Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR) igaragaza ko mu 2024, Abaturarwanda 36 021 bapfuye mu 2024, ku bw’impamvu zitandukanye.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
25 April 2025, by ISIMBI Estella -
Perezida Kagame yatabarije Afurika iri kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe
14 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yasabye umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa gahunda zemejwe zigamije kurwanya ihindagurika ry’ibihe, agaragaza ko kutabikora biri kugira ingaruka zikomeye ku Mugabane wa Afurika.
-
Intambara iri kuba muri Kongo ntitunguranye-Perezida Kagame
30 January 2025, by Joseph IradukundaPerezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko ibyago by’intambara abaturage bo mu burasirazuba bwa Congo barimo bidatunguranye, kuko ngo byahereye mu myaka irenga 20 ishize ubwo Abatutsi bameneshwaga bakaza kuba impunzi mu Rwanda.
-
RIB yataye muri yombi abantu batatu bakekwaho gushaka gucikisha Col Byabagamba muri gereza
24 April 2020, by Dusingizimana RemyUbugenzacyaha bw’u Rwanda buvuga ko bwataye muri yombi John Museminali, Mugisha Jimmy na Mukimbili Emmanuel bashinjwa gushaka gutorokesha Col Tom Byabagamba aho afungiye.
-
Min Evode Uwizeyimana na Isaac Munyakazi beguye, bashobora no gukurikiranwa mu nkiko
7 February 2020, by NIYIGABA DC CLEMENTKu mugoroba wo kuri uyu wa kane taliki 6 Gashyantare 2020 nibwo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera Ushinzwe kurinda Iremezo ry’Itegeko Nshinga n’andi Mategeko ndetse n’Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Isaac Munyakazi byatangajwe ko batanze amabaruwa y’ubwegure.
-
Leta y’u Rwanda yasubitse igitaraganya ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali no gutwara abantu kuri moto
1 June 2020, by Dusingizimana RemyHabura amasaha make ngo ingendo zambukiranya intara zose z’igihugu n’umujyi wa Kigali ngo zitangire n’abamotari bagasubira mu kazi,Itangazo ryavuye mu biro bya minisitiri w’Intebe ryavuze ko uyu mwanzuro ugihagaritswe ndetse abantu bazamenya ibizakurikiraho mu itangazo rizaturuka mu nama y’Abaminisitiri iteganyijwe kuwa kabiri kamena 2020.
-
APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro 2025 itsindiye Rayon Sports
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuKuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya 14, nyuma yo gutsindira Rayon Sports ku mukino wa nyuma wabereye kuri Stade Amahoro ibitego 2-0, unaba uwa mbere ubonetsemo intsinzi n’ibitego muri ine aya makipe amaze kuhahurira mu mezi 11 kuva yavugururwa.
-
Perezida Kagame yasubije uwamubajije niba guhirika ubutegetsi byashoboka mu Rwanda n’impamvu atarahura na perezida w’u Burundi
29 January 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame aherutse kugirana ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique, asubiza ibibazo bitandukanye ku ngingo zirimo ibivugwa ku Rwanda, ku karere na Afurika ndetse no ku buzima bwe bwite.
Perezida Kagame yabajijwe ku byerekeye guhirika ubutegetsi bikomeje kwiyongera muri Afurika ndetse abazwa niba mu Rwanda bitashoboka.
Abajijwe niba guhirika ubutegetsi mu Rwanda byashoboka nkuko byabaye muri Sudani,Burkina Faso,Guinea n’ahandi yagize ati "Ntabwo mbizi, ariko reka mbisobanure mu (…) -
U Bwongereza bwahakaniye u Rwanda rubwishyuza za miliyari
5 March 2025, by Pacifique NKURUNZIZAGuverinoma y’u Bwongereza yatangaje ko nta yandi mafaranga buzishyura u Rwanda, nyuma yo gusesa amasezerano yerekeye abimukira ibihugu byombi byari byarasinyanye.
-
Icyo ubuyobozi bw’ akarere ka Ruhango buvuga ku kibazo cy’ umupolisi ushinjwa gukubita umuturage agapfa
16 September 2018, by Nsanzimana ErnestUbuyobozi bw’ akarere ka Ruhango ntabwo buvuga rumwe n’ abaturage ku mvano y’ urupfu rwa Matabaro Faustin wo mu murenge wa Kinazi bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitwa n’ umupolisi witwa Shumbusho Jean Damascene.
Umuryango.rw
Abaturarwanda ibihumbi 36 bapfuye mu 2024, havuka ibihumbi 417
Perezida Kagame yatabarije Afurika iri kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe
Intambara iri kuba muri Kongo ntitunguranye-Perezida Kagame
Leta y’u Rwanda yasubitse igitaraganya ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali no gutwara abantu kuri moto
APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro 2025 itsindiye Rayon Sports
Perezida Kagame yasubije uwamubajije niba guhirika ubutegetsi byashoboka mu Rwanda n’impamvu atarahura na perezida w’u Burundi
U Bwongereza bwahakaniye u Rwanda rubwishyuza za miliyari