Umuvugizi wa leta ya DR Congo yavuze ko igihugu cye gicumbikiye impunzi nyinshi kurusha iz’Abanyekongo bari mu Rwanda yirengagiza imibare yatanzwe na UN.
Patrick Muyaya yasubizaga ku byavuzwe na Perezida Kagame kuwa mbere, cyane aho yagize ati: “Ntidushobora gukomeza kwakira impunzi zikaba ari zo amaherezo tuza kuryozwa mu buryo runaka, cyangwa se tukanafatwa nabi kubwazo”.
Kagame yavugaga impunzi z’Abatutsi bo muri DR Congo bahunze cyera n’abahunga muri iyi minsi, izo mpunzi ziri mu (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC yasubije Perezida Kagame ku kibazo cy’impunzi yakomojeho
12 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
6 April 2022, by UbwanditsiPolisi y’u Rwanda yatangaje ko abapolisi bafatiwe mu bikorwa byo kwica bamwe mu baturage bazira ko barenze ku mabwiriza yo kwrinda Covid-19 bagejejwe mu butabera kandi ko bamwe muri bo bamaze gukatirwa n’inkiko.
-
MINALOC ivuga ko imiryango ibana mu buryo butemewe yugarijwe n’ amakimbirane yo mu ngo
20 January 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ivuga ko imiryango ibana mu buryo butemewe n’amategeko, ari kimwe mu kibazo gituma amakimbirane mu ngo yiyongera.
-
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Museveni yagarutse mu Rwanda mu dukoryo twinshi
23 June 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yakoze udushya tudasanzwe mu rugendo rwo kongera gusura u Rwanda yaherukagamo mu mwaka wa 2017.
Perezida Museveni witabiriye inama ya CHOGM iri kubera mu Rwanda,yabanje gutwika imbuga nkoranyambaga n’ibinyamakuru ubwo yashyiraga hanze ifoto ari kwinjira muri kajugujugu ya gisirikare yarangiza akavuga ko aje i Kigali muri iyi nama.
Benshi bahise bibaza ukuntu umukuru w’igihugu asura ikindi aziye mu ndege ya gisirikare ariko uyu muyobozi ukundwa na (…) -
Abanyeshuri mu ngabo za Zambia bari kwigira ku Rwanda kwimakaza amahoro
1 October 2025, by ISIMBI EstellaItsinda ry’abalimu n’abanyeshuri mu bya gisirikare 27 bo muri Zambia bari mu Rwanda mu rugendoshuri rw’icyumweru rugamije kubafasha kwigira ku rugendo rw’igihugu mu iterambere n’uburyo kigira uruhare mu kwimakaza amahoro n’umutekano mu Karere no mu bindi bice.
-
‘Abagore bagize imirimo ikomeye ntiyahabwa agaciro’ Jeannette Kagame
13 November 2018, by Nsanzimana ErnestJeannette Kagame, Umugore wa Perezida w’ u Rwanda yavuze ko imiryango ikwiye kureka gufata abagore nk’abadafite agaciro mu gihe umusanzu wabo mu kubaka umuryango ari ntagereranywa.
-
U Rwanda rwamaganye ibihano “bibogamye” Amerika yafatiye RDF n’abasirikare bakuru
2 March, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye RDF na bamwe mu Bayobozi Bakuru b’Ingabo bidashingiye ku kuri kw’ibiba mu ntambara imaze imyaka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Irani yaburiye Isiraheli nyuma yo kuyigabaho igitero gikomeye
14 April 2024, by Dusingizimana RemyIrani ishimangira ko izatera igihugu cya Israel nikiramuka gishatse kuyihoreraho kubera igitero yayigabyeho ariko ntigitange umusaruro yifuzaga.
-
Paul Rusesabagina yemeje ko bashinze FLN ’itagamije iterabwoba’ anashinja u Rwanda kumugambanira
25 September 2020, by Dusingizimana RemyMu rubanza mu rukiko rwisumbuye i Kigali aho Paul Rusesabagina yaje kujuririra icyemezo cyo gufungwa byagateganyo, yavuze ko ’bashinze umutwe wa FLN’ utagamije ’gukora iterabwoba’ ahubwo ’gushaka ko leta yita ku kibazo cy’impunzi’.
-
M23 yongeye guhwitura amahanga iyereka amahano FARDC iri gukora
13 February 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 wongeye gutabaza amahanga uyamenyesha ko ingabo za Leta ya RDC ziri gutera ibisasu n’indege,ibifaru n’imbunda ziremereye mu duce dutuwemo n’abaturage b’abasivili.
Mu itangazo uyu mutwe washyize hanze,wavuze ko ingabo za FARDC n’abacancuro baryo bakomeje kwica abasivili kubera ibisasu ziri gutera mu basivili.
M23 yagize iti "Ingabo za Leta n’abacancuro bayo bari gukoresha kajugujugu z’intambara,indege z’intambara,ibifaru,n’intwaro zikomeye mu gutera ibisasu mu bice bituwe (…)
Umuryango.rw
RDC yasubije Perezida Kagame ku kibazo cy’impunzi yakomojeho
Dosiye z’Abapolisi barashe abarenze ku mabwiriza ya Covid-19 zarangiye gute?
MINALOC ivuga ko imiryango ibana mu buryo butemewe yugarijwe n’ amakimbirane yo mu ngo
IFOTO Y’UMUNSI:Perezida Museveni yagarutse mu Rwanda mu dukoryo twinshi
Abanyeshuri mu ngabo za Zambia bari kwigira ku Rwanda kwimakaza amahoro
U Rwanda rwamaganye ibihano “bibogamye” Amerika yafatiye RDF n’abasirikare bakuru
Irani yaburiye Isiraheli nyuma yo kuyigabaho igitero gikomeye
Paul Rusesabagina yemeje ko bashinze FLN ’itagamije iterabwoba’ anashinja u Rwanda kumugambanira
M23 yongeye guhwitura amahanga iyereka amahano FARDC iri gukora