Ku munsi w’ejo taliki ya 21 Mata 2019 nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika yakiriye umushyitsi ukomeye nyakubahwa Emir wa Qatar Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Amafoto y’umunsi: Perezida Kagame yakiriye mu buryo budasanzwe umuyobozi ukomeye wo muri Qatar amutwara mu modoka ye
22 April 2019, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rugiye gufasha impunzi z’Abarundi zasabye perezida wabo kuzifasha guhunguka
4 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri Ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi mu Rwanda yashyize ahagaragara itangazo rivuga ko gutahuka ku bushake kw’impunzi ari cyo gisubizo kirambye bityo bagiye gufasha impunzi z’Abarundi zifuza gutaha iwabo.
-
Umushyikirano16: Perezida Kagame yavuze ko ababuza u Rwanda umutekano aribo bizagaruka
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yasabye Abanyarwanda kunga ubumwe, kureba kure, no gukora ibintu nk’ abazabibazwa abwira Abanyarwanda abashaka gukomeza guhungabanya umutekano w’ u Rwanda aribo bizagaruka.
-
Perezida Kagame yagarutse cyane ku kibazo cya RDC mu ijambo risoza umwaka
31 December 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yashimiye Abanyarwanda kwihangana no kudatezuka bagaragaje muri 2022, abasaba gukomerezaho mu mwaka mushya wa 2023.
Mu ijambo risoza umwaka wa 2022, yashimiye Abanyarwanda uko babashije gukemura ibibazo ndetse abasaba kudatezuka muri 2023.
Yagize ati “Twashoboye gukemura ibibazo biremereye harimo n’icyorezo cya Covid-19, twatangije icyiciro cya kabiri cy’Ikigega Nzahurabukungu cyashyizweho mu rwego rwo guhangana n’ingaruka za Covid-19 none ubukungu bw’igihugu cyacu (...) -
Musanze: Hoteli 3 zafunzwe kubera abantu 5 basanganwe Covid-19 bazinyuzemo
14 June 2020, by Dusingizimana RemyAmakuru aturuka mu Karere ka Musanze aravuga ko hari hoteli eshatu zafunzwe, abakozi bazo bashyirwa mu kato ndetse barapimwa nyuma y’uko hari abantu batanu basanzwemo icyorezo cya Coronavirus kandi barahanyuze.
Umuyobozi w’aka Karere yabwiye Umuseke dukesha iyi nkuru ko bari gushakisha ababa barahuye na bariya bantu kugira ngo bashyirwe mu kato batanduza abandi.
Amakuru avuga ko hari abantu batanu basanzwemo COVID-19 kandi baranyuze muri hoteli 3 zo mu Karere ka Musanze.
Ngo bahanyuze ku (...) -
Huye:Meya n’abamwungirije bose beguriye rimwe
31 May 2018, by Ubwanditsi 1Abagize Komite nyobozi yose y’akarere ka Huye beguriye rimwe mu gitondo cyo kuwa 31 Gicurasi 2018 .
Inama Njyanama y’aka karere yatereye icyizere Kayiranga Muzuka Eugene wari Umuyobozi bw’Akarere; Mutwarasibo Cyprien wari Umuyobozi w’Akarere Wungirije ushinzwe ubukungu na Niwemugeni Christine wari ushinzwe imibereho myiza y’abaturage.
Perezida wa Njyanama, Dr Ngabitsinze Jean Chrisostome, yabwiye itangazamakuru ko muri iki gitondo habaye inama yari igamije gusuzuma ibibazo biri muri aka (...) -
Guverinoma yatangaje igihe ingendo zo hirya no hino mu ntara,iza moto n’amagare zizafungurirwa mu nama y’abaminisitiri
18 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Gicurasi 2020 hateranye Inama y’Abaminisitiri yayobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yafatiwemo imyanzuro itandukanye yo koroshya izindi gahunda zafashwe kubera Covid-19 ndetse no gushyiraho inzego zitandukanye n’abayobozi bashya.
-
Meya wa Nyabihu yemeje amakuru avuga ko uwari Visi meya ushinzwe ubukungu yeguye
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestMUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere
Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu Uwanzwenuwe Theonetse yemeje amakuru avuga ko MUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 yeguye kuri uyu mwanya.
Meya Uwanzwenuwe yatangarije UMURYANGO ko ubuyobozi bw’ akarere bwakiriye ibaruwa ye avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite, avuga ko ikigiye gukurikiraho (...) -
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Centrafrique yasuye u Rwanda
8 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Centrafrique, Sylvie Baïpo Temon, ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi.
Urugendo rwa Sylvie Baïpo Temon mu Rwanda ruje rukurikira urwo Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta, yagiriye muri iki gihugu kuwa 08 Mutarama 2021 akanabonana na Perezida wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra.
Rubaye kandi nyuma y’iminsi itandatu indege ya RwandAir itangije ingendo zayo muri Centrafrique aho izajya ijya inshuro ebyiri mu cyumweru.
Aba baminisitiri (...) -
Umushyikirano2019: Perezida Kagame yanenze abayobozi bitwaye nabi mu kwimura abatuye mu bishanga n’amanegeka
19 December 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yanenze abayobozi bimuye nabi cyane abaturage babasenyeraho amazu kubera ko batuye mu bishanga no mu manegeka batabanje kubasobanurira neza.
0 | ... | 2940 | 2950 | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | ... | 3430