Mu ijoro ryakeye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yitabiriye ibirori byo kwerekana igice cya mbere cya filime mbarankuru ‘Rwanda Royal tour’ yerekana ahantu nyaburanga habereye ubukerarugendo mu Rwanda. Amwe mu mafoto ya Perezida Kagame yafashwe n’ uwateguye iyi filime yashyizwe ahagaragara.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Reba amafoto y’ ubudasa ya Perezida Kagame yafashwe ubwo hafatwaga amashusho ya filime ’Rwanda Royal tour’
24 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Perezida Kagame yakiriye Gén. Doumbouya mu rwuri rwe (Amafoto)
3 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 3 Gicurasi, yakiriye mu rwuri rwe ruherereye i Kibugabuga ho mu karere ka Bugesera Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Général de Brigade Mamadou Doumbouya.
-
Perezida wa njyanama y’akarere ka Rubavu aranenga komite nyobozi icyuye igihe
25 October 2021Perezida wa njyanama y’akarere ka Rubavu aranenga komite nyobozi icyuye igihe kubwo kuba hari ibibazo bimwe na bimwe by’abaturage bitakemutse . byagiye bigaragara ko umuturage yandikira ubuyobozi hagashira imyaka itanu atarasubizwa.
Perezida wa njyanama y’akarere ka Rubavu yagize ati:”Twifuza ko abazaza bagira icyo bahindura kuko ababanje bose bamara igihe ku buyobozi ariko ntihagire icyo bahindura ku bibazo biba bihari, ubu rero turifuza ko abazaza bajya bafata akanya bagasubiriza (…) -
Perezida Kagame nawe yasuye mugenzi we Tshisekedi muri RDC [AMAFOTO]
26 June 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yageze i Goma muri RDC aho yakiriwe na mugenzi we, Félix Tshisekedi.
Abakuru b’ibihugu barasura uduce twangijwe n’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo ku ruhande rw’icyo gihugu, nyuma bagirane ibiganiro.
Byitezwe kandi ko harabaho isinywa ry’amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi n’ikiganiro n’abanyamakuru.
Ku munsi w’ejo tariki ya 25 Kamena 2021,nabwo aba bakuru b’ibihugu byombi bahuriye ku Mupaka wa La Corniche mu Karere ka Rubavu basura ibikorwa byangijwe (…) -
Inzu Abanyakigali bategererezamo imodoka zigiye kubakwa mu buryo bugezweho
22 March 2022, by Dusingizimana RemyUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje ko ubuzu two hirya no hino abanyamugi bugamamo bategereje imodoka bugiye kurimbishwa bikomeye aho buzaba burimo aho gucomeka telephone mu gihe umuntu yifuza kurahura umuriro muri telephone ye ndetse bukazaba burimo internet y’ubuntu.
Mu itangazo Umujyi wa Kigali washyize hanze wagize uti "Umujyi wa Kigali watangiye gushyira mu bikorwa umushinga wo kubaka inzu z’ubwugamo zigezweho ku bagenzi batega imodoka, zirimo intebe z’abagenzi, aho gucomeka (…) -
Rutsiro: Polisi yafashe abagizi ba nabi bari bamaze kuroha mu mazi abarobyi babiri
21 September 2020, by Dusingizimana RemyKuwa Gatandatu tariki ya 19 Nzeri 2020 abapolisi bo mu ishami rishinzwe umutekano wo mu mazi batabaye Babonampoze Boniface w’imyaka 33 na Nsigeziragwa Ildefonse w’imyaka 43 ubwo bari bamaze kurohwa mu kiyaga cya Kivu n’abagizi ba nabi bashakaga kubiba ubwato n’imitego yabo.
-
TdRWANDA 2020: Mulu Kinfe Hailemicheal yegukanye agace ka kabiri abuza Abanyarwanda gukorera amateka I Huye
24 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Mbere taliki ya 24 Gashyantare 2020, hakinwe agace ka kabiri ka Tour du Rwanda 2020 kareshyaga na kilometero 120.5 kavaga I Kigali kerekeza Huye kegukanwe n’umunya Ethiopia witwa Lulu Kinfe Hailemicheal w’imyaka 21 ukinira ikipe ya Nippo-Delko yo mu Bufaransa.
-
Ukuri ku mpamyabumenyi mpimbano zishinjwa Dr. Isaac MUNYAKAZI
29 February 2024, by UbwanditsiMu minsi ishize nibwo byatangiye kuvugwa ko Dr. Munyakazi Isaac yaba yarakoresheje Impamyabumenyi mpimbano cyangwa kwiha impamyabumenyi yo ku rwego rwa Dogiteri nyamara atarayigiye ngo ayibone mu buryo buboneye.
-
"Nibiba ngombwa hazakoreshwa itegeko"-Leta ibwira abanze kwimuka muri Bannyahe
9 September 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yatangaje ko abaturage bazakomeza kwinangira banga kwimuka ku bw’ibikorwa by’inyungu rusange, izitabaza ingufu.
Muri abo harimo abasanzwe batuye i Nyarutarama mu mujyi wa Kigali. Byavuzwe n’uwungirije umuvugizi wa leta y’u Rwanda, Bwana Alain Mukurarinda.
Ibiganiro akarere ka Gasabo kongeye kugirana n’abatuye ako gace byaranzwe n’ubwumvikane buke, nk’uko byagiye bigenda mu bihe byabanje ku bagiye basimburana kuri iki kibazo.
Umuyobozi Nshingwabikorwa w’akarere ka Gasabo (…) -
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Nyamvumba Andrew amuha ipeti rya Brigadier General
20 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yazamuye mu ntera Colonel Andrew Nyamvumba amuha ipeti rya Brig. General.
Nyamvumba yaherukaga kuzamurwa mu ntera muri Nyakanga 2018, icyo gihe yari avuye ku ipeti rya Lieutenant Colonel. Yahise anahabwa inshingano zo kuyobora Urwego rushinzwe Ubutasi mu Gisirikare ryari risanzwe rizwi nka J2.
Mbere yo guhabwa izo nshingano, Brig Gen Nyamvumba yakoraga mu Biro by’Umukuru w’Igihugu nk’ushinzwe ishyirwa mu bikorwa rya (…)
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Gén. Doumbouya mu rwuri rwe (Amafoto)
Perezida wa njyanama y’akarere ka Rubavu aranenga komite nyobozi icyuye igihe
Perezida Kagame nawe yasuye mugenzi we Tshisekedi muri RDC [AMAFOTO]
Inzu Abanyakigali bategererezamo imodoka zigiye kubakwa mu buryo bugezweho
Rutsiro: Polisi yafashe abagizi ba nabi bari bamaze kuroha mu mazi abarobyi babiri
Ukuri ku mpamyabumenyi mpimbano zishinjwa Dr. Isaac MUNYAKAZI
"Nibiba ngombwa hazakoreshwa itegeko"-Leta ibwira abanze kwimuka muri Bannyahe
Perezida Kagame yazamuye mu ntera Col Nyamvumba Andrew amuha ipeti rya Brigadier General