Kiliziya Gatolika yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho nyuma y’aho Urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe abinjira n’abasohoka (DGM) rufatiye Pasiporo ya Musenyeri Donatien Nshole.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC: Kiliziya yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho na Leta
27 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu -
U Rwanda ruvuga ko ’isasu ryayobye’ rivuye muri DR Congo ryakomerekeje umusivile
24 October 2023, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda ivuga ko "isasu ryayobye" rivuye mu mirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryakomerekeje umuturage w’umusivile mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’igihugu, hafi y’umupaka w’u Rwanda.
-
Uko wamenya ko umunyeshuri yatsinze ikizamini cya Leta
27 September 2022, by Dusingizimana RemyUyu munsi nibwo MINEDUC yatangaje amanota y’abasoje ibizamini bya Leta mu mashuri abanza n’ay’icyiciro rusange.
Bitandukanye n’uburyo bwari busanzwe,ubu uwagize amanota menshi kuri 30 mu mashuri abanza niwe uba watsinze.
Ni impinduka zigengwa n’amabwiriza ya Minisitiri w’Uburezi yo ku wa 26 Nyakanga 2022 agenga imikoreshereze y’ibizamini bya leta mu mashuri bisoza amashuri abanza, icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, icya kabiri cy’ayisumbuye mu nyigisho rusange, amashuri y’imyuga (…) -
Mu miyoborere myiza u Rwanda rufite 80% Afurika ikagira 30% – Anastase Murekezi
28 November 2018, by Nsanzimana ErnestUmuvunyi Mukuru w’ u Rwanda Anastase Murekezi yagaragaje ko u Rwanda ari igihugu kiyobowe neza kurusha ibindi muri Afurika bishimangirwa Minisitiri w’ Ubutabera akaba n’ intumwa nkuru ya Leta wavuze ko mu Rwanda umuturage afite aho yagana igihe atizeye uko yaciriwe urubanza.
-
Umwami w’u Bwongereza, Charles III, yemeje umushinga wa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
25 April 2024, by Joseph IradukundaUmwami w’u Bwongereza, Charles III, yemeje umushinga wa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda.
-
Rwanda: ’Sankara’ n’abandi bajuriye mu rubanza rwiswe urwa "Rusesabagina" bagarutse mu rukiko
17 January 2022, by Dusingizimana RemyMu rubanza rw’iterabwoba ruregwamo abarimo Paul Rusesabagina - warwivanyemo - abakatiwe hamwe n’abaregera indishyi bageze mu rukiko rw’ubujurire kuri uyu wa mbere.
Bamwe mu bahamijwe ibyaha barajurira basaba ko bigabanywa.
Abaregeye indishyi barajurira bavuga ko bahawe nkeya kubera ibyabo cyangwa ababo bishwe mu bitero bya FLN ku Rwanda.
Ubushinjacyaha nabwo burajurira buvuga ko ibihano abaregwa bahawe ari bitoya.
Paul Rusesabagina ufatwa nk’uwari ukuriye abaregwa wakatiwe gufungwa (…) -
Amasezerano y’u Rwanda na RDC yakururiye AFC/M23 kuvuga ku hazaza hayo
3 July 2025, by Joseph IradukundaIhuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rigiye gutangaza ku ruhande ihagazeho ku bijyanye n’ibiganiro bya Doha muri Qatar, uyu mutwe umazemo iminsi n’ubutegetsi bwa Kinshasa.
-
Uko “Grace Room” ya Kabanda yatangiriye mu kinyoma igasoreza mu kindi
13 May 2025, by Joseph IradukundaUbwo Juliene Kabanda yari agonzwe n’ikibazo cy’amashuli abuze Diplome ya Tewologiya, Umugabo we wari ufite itorero yatse ibyangombwa muri RGB bya Grace Room Ministry ishamikiye ku itorero rye Jubile Revive Center!
-
Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye
2 October 2024, by Joseph IradukundaIbitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye gukora ubu byafunze Abarwayi bimurirwa mu bindi bitaro ndetse na bimwe mu bigo Nderabuzima byazamuriwe ubushobozi birimo icya Gatenga, Remera na Nyarurenzi!
-
Kigali: Umugore yafashwe atwaye imodoka irimo amabalo 6 ya magendu y’imyenda ya caguwa
17 November 2020, by Dusingizimana RemyKu cyicaro cya Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali i Remera, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Ugushyingo, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru umugore witwa Mbabazi Esther wafatanwe imodoka ifite icyapa kiyiranga cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, CGO 7079 A/19, yafashwe ipakiye amabalo 6 y’imyenda ya caguwa ya magendu.
Umuryango.rw
RDC: Kiliziya yamaganye iterabwoba iri gushyirwaho na Leta
U Rwanda ruvuga ko ’isasu ryayobye’ rivuye muri DR Congo ryakomerekeje umusivile
Uko wamenya ko umunyeshuri yatsinze ikizamini cya Leta
Umwami w’u Bwongereza, Charles III, yemeje umushinga wa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Rwanda: ’Sankara’ n’abandi bajuriye mu rubanza rwiswe urwa "Rusesabagina" bagarutse mu rukiko
Amasezerano y’u Rwanda na RDC yakururiye AFC/M23 kuvuga ku hazaza hayo
Uko “Grace Room” ya Kabanda yatangiriye mu kinyoma igasoreza mu kindi
Minisante yafunze Ibitaro bya Nyarugenge nyuma y’imyaka 3 gusa bitangiye