Ku Cyumweru tariki ya 6 Mata, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yiswe iyo kwamagana imikoranire ikipe ya Paris Saint-Germain yo muri kiriya gihugu ifitanye n’u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abadepite b’Abafaransa bateguye imyigaragambyo yo kwamagana Visit Rwanda
4 April, by Angeline MUKANGENZI -
Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso
16 May, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
-
Abofisiye 2 ba RDF basoje amasomo ya girikare muri Kenya
5 June, by ISHIMWE Jean de DieuKuri uyu wa Kane tariki ya 05 Kamena 2025, abofisiye babiri mu Ngabo z’u Rwanda barimo Maj. Emmanuel Rutayisire na Maj. Hipolyte Muvunyi basoreje amasomo ya gisirikare mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Kenya ‘Joint Command and Staff College’ (JCSC) riherereye i Karen, mu Mujyi wa Nairobi.
-
Burkina Faso: Menya byinshi kuri Capt Ibrahim Traoré uheruka guhirika ubutegetsi afite imyaka 34 gusa
3 October 2022, by Dusingizimana RemyCapt Ibrahim Traoré ukuriye agatsiko ka gisirikare kafashe ubutegetsi muri Burkina Faso, ubu niwe mutegetsi w’igihugu ukiri muto muri ako karere.
Ni umusirikare umenyereye intambara wagiye buhoro buhoro anenga ubutegetsi bw’uwo yahiritse ku “ingamba zidatanga umusaruro” mu kurwanya imitwe ya Islamic State na al-Qaeda.
Capt Traoré kuwa gatanu yahiritse Lt Col Paul-Henri Damiba, iba coup d’etat ya kabiri muri uyu mwaka muri Burkina Faso, ishobora gukerereza inzibacyuho yo guha ubutegetsi (...) -
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
-
Tshisekedi ntakwiye gukerensa imbaraga za FDLR - Minisitiri Nduhungirehe
9 June, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo adakwiye gukerensa imbaraga z’umutwe w’iterabwoba wa FDLR zongerwa n’ubufasha uhabwa na leta ayoboye.
-
Malawi yavuze ku basirikare bayo bakuwe muri RDC_Ntibakomeretse, barwaye indwara zidakira
27 February, by ISHIMWE Jean de DieuUmugaba Mukuru w’ingabo za Malawi, Gen Paul Valentino Phiri, yavuze ko abasirikare babo baherutse gukurwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo atari inkomere, ahubwo ko barwaye indwara zidakira.
-
Uko “Grace Room” ya Kabanda yatangiriye mu kinyoma igasoreza mu kindi
13 May, by Joseph IradukundaUbwo Juliene Kabanda yari agonzwe n’ikibazo cy’amashuli abuze Diplome ya Tewologiya, Umugabo we wari ufite itorero yatse ibyangombwa muri RGB bya Grace Room Ministry ishamikiye ku itorero rye Jubile Revive Center!
-
Ibyo kwitega ku mukino wa Arsenal na PSG zamamaza Visit Rwanda
29 April, by Joseph IradukundaNyuma y’ibyumweru bibiri, imikino ya UEFA Champions League irasubukurwa kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Mata 2025 hakinwa iya ½.
-
RIB yabuze aho Umuyobozi muri RMB yavanye Imitungo ya Miliyoni 800!
14 May, by Joseph IradukundaMu bimenyetso by’ibirego Abayobozi b’Ikigo cya Mine, Gaz na Peteroli bafunzwe harimo na mesaje bandikiranaga n’Abafite ibirombe!