Perezida Paul Kagame na Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, wari mu ruzinduko mu Rwanda, bifatanyije n’abatuye Umujyi wa Kigali muri siporo rusange imenyerewe nka Car Free Day.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame na Diomaye Faye wa Sénégal bitabiriye Car Free Day
19 October 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo
7 March, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yagaragaje ko u Rwanda ruzikorera umutwaro warwo bityo ko rudakwiye kubazwa inshingano z’abandi, anasaba ko ibibazo byo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bikemurwa mu buryo butabogamye.
-
Amerika ishingiye ikizere cyayo kuri Perezida Kagame mu kubahiriza amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
4 July 2025, by Joseph IradukundaLeta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko idashidikanya ku bushake bwa Perezida Paul Kagame bwo kubahiriza ibikubiye mu masezerano u Rwanda ruherutse kugirana na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hagamijwe guhosha umwuka mubi umaze igihe hagati y’ibihugu byombi.
-
Niba ibihano byakemura ibibazo bya RDC twabyakira ejo - Nduhungirehe
31 January, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko iyaba ibihano u Rwanda rusabirwa na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byakemura ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwayo, rwakwemera kubyakira nta kuzuyaza kugira ngo amahoro ahinde mu Karere.
-
Abantu 1874 bafunguwe by’agateganyo, ibigo bimwe bihabwa abayobozi bashya- Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
4 March, by Brenda MIZEROInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 4 Werurwe 2026 iyobowe na Perezida Kagame yemeje Iteka rya Minisitiri ryemeza ifungurwa ry’agateganyo ku bantu 1874 bakatiwe n’inkiko.
-
Perezida Kagame yitabiriye Misa ya Kardinali Kambanda yasomewe muri Kigali Arena [AMAFOTO]
6 December 2020, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye Misa ya mbere Arikiyepisikopi wa Kigali,Kardinali Antoine Kambanda yasomeye muri Kigali Arena,nyuma yo kwimikwa na Papa Francis mu kwezi gushize.
-
Ku mupaka wa Rubavu, Abacanshuro ba mbere bamaze kuhagera n’abakozi ba Banki y’isi
29 January 2025, by Pacifique NKURUNZIZAMu gihe M23 yamaze kwigaruriya umujyi wa goma, abacanshuro b’abanyamahanga bafashaga igisirikare cya congo FARDC, bari gutaha banyuze mu Rwanda. Amashusho agaragaga ku mbuga nkoranyambaga aragaragaza aba bacanshuro ku mupaka munini wa Goma binjira mu Rwanda.
-
Hatangajwe umubare w’abakora uburaya muri Kigali uri kuzamuka n’Akarere biganjemo kurusha utundi
30 March, by ISHIMWE Jean de DieuUbuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buratangaza ko umubare w’abakora akazi katemewe k’uburaya muri uyu Mujyi umaze kugera ku bihumbi icyenda (9 000) barimo ibihumbi bine (4 000) bo mu Karere ka Nyarugenge, buvuga ko gukemura iki kibazo bigomba guhera ku gushaka umuti w’ibibazo biri mu miryango.
-
Nduhungirehe yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho igihe cyose FDLR ikiri muri RDC
6 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwerane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi u Rwanda rwashyize ku mupaka zizagumaho igihe cyose umutwe w’iterabwoba wa FDLR uzaba ukiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya: Uko umuhango wagenze
25 July 2025, by Joseph IradukundaPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya barimo Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva n’abandi bagize Guverinoma, abasaba guhora bisuzuma, bareba ibyo bakora ku buryo barushaho kubigira byiza kugira ngo u Rwanda rukomeze gutera imbere.
Umuryango.rw
Perezida Kagame na Diomaye Faye wa Sénégal bitabiriye Car Free Day
Perezida Kagame yashimangiye ko u Rwanda rudakwiye kwikorezwa imitwaro itari iyarwo
Amerika ishingiye ikizere cyayo kuri Perezida Kagame mu kubahiriza amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC
Niba ibihano byakemura ibibazo bya RDC twabyakira ejo - Nduhungirehe
Abantu 1874 bafunguwe by’agateganyo, ibigo bimwe bihabwa abayobozi bashya- Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri
Ku mupaka wa Rubavu, Abacanshuro ba mbere bamaze kuhagera n’abakozi ba Banki y’isi
Hatangajwe umubare w’abakora uburaya muri Kigali uri kuzamuka n’Akarere biganjemo kurusha utundi
Nduhungirehe yashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi zizagumaho igihe cyose FDLR ikiri muri RDC
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya: Uko umuhango wagenze