Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain, yatangaje ko icyizere ku izahuka ry’umubano na Uganda wari umaze imyaka itanu urimo agatotsi kigeze kuri 60%.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
"50-60 ku ijana by’inzira itujyana aheza yarabonetse "-Mukuralinda ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda
24 January 2022, by Dusingizimana Remy -
Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC i Bujumbura
5 February 2023, by Dusingizimana RemyInama yahuje abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) i Bujumbura yategetse “impande zose” ziri mu mirwano muri DR Congo “guhagarika imirwano”.
Ni imyanzuro isa n’iyari imaze igihe ifashwe, gusa igikenewe cyanasabwe ni ubushake bw’impande zose zirebwa n’ikibazo.
Inama yitabiriwe na Perezida Ndayishimiye Evariste, w’u Burundi, Paul Kagame w’u Rwanda, Yoweri Museveni wa Uganda, Antoine Felix Tshisekedi, wa Congo, Mme Samia Suluhu Hassan wa Tanzania, William Ruto wa (…) -
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Edgar Lungu [AMAFOTO]
21 February 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatatu, tariki ya 21 Gashyantare 2018 Perezida Paul Kagame yakiriye mugenzi we Zambia, Edgar Lungu watangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda
Zambia n’ u Rwanda bifitanye umubano mwiza. Perezida Lungu yaherukaga mu Rwanda mu gihe cy’irahira rya Perezida Kagame tariki 28 Kanama 2017. Ni mu gihe kandi nawe yakoreye uruzinduko rw’ akazi muri Zambia tariki 19 Kamena 2017. Icyo gihe abakuru b’ ibihugu byombi basangiye ku meza, ku munsi wa kabiri asura akarere ka Kafue karimo (…) -
Minisitiri w’Intebe yavuze kucyakuye Abanyarwanda miliyoni 1,5 mu bukene
16 April 2025, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko gahunda zitandukanye zigamije kuzamura imibereho y’Abanyarwanda zirimo VUP n’izindi zahanze imirimo, bizamura ibyo umuturage yinjiza.
-
Perezida Kagame yatanze inkunga yo gushyigikira ikigega kigamije gufasha abagore bafite amakompayi y’ubucuruzi muri Afurika
8 February 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye inama isanzwe y’Inteko Rusange y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe yabereye ku cyicaro gikuru cyawo I Addis Ababa muri Ethiopia yari ifite gahunda yo guhosha intambara kuri uyu mugabane.
-
Abofisiye 9 mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo ya gisirikare muri Qatar
24 January 2025, by Joseph IradukundaBa ofisiye icyenda mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) basoje amasomo ya gisirikare y’imyaka ine mu mashuri makuru ya gisirikade atandukanye yo mu gihugu cya Qatar, mu birori byabaye tariki ya 22 na 23 Mutarama 2024.
-
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmutoza w’Amavubi, Torsten Spittler amaze gushyira hanze urutonde rw’Abakinnyi azifashisha yitegura umukino w’ishiraniro azahanganamo LIBYA.
-
Perezida Kagame na Ange Kagame bagaragaye bambaye umupira ushushanyijeho ingagi
3 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasabye ko imbaraga zishyirwa mu bikorwa byo kubungabunga ibinyabuzima by’umwihariko ingagi zo mu Birunga zikomeza kwiyongera.
-
Abantu 104 bakize Covid-19 mu Rwanda abandi 06 barayandura
17 October 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 17 Ukwakira 2020, abantu 6 basanzwemo COVID-19 mu gihe abandi 104 bayikize mu bipimo 2,224 byafashwe.
Umubare w’abamaze kwanduraiki cyorezo wabaye 4,971 mu gihe 104 ari bo bayikize. Abamaze gukira bose hamwe ni 4,768.Abakirwaye ni 169 mu gihe abamaze gupfa ari 34
Abarwayi bashya bagaragaye barimo umwe wo muri Kigali, bane bo muri Kirehe (abapimwe mu nkambi y’impunzi) naho i Gicumbi habonetse umwe.
Abanyarwanda bagirwa (…) -
Abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye n’abo mu cyiciro rusange batangiye ibizamini
20 July 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri, mu gihugu cyose, abanyeshuri barangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, abarangije amashuri yisumbuye ndetse n’abasoje amasomo y’imyuga batangiye ibizamini bya Leta.
Umuryango.rw
"50-60 ku ijana by’inzira itujyana aheza yarabonetse "-Mukuralinda ku kibazo cy’u Rwanda na Uganda
Imyanzuro ikomeye yafatiwe mu nama y’Abakuru b’Ibihugu bya EAC i Bujumbura
Minisitiri w’Intebe yavuze kucyakuye Abanyarwanda miliyoni 1,5 mu bukene
Abofisiye 9 mu Ngabo z’u Rwanda basoje amasomo ya gisirikare muri Qatar
Rwatubyaye yitabajwe mu bakinnyi b’Amavubi azahura na Libya
Abantu 104 bakize Covid-19 mu Rwanda abandi 06 barayandura
Abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye n’abo mu cyiciro rusange batangiye ibizamini