Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yayoboye Inama y’Abaminisitiri kuri uyu wa 14 Ukuboza 2021,yafatiwemo ingamba nshya zo guhangana na COVID-19 zirimo gusubika ibitaramo bitandukanye ndetse n’abakozi ba leta benshi bagakorera mu rugo uretse 30% gusa.
Iyi nama yemeje ko ibitaramo by’umuziki no kubyina (night clubs/live bands/karaoke) bibaye bihagaritswe. Konseri zateguwe zizajya zibanza kwemezwa na RDB.
Abakozi za Leta bazakorera mu rugo, uretse abakora akazi kabasaba guhura n’abasaba (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibitaramo byasubitswe n’abakozi ba Leta bamwe basabwa gukorera mu rugo
15 December 2021, by Dusingizimana Remy -
#AFCON2021:Ikipe ya Senegal yegukanye igikombe cya mbere mu mateka yayo
7 February 2022, by Dusingizimana RemyIkipe y’Igihugu ya Senegal y’umupira w’amaguru yegukanye igikombe cy’Afrika cy’ibihugu nyuma yo gutsinda ikipe ya Misiri Penaliti 4-2,nyuma y’aho iminota 120 irangiye banganya 0-0.
Iminota 120 yaranzwe no guhangana gukomeye kw’amakipe yombi yanganyije 0-0, gusa Senegal yagaragaje imbaraga nyinshi mu mukino,niyo amahirwe yasekeye kuri penaliti.
Ikipe ya Misiri yishingikirije ku buhanga buhanitse bw’umuzamu wayo,Mohamed Gabaski wakuyemo amashoti menshi ya Senegal abageze mu minota 30 y’inyongera ku (...) -
U Rwanda ruvuga ko ’isasu ryayobye’ rivuye muri DR Congo ryakomerekeje umusivile
24 October 2023, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda ivuga ko "isasu ryayobye" rivuye mu mirwano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ryakomerekeje umuturage w’umusivile mu karere ka Rubavu mu burengerazuba bw’igihugu, hafi y’umupaka w’u Rwanda.
-
Utubari n’imyidagaduro byakomorewe gukora kugeza mu gitondo
14 December 2023, by Dusingizimana RemyGuhera kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukuboza 2023, utubari, utubyiniro n’ibikorwa by’imyidagaduro bizajya bifunga Saa 5:00 za mu gitondo mu mpera z’icyumweru mu rwego rwo kwizihiza iminsi mikuru.
-
Sgt Minani warashe abaturage batanu yakatiwe anamburwa impeta zose
9 December 2024, by Joseph IradukundaUrukiko rwa Gisirikare rwakatiye Sgt Minani Gervais, igihano cy’igifungo cya burundu ndetse no kwamburwa impeta za gisirikare.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (...) -
Perezida Kagame yatangaje ukuntu atewe ibyishimo n’ubukwe bw’umukobwa we
28 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame yatangarije perezida wa Botswana yari yasuye ko yifuzaga kumara iminsi mu gihugu cya Botswana ariko kubera impamvu 2 zirimo ubukwe bw’umukobwa we Ange Ingabire Kagame n’umunsi wo kwibohora atahatinda.
-
Uganda yemeje umuntu wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus hafatwa n’izindi ngamba nshya zikomeye
22 March 2020, by Martin MunezeroIzindi ngamba igihugu Leta y’igihugu cya Uganda yafashe nyuma yo kwemeza umurwayi wa mbere w’icyorezo cya Coronavirus, indege ziva hanze ntizemerewe kugwa ku kibuga icyo ari cyo cyose cyo muri iki Gihugu, Nta munyamaguru,cyangwa umunya-Uganda wemerewe kuva cyangwa kwinjira muri iki gihugu.
-
Perezida wa Zambia yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi
21 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida wa Zambia, Hakainde Hichilema uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Perezida Hakainde yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.
Gusura urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali biri mu byari kuri gahunda ye kugira ngo asobanurirwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi igahitana abarenga miliyoni mu minsi 100.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu ni bwo yageze ku rwibutso (...) -
Amerika ikomeje gusukiranya ibihano kuri Uganda kubera itegeko ribangamira Abatinganyi
30 May 2023, by Joseph IradukundaKuri uyu wa Mbere nibwo Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Among, yatangaje ko Perezida Museveni yashyize umukono ku itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina.
0 | ... | 3000 | 3010 | 3020 | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | ... | 3430