Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda,Alain Mukuralinda,yavuze ko ubutaha indege ya Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nihanurwa ntawe ukwiriye gutungurwa kuko iki gihugu cyahawe gasopo nyinshi.
Mu kiganiro Urubuga rw’Itangazamakuru cyo kuri iki Cyumweru tariki 29 Mutarama mu 2023, Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko ibyo u Rwanda rwakoze byo kurasa kuri Sukhoi-25 ya RDC ari nko gutanga abagabo ku buryo ubutaha nirufata icyemezo cyo kuyihanura (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"Ubutaha indege ya RDC nihanurwa ntihazagire uvuga ngo ntabwo twari twababwiye"-Mukuralinda
29 January 2023, by Dusingizimana Remy -
Kenya:Raila Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu
10 October 2017, by Iyamuremye JanvierRaila Odinga wari uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, NASA yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yagombaga kuzasubirwamo kuwa 26 Ukwakira 2017.
Ibi bije nyuma y’aho Perezida Uhuru Kenyata abivugiye Mombasa ko yakiriye neza icyifuzo cya Raila Odinga cyo gukuramo kanditatire ye "Niba abo duhanganye badashaka amatora aciye mu mucyo bagomba kuva mu nzira kugirango igihugu gikomeze gutera imbere."
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 10 Ukwakira, Odinga yatangaje ko n’uwo (...) -
U Rwanda rwavuze ku cyemezo cyo guhagarika indege yari kuzana abimukira bo muri UK
15 June 2022, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryakeye,indege ya mbere yagombaga kuvana abimukira ba mbere mu Bwongereza ibazana mu Rwanda yahagaritswe hasigaye iminota mike ngo iguruke nyuma y’umwanzuro w’urukiko.
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko itaciwe intege n’iki cyemezo cyafashwe ku munota wa nyuma ndetse ngo rwiteguye kubakira igihe cyose bazazira.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yagize ati "Ntabwo twaciwe intege n’ibi byemezo. U Rwanda rushyigikiye byuzuye ko ubu bufatanye bushyirwa mu bikorwa. Uburyo (...) -
Abandi bantu 3 bakize Coronavirus mu Rwanda haboneka undi umwe wanduye
23 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Mata 2020,mu Rwanda habonetse umuntu umwe wanduye Coronavirus bituma umubare w’abamaze kwandura iyi ndwara baba 154. Muri aba abamaze gukira babaye 87 kuko uyu munsi hakize abantu 3 biyongera kuri 84. Ubu abakirwaye ni 67.
-
Amakipe yose yo mu Bwongereza yikuye muri European Super League kubera igitutu cy’abafana
21 April 2021, by Dusingizimana RemyMu ijoro ryo ku Cyumweru nibwo ibinyamakuru byo ku mugabane w’I Burayi byatangaje ko hari irushanwa ryitwa European Super League rije guhangana na UEFA Champions League isanzwe ikunzwe na benshi cyane.
-
Perezida w’inzibacyuho wa Tchad yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
19 March 2022, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente yaherekeje Umukuru w’Inama ya gisirikare iyoboye inzibacyuho akaba na Perezida wa Tchad, Gen. Mahamat Idriss Déby Itno, wasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga mu Rwanda.
Ku munsi w’ejo nibwo Gen. Mahamat Idriss Déby Itno yageze mu Rwanda,nyuma aza guhura na Perezida Kagame muri Village Urugwiro.
Perezida Kagame yakiriye Gen. Mahamat muri Village Urugwiro bagirana ibiganiro byabaye mu muhezo.
Nyuma y’ibiganiro (...) -
Perezida Kagame nyuma yo kuva Jamaica yerekeje Barbados mu ruzinduko rwe rwa mbere [AMAFOTO]
16 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze muri Barbados mu ruzinduko rw’akazi, nyuma y’urw’iminsi itatu yari asoje muri Jamaica.
-
Bidasubirwaho Bujumbura ntikiri umurwa mukuru wa politiki w’u Burundi
23 December 2018, by Dusingizimana RemyKuri uyu iki Cyumweru Taliki ya 23 Ukuboza 2018, nibwo byemejwe bidasubirwaho ko inama y’Abaminisitiri mu Burundi yafashe iumwanzuro watunguye benshi ko Bujumbura itakiri umurwa mukuru wa politiki yasimbuwe na Gitega.
-
Uruzinduko rwa Karidinali Ambongo mu Rwanda rwateje sakwe sakwe muri DR Congo
27 November 2024, by Joseph IradukundaUruzinduko rwa Karidinali Fridolin Ambongo, Arikepiskopi wa Kinshasa akaba n’umukuru w’Ihuriro ry’Inama z’Abepiskopi muri Afurika na Madagasikari (SECAM) uri i Kigali mu Rwanda rwagarutsweho n’abantu benshi mu buryo butandukanye mu gihugu cye.
-
Iran yemeje ko umuhanga wayo mu gukora ibitwaro bya Nikleyeri ’yishwe n’intwaro ikoreshwa na Telekomande
1 December 2020, by Dusingizimana RemyIran yemeza ko Israel ndetse n’umutwe utavuga rumwe na leta ukorera mu buhungiro bakoresheje ’remote control’ mu kwica bategereye Mohsen Fakhrizadeh wari umuhanga wo hejuru wa Iran mu bumenyi bwa nikleyeri, ku wa gatanu.
0 | ... | 2960 | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | ... | 3430