Imbere y’Ibiro by’Akarere ka Musanze, mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 12 Ukwakira 2021, habereye impanuka y’ikamyo itwara umucanga, aho yagonganye n’indi modoka nto, Imana ikinga ukuboko.
Iyi mpanuka yabereye imbere y’ibiro by’Akarere ka Musanze, yatumye imodoka y’ikamyo isanzwe itwara umucanga igusha urubavu rw’ibumoso mu gihe ivatiri byagonganye yo yasigaye ihagaze icyakora yangiritse cyane ku gice cy’imbere.
Ni impanuka itagize umuntu ihitana kuko uretse kuba iriya vatiri yangiritse (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Musanze: Ikamyo yagonganye n’ivatiri igwa igushije urubavu [AMAFOTO]
12 October 2021, by Dusingizimana Remy -
Ruhango: Umuyobozi yafashwe agiye gusambanya umugore w’abandi ngo yandike umwana we mu bafashwa
8 October 2022, by Dusingizimana RemyUmukozi ushinzwe ubuzima mu murenge wa Kabagari mu karere ka Ruhango arashinjwa gusambanya umugore w’undi mugabo nka ruswa yo kugira ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira amashuri abatishoboye.
Uyu mukozi ushinzwe ubuzima bahimba "Sante"ngo yafatiwe mu wundi murenge wa Kinihira mu kagari ka Nyakogo mu mudugudu wa Buhanda muri iki cyumweru, ngo yambaye ubusa buri buri bivugwa ko yari aje guhabwa ruswa y’igitsina yari yatse umugore ngo abashyirire umwana mu mushinga urihira abanyeshuri (...) -
Habonetse abandi barwayi umunani ba Covid-19 kuri iki Cyumweru..Umubare w’abakize wiyongereyeho 4
26 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 26 Mata 2020,Minisiteri y’Ubuzima [MINISANTE] yatangaje ko mu bipimo 1025 byafashwe, hagaragayemo abarwayi 8 mu gihe hakize abarwayi 4 bagasezererwa mu bitaro.abakirwaye n’abantu 99.
-
Busabizwa niwe meya w’ agateganyo w’ umugi wa Kigali
16 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyuma y’ uko Nyamulinda Pascal wari Umuyobozi w’ umugi wa Kigali yeguye mu buryo bwatunguye abatari bake, inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranye ku wa Gatanu yemeje ko Busabizwa Parfait aba Umuyobozi w’ umugi wa Kigali w’ agateganyo.
-
Abakozi ba RIB bagiye guhabwa impuzankano ibaranga
7 June 2018Col. Jeannot Ruhunga, Umunyamabanga Mukuru w’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha Rwanda Investigation Bureau (RIB), yavuze ko kugeza ubu ikiranga abakozi ba RIB ari ikarita ariko ko bagiye guhabwa umwambaro wihariye uzatuma abakeneye serivisi zabo babasha kubamenya.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Afurika ikwiye umwanya muri G20
1 December 2018, by Nsanzimana ErnestMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama y’ ibihugu 20 bya mbere bikize ku Isi, Perezida w’ u Rwanda akaba n’ Umuyobozi wa Afurika yunze ubumwe Paul Kagame yeretse ibi bihugu ko bikwiye guha umwanya Afurika yunze ubumwe mu bikorwa byabo kandi ko impande zombi zabyungukiramo.
-
RURA yatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
15 October 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 12 Ukwakira 2020, ikemerera imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange gutwara abantu buzuye ku buzuye igihe bose bicaye hanyuma mu bahagaze hakemererwa 50%,Urwego ngenzuramikorere mu Rwanda rwamanuye ibiciro by’ingendo.
-
Me Antoinette Mukamusoni waburaniraga Kizito Mihigo yavuze ku rupfu rwe n’icyo bavuganye bwa nyuma
28 February 2020, by UbwanditsiMe Antoinette Mukamusoni wunganiraga Kizito Mihigo mbere y’uko apfa yahaye Umuryango ikiganiro kuri uyu wa kane taliki 27/2/2019 aho yadutangarije byinshi ku rupfu rwa Kizito Mihigo, amagambo bavuganye bwa nyuma ku cyumweru ndetse n’uko yari asanzwe amubona inshuro zose yamusuraga mu bijyanye n’akazi ko kumwunganira mu mategeko.
-
Imodoka z’uturere zaramukiye mu gikorwa cyo kugeza inkingo za Covid-19 hirya no hino mu Rwanda
4 March 2021, by Dusingizimana RemyImodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, muri iki gitondo zaramukiye i Masoro ahabitse inkingo za #COVID19, aho zigiye kujyana inkingo zizifashishwa muri gahunda yo gukingira izatangira mu gihugu cyose kuri uyu wa Gatanu.
Abayobozi b’ibitaro baje gufata inkingo za COVID-19 baje bitwaje ibikoresho bikonjesha byagenewe gutwarwamo ingingo zikavanwa mu cyumba kibitsemo inkingo zigashyirwa muri ibyo bikoresho.
Minisiteri y’Ubuzima yatangarije kuri Twitter yayo ko inkingo za COVID-19 (...) -
Habonetse umubare munini w’abakize Coronavirus mu Rwanda,abamaze kuyandura buzura 900
28 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 8 Kamena 2020,mu bipimo 3,002 byafashwe mu Rwanda hagaragaye abarwayi 22 ba Coronavirus mu gihe abantu 30 bayikize byatumye umubare w’abanduye mu Rwanda ugera kuri 900.
0 | ... | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | ... | 3420