Umwaka wa 2025, usize u Rwanda ruhagaze neza muri gahunda yo kwita ku magara y’Abaturarwanda, bikajyana no kuvura indwara zikomeye cyane ko inyinshi bitagisaba kujya kuzivuriza mu mahanga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
2 January, by Brenda MIZERO -
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
2 January, by Brenda MIZEROUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yifurije Abanyarwanda kuzagira ibyiza birimo ubuzima bwiza n’ituze ku mutima mu mwaka wa 2026.
-
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.
-
U Rwanda rwemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 48$ azifashishwa mu mushinga wo kuhira imyaka i Gisagara
23 December 2025, by Brenda MIZEROInteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje amasezerano hagati hagati ya Guverinoma y’u Rwanda na Banki y’u Bushinwa y’Ubucuruzi bw’lbisohoka n’lbyinjira mu gihugu (Exim Bank of China) yerekeranye n’inguzanyo ya miliyoni 344,5 y’Ama-Yuan (arenga miliyoni 48$) izifashishwa mu kuhira imyaka muri Giseke mu Karere ka Gisagara.
-
Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt
15 October 2025, by Brenda MIZERODavido uri mu rugendo rw’ibitaramo by’uruhererekane bizenguruka Isi aho ari kumvisha abakunzi be album ye nshya yise ‘5Ive’, azataramira abakunzi be b’i Kigali mu Ukuboza 2025.
-
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
26 February 2022, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda n’iy’u Burundi zagiranye ibiganiro ku bufatanye mu rwego rw’ubutabera by’umwihariko ingingo ijyanye n’abashatse guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza mu 2015.
Ni ibiganiro byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Gashyantare 2022, bihuza Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Dr Ugirashebuja Emmanuel na mugenzi we w’u Burundi, Banyankimbona Domine.
Nyuma y’ibiganiro byo mu muhezo, abanyamakuru batangarijwe imyanzuro mu itangazo (…) -
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
25 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo by’umutekano mu matora ateganyijwe muri icyo gihugu ku wa 28 Ukuboza 2025 no gukomeza umubano mwiza hagati y’ibihugu byombi.
-
Menya Intwari z’Igihugu
1 February, by ISIMBI EstellaIntwari ni umuntu ukurikirana ibyo yiyemeje kugeraho bikavamo igikorwa cy’ikirenga gifitiye abandi akamaro, akabikora mu bupfura, mu kwihangana no mu bwitange buhebuje kandi akirinda ubugwari mu migirire ye, ntagamburuzwe n’ amananiza.
-
Abapolisi barenga 40 basoje amahugurwa yo gukoresha amapikipiki yifashishwa mu gucunga umutekano wo mu muhanda
15 November 2025, by Brenda MIZEROMu Ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Ugushyingo, habereye umuhango wo gusoza ku mugaragaro amahugurwa ajyanye no gutwara amapikipiki yifashishwa mu gucunga umutekano.
Umuryango.rw
Abasimburijwe impyiko bakabakaba 90, ababazwe umutima barenze 860: Ubuvuzi bw’u Rwanda mu 2025
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
U Rwanda rwemeje amasezerano y’inguzanyo ya miliyoni 48$ azifashishwa mu mushinga wo kuhira imyaka i Gisagara
Davido agiye gutaramira i Kigali mu gitaramo cyatewe inkunga na SKOL Malt
U Rwanda rwijeje u Burundi gushakira igisubizo ikibazo cy’abashatse guhirika ubutegetsi bwarwo bari i Kigali
Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025
Menya Intwari z’Igihugu
Abapolisi barenga 40 basoje amahugurwa yo gukoresha amapikipiki yifashishwa mu gucunga umutekano wo mu muhanda