Guverinerinoma ya Angola ku wa Mbere yamaganye imirwano iheruka gusakiranya umutwe wa M23 n’ingabo za Leta ya RDC muri Teritwari ya Walikale, igaragaza ko ica intege ibiganiro bya Luanda bigamije guhosha amakimbirane y’impande zombi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Angola yamaganye kure imirwano ihanganishije M23 na FARDC muri Walikale
22 October 2024, by Joseph Iradukunda -
"Inama n’intumwa zoherezwa nta bisubizo bifatika zitanga ku ruhande rwa Uganda"-Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda
18 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yavuze ko yaba inama ndetse n’izi ntumwa zoherezwa, ntacyo bihindura kuri Uganda ngo ibyo iregwa n’u Rwanda bihinduke.
Madamu Yolande Makolo avuga ko yishimiye kubona ibiganiro bikomeza ku mpande zombi ariko ko “Inama n’intumwa za Uganda nta kintu bihindura ku ruhande rwa Uganda.”
Mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye avuga ku nkuru ya The New Times ifite umutwe ugira uti “Intumwa, Tweet [ubutumwa bwo kuri Twitter] bizatanga umusaruro ufatika mu (...) -
Isi yemeje umushinga w’u Rwanda na Peru wo guca ikorwa rya Pulasitike
4 March 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ibidukikije mu Rwanda avuga ko igihugu cye na Peru "byishimye birenze" nyuma y’uko umushinga byateguye ugamije guca ikora n’ikoreshwa rya ’plastic’ ku isi utowe nk’umwanzuro w’inama rusange ya ONU y’ibidukikije.
Uyu mwanzuro wemejwe kuwa gatatu n’iyo nama yabereye i Nairobi, ukuriye ishami rya ONU ry’ibidukikije yawise "ubwumvikane bukomeye cyane ku isi nyuma y’amasezerano ya Paris ya 2015".
Umwanzuro wemejwe urategura ishyirwaho - bitarenze 2024 - ry’amasezerano yahinduka itegeko ku (...) -
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Hasohotse amajwi ya Trump asaba abashinzwe amatora muri Georgia ngo ’bamushakire’ amajwi atsinde
4 January 2021, by Dusingizimana RemyHasohotse amajwi ya Perezida wa Amerika Donald Trump ari kubwira umutegetsi ushinzwe amatora muri leta ya Georgia ngo "amushakire" amajwi akenewe kugira ngo atsinde Biden.
-
Rubavu: Batangiye guterwa n’abajura kubera umuriro umaze amezi 3 warabuze
2 December 2021Abaturage bo mu karere ka Rubavu mu murenge wa Nyamyumba bahangayikishijwe n’abajura babatera nijoro bakabiba ndetse n’ abana babo batabona uko basubira mu masomo nijoro kubera ko badafite umuriro w’amashanyarazi.
-
Abarwayi bane ba Coronavirus mu Rwanda bakize basezererwa mu bitaro
5 April 2020, by Dusingizimana RemyNyuma y’aho umurwayi wa mbere wa Coronavirus agaragaye mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020,amakuru meza nuko kuri iki Cyumweru abarwayi bane ba COVID-19 mu Rwanda basezererwe bagusubira mu miryango yabo.
-
U Rwanda rwungutse Abapolisi bashya barenga 890
7 July 2018, by Nsanzimana ErnestIgipolisi cy’u Rwanda cyungutse abapolisi bashya 892 barangije amahugurwa bahita boherezwa mu kazi gufatanya n’abandi basanzwe mu kazi.
-
Perezida Kagame yagaragaje icyo RDC ikeneye ngo ibone umutekano iwayo
28 November 2022, by Dusingizimana RemyHifashishijwe ikoranabuhanga Perezida Kagame yitabiriye icyiciro cya gatatu cy’ibiganiro bya Nairobi bihuza Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa EAC bishakira umuti ibibazo by’umutekano mucye mu Burasirazuba bwa Repeburika ya Demokarasi ya Kongo RD Congo .
Perezida Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu by’akarere ka Afurika y’Iburasirazuba batanze ubutumwa butandukanye ku kibazo cy’umutekano muke uri mu burasirazuba bwa DR Congo, bahuriza ku kuba igisubizo kirambye ari inzira y’ibiganiro no kubahiriza (...) -
MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda
27 September 2024, by Joseph IradukundaMinisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
0 | ... | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | 3180 | ... | 3420