Rayon Sports y’Abagore yisanze mu Itsinda 1 mu majonjora ya CAF Champions League mu karere ka CECAFA, aho iri kumwe na Commercial Bank of Ethiopia, Kenya Police Bullets FC, Yei Joint FC na Warriors Queens.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Rayon Sports y’Abagore yamenye ama kipe 4 barikumwe mu itsinda rya 1 muri CAF Champions League.
24 July 2024, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Rubavu: Abaturage mu byishimo nyuma y’iraswa ry’uwari ukuriye abuzukuru ba shitani
21 December 2021, by Dusingizimana RemyAbantu 3 bari bafite ibikoresho birimo TV bikekwa ko bari bavuye kwiba,bahagaritswe n’Abapolisi barinangira ahubwo bashaka kubarwanya,barabarasa hapfamo umwe wiyitaga DPC w’itsinda Abuzukuru ba shitani ryayogoje akarere ka Rubavu mu bujura.
Ibi byabereye mu Murenge wa Rubavu ho mu karere ka Rubavu,ahagana saa munani z’ijoro ubwo abapolisi babonaga aba bantu3 bivukwa ko ari abagize itsinda rya ba ruharwa mu bujura ryiyise "Abuzukuru ba shitani" bafite ibikoresho byo mu rugo bitandukanye. (...) -
RDC:Tshisekedi yikomye kiliziya yasabye abaturage ba Congo gukanguka
26 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Félix Tshisekedi yatangaje ko muri kiliziya gatolika ya DR Congo harimo ‘abayobya’ bashobora ‘gusenya ubumwe bw’igihugu…cyane cyane muri uyu mwaka w’amatora’, aburira ko atazareka ibyo biba.
Tshisekedi yatangaje ibi ku cyumweru i Mbuji-Mayi nyuma ya misa yo kwizihiza yubile y’imyaka 25 y’umwepiskopi waho Emmanuel-Bernard Kasanda.
Yavuze ibyo nyuma y’uko mu cyumweru gishize inama y’abasenyeri gatolika bo muri DRC ineze ubutegetsi bwa Tshisekedi n’uburyo ibintu ubu byifashe mbere y’amatora. (...) -
TdRWANDA 2020: Mulu Kinfe Hailemicheal yegukanye agace ka kabiri abuza Abanyarwanda gukorera amateka I Huye
24 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu Kinfe Hailemicheal w’imyaka 21 ukinira ikipe ya Nippo-Delko yo mu Bufaransa.
-
RDF yeretse ingabo za EJVM abarwanyi 19 ba Red Tabara iherutse gufata mpiri [AMAFOTO]
5 October 2020, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda RDF yeretse Itsinda ry’ingabo za EJVM rishinzwe kugenzura imipaka mu karere k’ibiyaga bigari, abarwanyi bo mu mutwe wa Red Tabara bafatiwe ku butaka bw’u Rwanda bavuye i Burundi tariki 29 Nzeri 2020. Bafatanywe ibintu bitandukanye birimo n’imbunda.
-
Ambasaderi Rwamucyo yibikukije ko u Rwanda rudakwiye gutwererwa ibibazo bya DRC
10 October 2024, by Joseph IradukundaAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Ernest Rwamucyo yongeye kubwira Akanama ka Loni gashinze umutekano ku Isi, ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo idakwiye gukomeza gutwerera u Rwanda ibibazo byayo.
-
Nsengiyumva warasiwe hanze ya gereya ya Mpanga bamusanganye icyuma
29 January 2018, by Nsanzimana ErnestAmaze kuraswa akagwa hasi umugororwa Nsengiyumva Jotham wari ufungiye muri gereza ya Mpanga yo mu karere ka Nyanza bamusanganye icyuma.
Ibi ni ibitangazwa n’ urwego rw’ igihugu rushinzwe imfungwa n’ abagororwa RCS. Uyu mugororwa yari yarakatiwe igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa n’ ibyaha byo kurema umutwe w’ abagizi ba nabi, kugambanira igihugu, no gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’ amategeko.
Nk’ uko Umuvugizi w’ urwego rw’ amagereza mu Rwanda CIP Sengabo yabitangarije UMURYANGO (...) -
Papa Francis wari Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi yitabye Imana ku myaka 88
21 April, by ISIMBI EstellaKuri uyu wa Mbere, tariki ya 21 Mata 2025, Abakirisitu Gatolika n’Isi yose bari mu gahinda nyuma y’inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Papa Francis, wapfiriye mu rugo rwe i Vatikani afite imyaka 88. Nk’uko byatangajwe n’ibiro bya Vatikani, yitabye Imana mu gitondo saa 7:35 mu nzu yabagamo ya Casa Santa Marta, azize uburwayi bukomeye bw’umusonga yari amaranye iminsi.
-
Perezida Biden yaburiye mugenzi we Putin mu ruzinduko rwe rwa mbere hanze
10 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Amerika Joe Biden yatangiye uruzinduko rwe rwa mbere mu mahanga aburira Uburusiya ko buzahura n’ingaruka zikomeye kandi zifite icyo zivuze" niburamuka bugiye mu "bikorwa biteje ibyago".
-
Uyobora UDPS ya Tshisekedi yunze murya sebuja ashinja u Rwanda kubateza akaga
10 November 2024, by Joseph IradukundaIby’amarira y’ingona, amatakirangoyi no kuyobya uburari bikomeje gufata indi ntera muri Congo Kinshasa, ku buryo bigoye kumva umuyobozi muri iki gihugu ufata ijambo, bikarangira atagize ibintu runaka agereka ku Rwanda.
0 | ... | 2970 | 2980 | 2990 | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | ... | 3430