Brig Gen Patrick Karuretwa wari usanzwe ari Umuyobozi Mukuru ushinzwe Imikoranire Mpuzamahanga mu Ngabo z’u Rwanda (RDF), yahawe inshingano nshya agirwa Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Brig Gen Patrick Karuretwa yahawe inshingano nshya mu ngabo z’u Rwanda
10 December 2024, by Joseph Iradukunda -
Ingabo za Kenya zabwiye FARDC igihe zizagira kuyifasha guhangana na M23
18 November 2022, by Dusingizimana RemyIngabo za Kenya zamaze kugera muri RDC, zagiye kureba uko urugamba rwifashe zizeza FARDC ko mu cyumweru gitaha zizajya kuyifasha guhangana na M23.
Ingabo za Kenya ziyobowe na Gen.Jeff Nyagah zasuye ku rugamba kuri uyu wa Kane tariki 17 Ugushyingo 2022, aho FARDC iri gusakirana na M23 hanyuma ziyisezeranya kubafasha mu rugamba rwo guhangana n’izi nyeshyamba.
Ukuriye ingabo za Kenya ati "Nshobora kuza ninjoro cyangwa ku manywa murabizi na Yesu yavuze ko nta wuzi umunsi n’isaha.
Uyu (...) -
Guverineri Christophe uvukana na Corneille Nangaa wa M23/AFC yahunze
18 March, by ISHIMWE Jean de DieuChristophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba.
-
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
Abasore bishimiye bidasanzwe itegeko rigena inkwano zizajya zihabwa umuryango w’umukobwa bamwe bagereranyije na Bundles za Internet
21 May 2019, by Martin MunezeroAshingiye ku itegeko nshinga rya repubulika y’u Rwanda, cyane cyane mu ngingo yayo ya 53, ashingiye ku itegeko no 42/1988 ryo ku wa 27 ukwakira 1988 rishyiraho interuro y’ibanze n’igitabo cya mbere cy’urwunge rw’amategeko mbonezamubano cyane cyane mu ngingo yayo y’i 168, ategetse, mu gihugu hose inkwano ni inyana cyangwa amafaranga atarenze ibihumbi cumi na bitanu , ihitamo muri byombi rigaharirwa umuryango w’umukobwa.
-
Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’umufana wiyita umugore we
25 April, by ISIMBI EstellaUmuhanzi w’icyamamare Chris Brown yisanze mu nkiko aregwa n’umufana we witwa Angela Reliford usanzwe yiyita umugore we, amushinja ko yamusebeje ku mbuga nkoranyambaga.
-
Itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 27 Mata 2018, RAB yahawe abayobozi bashya
28 April 2018, by Nsanzimana ErnestItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri yemeje (...) -
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
INAMA Y’UMUTEKANO (EP8): Umugore Meya NTAZINDA yihebeye bigatuma atakaza Manda akanafungwa ni Muntu ki?
17 April, by ISIMBI EstellaINAMA Y’UMUTEKANO: Umugore uvugwa muri Dosiye ya Meya Ntazinda Erasme ni muntu ? Ese Urugendo yari afite muri Vietnam ruhuriye he no gufungwa kwe? Tubane mu kiganiro “INAMA Y’UMUTEKANO”
-
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
14 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira gukurikizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2022/2023.
Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.
Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine avuga ko iki cyemezo kigamije (...)