Ubwo yagiranaga ikiganiro n’abanyamakuru hamwe n’abaturage, Perezida Paul Kagame yatangaje ko nubwo Mozambike itegeranye n’u Rwanda ariko mu byihebe byazahaje agace ka Cabo Delgado harimo Abanyarwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yavuze ko ibyihebe byo muri Mozambique harimo n’abanyarwanda n’abo muri EAC
6 September 2021, by Dusingizimana Remy -
"Guhagarika izamuka ry’ibiciro ntibishoboka...."-BNR
23 September 2022, by Dusingizimana RemyBanki Nkuru y’u Rwanda yavuze ko izamuka ry’ibiciro rikabije mu Rwanda ridashingiye gusa ku bibazo by’ubukungu ku isi, kuko no mu Rwanda habayeho ikibazo cy’umusaruo muke mu rwego rw’ubuhinzi.
BNR igaragaza ko ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse neza mu gice cya mbere cy’uyu mwaka nubwo guverineri wa banki nkuru y’u Rwanda, John Rwangombwa avuga ko umuvuduko wo kuzahuka k’ubukungu muri icyo gihe wagabanutse ugreranije no mu mwaka ushize ubwo hatangiraga gufatwa ingamba zo guhangana n’ingaruka za (...) -
U Rwanda rwasubijeho itegeko ryo kwishyira mu kato ku bantu baturutse mu mahanga
27 November 2021, by Dusingizimana RemyKubera ubukana bw’ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye muri Afurika y’Epfo, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera ku Cyumweru tariki 28 Ugushyingo, abantu bose binjira mu Rwanda bagomba kujya mu kato k’amasaha 24 muri hotel zabugenewe.
Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko yasubijeho gahunda yo gushyira abantu bose binjiye mu Rwanda mu kato k’amasaha 24 muri hoteli zabugenewe guhera ku tariki ya 28 Ugushyingo 2021 saa sita z’amanywa.
Minisante kandi yasabye Abanyarwanda gukomeza kubahiriza (...) -
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
Ingengo y’Imari y’u Rwanda 2020-2021 yiyongereyeho miliyari 228.6 FRW
22 June 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri Dr Ndagijimana Uzziel yavuze ko Ingengo y’imari ya 2020-2021 ingana na miliyari 3,245.7. Hakaba hiyongereyeho miliyari 228.6 ugereranyije n’ingengo y’imari ivuguruye y’uyu mwaka ugana ku musozo kuko yo yari miliyari 3,017.1.
-
U Rwanda rwiteguye kuburana mu rubanza rwa Rusesabagina muri USA
8 May 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko yiteguye kujya kuburana mu rubanza ikirego umuryango wa Paul Rusesabagina watanze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.
Abawunganira batangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 8/5/2022, ariwo munsi ntarengwa kuri Leta wo kuba yasubije ibibazo yahawe itabikora urubanza rugakomeza uko biteganijwe.
Umuryango wa Paul Rusesabagina wareze uvuga ko yashimuswe kandi agakorerwa iyica rubozo,ukanasaba imponzamrira z’amadolari milioni 400.
Umuvugizi wungirije wa Leta y’u (...) -
FPR igiye kwemeza abo yifuza ko bazayibera abakandida mu matora y’ Abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 8 Nyakanga abanyamuryango b’ ishyaka FPR inkotanyi riri ku butegetsi mu Rwanda barenga 2000 bateraniye muri Nama ya Biro Politiki iremerezwamo urutonde ntakuka rw’abakandida mu matora y’Abadepite ateganyijwe muri Nzeli 2018. Hasigaye iminsi ine ngo Komisiyo y’ amatora itangire kwakira kandidatire z’ abifuza kuba abadepite.
-
Menya byinshi kuri Rujugiro Ayabatwa Tribert wari Umunyarwanda ukize cyane kurusha abandi
17 April 2024, by Dusingizimana RemyUmuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata 2023.
-
Abavuye mu Rwanda n’u Burundi nabo babujijwe kujya muri UK kubera Covid-19
29 January 2021, by Dusingizimana RemyU Burundi, u Rwanda na Leta zunze ubumwe z’Abarabu nabyo byongewe ku rutonde "rutukura" rw’ibihugu aho abagenzi babivuyemo cyangwa babiciyemo batemerewe kujya mu Bwongereza.
-
Nyamagabe: Abayobozi 9 beguye nyuma y’iminsi mike Minisitiri Shyaka Anastase abasuye
12 September 2019, by Dusingizimana RemyAbayobozi 9 bo mu karere ka Nyamagabe barimo uwo mu karere,ab’imirenge,utugari beguye ku nshingano zabo kubera ahanini kunanirwa kubahiriza inshingano zabo bigatuma imibereho y’abaturage ihazaharira.
0 | ... | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | 3150 | 3160 | 3170 | ... | 3420