Urukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin Munezero -
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
23 January, by Brenda MIZEROUbushakashatsi butandukanye ku ihohotera rishingiye ku gitsina bugaragaza ko abana bakiri mu mashuri biganjemo abangavu bahohoterwa kugeza no ku guterwa inda, ndetse abarenga 70% babyaye muri ubwo buryo bagahita bava mu ishuri.
-
Ibyemezo by’ inama idasanzwe y’ abaminisitiri yo ku wa 16 Werurwe 2018
16 March 2018, by Nsanzimana ErnestNone ku wa Gatanu, tariki ya 16 Werurwe 2018, Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
Inama y’Abaminisitiri yamenyeshejwe aho imyiteguro y’inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iteganyijwe kubera mu Rwanda ku itariki ya 21 Werurwe 2018 igeze, ishima ko imyiteguro irimo kugenda neza, inzego zose zibishinzwe zirimo gukora ibyo zisabwa.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama (…) -
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
16 January, by Brenda MIZEROImibare ituruka mu nzego z’ubuzima mu Rwanda irerekana ibimenyetso ko indwara ya malaria yaba yarongeye kubura umutwe, nko mu mezi atatu ya nyuma ya 2025 abantu barenga ibihumbi 600 barayirwaye.
-
Umubano ukomeje kuba mwiza hagati y’umuhungu wa Museveni na Perezida Kagame
11 February 2022, by SHEMA EMMANUELLt Gen Muhoozi ukomeje kugaragaza ubushake mu gutuma u Rwanda na Uganda byongera kunoza umubano,akomeje kwerekana ko ibihugu byombi ari abavandimwe kandi kuva na kera ariko byahoze.
-
Abakoloni bambuye umuryango mugari inshingano zo kurera abana- Rutaremara
31 December 2025, by Brenda MIZEROUmuyobozi Mukuru w’Urwego Ngishwanama rw’Inararibonye Hon Tito Rutaremara, yerekanye uko Abakoloni mu Rwanda bambuye ubabasha Umuryango Mugari wahoranye bwo kurera abana buharirwa ababyeyi bababyara gusa, none byatumye benshi batagira uburere bukwiye kugeza n’ubu.
-
BNR yijeje ko ibiciro ku isoko bitazakomeza kuzamuka
1 December 2025, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yijeje Abanyarwanda ko ibiciro ku isoko bitazatumbagira ngo birenge mu mbago ziri hagati ya 2-8% haba mu mpera z’uyu mwaka ndetse n’utaha wa 2026, kandi ko umwaka wa 2025 uzarangira impuzandengo y’umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro y’umwaka wose uri kuri 6.9%.
-
Uganda yavuze ko abaturage bayo 50 bafungiwe mu Rwanda bidakurikije amategeko hanyuma u Rwanda ruyisaba ibintu bisaga 5 by’ingenzi
14 February 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatanu taliki ya 14 Gashyantare 2020, nibwo habaye inama ya gatatu ya Komisiyo ihuriweho n’u Rwanda na Uganda yo gusuzuma ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo kugarura umubano hagati y’u Rwanda na Uganda.
-
Joseph Kabila wari Perezida wa Kongo ntabwo aziyamamaza
8 August 2018, by Nsanzimana ErnestEmmanuel Ramazani Shadary, niwe mukandida uzahagararira ihuriro ry’ amashyaka ari ku butegetsi muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Kongo (FCC), mu matora ya Perezida ateganyijwe tariki 23 Ukuboza 2018.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko MONUSCO ntacyo yamariye RDC
10 March 2025, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye (MONUSCO) ntacyo zamariye Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nubwo zashoweho amafaranga menshi.
Umuryango.rw
Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ku bakiri mu mashuri mu mibare
Hari gukorwa iki mu guhangana na Malaria yarwawe n’abarenga miliyoni mu 2025?
Umubano ukomeje kuba mwiza hagati y’umuhungu wa Museveni na Perezida Kagame
Abakoloni bambuye umuryango mugari inshingano zo kurera abana- Rutaremara
BNR yijeje ko ibiciro ku isoko bitazakomeza kuzamuka
Perezida Kagame yashimangiye ko MONUSCO ntacyo yamariye RDC