Mu gicuku ku Cyumweru tariki ya 06 Ukuboza ahagana saa saba n’igice, Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’irondo ry’umwuga rikorera mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Matimba, Akagari ka Rwentanga, bafashe abantu 46 basengera mu nzu y’umuturage witwa Musilikali Jean Pierre w’imyaka 36, na Kansiime Julienne w’imyaka 31. Aba bantu bari barenze ku mabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyagatare: Polisi yafashe abantu 46 bifungiranye mu cyumba mu masengesho bishe amabwiriza yo kwirinda Covid-19
8 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Polisi yerekanye abantu 13 bari bashakaga guturitsa inyubako zikomeye muri Kigali
1 October 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 13 barimo Umugore umwe, bafashwe ku ma tariki atandukanye ubwo biteguraga gukora ibikorwa by’iterabwoba mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali.
-
Isoko rimwe rya Afurika rikeneye uruhare rw’ abikorera mu rwego rutigeze rubaho – Perezida Kagame
20 March 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu by’ Afurika bikorana ubucuruzi n’ ibihugu byo hanze y’ uyu mugabane cyane kurenza uko bibukorana ubucuruzi hagati yabyo, avuga ko ishyirwaho ry’ isoko rimwe ry’ Afurika risaba ko ibyo bihugu bizamura ubucuruzi hagati yabyo kandi ntibigabanye ubwo bikorana n’ amahanga. Yongeraho ko isoko rimwe ry’ Afurika rikeneye uruhare rw’ abikorera cyane.
Umukuru w’ igihugu cy’ u Rwanda yabivuze kuri uyu wa 20 Werurwe 2018 ubwo yatangaga ikiganiro (…) -
Mpayimana yatangaje ko yatanze kandidatire mu matora y’ abadepite
25 July 2018, by Nsanzimana ErnestAha Mpayimana Philippe yari amaze gutanga dosiye ari kumwe n’ abamufashije Madamazella Mukamana Rachel wamuhagarariye mu karere ka Nyaruguru n’inshuti ye Otto Ahmed babana mu mujyi wa Kigali
Mpayimana Philippe wiyamamarije kuba Perezida w’ u Rwanda umwaka ushize wa 2017 agatsindwa na Perezida Kagame yatanze kandidatire nk’ umukandida wigenga mu matora y’ abadepie nk’ uko atahemye kubitangaza kuva atsinzwe amatora ya Perezida.
-
Urubanza rw’ubujurire rwa ba basirikare 5 n’umusivili umwe bashinjwa ibyaha birimo no gusambanya abagore rwasubitswe
21 May 2020, by Dusingizimana RemyUrukiko rwa gisirikare i Kanombe rwasubitse urubanza mu bujurire ruregwamo abasirikare batanu b’u Rwanda n’umusivili umwe, bakurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi, gukubita no gukomeretsa ndetse no gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato.
-
Adeline Rwigara arashaka umwunganizi wunganiye Ingabire Victoire
12 October 2017, by Iyamuremye JanvierKu nshuro ya Gatatu abaregwa bose :Diane Shima Rwigara,Adeline Rwigara na Mme Mukagemanyi Rwigara basabye ko urubanza rusubirwa; impamvu yabyo n’uko bifuza undi munyamategeko wiyongera kuri Me Celestin Buhuru.
Abaregwa basabye undi munyamategeko ubunganira kubera ubunini bwa dosiye y’ibyaha ubushinjacyaha bubakurikiranyeho.
Mme Mukangemanyi Adeline Rwigara arifuza kunganirwa n’umuntu mushya ariwe Me Gatera Gashabana aravuga ko Me Buhuru Celestin yakomeza kunganira abana be ariko we (…) -
Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry
11 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame kuri uyu wa 11 Ugushyingo 2025 yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Guinée-Conakry.
-
#KwitaIzina: Amazina ibyamamare byise abana b’Ingagi 20 baheruka kuvuka [AMAFOTO]
2 September 2022, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame ,umugore wa Perezida wa Repubulika y’U Rwanda,Paul Kagame yitabiriye umuhango wo #KwitaIzina2022 abana b’ingagi 20 wabaye kuri uyu wa Gatanu.
Muri uyu muhango wabereye mu Kinigi mu karere ka Musanze,Umushyitsi mukuru yari Minisitiri w’Intebe,Dr Edouard Ngirente.
Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente uhagarariye Umukuru w’Igihugu yashimiye abitabiriye ibi birori baba Abanyarwanda ndetse n’abaturutse mu mpande zose z’Isi.
Ati “By’umwihariko Guverinoma y’u Rwanda (…) -
Perezida Kagame na Madamu we batoye abadepite [AMAFOTO]
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame n’ umufasha we Jeannette Kagame kuri iki Cyumweru tariki 2 Nzeli 2018 bitabiriye amatora y’ abadepite.
-
"Igihugu iyo gitewe kiritabara"-Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC ku Rwanda
31 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru, cyibanze ku mibanire y’u Rwanda n’amahanga. by’umwihariko Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo.
Iki kiganiro cyabaye mu gihe umubano w’u Rwanda na RDC utameze neza bitewe n’ibirego bishingiye ku bitero bya M23 no kuba ingabo za Congo zifatanya n’umutwe wa FDLR.
Minisitiri Dr Biruta yavuze ko ubushotoranyi bwa RDC nibudahagarara u Rwanda rutazicara ngo rutuze ahubwo ruzatabara abaturage barwo. (…)
Umuryango.rw
Polisi yerekanye abantu 13 bari bashakaga guturitsa inyubako zikomeye muri Kigali
Perezida Kagame yageze muri Guinée-Conakry
#KwitaIzina: Amazina ibyamamare byise abana b’Ingagi 20 baheruka kuvuka [AMAFOTO]
"Igihugu iyo gitewe kiritabara"-Minisitiri Biruta avuga ku bushotoranyi bwa RDC ku Rwanda