye ko iyi siporo yongererwa amasaha.
Muri Car free Day yo kuri iki Cyumweru tariki 7 Mutarama 2018, Umuyobozi w’ umugi wa Kigali Pascal Nyamulinda yamenyesheje abitabira siporo rusange mu mihanda itarangwamo ibinyabiziga, n’ abatuye umugi wa Kigali ko iyi siporo izajya iba ku cyumweru cya mbere cy’ ukwezi (...) -
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame yagaragaye ari kuganira na Visi perezida wa mbere w’Uburundi
3 February 2019, by Dusingizimana RemyIbitangazamakuru bitandukanye muri aka karere bikomeje kwibaza icyo perezida Paul Kagame w’ u Rwanda yarimo aganira na visi perezida w’u Burundi Gaston Sindimwo,kandi ibi bihugu byombi bitabanye neza muri iyi minsi.
-
P.Kagame ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi
23 November 2017, by Iyamuremye JanvierPerezida wa Republika Paul Kagame kuri uyu wa kane yageze i Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.
Amakuru yatangajwe ku rukuta rwa twitter rw’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, avuga ko perezida Kagame yanagiranye ibiganiro na HH Sheikh Mohamed bin Zayed Al Nahyan, igikomangoma cya Abu Dhabi akaba n’umuyobozi w’ikirenga wungirije w’ingabo za Leta zunze ubumwe z’abarabu.
Umukuru w’Igihugu na Sheikh Mohamed Bin Zayed baganiriye ku mubano mwiza uri hagati ya UAE n’u Rwanda no ku buryo (...) -
Hoteli 2 zikomeye mu mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara
11 August 2021, by Dusingizimana RemyThe Mirror Hotel iherereye i Remera ndetse na Portofino Hotel iri i Nyarutarama mu Mujyi wa Kigali zashyizwe mu cyamunara kugira ngo hishyurwe umwenda ba nyirazo babereyemo banki.
0 | ... | 2900 | 2910 | 2920 | 2930 | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | ... | 3430