Umukinnyi w’ikipe ya Eritrea witwa Tesfazion Natnael niwe wegukanye agace karekare kurusha utundi muri Tour du Rwanda ya 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be babiri barimo Main Kent na Mugisha Moise wabaye umunyarwanda wa mbere ubashije kurangiza hafi mu gace ko muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
#TdRwanda:Natnael Tesfazion yatwaye agace ka kane ahita yambara umwenda w’umuhondo
26 February 2020, by Dusingizimana Remy -
Kigali: Umushumba w’inka w’imyaka 50 yashyingiranywe n’umukobwa wize arusha imyaka 29 (Amafoto)
13 March 2021, by Dusingizimana RemyUmushumba waragiraga inka w’imyaka 50 witwa Muhirwa André yakoze benshi ku mutima kubera inkuru y’urukundo rwe n’umugore we Niyibishaka Ange arusha imyaka 29 bashyingiranywe.
-
Thsisekedi na Ndayishimiye mu bambere bashimiye Trump watorewe kuyobora Amerika
6 November 2024, by Joseph IradukundaAbakuru b’ibihugu bitandukanye barimo Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste na Felix Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bishimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta zunze Ubumwe za Amerika.
-
AMAFOTO: Irebere imyitozo yihariye y’Abapolisi b’u Rwanda bahuguriwe gukoresha intwaro zidasanzwe
10 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAbapolisi 24 bamaze igihe bahabwa amahugurwa yihariye yo kurwanya iterabwoba, bagaragaje imwe mu myitozo bahakuye mu bijyanye no gukoresha imtwaro n’amayeri mu guhangana n’ibihungabanya umutekano.
-
Mu Itorero Inkuru Nziza hongeye kuba ubushyamirane polisi n’ ingabo baratabara
20 May 2018, by Nsanzimana ErnestAbakirisito bo mu itorero inkuru nziza mu karere ka Rusizi mu murenge wa Kamembe bashyamiranye na bagenzi babo bapfa abapasiteri, habaho guterana amagambo no gusunikana ingabo z’ u Rwanda na polisi y’ u Rwanda barabihosha.
-
Minisitiri Nyirasafari yakomeje abasore babuze inkwano ababwira ko kutayigira atari igisebo
26 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’Umuco na Siporo, Nyirasafari Espérance yatangaje ko ubushobozi buke budakwiye kuba impamvu ibuza abantu gushyingirwa ngo ntibafite inkwano cyangwa amafaranga yo gukoresha ubukwe buhenze, ibi byose ngo kutabigira si igisebo ababyeyi bakwiye korohereza abana babo ku kijyanye n’ inkwano.
-
Perezida Kagame yavuze aho umushinga wo kubaka ikibuga cy’Ibugesera ugeze
23 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Paul Kagame witabiriye inama yiga ku bukungu iri kubera mu gihugu cya Qatar yavuze aho imirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege cya Bugesera ingezde ndetse naho uyu mwaka urangira igeze. Ibi Umukuru w’igihugu yabitangaje ubwo yabazwaga ku bufatanye bw’u Rwanda na Qatar mu ngeri zitandukanye, zirimo ishoramari muri RwandAir no mu mushinga w’Ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
Yasubije agira ati” "Turi gushyira mu bikorwa ibyo twemeranyije. Turi gukorana mu bijyanye na sosiyete y’indege (…) -
Ange Kagame yatatse umugabo we bashyingiranywe akoresheje amagambo yo muri Bibiliya
8 July 2019, by Dusingizimana RemyUmukobwa umwe rukumbi wa Nyakubahwa perezida Kagame,Ange Kagame, warushinze kuwa Gatandatu taliki ya 06 Nyakanga 2019, yifashishije amagambo yo mu gitabo cy’indirimbo ya Salomo ibice 3;4 yerekana ukuntu anejejwe n’umugabo we Bertrand Ndengeyingoma.
-
Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda azira gushaka kunganira Rusesabagina yishe amategeko yahakanye ibyo ashinjwa
24 August 2021, by Dusingizimana RemyUmunyamategeko wunganira Paul Rusesabagina, uregwa ibyaha by’iterabwoba, aravuga ko yirukanwe mu gihugu ku mpamvu z’icyo yise "urwiyerurutso".
Maître Vincent Lurquin, w’ubwenegihugu bw’Ububiligi, yakuwe mu Rwanda igitaraganya na polisi ku wa gatandatu w’icyumweru gishize, ashinjwa gukorera mu gihugu nta burenganzira bwo gukora afite.
Urwego rw’abinjira n’abasohoka mu Rwanda ruvuga ko uyu munyamategeko yari afite uruhushya rwemerera abantu kwinjira mu kindi gihugu, bita ’visa’ mu ndimi (…) -
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
26 February 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi zagiranye ibiganiro ku bufatanye mu rwego rw’ubutabera by’umwihariko ingingo ijyanye n’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza mu 2015.
Ni ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gashyantare 2022, bihuza Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel na mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine.
Nyuma y’ibiganiro byo mu muhezo, abanyamakuru batangarijwe imyanzuro mu itangazo (…)
Umuryango.rw
Thsisekedi na Ndayishimiye mu bambere bashimiye Trump watorewe kuyobora Amerika
AMAFOTO: Irebere imyitozo yihariye y’Abapolisi b’u Rwanda bahuguriwe gukoresha intwaro zidasanzwe
Perezida Kagame yavuze aho umushinga wo kubaka ikibuga cy’Ibugesera ugeze
Vincent Lurquin uherutse kwirukanwa mu Rwanda azira gushaka kunganira Rusesabagina yishe amategeko yahakanye ibyo ashinjwa
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali