Umubano w’u Rwanda n’igihugu cya Uganda usa n’utari hafi gusubira ku murongo kuko abaperezida b’ibihugu byombi batarabasha kumvikana.
Perezida Museveni yaraye avuze ko umubano mubi w’ibi bihugu byombi uva ku ruhande rw’u Rwanda, kandi ko n’imbaraga zo kubumvikanisha zari zihagarariwe na Perezida wa Angola ntacyo zagezeho kubera u Rwanda.
Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa televiziyo France 24, Perezida Museveni yagize ati: "Genda ubaze uwafunze umupaka, si njyewe wawufunze. Twagiranye (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Museveni yihakanye kuba imbarutso y’umubano mubi uri hagati ya Uganda n’u Rwanda
9 September 2021, by Dusingizimana Remy -
Kwibohora byari bigamije kubaka u Rwanda Abanyarwanda bafitemo uburenganzira bungana-Perezida Kagame
4 July 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Kagame yatangaje ko urugamba rwo kubohora u Rwanda rwari rugamije kubaka u Rwanda rushya kandi rwiza ruzira amacakubiri cyane ko rwari rumaze igihe kinini rutunze ubumwe.
-
Uganda yiyemeje kurekura Abanyarwanda 130 mu cyumweru gitaha mu rwego rwo kunoza umubano n’u Rwanda
4 June 2020, by Dusingizimana RemyIntumwa zihagarariye Leta y’u Rwanda n’iya Uganda n’abahuza babiri barimo DRC na Angola,zongeye gusubukura ibiganiro byerekeye kuzahura umubano w’ibihugu byombi umaze imyaka utameze neza aho Uganda yiyemeje kurekura Abanyarwanda 130 bari bafungiye muri Uganda mu buryo butemewe n’amategeko.
-
Perezida Kagame yashimiye Arsenal yagarutse mu bihe byiza igatsinda mukeba Tottenham
26 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame usanzwe ari umukunzi wa Arsenal yo mu Bwongereza yashimiye iyi kipe nyuma yo gutsinda Tottenham ibitego 3-1 mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Premier League.
Nubwo iyi kipe yatangiye nabi cyane shampiyona itsindwa umusubirizo na Brentford,Chelsea na Manchester City,yagarutse mu bihe byiza aho imaze gutsinda imikino 3 yikurikiranya irimo uwa Norwich,Burnley na Tottenham yatsinze uyu munsi iyirusha.
Arsenal yatangiye neza cyane uyu mukino wo kuri iki cyumweru,aho yafunguye (...) -
"Dusabiye umugisha igihugu cy’u Rwanda n’abayobozi bacyo"-Perezida w’u Burundi
3 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Burundi,Évariste Ndayishimiye, yasengeye u Rwanda n’abayobozi barwo arusabira umugisha mu masengesho yo gushimira Imana no gusengera u Burundi akorwa mu mpera z’umwaka muri iki gihugu.
Muri ayo masengesho yamaze iminsi itanu uhereye ku itariki 27 Ukuboza 2021, yasojwe n’isengesho rya Perezida Ndayishimye asengera u Rwanda n’ibihugu byo mu Karere asaba ko byagira amahoro.
Mu isengesho rye yakoze apfukamye, we n’umugore we bazamuye ibendera ry’u Burundi yagize ati “Dusabiye umugisha (...) -
Abandi barwayi 11 ba Coronavirus mu Rwanda bakize barasezererwa mu bitaro
11 April 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima,Dr Ngamije Daniel yatangarije RBA ko abantu 11 bari mu bitaro barwaye Coronavirus mu Rwanda bakize ndetse uyu munsi bakaba basezererwa nyuma yo gupimwa n’abaganga bagasanga iyi ndwara yarabashizemo.
-
Tanzania: Magufuli yaburiye abaminisitiri bifata ’selfies’ mu kazi n’abamenera amabanga y’igihugu kuri WhatsApp
10 December 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Tanzania John Magufuli yaburiye abagize guverinoma nshya kwirinda "indwara idasanzwe" yateye yo gutangaza ubutumwa bw’ibanga bw’akazi mu matsinda yo kuri WhatsApp.
-
Perezida Kagame yakomoje ku nama yagiriwe n’ inshuti ze mbere y’ amatora
28 October 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza kuyobora cyangwa akazongera agasubira ku butegetsi.
Umukuru w’Igihugu yabitangaje mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 27 Ukwakira 2017 ubwo yari yitabiriye umugoroba w’umusangiro usoza ihuriro ry’abagize Unity Club Intwararumuri ryabaga ku nshuro ya 10.
Perezida Kagame yavuze ko yabonaga ubutumwa ahantu (...) -
Madamu Jeannette Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa ikigo kizavura indwara z’umutima
29 December 2021, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Madamu Jeannette Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa ikigo cyihariye cyitwa “My Heart Centre” kizajya kivura indwara z’umutima,kikanakora ubushakashatsi kuri iyo ndwara.
-
Urukiko Rukuru rwatesheje agaciro ubujurire bwa Diane Rwigara na nyina rutegeka ko bakomeza gufungwa
21 November 2017, by Nsanzimana ErnestKu gicamunsi cyo kuri uyu wa 21 Ugushyingo, Urukiko Rukuru rwasomye umwanzuro warwo ku bujurire bwa Diane Rwigara na nyina Adeline Rwigara ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.
Kuwa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017, mu iburanisha rishize uruhande rw’abaregwa n’Ubushinjacyaha bumviswe n’Urukiko, Ubushinjacyaha butanga impamvu z’uko ubujurire bwabo ku mwanzuro w’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugege nta shingiro bufite, bugaragaza ko aba baregwa ibyaha bikomeye.
Diane Rwigara washakaga kuba umukandida mu (...)
0 | ... | 3050 | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | ... | 3430