Michel Kuka Mboladinga wamamaye mu gikombe cya Afurika nka Lumumba kubera kwigaragaza nk’uyu munyapolitiki, warebaga imikino y’Ikipe y’Igihugu ya DRC yose ahagaze atinyeganyeza kuva umukino utangiye kugeza urangiye, yagaragaje agahinda ubwo iyi kipe yasezererwaga, kwihangana bikamunanira, akarira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
7 January, by ISHIMWE Jean de Dieu -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayoboye Ikigo cya Afurika gishinzwe Imiti
14 October 2025, by ISIMBI EstellaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abayobozi b’Ikigo cy’Afurika gishinzwe Imiti (African Medicines Agency/AMA) ku wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025. Ni ibiganiro bigamije gusuzuma aho ibikorwa by’iki kigo bigeze, no kureba gahunda yo kwihutisha ukocyatangira gukorera i Kigali.
-
BNR yazamuye urwunguko rwayo irugeza kuri 7,25%
19 February, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye urwunguko rwayo ruva kuri 6,75% rwari rwashyizweho mu mezi atatu ashize, rushyirwa kuri 7,25% mu guhangana n’izamuka ry’ibiciro ku masoko kugira ngo bigume mu mbago za BNR ziri hagati ya 2% na 8%.
-
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
24 October 2025, by ISIMBI EstellaAmbasaderi Urujeni Bakuramutsa uhagarariye u Rwanda muri Loni no mu yindi miryango mpuzamahanga iherereye i Genève mu Busuwisi, yashyikirije Perezida Karin Keller-Sutter impapuro zo guhararira u Rwanda muri iki gihugu cyo mu Burayi bwo hagati.
-
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia,Abiy Ahmed,yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
29 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed Ali, yageze mu Rwanda mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri, bikaba biteganyijwe ko ari bubonane na Perezida wa Repubulika,Paul Kagame.
Yageze mu Rwanda kuri uyu wa 29 Kanama 2021, aho yakiriwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta.
Minisitiri Abiy asanzwe ari inshuti y’u Rwanda ndetse si ubwa mbere arugendereye kuko no mu myaka ishize yabikoze ndetse na Perezida Kagame asura (…) -
Col.Ngabo Janvier wari mu bakomeye mu ngabo za FLN yishwe na FARDC
29 December 2020, by Dusingizimana RemyCol.Ngabo Janvier wari ushinzwe ibikorwa bya gisiliikare G3 muri CNRD/FLN yishwe n’ingabo za FARDC ahitwa Muzimu muri Kivu y’amajyepfo nkuko umuvugizi w’izi ngabo za RDC yabitangaje.
-
Minisitiri Busingye yasabye Dr Kayumba kureka kwibasira Fiona Muthoni Ntarindwa umurega gushaka kumusambanya ku ngufu
29 March 2021, by Martin MunezeroMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, kuri uyu wa 28 Werurwe 2021 yabujije Dr Christopher Kayumba kureka kwibasira umukobwa umushinja kugerageza kumufata ku ngufu.
-
Ibisobanuro n’ingaruka z’umwanzuro wa Trump wo guhagarika Visa z’abimukira ku Banyarwanda
15 January, by ISIMBI EstellaUbutegetsi bwa Donald Trump bwafashe umwanzuro wo guharika by’agateganyo gutanga Visa z’abimukira, ni ukuvuga abantu bashaka gutura muri Amerika mu gihe kirekire, baturutse mu bihugu 75 birimo n’u Rwanda.
-
Uganda: Museveni yongeye kwanikira Bobi Wine mu majwi
16 January 2021, by Dusingizimana RemyKu munsi wa kabiri ibyavuye mu matora yo ku wa kane birimo kubarurwa muri Uganda, aho Perezida Yoweri Museveni umaze imyaka 35 ku butegetsi ahanganye n’umunyamuziki wahindutse umunyapolitike Robert Kyagulanyi, uzwi ku izina rya Bobi Wine.
-
Rusizi: Umugabo yafashwe ari gucukura imva ngo agurishe imbaho n’umucanga byayo
27 October 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo utuye mu kagari ka Bununga mu murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi yaguwe gituma n’abaturage ari gutaburura imva y’umuntu wapfuye taliki 20 Ukwakira, 2020,ashyingurwa taliki 25 Ukwakira, 2020.
Umuryango.rw
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayoboye Ikigo cya Afurika gishinzwe Imiti
BNR yazamuye urwunguko rwayo irugeza kuri 7,25%
Amb Bakuramutsa yashyikirije Perezida Keller-Sutter impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda mu Busuwisi
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia,Abiy Ahmed,yasuye u Rwanda [AMAFOTO]
Ibisobanuro n’ingaruka z’umwanzuro wa Trump wo guhagarika Visa z’abimukira ku Banyarwanda