Umwe mu myanzuro yafatiwe mu inama yateranye igitaraganya kubera imyigaragambyo y’abamotari I Kigali binubira ibihombo bari guterwa na mubazi bategetswe gukoresha,nuko igenzurwa rya mubazi ryahagaritswe.
Mu masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa Kane tariki ya 13 Mutarama 2022, RURA, Polisi y’u Rwanda n’abahagarariye amakoperative y’abamotari bagiranye ibiganiro barebere hamwe umuti w’ibibazo abamotari bakomeje kugaragaza.
Abamotari bose bahuriza hamwe ko bafite ikibazo cy’amafaranga menshi (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Igenzurwa rya Mubazi ku bamotari ryabaye rihagaritswe nyuma y’aho bigaragambije
14 January 2022, by Dusingizimana Remy -
Meya wa Nyabihu yemeje amakuru avuga ko uwari Visi meya ushinzwe ubukungu yeguye
7 March 2018, by Nsanzimana ErnestMUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere
Umuyobozi w’ akarere ka Nyabihu Uwanzwenuwe Theonetse yemeje amakuru avuga ko MUGWIZA Antoine wari Umuyobozi w’ Akarere ka Nyabihu wungirije ushinzwe ubukungu n’ iterambere mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Werurwe 2018 yeguye kuri uyu mwanya.
Meya Uwanzwenuwe yatangarije UMURYANGO ko ubuyobozi bw’ akarere bwakiriye ibaruwa ye avuga ko yeguye ku mpamvu ze bwite, avuga ko ikigiye (…) -
Perezida Kagame yagarutse ku myitwarire ya Ingabire Victoire ndetse n’urupfu rwa Kizito Mihigo
29 June 2020, by Dusingizimana RemyKu wa 19 Kamena,Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’Umunyamakuru François Soudan wa Jeune Afrique n’Umunyamakuru Nicholas Norbrook wa The Africa Report, cyabaye hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya Coronavirus.
-
Mumyaka 11 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza asaga miliyoni 6 Frw
1 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko U Rwanda rwifuza ko mu mwaka wa 2035, nibura buri muturage azaba abasha kubona mu mufuka we amadolari ya Amerika arenga 5,000 (asaga miliyoni 6 FRW) ku mwaka, avuye ku 1,000.
-
“U Burundi turi mu nzira yo gushaka uko twumvikana”-Perezida Kagame
2 May 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda n’u Burundi iru kugana mu nzira nziza kubera ko buri ruhande rufite ubushake gusa avuga ko uruhande rwa Uganda ataramenya umuzi w’ikibazo rufitanye n’u Rwanda.
-
Centrafrique: Ingabo zirimo iz’u Rwanda zafashe ibirindiro by’inyeshyamba za François Bozizé
25 February 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’intebe wa Centrafrique yavuze ko ingabo z’iki gihugu zafashe umujyi wa Bossangoa mu burengerezuba, ahari ibirindiro by’uwahoze ari Perezida François Bozizé.
-
Rubavu:Urundi rubyiruko rwishyize hamwe rwakubise umuturage bikabije
20 January 2022Bamwe mu bandi bantu bigize intagondwa mu karere ka Rubavu bishyize hamwe bagera kuri 20 bahohoteye uwitwa Habumugisha Jean Pierre ukorera umurimo wubucuruzi mu murenge wa Rugerero, akagali ka Gisa, Umudugudu wa Rubavu.
Uyu musore w’imyaka 33 aravuga ko yakubiswe n’abasore basa n’abasanzwe biyita abuzukuru ba shitani nkuko yabibwiye RIB Station ya Rubavu.Uyu yavuze ko bari bitwaje ibyuma inzembe n’amabuye.
Uyu Musore yabwiye Umuryango ko muri aka gace harimo abasore bigize intagondwa ku (…) -
Impinduka mu Burezi: Abatsinze amasomo yose ku kigero cya 50% bazaba banemerewe gukomeza Kaminuza
15 November 2024, by Joseph IradukundaMnisiteri y’Uburezi yatangaje uburyo bushya buzajya bukurikizwa kugirango umunyeshuri yemererwe gukomeza muri Kaminuza.
-
"Ubufatanye bwacu na Arsenal bwatwinjirije amafaranga menshi aruta ayo twayihaye" -Perezida Kagame
29 September 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 Nzeri 2021, mu kiganiro cyakurikiye itangizwa ry’inama yiga ku bucuruzi n’ishoramari hagati y’u Rwanda na Zimbabwe, inama izwi nka Rwanda- Zimbabwe Trade and Investment Conference,Perezida Kagame yavuze kubyo u Rwanda rumaze kugeraho ndetse no ku ishoramari rwashoye mu makipe 2 akomeye i Burayi.
-
Ambasade y’u Rwanda muri Mozambique igiye kuba ifunze kubera Imyigaragambyo
6 November 2024, by Joseph IradukundaAmbasade y’u Rwanda muri Mozambique igiye gufungwa guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 6 n’uwa 7 Ugushyingo 2024, bitewe n’imyigaragambyo ikomeye iteganyijwe i Maputo muri iyi minsi ibiri.
Umuryango.rw
Igenzurwa rya Mubazi ku bamotari ryabaye rihagaritswe nyuma y’aho bigaragambije
Perezida Kagame yagarutse ku myitwarire ya Ingabire Victoire ndetse n’urupfu rwa Kizito Mihigo
Mumyaka 11 iri imbere Umunyarwanda azaba yinjiza asaga miliyoni 6 Frw
Rubavu:Urundi rubyiruko rwishyize hamwe rwakubise umuturage bikabije
Impinduka mu Burezi: Abatsinze amasomo yose ku kigero cya 50% bazaba banemerewe gukomeza Kaminuza
"Ubufatanye bwacu na Arsenal bwatwinjirije amafaranga menshi aruta ayo twayihaye" -Perezida Kagame
Ambasade y’u Rwanda muri Mozambique igiye kuba ifunze kubera Imyigaragambyo