Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Amb. Christine Nkulikiyinka, yatangaje ko hagati ya 2017 na 2024, mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 harimo irenga miliyoni 1,4 yahangiwe abari mu cyiciro cy’urubyiruko.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 mu myaka irindwi
20 October 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yamaganye abayobozi ba siporo bimitse ruswa bakangiza abakinnyi
23 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yanenze imico mibi ya ruswa ivugwa muri Siporo, avuga ko uyu mwuga udashobora gutera imbere mu gihe amikoro make ahari agenda akajya ku muntu umwe cyangwa babiri.
-
Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro
21 September 2023, by Dusingizimana RemyKazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha 10 by’ubwicanyi yakoreye mu Karere ka Kicukiro yagejejwe imbere y’Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro atangira kuburanishwa ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo.
-
Umugore wa Perezida Ntaryamira wapfanye na Habyarimana yahishuye uko umwavoka wabo yariye impozamarira bahawe ku rupfu rwe
6 April 2024, by Dusingizimana RemyUmunyamategeko w’Umubiligi wari uhagarariye umuryango wa Ntaryamira ndetse n’iy’abaminisitiri babiri b’Abarundi bapfanye nawe, arashinjwa ko yanyereje amafaranga y’ubwishingizi SONARWA yari yarishye ku bantu bari mu ndege ya Habyarimana yarashwe kuwa 06 Mata 1994.
-
Umuryango wa Perezida Kagame wungutse undi musirikare ukomeye
14 December 2024, by Joseph IradukundaBrian Kagame, umwana muto wa Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa gatanu yarangije amasomo ya gisirikare yo ku rwego rwa Officer Cadet ku ishuri rikuru rya gisirikare rikomeye ryo mu Bwongereza rya Royal Military Academy Sandhurst.
-
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri
17 April 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Mata 2020, Perezida Paul Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ry’iyakure, yigaga ku ngamba zo guhashya Coronavirus no guhangana n’ingaruka zayo yaje kurangira abagize Guverinoma bongereye gahunda ya Guma mu rugo iminsi 11 n’ukuvuga,kugeza kuwa 30 Mata 2020.
-
UMUHOZA Aurelie umwe mu bayobozi ba ADEPR akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba
6 March 2021, by UbwanditsiUmuhoza Aurelie w’imyaka 39 uyu munsi ni umuyobozi ushinzwe ubukungu,imari n’imishinga muri ADEPR kuva muri 2017, akaba ariwe wasigaye mubo bari kumwe muri biro nyobozi ya ADEPR kuko abandi bakuwe mu nshingano zabo na RGB kuwa 02/10/2020 kubera ibibazo by’imiyoborere mibi,imikorere n’imikoranire mibi
Icyo gihe Umuhoza Aurelie yahise ahabwa inshingano zijyanye n’imicungire y’abakozi n’umutungo kugeza igihe abazayobora ADEPR mu gihe cy’inzibacyuho bazashyirirwaho.
Kuwa 08/10/2020 ubwo (…) -
U Rwanda rwamaganye ‘icyemezo giteye isoni’ cya Canada
4 March 2025, by Joseph IradukundaGuverinoma y’u Rwanda yamaganye iya Canada yarwitiriye gukorera ibyaha birimo ubwicanyi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Karongi: Perezida Kagame yababajwe n’imibereho y’abatuye mu mudugudu wa Rugabano
28 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakomereje uruzinduko rwe mu Karere ka Karongi aho yasuye imisozi ihinzemo icyayi mu Murenge wa Rugabano.
Kuri iki cyumweru,wari umunsi wa kane Perezida Kagame asura abaturage bo mu ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba aho yababajwe cyane n’imibereho y’abaturage bo mu mudugudu wa Rugabano.
Perezida Kagame yanenze uko aba baturage babayeho ndetse avuga ko nta suku bafite ndetse n’ubukene bubugarije.
Ati “Hari aho nanyuze mu nzira nza, hari umudugudu wubatswe kandi (…) -
M23 na RDC mu mishyikirano i Kampala
22 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTILeta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe wa M23, kuva kuri uyu wa Mbere tariki ya 22 Nyakanga batangiye ibiganiro by’ibanga bigamije guhosha amakimbirane amaze imyaka irenga ibiri hagati y’impande zombi.
Umuryango.rw
Mu Rwanda hahanzwe imirimo miliyoni 1,7 mu myaka irindwi
Perezida Kagame yamaganye abayobozi ba siporo bimitse ruswa bakangiza abakinnyi
Kazungu Denis yavuze impamvu yatumye yica abakobwa urw’agashinyaguro
Umugore wa Perezida Ntaryamira wapfanye na Habyarimana yahishuye uko umwavoka wabo yariye impozamarira bahawe ku rupfu rwe
Umuryango wa Perezida Kagame wungutse undi musirikare ukomeye
Gahunda ya Guma mu rugo yongereweho iminsi 11 n’Inama y’Abaminisitiri
U Rwanda rwamaganye ‘icyemezo giteye isoni’ cya Canada
Karongi: Perezida Kagame yababajwe n’imibereho y’abatuye mu mudugudu wa Rugabano
M23 na RDC mu mishyikirano i Kampala