Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, yemeje Iteka rya Perezida rikuraho inoti zishaje za 500 Frw, inoti za 1000 Frw, inoti za 2000 Frw n’inoti za 5000 Frw, ndetse yemeza umushinga w’itegeko rigenga Banki Nkuru y’u Rwanda, inashyira mu myanya abayobozi batandukanye muri Minisiteri n’ibigo bya Leta bitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
29 November 2025, by Brenda MIZERO -
Iran yarashe ubwato butwara ibikomoka kuri peteroli hafi ya Iraq
12 March, by ISIMBI EstellaIran yarashe ubwato bubiri butwara ibikomoka kuri peteroli mu mazi agenzurwa n’igihugu cya Iraq ndetse igaragaza ko ibiciro bya peteroli bizakomeza gutumbagira mu rwego rwo gusuzuma Donald Trump wavuze ko amaze gutsinda intambara ibihugu byose bimaze iminsi bihanganye.
-
Corneille Nangaa atunga agatoki Leta ya RDC mu gukongeza umwuka w’intambara mu karere
12 March, by ISIMBI EstellaUmuyobozi w’ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille Nangaa, yatangaje ko buri gushaka kwagurira mu karere kose intambara yo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo.
-
Perezida Kagame yitabiriye umukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC
12 March, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yitabiriye umukino wa UEFA Champions League, Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatsinzemo Chelsea FC ibitego 5-2.
-
Abapolisi b’u Rwanda basimbuye abandi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique.
12 March, by ISIMBI EstellaKu wa Gatatu tariki 11 Werurwe, ku Kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali, Polisi y’u Rwanda yakiriye abapolisi bagize itsinda RWAFPU3-3, bavuye mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique (MINUSCA), aho bari bamaze igihe kirenga umwaka.
-
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
2 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane.
-
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
13 March, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari gukorana n’umuryango wa Juvénal Habyarimana utuye mu Bufaransa, ndetse na Faustin Kayumba Nyamwasa uba muri Afurika y’Epfo kugira ngo banoze ubufatanye mu bya gisirikare bugamije gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
Ideni rya Afurika ryageze kuri tiriyoni $1.8 – AU isaba ivugururwa ry’ubukungu ku rwego rw’Isi
12 November 2025, by Brenda MIZEROUmugabane wa Afurika uri mu bibazo bikomeye by’imyenda, aho raporo nshya yagaragaje ko ubwiyongere bw’amadeni bwageze kuri tiriyoni 1.8 z’amadolari ya Amerika, bingana hafi na bibiri bya gatatu (2/3) by’umusaruro mbumbe wose w’uyu mugabane (GDP).
-
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye
13 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’Abarwanyi ba AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga, yongeye gushimangira ko iri Huriro rizaruhuka ari uko ribohoye Igihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, anahamagarira urubyiruko rw’Abanyekongo kuza gufatanya na ryo.
-
Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza
5 March, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Itorero Angilikani mu Rwanda, Musenyeri Dr. Laurent Mbanda, azakomeza kuyobora umuryango GAFCON (Global Fellowship of Confessing Anglicans) ugendera ku myemerere iboneye ishingiye ku ijambo ry’Imana.
Umuryango.rw
Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Iran yarashe ubwato butwara ibikomoka kuri peteroli hafi ya Iraq
Corneille Nangaa atunga agatoki Leta ya RDC mu gukongeza umwuka w’intambara mu karere
Perezida Kagame yitabiriye umukino Paris Saint-Germain yatsinzemo Chelsea FC
Abapolisi b’u Rwanda basimbuye abandi mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Centrafrique.
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
Ideni rya Afurika ryageze kuri tiriyoni $1.8 – AU isaba ivugururwa ry’ubukungu ku rwego rw’Isi
Ubutumwa bukomeye Umugaba Mukuru wa AFC/M23 Gen.Makenga atangaje bwerecyeye urugamba ayoboye
Musenyeri Mbanda azakomeza kuyobora umuryango witandukanyije na Angilikani yo mu Bwongereza