Ange Ingabire Kagame umukobwa wa Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje urukundo rukomeye akunda se, anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa.
Abinyujije ku rubuga rwa twitter Ange Kagame yagize ati “Umunsi mwiza w’ abapapa ku ntwari yacu y’ ukuri ikomeye. Ndagukunda papa”
Ubu butumwa bwa Ange Kagame bwaherekejwe n’ umutima n’ akamenyetso ko guca bugufi ndetse n’ amafoto ya kera ya Perezida Kagame yishimanye n’ abana be mu bihe bitandukanye.
Happy Father’s Day to our real life superhero. (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ange Kagame yavuze ko Se ari intwari ikomeye anamwifuriza umunsi mukuru mwiza w’ abapapa
17 June 2018, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda rwamaganye iby’uko rwakiriye abimukira 4000 bavuye muri Israel
11 February 2018, by Iyamuremye JanvierLeta y’u Rwanda yakuyeho urujijo rw’inkuru zimaze iminsi zitambutswa mu binyamakuru zavugaga ko rwakiriye abimukira mu buryo bw’ibanga bo muri Israel mu myaka ine ishize.
Ibi byose byaturutse ku kuba muri iyi minsi hari inkuru zakwirakwije mu b’ibinyamakuru byo muri Israel byavugaga y’uko kuri uyu wa Gatanu w’iki cyumweru Leta y’u Rwanda yanze kuganira n’abadepite bo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel ku kibazo cy’abimukira.
Umwe Badepite witwa Michal Rozin wageze mu Rwanda akabura (...) -
Kigali:Polisi yafashe Umu masayi wazunguzaga inkweto imushyize muri pandagali inanirwa kugenda
19 January 2019, by Martin MunezeroMu gihe abandi bazunguzayi baciwe mu muhanda ariko iyo ugiye hirya no hino mu mujyi wa kigali usanga abazunguzayi b’abamasayi bambaye imyenda y’ihariye bacuruza inkweto zifunguye ndetse n’imikandara abantu benshi bibaza impamvu bo badafatwa.
-
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije isoko zubakiye abaturage
31 May, by ISHIMWE Jean de DieuInzego z’umutekano z’u Rwanda (Rwanda Security Force – RSF) ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro ku masezerano ya Mozambique n’u Rwanda, mu Ntara ya Cabo Delgado, zashyikirije ku mugaragaro abaturage bo mu Mujyi wa Macomia isoko zubatse.
-
Abakinnyi ba Rayon Sports bifatanyije n’abaturage b’I Ngoma mu muganda usoza ukwezi [AMAFOTO]
28 September 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yifatanyije n’abaturage bo mu karere ka Ngoma mu muganda usoza ukwezi kwa Nzeri aho abakinnyi batandukanye n’umutoza Martinez bose bagaragaye bishimiye iki gikorwa.
-
Karasira Aimable yabuze pasiporo yo kujya kureba umukobwa wamukunze urudasanzwe muri USA
21 November 2020, by Dusingizimana RemyUmuhanzi Karasira Aimable wahoze ari n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda mbere y’uko yirukanwa mu mezi make ashize,yavuze ko Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda rwamwimye pasiporo kugira ngo ajye kureba Umurundikazi bari bamaze iminsi bari mu munyenga w’urukundo.
-
Perezida Kagame asanga icyorezo cya SIDA ari ikintu gikwiye guhagurukirwa n’Isi yose
3 December 2019, by Martin MunezeroUbwo Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yatangizaga ku mugaragaro Inama Mpuzamahanga yateraniye i Kigali ICASA, kuri uyu wa Mbere taliki ya 2 Ukuboza 2019, yiga ku kurwanya ubwandu bw’agakoko gatera SIDA n’izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina yavuze ko SIDA ari icyorezo kitagira umupaka bityo ko n’ibikorwa byose bigamije kurwanya ikwirakwiza rya cyo bikwiye kuba igikorwa gihuriweho n’Isi.
-
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi n’abandi icyenda yaburiwe irengero
10 June 2024, by Dusingizimana RemyIndege yari itwaye Visi Perezida wa Malawi Saulos Chilima n’abandi icyenda yaburiwe irengero nk’uko byashimangiwe n’Ibiro bya Perezida wa Malawi binyuze mu itangazo bashyize hanze.
-
Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ugiye kuganirwaho
30 January 2019, by Martin MunezeroUmubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1 Gashyantare, i Arusha muri Tanzania.
-
U Rwanda rwiyambaje impuguke zo muri Amerika ngo ukuri ku ruhare rw’ u Bufaransa muri jenoside yakorewe abatutsi kuge ahagaragara
15 December 2017, by Iyamuremye JanvierMinisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ umuryango w’ Afurika y’ iburasirazuba Louise Mushikiwabo, akaba n’ umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda aratangaza ko leta y’u Rwanda itazahwema kugaragaza ibimenyetso byerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994.
Ibi arabitangaza nyuma y’aho Leta y’u Rwanda ishyiriye ahagaragara raporo yakozwe n’itsinda ry’impuguke z’abanyamategeko bo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanashyikirijwe u Bufaransa.
Yagize ati “Nibyo Leta y’u (...)
0 | ... | 3030 | 3040 | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | ... | 3430