Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 30 Mutarama 2026, Perezida Paul Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana, Ndaba Gaolathe, baganira ku kongerera imbaraga ubufatanye buri hagati y’iki gihugu n’u Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana
30 January, by Brenda MIZERO -
Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025
3 December 2025, by Brenda MIZEROUbushakashatsi kuri Ruswa mu Rwanda [Rwanda Bribery Index: RBI] bwa 2025, bwagaragaje ko mu nzego zagaragayemo ruswa cyane muri uyu mwaka ziganjemo Urwego rw’Abikorera, Inzego z’ibanze n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ingufu, REG.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Bernard Makuza wabaye Minisitiri w’Intebe akayobora Sena nawe yagiye muri Tour du Rwanda 2021
3 May 2021, by Dusingizimana RemyMakuza Bernard wabaye Minisitiri w’Intebe ndetse na Perezida wa Sena akomeje kugaragaza urukundo akunda imikino kuko uyu munsi yashyigikiye umukino wo gusiganwa ku magare aho yagaragaye aho etape ya Kigali-Huye yatangiriye ari kumwe n’abakinnyi barimo aba SACA yambaye imyenda ya siporo.
Abakinnyi 80 nibo bahatanye muri Tour du Rwanda 202,bakinnye agace ka kabiri kuri uyu wa mbere aho bahagurutse i Kigali berekeza i Huye,ku ntera y’ibilometero 120.5.
Bernard Makuza akunda kugaragara (…) -
Musanze:Abapadiri babiri bahaniwe kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
12 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri iki cyumweru tariki ya 11 Ukwakira nibwo Polisi ikorera mu Ntara y’Amajyaruguru yakoze igikorwa cyo kugenzura ko amadini n’amatorero bikorera muri iyi Ntara byubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 mu gihe bari mu mihango y’amasengesho isanga abapadiri 2 bishe aya mabwiriza.
-
Barumiwe, baragowe - Perezida Kagame avuga ku kaga abaturage bahura na ko iyo bashaka serivisi
19 December 2025, by Brenda MIZEROPerezida Kagame yavuze ko igihe kizagera abaturage bakazajya bashaka inkoni bagakubita abayobozi kubera kwifuza serivisi ntibazihabwe, atanga ingero za ruswa n’ibindi bikiri ikibazo mu miyoborere bituma abayoborwa bahura n’ingaruka nyinshi.
-
Umwami wa Yorodaniya yabwiye amagambo akomeye Perezida Kagame nyuma yo gusura u Rwanda
9 January 2024, by Dusingizimana RemyUmwami wa Yorodaniya yagaragaje ko yanyuzwe n’ukuntu yakiriwe mu Rwanda ndetse ashimira Perezida Kagame uko yahinduye u Rwanda rukaba icyitegererezo nyuma y’ibihe bibi cyane yanyuzemo.
-
Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington
17 March, by ISIMBI EstellaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko hari itsinda ry’u Rwanda ryitabiriye ibiganiro by’inyabutatu bigomba guhuza u Rwanda na RDC hamwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bikabera i Washington D.C.
-
Urukiko rwategetse Umuhumuza wayoboye WASAC gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisèle, wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba
29 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu kuvuga ku mwana hagomba kubamo uruhare rw’umubyeyi we n’abamwegereye ari mpamvu muri iyi nkuru , tugiye kurebera hamwe uko wamufasha akavuga neza amagambo amwe n’amwe. Niba uri umubyeyi cyangwa ukaba uzi umuntu ufite umwana iyi nkuru uyimusangize.
-
Umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe waragabanyutse - MINISANTE
27 January, by Brenda MIZEROUmunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr. Yvan Butera yatangaje umubare w’Abanyarwanda bafite Ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanyutse ugereranyije n’imyaka itanu ishize, aho byavuye kuri 20,5% mu 2018, bigera kuri 18,6% mu 2025.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yakiriye Visi Perezida wa Botswana
Urwego rw’abikorera, Inzego z’ibanze na REG ku isonga y’ibyamunzwe na ruswa mu 2025
Musanze:Abapadiri babiri bahaniwe kurenga ku mabwiriza yo kurwanya COVID-19
Barumiwe, baragowe - Perezida Kagame avuga ku kaga abaturage bahura na ko iyo bashaka serivisi
Umwami wa Yorodaniya yabwiye amagambo akomeye Perezida Kagame nyuma yo gusura u Rwanda
Intumwa z’u Rwanda zitabiriye ibiganiro na RDC i Washington
Urukiko rwategetse Umuhumuza wayoboye WASAC gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Ababyeyi! Uko wakwigisha umwana wawe kuvuga neza kandi vuba
Umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe waragabanyutse - MINISANTE