Abakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDC: Abakandida bane basabye ko amatora ahindurwa impfabusa
21 December 2023, by Dusingizimana Remy -
Muhanga:Abakobwa 243 b’abanyeshuri batewe Inda nyuma yo kumara amezi 7 mu rugo kubera Covid-19
6 November 2020, by Martin MunezeroMu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri iwabo.
-
Perezida Kagame na Jeannette Kagame bakiriwe mu Bushinwa
1 September 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Paul Kagame na Madame Jeannette Kagame bageze mu Bushinwa, aho bitabiriye inama ikomeye yiga ku bufatanye hagati y’icyo gihugu n’umugabane wa Afurika.
-
Impamvu yatumye gitifu w’ umugi wa Kigali Eng Sagashya yirukanwa ku kazi burundu
15 November 2017, by Nsanzimana ErnestEng. Didier Sagashya wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umugi wa Kigali wirukanywe kuri aka kazi burundu kubera imyitwarire idahwitse.
Inama njyanama y’ umugi wa Kigali yateranywe kuri uyu wa Kabili tariki 14 Ugushyingo 2017 niyo yafashe umwanzuro wo kwirukana burundu mu kazi Eng. Didier Sagashya kuri uyu mwanya yari agiye kumaraho amezi 9.
Eng. Didier Sagashya yahoze ari Umuyobozi mukuru w’ ikigo cy’ igihugu gishinzwe imyubakire RHA, akora ikizami cyo kuba umunyamabanga nshingwabikorwa w’ (...) -
Uburusiya bwarashe ibisasu ku mijyi 2 ya Ukraine bwari butaratera,mudahusha uri mu ba mbere ku isi yagiye kurwanira Ukraine
11 March 2022, by Dusingizimana RemyAmakuru yo mu gitondo kuwa gatanu aravuga ko ingabo z’Uburusiya zarashe ibisasu ku mijyi ya Lutsk na Dnipro ya Ukraine kugeza ubu yari itararaswaho n’abarusiya.
Ibi bisasu byarashwe ku bibuga by’indege hamwe no ku ruganda rumwe gusa rusana moteri zimwe na zimwe z’indege z’intambara, nk’uko BBC ishami rya Ukraine ribivuga.
Umukuru w’umujyi wa Lutsk yanditse kuri Facebook asaba abatuye uyu mujyi kujya mu bwihisho aho bakwikinga ibi bisasu.
Hagati aho ibiganiro by’abakuriye ububanyi n’amahanga (...) -
Goma: M23 yaraye irasana na FARDC
12 April, by ISHIMWE Jean de DieuAmakuru aturuka mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko mu ijoro ryacyeye habayeho kurasana hagati y’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR n’amajwi 99.9%
17 December 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka FPR Inkotanyi ryongeye gutora Perezida w’u Rwanda Paul Kagame nk’umukuru waryo.
Akimara gutorwa perezida Kagame yizeje impinduka ku gihugu cy’u Rwanda uko ibihe bizagenda bisimburana.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatowe ku mpuzandengo ya 99.9 ku ijana.
Visi Prezida bwana Christophe Bazivamo yatowe kuri 97.8 ku ijana naho bwana Francois Ngarambe we ku munyamabanga mukuru w’ishyaka yatowe kuri 97.5 ku ijana.
Ikigaragara cyo ku bategetsi bakuru b’iri shyaka ntibahindutse kuko (...) -
Imyanzuro 6 ikomeye yafatiwe mu nama ya 3 yiga ku masezerano ya Angola
15 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020 nibwo I Kigali hateraniye inama ya 3 y’intumwa z’u Rwanda n’iza Uganda yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yasinyiwe I Luanda muri Angola yiga ku kugarura umubano hagati y’ibihugu byombi.
-
Madamu Jeannette Kagame yakiriwe neza cyane mu Burundi [AMAFOTO]
9 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeannette Kagame, umugore wa Perezida w’u Rwanda, yageze i Bujumbura kuri uyu wa mbere atumiwe na mugenzi we Angeline Ndayishimiye kwitabira inama ya kane y’Abagore b’abayobozi.
-
Amashyaka abiri yahuje amaboko asaba u Rwanda kutemera ko Minisitiri Kabarebe yitaba u Bufaransa
6 November 2017, by Nsanzimana ErnestIshyaka riharanira ubumwe bw’ Abanyarwanda UDPR n’ Ishyaka ry’Abakozi (PSR) basabwe Leta y’ u Rwanda gutesha agaciro ubusabe bw’ u Bufaransa buvuga ko Minisitiri w’ ingabo w’ u Rwanda General James Kabarebe agomba kwitaba iki gihugu akisobanura ku ihanurwa ry’indege ya Habyarimana.
Aya mashyaka yabitangarije mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki 6 Ugushyingo 2017. Aya mashyaka avuga ko kuba u Bufaransa bwarongeye kumva umutangabuhamya ku ihanurwa ry’indege ari ukuyobya (...)
0 | ... | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | ... | 3430