Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe, yageze i Buruseli mu Bubiligi aho yitabiriye inama yahuje Abaminisitiri b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe (AU) n’Umuryango w’Ibihugu by’Ubumwe bw’Uburayi (EU).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Minisitiri Nduhungirehe ari mu Bubiligi aho yitabiriye inama ya EU-AU
21 May, by Angeline MUKANGENZI -
Perezida Kagame na Tebboune bikomye amahanga yivanga muri Politiki y’Afurika
4 June, by Angeline MUKANGENZIPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa 4 kamena 2025 yasoje uruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriye muri Algeria, ahasinyiwe amasezerano 11 y’ubufatanye bw’ibihugu byombi mu nzego zitandukanye.
-
Ibyo wamenya kuri Amb.Olivier Nduhungirehe wagizwe Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga
13 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma y’u Rwanda mu gihe manda isigaje iminsi itageze ku kwezi ngo igere ku musozo.
-
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
14 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira gukurikizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2022/2023.
Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.
Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine avuga ko iki cyemezo kigamije (...) -
Ntazinda Erasme yagejejwe imbere y’urukiko ntiyaburana
6 May, by Angeline MUKANGENZIKuri uyu wa 06 Gicurasi 2025, uwahoze ari Meya w’Akarere ka Nyanza mu ntara y’Amajyepfo, Ntazinda Erasme yajejejwe imbere y’urukiko ngo aburane ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo.
-
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
25 April, by ISIMBI EstellaImibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
-
UMUHOZA Aurelie umwe mu bayobozi ba ADEPR akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba
6 March 2021, by UbwanditsiUmuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu,imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, akaba ariwe wasigaye mubo bari kumwe muri biro nyobozi ya ADEPR kuko abandi bakuwe mu nshingano zabo na RGB kuwa 02/10/2020 kubera ibibazo by’imiyoborere mibi,imikorere n’imikoranire mibi
Icyo gihe Umuhoza Aurelie yahise ahabwa inshingano zijyanye n’imicungire y’abakozi n’umutungo kugeza igihe abazayobora ADEPR mu gihe cy’inzibacyuho bazashyirirwaho.
Kuwa 08/10/2020 ubwo RGB (...) -
U Rwanda rwashyizwe mu bihugu bifite ubushobozi bwo kugenzura ubuziranenge bw’imiti ku rwego mpuzamahanga(ML3)
6 December 2024, by Joseph IradukundaU Rwanda rwabaye igihugu cya 8 muri Africa cyashyizwe mu rwego rwa "Maturity Level 3(ML3) n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS/WHO)
-
Ibirego RDC yarezemo u Rwanda mu rukiko rw’Arusha birategwa amatwi uyu munsi
26 September 2024, by Joseph IradukundaUrubanza Repubulika ya Demokarasi ya Congo yarezemo u Rwanda imbere y’Urukiko rw’Ubutabera rw’Umuryango wa Afurika y’iburasirazuba (EACJ) ruratangira kuri uyu wa Kane,i Arusha muri Tanzania.
-
Ibivugwa ko bigenza Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ububiligi mu karere
28 April, by Joseph IradukundaAri i Bujumbura mu mpera z’iki cyumweru, Maxime Prevot, Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’Ububiligi yavuze ko atari "impanuka" kuba yasuye u Burundi nyuma yo kuva i Kampala. Avuye i Bujumbura yahise yerekeza i Kinshasa.
0 | ... | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | ... | 3420