Perezida Kagame yashimiye abagize uruhare mu itangizwa ry’ Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [African School of Governance].
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yatangije Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [AMAFOTO]
25 September 2025, by Brenda MIZERO -
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abasaga 92.000
2 December 2025, by Brenda MIZEROUbucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abantu basaga 92.000, iyo mirimo ikaba ibatunze ndetse igira n’uruhare rukomeye mu iterambere ry’Igihugu.
-
Perezida Kagame yahamije ubufatanye bw’umuryango wa Habyarimana na Tshisekedi mu gushyigikira FDLR
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yatangaje ko umuryango wa Juvénal Habyarimana wayoboye u Rwanda kuva mu 1973 kugeza muri Mata 1994 wifatanya n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu gushyigikira umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Abanyarwanda bihagije mu biribwa bageze kuri 83%
16 October 2025, by ISIMBI EstellaMinisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI yatangaje ko kugeza ubu Abanyarwanda bamaze kwihaza mu biribwa bageze kuri 83% kavuye kuri 79,2%.
-
Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%
5 January, by Brenda MIZEROImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare, igaragaza ko Urwego rw’Inganda mu gihugu rwazamutseho 10,3% mu Ugushyingo 2025 ugereranyije n’ukwezi nk’uko mu mwaka wari wabanje mu gihe igipimo rusange cy’uburyo rwagiye ruzamuka cyari kuri 6,3% ku mwaka.
-
Harimo na zahabu: Uduce 10 dushya twavumbuwemo amabuye y’agaciro mu Rwanda
4 December 2025, by ISIMBI EstellaIkigo cy’Igihugu Gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (Rwanda Mining Board- RMB), cyamuritse ahantu 10 hashya hakungahaye ku mabuye y’agaciro arimo gasegereti, coltan, wolfram, lithium n’andi, ari ku buso bwa hegitari 14.020.
-
Gusenya FDLR bizabanziriza gukuraho ingamba z’ubwirinzi: Nduhungirehe
7 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko gukuraho ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyizeho bizabanzirizwa n’ibikorwa by’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Zahabu u Rwanda rutunganya yageze kuri toni 2,5 ku kwezi
3 December 2025, by Brenda MIZEROMu myaka 96 ishize ibikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro bitangiye mu Rwanda, uru rwego rumaze kugira uruhare rukomeye mu bukungu bwarwo. Ubu ruha akazi abarenga ibihumbi 92, rukiharira 3% by’umusaruro mbumbe w’igihugu. Mu mwaka ushize rwinjije miliyari miliyari 1,7$ avuye kuri miliyoni 373$ mu 2017.
-
Abasore n’inkumi 1905 binjijwe muri Polisi y’u Rwanda
22 December 2025, by Brenda MIZEROKuri uyu wa Mbere, tariki ya 22 Ukuboza 2025, Abapolisi bato 1905 barimo abakobwa 337 basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi rya Gishari riri mu Karere ka Rwamagana binjijwe muri Polisi y’u Rwanda.
-
Perezida Kagame yavuze kuri RDC yahaye rugari FDLR n’umuhungu wa Habyarimana
7 March, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abo mu muryango wa Habyarimana cyane cyane umuhungu we bakomeje gukorera ingendo i Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu mugambi wo gukorera mu ngata umutwe w’Iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yatangije Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere [AMAFOTO]
Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro mu Rwanda bukoresha abasaga 92.000
Perezida Kagame yahamije ubufatanye bw’umuryango wa Habyarimana na Tshisekedi mu gushyigikira FDLR
Abanyarwanda bihagije mu biribwa bageze kuri 83%
Inganda z’u Rwanda zikomeje gukura: Umusaruro wazo wazamutseho 10,3%
Harimo na zahabu: Uduce 10 dushya twavumbuwemo amabuye y’agaciro mu Rwanda
Gusenya FDLR bizabanziriza gukuraho ingamba z’ubwirinzi: Nduhungirehe
Zahabu u Rwanda rutunganya yageze kuri toni 2,5 ku kwezi
Abasore n’inkumi 1905 binjijwe muri Polisi y’u Rwanda
Perezida Kagame yavuze kuri RDC yahaye rugari FDLR n’umuhungu wa Habyarimana