kuri uyu wa 21 Mata 2026, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu icyenda bibumbiye mu matsinda abiri bose bahuriye ku gukora ubwambuzi bushukana, bagatandukanira ku mayeri bakoresheje.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RIB yerekanye abakekwaho ubwambuzi bushukana
21 April, by Angeline MUKANGENZI -
Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri
20 April, by ISHIMWE Jean de DieuKiliziya Gatulika mu Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi, aho atabarutse hatarashira amezi abiri undi musaseridoti wakoreraga umuhamagaro we muri Diyoseze ya Butare
-
Tariki 22 Mata 1994: Abatutsi basaga ibihumbi 35 biciwe i Huye, abandi i Kigali, Ruhango n’ahandi
22 April, by ISIMBI EstellaTariki 22 Mata 1994 ni umunsi wa 16 mu minsi 100 Jenoside yakorewe Abatutsi yamaze. Kuri uyu munsi leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi mu bice bitandukanye hirya no hino mu gihugu.
-
Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe
20 April, by ISIMBI EstellaTariki ya 20 Mata 2026 leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu.
Kuri iyi tariki uwari Perezida wa Leta y’abicanyi, Theodore Sindikubwabo yagiye muri Komini Ndora na Shyanda mu karere ka Gisagara, akangurira Abahutu kurimbura Abatutsi.
Kuri uwo munsi mu mujyi wa Butare, Perefe Nsabimana wari waraye yimitswe na Sindikubwabo yakoresheje inama ya Perefegitura, ikaba yari igamije gutegura uburyo Jenoside yagombaga gukorwa muri Perefegitura ya Butare.
Ni nawo munsi hishweho umwamikazi Rosalie Gicanda mu mujyi wa Butare. -
Ibibazo bya Inzozi Lotto na RDB byafashe indi ntera
18 April, by Angeline MUKANGENZIIbibazo biri hagati y’ikigo cyakoraga ibijyanye n’imikino y’amahirwe cya Inzozi Lotto (Carousel Ltd) n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rubinyujije muri Komisiyo ishinzwe Tombola y’lgihugu n’Imikino y’Amahirwe (NLGC), byafashe indi ntera nyuma y’uko hemejwe ikindi kigo gikora ibya Tombola mu gihugu, imanza zitararangira.
-
Niba ibihano byakemura ibibazo bya RDC twabyakira ejo - Nduhungirehe
31 January, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko iyaba ibihano u Rwanda rusabirwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byakemura ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwayo, rwakwemera kubyakira nta kuzuyaza kugira ngo amahoro ahinde mu Karere.
-
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
2 March, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Werurwe 2026Leta Zunze Ubumwe za Amerika , zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), ndetse n’abasirikare bakuru bane.
-
Ingaboz’u Rwanda zasobanuye uko zinjiye ku butaka bwa DR Congo zitabiteguye
19 October 2021, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda [RDF] zatangaje ko ku wa Mbere, i Bugeshi mu Karere ka Rubavu, hari abashinzwe umutekano bageze ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo batabiteguye ubwo bari bakurikiye abacuruza magendu bari bafite imitwaro, aho hanaketswe ko bafite n’intwaro.
Zitangaza ko zizakomeza kugirana imibanire myiza n’iza DRC (FARDC) no gukomeza gukorana mu guhangana n’ibibazo bibanganira umutekano.
Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda rivuga ko abo basirikare "batabigambiriye, (…) -
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
13 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori byo kurangiza amasomo k’umuhungu wabo Ian Kagame, mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy.
Uyu muhungu wabo yahawe ipeti rya Sous Lieutenenant we n’abandi Banyarwanda babiri Park Udahemuka na David Nsengiyumva.
Umuhango wo guha aba basirikare amapeti wabereye i Sandhurst mu Bwongereza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kanama 2022.
Perezida Kagame yakiriwe mu cyubahiro (…)
Umuryango.rw
RIB yerekanye abakekwaho ubwambuzi bushukana
Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri
Tariki 22 Mata 1994: Abatutsi basaga ibihumbi 35 biciwe i Huye, abandi i Kigali, Ruhango n’ahandi
Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe
Ibibazo bya Inzozi Lotto na RDB byafashe indi ntera
Niba ibihano byakemura ibibazo bya RDC twabyakira ejo - Nduhungirehe
Amerika yafatiye ibihano RDF na ba Jenerali bayo 4
Ingaboz’u Rwanda zasobanuye uko zinjiye ku butaka bwa DR Congo zitabiteguye
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]