Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu bane barimo Paul Muvunyi, wahoze ari Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports, akaba n’umwe mu banyemari bakomeye mu gihugu.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko Muvunyi na bagenzi be bafunzwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Usibye Muvunyi, hafunzwe Rtd Col Ruzibiza Eugène wigeze kuba Umuyobozi ushinzwe Ingabo mu Karere ka Karongi ndetse mu 2015 yari Umuyobozi wa Brigade ya 307 yakoreraga mu Ntara (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umunyemari Paul Muvunyi wayoboye Rayon Sports yatawe muri yombi we n’abandi bantu 3
27 December 2020, by Dusingizimana Remy -
Gutonda umurongo kwa muganga bigiye kuba amateka mu Rwanda
14 October 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imirongo y’abarwayi kwa muganga igiye kuba amateka, nyuma yo gutangiza ikoranabuhanga e-Buzima rizajya rifasha abawayi kwisuzumisha indwara zoroheje no kwaka gahunda yo kubonana na muganga, na e-Banguka rizajya ryifashishwa mu guhamagaza imbangukiragutabara no gusaba taransiferi (transfer).
-
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
14 October 2025, by Brenda MIZEROUbuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 byakiriye abarwayi 119.859, biyongereyeho 17,7% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
-
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
10 October 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles mu Bubiligi bihabanye n’ukuri n’imyitwarire yagiye agaragaza kuva mu 2019 abaye Perezida, ndetse n’abandi bategetsi b’icyi Gihugu.
-
Abantu 11 bamaze guhitanwa n’ibiza bitewe n’imvura abandi 48 barakomereka
20 March 2023, by Dusingizimana RemyMinisitiri y’ibikorwa by’ubutabazi, MINEMA, yatangaje ko abantu 11 bamaze kwicwa n’ibiza abandi 48 barakomeretse, inzu zisaga 300 zarasenyutse kubera imvura nyinshi.
Raporo ya MINEMA iva ku itariki ya 1 -15 Werurwe uyu mwaka, ivuga ko ibiza byishe amatungo 53, bisenya inzu 335, ubutaka bwa hegitare 42 bwaratwawe, amashuri 19 yarasenyutse.
Ibiza byasenye imihanda ibiri, urusengero, ibiraro 8, inzu z’ubuyobozi ebyiri, uruganda ndetse byangije imiyoboro ibiri y’amashanyarazi.
Minisiteri (…) -
Sobanukirwa ibyiciro n’ibirango by’amapeti y’Igisirikare cy’u Rwanda nuko agiye arutana[AMAFOTO]
14 August 2018, by Martin MunezeroAbakunzi b’ikinyamakuru Umuryango.rw, bagiye badusaba ko twazabasobanurira ibijyanye n’amapeti y’igisirikare cy’u Rwanda, ibirango bya buri peti ndetse n’uko amapeti agenda arutanwa. Muri iyi nkuru, turabagezaho ibisobanuro by’aya mapeti duhereye ku ipeti rito dufite mu Rwanda, kugeza ku rinini.
-
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
2 January, by Brenda MIZEROUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yifurije Abanyarwanda kuzagira ibyiza birimo ubuzima bwiza n’ituze ku mutima mu mwaka wa 2026.
-
Perezida Kagame yavuze ku byo kwifashisha ’drones’ za Zipline Rwanda mu bucuruzi
4 September 2025, by ISIMBI EstellaPerezida Paul Kagame yagaragaje ko nyuma y’imyaka hafi 10 Zipline Rwanda imaze itanga umusaruro ufatika, ubu u Rwanda ruri gushaka uburyo ubu bwikorezi bukoresha drones bwakwifashishwa no mu mijyi, zikazajya zishyikiriza abaturage ibicuruzwa mu buryo bwo guteza imbere ubucuruzi bukorewe ku ikoranabuhanga.
-
Mu mafoto atandukanye reba ubwiza bwa Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane
25 February 2018, by Muhire JasonMu ijoro ryacyeye nibwo Iradukunda Liliane yambitswe ikamba rya Nyaminga w’ u Rwanda 2018 umuhango watumiwemo Nyaminga w’ Ubufaransa (Miss France 2000), Sonia Rowland unafite inkomoko mu Rwanda ndetse akaba yari umwe mubagize akanama nkemurampaka.
Nyampinga Iradukunda Liliane aje asimbuye Iradukunda Elsa wari usanzwe yambaye iri kamba mu igihe kingana n’ umwaka wose uyu munsi akaba aribwo yarihaye mugenzi we Iradukunda ugiye kuryambara mu igihe kingana n’ umwaka wose .
Uyu munsi tugiye (…) -
U Rwanda rwateguje ingamba z’ubukungu intambara ya Iran na Amerika nirenza ukwezi
3 March, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Imari n’igenamigambi, Yusuf Murangwa, yavuze ko Leta y’u Rwanda ikurikiranira hafi ingaruka z’ubukungu zishobora guterwa n’intambara yaturutse ku bitero Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagabye kuri Iran, ndetse yizeza ko hari ingamba zatangiye gufatwa.
Umuryango.rw
Gutonda umurongo kwa muganga bigiye kuba amateka mu Rwanda
Abivuriza mu bitaro bya CARAES Ndera bageze ku bihumbi 119 mu 2024/2025
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
Abantu 11 bamaze guhitanwa n’ibiza bitewe n’imvura abandi 48 barakomereka
Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026
Perezida Kagame yavuze ku byo kwifashisha ’drones’ za Zipline Rwanda mu bucuruzi
U Rwanda rwateguje ingamba z’ubukungu intambara ya Iran na Amerika nirenza ukwezi