Ubushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by Brenda MIZERO -
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
8 April 2025, by ISIMBI EstellaTariki ya 8 Mata 1994 nibwo hashyizweho Guverinoma y’abatabazi yari iyobowe na Sindikubwabo Theodore nka Perezida na Kambanda Jean nka Minisitiri w’Intebe.
-
Juno na Ariel Ways basomanye, Kitoko abonja abafana, Skol Malt iranyobwa karahava: Ibyaranze igitaramo cya Davido
6 December 2025, by Brenda MIZEROIgitaramo cya Davido cyabereye muri BK Arena mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 5 Ukuboza 2025 cyabaye kimwe mu bikomeye byabaye mu Rwanda muri uyu mwaka, cyiritabirwa ku rwego rwo hejuru.
-
Gen.Kabarebe yavuze ku ntambara ivugwa hagati y’u Rwanda na RDC
3 November 2022, by Dusingizimana RemyUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano ,Gen James Kabarebe,yabwiye abanyeshuri ba Koleji y’ubumenyi n’ikorabuhanga muri Kaminuza y’u Rwanda ko u Rwanda rutarwana intambara na RDC.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 02 Ugushyingo 2022,nibwo Gen. James Kabarebe yaganiriye n’urubyiruko rw’abakorerabushake bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge ku bwitange n’ubutagamburuzwa mu rubyiruko hashingiwe ku mateka yaranze urugamba rwo kubohora igihugu.
Yababwiye ko u Rwanda (…) -
Minisiteri y’Ubutabera igiye gushyiraho umurongo uhamye wo kubabarira abagororwa bitwaye neza
23 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Ubutabera yatangaje ko hari gukorwa amavugurura mu mategeko agenga uburenganzira bwa muntu ndetse ko bitarenze mu 2026 hazaba hashyizweho umurongo uhamye wo gutanga imbabazi ku bagororwa bitwaye neza.
-
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
13 August 2025, by ISIMBI EstellaUrukiko rwa Gisirikare rwa Nyamirambo kuri uyu wa 13 Kanama 2025, rwatangiye kuburanisha abantu barenga 20 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
-
Dukumire icyo ari cyose cyatuma umwana ava mu muryango we – MIGEPROF
30 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF, yasabye Abanyarwanda gukumira icyo ari cyo cyose gishobora gutuma umwana ava mu muryango yerekana ko ahubwo umwana agomba kurererwa mu muryango.
-
Ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1.598,3 Frw mu mwaka umwe
18 February, by Brenda MIZERORaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare mu Rwanda yagaragaje ko ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1,09 $, ni ukuvuga arenga miliyari 1.598,3 Frw mu 2024 avuye kuri miliyoni 886,9 $ ryari ririho mu 2023.
-
Menya Intwari z’Igihugu
1 February, by ISIMBI EstellaIntwari ni umuntu ukurikirana ibyo yiyemeje kugeraho bikavamo igikorwa cy’ikirenga gifitiye abandi akamaro, akabikora mu bupfura, mu kwihangana no mu bwitange buhebuje kandi akirinda ubugwari mu migirire ye, ntagamburuzwe n’ amananiza.
-
IMF yagaragaje u Rwanda nk’icyitegererezo mu mavugurura y’urwego rw’uburezi
18 November 2025, by Brenda MIZEROIkigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyagaragaje ko u Rwanda rwabaye icyitegererezo mu mavugurura y’urwego rw’uburezi muri Afurika no mu bihugu biri mu nzira y’iterambere, rukoresheje ubushobozi buke rufite.
Umuryango.rw
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
Tariki 8 Mata 1994: Hashyizweho Guverinoma yiswe iyabatabazi, yenyegeza ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi
Juno na Ariel Ways basomanye, Kitoko abonja abafana, Skol Malt iranyobwa karahava: Ibyaranze igitaramo cya Davido
Gen.Kabarebe yavuze ku ntambara ivugwa hagati y’u Rwanda na RDC
Minisiteri y’Ubutabera igiye gushyiraho umurongo uhamye wo kubabarira abagororwa bitwaye neza
Abofisiye ba RDF na RCS mu bashinjwa muri dosiye ya APR FC
Dukumire icyo ari cyose cyatuma umwana ava mu muryango we – MIGEPROF
Ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1.598,3 Frw mu mwaka umwe
Menya Intwari z’Igihugu
IMF yagaragaje u Rwanda nk’icyitegererezo mu mavugurura y’urwego rw’uburezi