Byahishuwe ko Leta y’u Burundi yateguye, iha imyitozo, kandi iyobora abagabye igitero cy’abitwaje intwaro cyatwaye ubuzima bw’abasivili 14 mu Karere ka Musanze mu Ukwakira 2019, abandi benshi bagakomereka.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
5 March, by Brenda MIZERO -
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
6 January, by ISHIMWE Jean de DieuMinisiteri y’Ibikorwa Remezo ((MININFRA) yatangaje ko kuba umuriro w’amashanyarazi ukomeje kubura bya hato na hato mu gihugu, bishingiye ku miyoboro u Rwanda ruhuriraho n’ibindi bihugu, gusa yizeza gukemura icyo kibazo.
-
Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumufasha guhagarika intambara muri DRC
9 October 2025, by Brenda MIZEROMu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama ya Global Gateway Forum 2025 iri kubera mu Bubiligi, Perezida Antoine Felix Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumuramburira ukuboko bagafatanya kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC ndetse avuga ko ahagaritse gusabira ibihano u Rwanda n’ubwo akirubeshyera.
-
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
13 July 2025, by Joseph IradukundaKuri iki Cyumweru, tariki 13 Nyakanga 2025, abatuye Umujyi wa Kigali barimo abayobozi bo mu nzego zitandukanye n’abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga kuri Virusi itera SIDA, babyukiye muri siporo rusange izwi nka ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya iyi ndwara iri mu zihitana benshi muri Afurika.
-
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi wungirije w’ihuriro rya AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, Bertrand Bisimwa, yasubije Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ko Perezida Paul Kagame ntaho ahuriye n’iri huriro ku buryo yaritegeka icyo rigomba gukora.
-
SKOL yahaye abanyamahirwe babiri amatike yo kujya kureba Igikombe cya Afurika muri Maroc
4 January, by Brenda MIZEROShyaka Valentin na Peter Adams ni bo begukanye igihembo cya SKOL cyo kuzajya kureba umukino wa nyuma w’igikombe cya Afurika cya 2025 muri Morocco.
-
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
20 October 2023, by UbwanditsiByatangiye RIB itangaza kuri X ko yafatiye mu cyuho umunyamakuru Manirakiza Théogène yakira ruswa y’ibihumbi 500 afungiye Kimihurura! Byarangiye Umushinjacyaha aregeye urukiko ifunga ry’agateganyo muri dosiye iki cyaha nta kirimo.
-
Kaminuza y’u Rwanda igiye gushyira ku isoko ry’umurimo abarenga ibihumbi 9
15 October 2025, by Brenda MIZEROKaminuza y’u Rwanda mu mashami yayo yose igiye guha impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye by’amasomo, abanyeshuri 9,529, umubare munini ugereranyije n’abandi 8,068 bari barangije mu 2024.
-
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
6 November 2025, by Brenda MIZEROLeta y’u Rwanda igiye guha abanyeshuri bashya 16.768 inguzanyo yo kwiga kaminuza n’amashuri makuru mu mwaka wa 2025/26 binyuze muri gahunda nshya yo gukuraho umwaka umwe abasoje amashuri yisumbuye bamaraga mu rugo.
-
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026
1 March, by Brenda MIZEROUmudage Moritz Kretschy ukinira Ikipe ya NSN Development Team yegukanye Tour du Rwanda 2026 nyuma y’uko yari yambaye umwambaro w’umuhondo kuva ku Gace ka Kane.
Umuryango.rw
Byagaragaye ko u Burundi bwateguye igitero cyagabwe i Musanze mu 2019
Imiyoboro u Rwanda rufatanya n’ibindi bihugu iruteza ibura ry’amashanyarazi-MININFRA
Tshisekedi yasabye Perezida Kagame kumufasha guhagarika intambara muri DRC
Abanya-Kigali bazindukiye muri ‘Car Free Day’ yahujwe no kurwanya SIDA
Bisimwa yasubije Tshisekedi usanisha Perezida Kagame na AFC/M23
SKOL yahaye abanyamahirwe babiri amatike yo kujya kureba Igikombe cya Afurika muri Maroc
Dosiye y’Umunyamakuru Théogène MANIRAKIZA yaregewe urukiko! Ruswa ntikiri mu byaha ashinjwa
Kaminuza y’u Rwanda igiye gushyira ku isoko ry’umurimo abarenga ibihumbi 9
Leta igiye kwishyurira abanyeshuri bashya barenga 16.000 inguzanyo yo kwiga kaminuza
Umudage Moritz Kretschy yegukanye Tour du Rwanda 2026