Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inamay’abakuru b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe kuri uyu Gatanu tariki ya 1 Gashyantare,bikuraho ibihuha byavugwaga ko atazayitabira kubera ko u Rwanda rurizihiza umunsi w’intwari.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye inama ya EAC u Rwanda rurahererwamo ubuyobozi
1 February 2019, by Dusingizimana Remy -
‘Ibirenge n’ intoki byacu byashyizwe mu muriro ntitwasibangana’ Perezida Kagame
5 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ Umuryango wa Afurika yunze ubumwe yavuze ko Afurika yanyuze mu bibazo bikomeye ariko ntigire icyo iba asaba urubyiruko rw’ uyu mugabane tukagamburuzwa n’ ibibazo.
-
‘Kwibwira ko hari imigabane iruta indi biragenda bishira’ Perezida Kagame
22 October 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 22 Ukwakira 2018 ubwo yatangizaga imirimo y’ inteko nyafurika ya gatanu. Iyi nteko izamara ibyumweru ibera mu Rwanda. Turabashimira akazi keza mukora.
-
Benjamin Mkapa wayoboye Tanzania yatabarutse ku myaka 81
24 July 2020, by Dusingizimana RemyBenjamin William Mkapa wahoze ari perezida wa Tanzania yatabarutse azize uburwayi nk’uko byemejwe na Perezida John Pombe Magufuli.
-
Eng. Emile Patrick Baganizi yagizwe Umuyobozi mukuru wa RURA
11 October 2022, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) yahawe Umuyobozi Mukuru w’agateganyo witwa Eng. Emile Patrick BAGANIZI.
Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko Eng. Baganizi atangira inshingano ze kuri uyu wa 11 Ukwakira 2022.
RURA yahawe umuyobozi mushya nyuma y’uko ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 10 Ukwakira 2022, abayobozi bayo batatu birukanywe kubera imyitwarire n’imiyoborere idakwiye.
Abo ni Eng. Deo Muvunyi wari (…) -
MINEDUC yahaye igisubizo abanyeshuri bari mu ntara bakeneye kuza kwiga i Kigali
20 February 2021, by Dusingizimana RemyInama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika, yemeje ko amashuri yose (yaba aya Leta n’ayigenga) harimo na za kaminuza yemerewe gufungura kuwa 23 uku kwezi ariyo mpamvu Minisiteri y’uburezi[MINEDUC] yasabye ababyeyi gutegura abana babo bakagaruka ku ishuri.
Mu itangazo MINEDUC yashyize hanze,yamenyesheje ababyeyi ko nta kabuza amashuri azatangira kuwa kabiri bityo bakwiriye kwitegura ndetse isaba abanyeshuri batashye kwiyandikisha ku bashinzwe (…) -
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuganga w’umunyarwanda wavuraga kanseri zifata mu myanya ndagagitsina y’abagore (Gynecologic oncology) mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal Dr Raymond Dusabe, yiciwe muri Afurika y’Epfo aho yari yaragiye mu kiruhuko.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega yemeje amakuru y’iyicwa rya Dr Raymond Dusabe avuga ko urupfu rwe rwamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 08 Mutarama 2018, ubwo basanze yariciwe mu nzu yabagamo mu mujyi wa Cape Town aho yari mu biruhuko.
Dr (…) -
"Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka...."-BNR
23 September 2022, by Dusingizimana RemyBanki Nkuru y’u Rwanda yavuze ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku bibazo by’ubukungu ku isi, kuko no mu Rwanda habayeho ikibazo cy’umusaruo muke mu rwego rw’ubuhinzi.
BNR igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse neza mu gice cya mbere cy’uyu mwaka nubwo guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko umuvuduko wo kuzahuka k’ubukungu muri icyo gihe wagabanutse ugreranije no mu mwaka ushize ubwo hatangiraga gufatwa ingamba zo guhangana n’ingaruka (…) -
Urukiko rw’ikirenga rwategetse ko gushushanya Perezida Kagame bikomeza kuba icyaha
24 April 2019, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’ikirenga rwategetse ko ’gusebya’ no gushushanya Perezida w’u Rwanda ,Paul Kagame bikomeza kuba ibyaha bihanishwa gufungwa nyuma y’aho abaregeye urukiko bavuze ko bibangamiye ubwisanzure bw’itangazamakuru.
-
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame
15 February 2025, by ISHIMWE Jean de Dieu"Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari igisubizo cy’iki kibazo, ibibazo byari kuba byararangiye kera. Nti twakabaye tugifite iki kibazo cya Congo, aroiko dufite abantu bavuga ibinyoma nta mpamvu."
Umuryango.rw
Benjamin Mkapa wayoboye Tanzania yatabarutse ku myaka 81
Eng. Emile Patrick Baganizi yagizwe Umuyobozi mukuru wa RURA
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika
"Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka...."-BNR
Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame