Hirya no hino mu Mujyi wa Kigali hakomeje kubakwa ibikorwa remezo bifasha abatuye uyu mujyi kubona ahantu heza ho gukorera siporo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kicukiro: Umujyi wa Kigali ugiye gukora inzira zihariye z’abakora siporo n’abanyamaguru
27 October 2023, by Dusingizimana Remy -
Misante yahumurije Abanyarwanda bikangaga ko Marburg yabashyiramuri Guma mu Rugo
29 September 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yatangaje ko nubwo icyorezo cya Marburg cyagaragaye mu Rwanda, nta kintu na kimwe gihagaritswe.
-
Leta yazaniye abamotari kasike nshya zisimbura izimenyerewe
27 May 2024, by Dusingizimana RemyMu Rwanda hegejejwe ingofero z’abamotari zikomeye zitezweho kugabanya imfu zituruka ku mpanuka za moto. Ministre w’ibikorwa remezo yavuze ko zitangira gukoreshwa uyu munsi, izisanzwe zikajya zigabanuka ku masoko buhoro buhoro.
-
MINALOC yashyize hanze amabwiriza mashya agomba kugenga amadini arimo kuyabuza kubatiza
31 July 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yasohoye amabwiriza mashya agenga imikoreshereze y’insengero mu gihe cya #COVID19 arimo ko imihango yo kubatizwa itemewe n’ibijyanye no gutura,guhazwa,igaburo ryera n’ibindi.
-
Ni Amahugu cg ni Akarengane? Umudiyasipora n’Umujyi wa Kigali rurageretse
7 May, by Joseph IradukundaMuri 2019 Kayitare yaguze ikibanza na Ibrahim mu Murenge wa Kigali (Norvege)
-
Perezida Kagame yatangije umushinga wo kubaka inzu zo guturamo ziri ku giciro kiringaniye [AMAFOTO]
11 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye itangizwa ry’umushinga w’amacumbi agezweho witwa ’Bwiza Riverside Homes’ azubakwa i Karama mu karere ka Nyarugenge.
Uyu mushinga w’inzu zihendutse, wagizwemo uruhare ku bufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda na sosiyete ADHI aho hazubakwa amazu asaga 2200.
Perezida Kagame yashimiye ADHI yemeye gufatanya na Leta y’u Rwanda kubaka aya mazu meza azafasha Abanyarwanda n’abandi bose gutura heza.
Ati "Ndashimira ubufatanye bwabayeho hagati ya ADHI na (...) -
Uko “Grace Room” ya Kabanda yatangiriye mu kinyoma igasoreza mu kindi
13 May, by Joseph IradukundaUbwo Juliene Kabanda yari agonzwe n’ikibazo cy’amashuli abuze Diplome ya Tewologiya, Umugabo we wari ufite itorero yatse ibyangombwa muri RGB bya Grace Room Ministry ishamikiye ku itorero rye Jubile Revive Center!
-
Akana Alice wahoze arwanya Leta ngo Gitwaza na Minisitiri Busingye batumye ahinduka
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUmukobwa wa Aloys Nsekarije witwa Akana Alice wahoze mu matsinda y’ abarwanya Leta y’ u Rwanda yatangaje ko inama yagiriwe na Gitwaza na Minisitiri Busingye zatumye abona ko inzira arimo atari nziza afata icyemezo cyo gutaha mu Rwanda ubu aravuga ko yishimiye uburyo abayeho kuva yagera mu Rwanda.
-
Ibyo kwitega ku mukino wa Arsenal na PSG zamamaza Visit Rwanda
29 April, by Joseph IradukundaNyuma y’ibyumweru bibiri, imikino ya UEFA Champions League irasubukurwa kuri uyu wa Kabiri, tariki 29 Mata 2025 hakinwa iya ½.
-
RIB yabuze aho Umuyobozi muri RMB yavanye Imitungo ya Miliyoni 800!
14 May, by Joseph IradukundaMu bimenyetso by’ibirego Abayobozi b’Ikigo cya Mine, Gaz na Peteroli bafunzwe harimo na mesaje bandikiranaga n’Abafite ibirombe!
0 | ... | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | ... | 3420