Perezida Kagame yayoboye Inama y’Abaminisitiri muri Village Urugwiro, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020,yafatiwemo ingamba zijyanye no guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-1 aho ibitaramo ndangamuco bizagenda bifungura buhoro buhoro ariko hubahirijwe amabwiriza yo kwirinda iki cyorezo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Gukorera imyitozo muri Gym n’imyidagaduro itandukanye byakomorewe n’Inama y’Abaminisitiri
27 November 2020, by Dusingizimana Remy -
M23 yasubije abakomeje kuyishinja kurasa indege ya MONUSCO
6 February 2023, by Dusingizimana RemyIngabo za Loni zishinzwe kubungabunga amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) zatangaje ko indege yazo yarashweho n’abataramenyekana, umuntu umwe akahasiga ubuzima.
Amakuru yahise atangira gukwirakwizwa ko iyi ndege yarashwe na M23 ikomeje gushyamirana na FARDC.
Umuvugizi wa M23 Maj. Willy Ngoma, yavuze ko iyo ndege ikwiye kubazwa ingabo za RDC (FARDC) n’abambari bazo ari bo FDLR, Nyatura, Mai-Mai n’indi mitwe yitwaje intwaro bakorana kuko iyo ndege (...) -
Kizito Mihigo yasubiye imbere y’ urukiko
14 May 2018, by Nsanzimana ErnestMu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2018 Kizito Mihigo, na Jean Dukuzumuremyi bitabye urukiko rw’ ikirenga ngo bongere baburanishwe kuko muri 2015 bajuriye, gusa Ntamuhanga Cassien watorotse gereza ntiyitabye urukiko.
-
Perezida Kagame na Madamu we bunamiye intwari z’Igihugu
1 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bunamiye Intwari z’Igihugu banashyira indabo ku kimenyetso cy’ubutwari kiri ku gicumbi cy’Intwari i Remera mu Karere ka Gasabo, Umujyi wa Kigali.
Intwari z’Igihugu zizihizwa kuri uyu wa 1 Gashyantare 2023, mu Rwanda.
Ni ku nshuro ya 29 u Rwanda rwizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu.Uw’uyu munsi ufite insanganyamatsiko igira iti ‘Ubutwari mu Banyarwanda, Agaciro kacu’.
Ku rwego rw’Iigihugu, umuhango wo kwizihiza Intwari z’u Rwanda wabereye i Remera ku (...) -
Amashuri yo mu mujyi wa Kigali agiye gufunga icyumweru kubera#CHOGM
13 June 2022, by Dusingizimana RemyGuhera tariki 20 kugeza tariki 26 Kamena 2022, amashuri yo muri Kigali azaba afunze. MINEDUC ivuga ko biri mu rwego rwo koroshya ingendo mu Mujyi wa Kigali mu gihe hazaba habera inama ya #CHOGM2022.
Itangazo MINEDUC yashyize hanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Kamena, rivuga ko ibyo byatekerejweho mu rwego rwo kwirinda ko iyi nama yabangamira ingendo z’abanyeshuri n’abarimu babo.
Rikomeza rivuga ko amashuri yose yo mu Mujyi wa Kigali azafunga kuva ku wa 20 kugeza 26 Kamena, ibizamini (...) -
COVID-19 yabonetse muri Afurika y’Epfo na UK yageze no mu Rwanda
22 March 2021, by Dusingizimana RemyAmoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y’Epfo yabonetse no mu bipimo byafashwe mu Rwanda, nk’uko byemejwe na minisitiri w’ubuzima.
-
Perezida Ndayishimiye yahishuye ko u Burundi n’u Rwanda bigiye kubana neza vuba
25 January 2021, by Dusingizimana RemyNyuma yo gutorwa k’umunyamabanga mukuru mushya w’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, Perezida Evariste Ndayishimiye yavuze ko yizeye ko mu gihe cya vuba u Rwanda n’u Burundi bizongera kubana neza.
-
Bamporiki yitabye urukiko ataha ataburanye
16 September 2022, by Joseph IradukundaUrukiko rukuru rwa Nyarugenge rufashe umwanzuro wo gusubika urubunza rwa Bamporiki Eduard, kubera impavu yarugaragarije yo kutagira umwunganira mu mategeko.
Kuri uyu wa Gatanu,tariki ya 16 Nzeri 2022,nibwo Bamporiki Edouard uregwa ibyaha bifitanye isano na ruswa yitabye Urukiko, urubanza rwe rurasubikwa ku mpamvu z’uko yagaragaje ko nta mwunganizi afite.
Ubushinjacyaha bwasabye ko uru rubanza rwazasubukurwa tariki ya 21/9/2022.
Urukiko ruhaye ishingiro ubwo busabe.
Dosiye ya Bamporiki (...) -
Guverinoma y’u Rwanda yiyemeje kudakomeza gusubiza ibihuha byibasira ubuyobozi bw’igihugu
28 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yatangaje ko nyuma y’aho muri iyi minsi hongeye kwaduka ibikorwa by’abakoresha itangazamakuru bibasira ubuyobozi bw’Igihugu n’abaturage muri rusange, bagamije inyungu za politiki, yahisemo kudakomeza gusubiza ibyo bihuha bidafite ishingiro kuko yabisobanuye kenshi mu buryo buhagije.
-
Ubushinjacyaha bwagarutse mu mizi ibimenyetso ku byaha uko ari 17 Nsabimana Callixte wiyise Sankara byose aregwa n’abaregera indishyi bariyongera
28 January 2020, by Martin MunezeroUrukiko Rukuru urugereko rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka rukorera mu Karere ka Nyanza rwasubukuye urubanza rurengwamo Nsabimana Callixte wiyise Sankara wahoze ari umuvugizi w’inyeshyamba za FLN ku byaha 17akurikiranweho n’ubushinjacyaha.
0 | ... | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | ... | 3420