Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran akomeje gufata indi ntera, hakomeje kwibazwa niba Amerika iri kugenda itsindwa muri iyi ntambara itari isanzwe. Nubwo nta gihamya igaragaza ko Amerika yatsinzwe burundu, hari ibimenyetso bimwe bigaragaza ko ibintu bitari kugenda uko yabyifuzaga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ibimenyetso 5 bikomeye byerekana ko Amerika ishobora kuba iri gutsindwa na Iran
6 May, by Emmy -
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
2 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane.
-
Urukiko rwanzuye ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga muri Jenoside rikomeza
6 May, by Angeline MUKANGENZIUrukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwasabye ko hakomeza iperereza ku ruhare umugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no mu itegurwa ryayo.
-
Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
29 November 2025, by Brenda MIZEROInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu, yemeje Iteka rya Perezida rikuraho inoti zishaje za 500 Frw, inoti za 1000 Frw, inoti za 2000 Frw n’inoti za 5000 Frw, ndetse yemeza umushinga w’itegeko rigenga Banki Nkuru y’u Rwanda, inashyira mu myanya abayobozi batandukanye muri Minisiteri n’ibigo bya Leta bitandukanye.
-
Tariki 6 Gicurasi 1994: Umunsi Kambanda avugira kuri Radio Rwanda ko kwica Abatutsi bigomba byihutishwa
6 May, by ISIMBI EstellaTariki 06 Gicurasi 1994 ni umunsi wa 30 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze, ukaba uwa 126 mu minsi igize umwaka. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
-
Uburwayi bw’ingingo buzwi nka ‘Clubfoot’ buravurwa bugakira
11 November 2025, by Brenda MIZERODr Hanyurwimfura Jean Damascène, Umuyobozi w’Ibitaro bya Masaka, avuga ko uburwayi bw’ingingo buzwi nka ‘Clubfoot’ abana bavukana, buvurwa kandi bugakira mu gihe cy’imyaka 5 mu gihe bwaba buvuwe kare.
-
Kiliziya Gatolika iri gukora iperereza ku bavuga ko bimitse Papa mu Rwanda
30 April, by Angeline MUKANGENZIArkiyepiskopi wa Kigali akaba na Perezida w’Inama y’Abepiskopi Gatolika mu Rwanda, Antoine Cardinal Kambanda, yatangaje ko Kiliziya iri gukora iperereza ku biyita Abatowe bavuga ko baheruka kwimika uwo bise Papa wabo.
-
Mu Rwanda hatangiye kubakwa laboratwari ipima indwara zikomoka ku nyamaswa
19 November 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, ari kumwe na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Mark Bagabe Cyubahiro, bashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Laboratwari y’icyitegererezo yo gupima indwara zikomoka ku nyamaswa mu Rwanda.
-
Umwana ni uw’umuryango! Wite ku mwana wese nk’uwawe!
1 October 2025, by ISIMBI EstellaMu minsi ishize twasangiye ubutumwa bwihariye ku bashakanye, none ndagarutse ngo tuganire no ku mugisha udasanzwe w’abashakanye, wo kwitwa ‘Ababyeyi’.
-
Mu 2026 ifaranga koranabuhanga rizatangira kugeragezwa mu baturage
2 December 2025, by ISIMBI EstellaBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR), yatangaje ko umwaka utaha wa 2026, hatagize igihinduka ifaranga koranabuhanga (CBDC/Central Bank Digital Currency) rizatangira kugeragerezwa mu baturage no mu bacuruzi bake nyuma y’igeragezwa ry’icyiciro cya mbere ryakorewe ku bakozi bake ba BNR.
Umuryango.rw
Ibimenyetso 5 bikomeye byerekana ko Amerika ishobora kuba iri gutsindwa na Iran
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
Urukiko rwanzuye ko iperereza ku ruhare rwa Agathe Kanziga muri Jenoside rikomeza
Inote zishaje za 500 Frw, 1000 Frw, 2000 Frw na 5000 Frw zahagaritswe: Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Tariki 6 Gicurasi 1994: Umunsi Kambanda avugira kuri Radio Rwanda ko kwica Abatutsi bigomba byihutishwa
Uburwayi bw’ingingo buzwi nka ‘Clubfoot’ buravurwa bugakira
Kiliziya Gatolika iri gukora iperereza ku bavuga ko bimitse Papa mu Rwanda
Mu Rwanda hatangiye kubakwa laboratwari ipima indwara zikomoka ku nyamaswa
Umwana ni uw’umuryango! Wite ku mwana wese nk’uwawe!
Mu 2026 ifaranga koranabuhanga rizatangira kugeragezwa mu baturage