Urukiko ruburanisha ibyaha by’iterabwoba ruri i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwategetse ko abantu 20 bo mu mutwe wa MRCD-FLN barimo na Paul Rusesabagina wari umukuru wa MRCD bahurizwa mu rubanza rumwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Urukiko rwemeje ko urubanza rwa Rusesabagina ruhuzwa n’urwa Sankara n’abandi 18 bo muri MRCD
3 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Paul Kagame yahaye igisubizo abasaba ko Rusesabagina arekurwa
12 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abasaba ko Paul Rusesabagina arekurwa ko u Rwanda rufite inshingano zo kurengera ubuzima bw’abaturage barwo,ko bagomba kumenya ko ubuzima bw’Abanyarwanda bufite agaciro nk’uko ubw’Ababiligi n’Abanyamerika na bwo bufite agaciro.
-
Nyuma y’ikiraro hagiye gushyirwa n’imigozi ifasha abantu kugendera hejuru ya Nyungwe
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIMu bintu birimo gukurura ba mukerarugendo basura pariki ya Nyungwe harimo inzira zo mu kirere, ahubatswe ikiraro cy’ibyuma n’inshundura (Nyungwe Canopy Walk), ndetse hakaba hagiye no gushyirwaho uburyo bwo kugendera ku migozi ukambukiranya imisozi (Zipline Mountain).
-
Madamu Jeannette Kagame ari mu bitabiriye siporo rusange[AMAFOTO]
1 December 2019, by Martin MunezeroMadamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali n’abitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Cyorezo cya Sida n’Indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina muri Afurika, ICASA, mu munsi wahariwe Siporo rusange uzwi nka ‘Car Free Day’.
-
U Rwanda na Iraq byiyemeje ubufatanye bugamije guhangana n’intambara
25 September 2024, by Joseph IradukundaLeta y’u Rwanda n’iya Iraq byashimangiye agaciro ko gusangira ubunararibonye mu bijyanye no guhangana n’intambara ndetse n’ingaruka za nyuma y’amakimbirane mu miryango.
-
Polisi y’u Rwanda yaburiye abajura bakomeje kwangiza ibikorwa remezo
4 October 2023, by Dusingizimana RemyUmuyobozi wa Polisi y’Igihugu, IGP Felix Namuhoranye,yaburiye abajura bakomeje kwangiza insinga z’amashanyarazi n’ibindi bikorwaremezo ko bahagurukiwe cyane.
-
Imidugudu 6 yo muri Kigali yasubijwe muri gahunda ya Guma Mu Rugo
26 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) yatangaje ko imwe mu midugudu 6 yo mu karere ka Kicukiro na Nyarugenge isubijwe muri gahunda ya Guma mu rug mu gihe kingana n’iminsi 15.
-
U Rwanda rwashinje abadepite ba EU kwivanga mu butabera bwarwo
9 October 2021, by Dusingizimana RemyUmuvugizi guverinoma y’u Rwanda,Madame Yolande Makolo,mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa Twitter yamaganye umwanzuro w’Inteko nshingamategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi yasabye ubutegetsi bw’u Rwanda kurekura no kohereza Paul Rusesabagina mu Bubiligi.
-
Ruto yavugishije Perezida Kagame na Tshisekedi, ahamagaza inama y’igitaraganya ya EAC
27 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Kenya, William Ruto yatangaje ko yaganiriye na Perezida Paul Kagame ndetse na Félix Antoine Tshisekedi, ku bibazo by’intambara bikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba (…)
Umuryango.rw
Perezida Paul Kagame yahaye igisubizo abasaba ko Rusesabagina arekurwa
Nyuma y’ikiraro hagiye gushyirwa n’imigozi ifasha abantu kugendera hejuru ya Nyungwe
U Rwanda na Iraq byiyemeje ubufatanye bugamije guhangana n’intambara
Polisi y’u Rwanda yaburiye abajura bakomeje kwangiza ibikorwa remezo
Imidugudu 6 yo muri Kigali yasubijwe muri gahunda ya Guma Mu Rugo
U Rwanda rwashinje abadepite ba EU kwivanga mu butabera bwarwo
Ruto yavugishije Perezida Kagame na Tshisekedi, ahamagaza inama y’igitaraganya ya EAC