Rimwe mu mazina azwi cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi ni iry’uwahoze ari Burugumesitiri wa Komini Murambi Gatete Jean Baptiste wateguye akanashishikariza Abahutu kwica buri mututsi wese wari utuye muri iyo Komini.
Gatete Jean Baptiste tugiye kugarukaho, yavutse muri 1953 muri Segiteri Rwankuba, Komini Murambi.
Gatete Jean Baptiste wari Burugumesitiri wa Komini Murambi mu cyahoze ari Byumba kuva muri 1981 kugeza 1993 n’umwe muri ba ruharwa bagize uruhare rukomeye muri jenoside ndetse (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uko Gatete Jean Baptiste yateguye Jenoside muri Murambi igahitana Abatutsi barenga ibihumbi 140
12 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
13 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori byo kurangiza amasomo k’umuhungu wabo Ian Kagame, mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy.
Uyu muhungu wabo yahawe ipeti rya Sous Lieutenenant we n’abandi Banyarwanda babiri Park Udahemuka na David Nsengiyumva.
Umuhango wo guha aba basirikare amapeti wabereye i Sandhurst mu Bwongereza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kanama 2022.
Perezida Kagame yakiriwe mu cyubahiro (…) -
U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda
22 March 2024, by Dusingizimana RemyKu wa Kane,tariki 21 Werurwe 2024,abayobozi mu nzego nkuru z’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, bahuriye i Luanda muri Angola nk’umuhuza, aho baganiriye ku bibazo by’umutekano n’amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.
-
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye bidakwiye gutegekwa uko bibaho
26 April, by Angeline MUKANGENZIPerezida Paul Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye byagowe kuko ibikize bihora bishaka kubitegeka ibyo bigomba gukora no kubigenera ubuzima bigomba kubamo nyamara byakabayeho mu bwubahane no mu bwuzuzanye.
-
U Burusiya bukomeje kungukira mu ntambara ya Iran na Amerika
10 April, by EmmyU Burusiya bushobora kwinjiza ayikubye inshuro ebyiri ayo bwari busanzwe bwinjiza avuye mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli akagera kuri miliyari 9$ muri Mata 2026, biturutse ku ntambara Amereka ifatanyije na Israel byagabye kuri Iran.
-
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Kenya: William Ruto yemejwe bidasubirwaho ko yatsinze amatora
5 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ikirenga muri Kenya rutesheje agaciro ikirego cya Raila Odinga utaremeraga ibyavuye mu matora, rushimangira ko William Ruto yatsinze amatora kandi ngo yagenze neza cyane.
Martha Koome, perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya yemeje ko ibyavuye mu matora bifite ishingiro.
Uru rukiko rwavuze ko ingingo zishingirwaho z’ibirego by’impande icyenda - zirimo Raila Odinga - nta shingiro zifite.
Martha Karua, uwiyamamazaga kuba visi perezida wa Raila Odinga, yahise atangaza kuri (…) -
Bicishije amagambo n’inyandiko-Minisitiri Dr. Bizimana ku ruhare rw’itangazamakuru rutwitsi muri Jenoside
11 April, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagaragaje ko itangazamakuru ryagize uruhare rukomeye mu gushishikariza Abahutu kwica Abatutsi no kubiba urwango rwagejeje kuri Jenoside yakorewe Abatutsi.
-
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya 20, biyemeza gushimangira umubano n’u Rwanda
7 March, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi bashya 20 guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda bavuga ko bazashyira imbere gushaka amahirwe mashya y’imikoranire.
Umuryango.rw
Uko Gatete Jean Baptiste yateguye Jenoside muri Murambi igahitana Abatutsi barenga ibihumbi 140
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
U Rwanda na RDC bahuriye mu biganiro i Luanda
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
Perezida Kagame yagaragaje ko ibihugu bikennye bidakwiye gutegekwa uko bibaho
U Burusiya bukomeje kungukira mu ntambara ya Iran na Amerika
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
Kenya: William Ruto yemejwe bidasubirwaho ko yatsinze amatora
Bicishije amagambo n’inyandiko-Minisitiri Dr. Bizimana ku ruhare rw’itangazamakuru rutwitsi muri Jenoside
Perezida Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya 20, biyemeza gushimangira umubano n’u Rwanda