Abategura irushanwa rya Miss USA bateguye amahugurwa adasanzwe ku bakobwa bazitabira iri rushanwa nyuma y’urupfu rwa Miss Cheslie Corrinne Kryst wegukanye iri Kamba muri 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Miss USA 2022 agiye gutorwa mu ngamba zikarishye nyuma yo kwiyahura kwa Miss Cheslie
25 March 2022, by Rebecca UFITAMAHORO -
Commonwealth yatangaje igihe inama ya CHOGM igomba kubera i Kigali izabera
23 September 2020, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame n’Umunyamabanga Mukuru wa Commonwealth,Patricia Scotland uyu munsi batangaje amatariki mashya y’Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya Common wealth CHOGM2021 yari yasubitswe kubera Covid-19.
-
Ifoto y’umunsi:Perezida Kagame na Museveni bahuriye mu irahira rya Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye
25 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame na Museveni wa Uganda bahuriye mu muhango wo kurahira kwa perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa bicara ku ntebe zegeranye.
-
Covid-19 yo mu bwoko bwa Delta yandura vuba cyane yagaragaye mu Rwanda
8 July 2021, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’ubuzima Dr. Daniel Ngamije yatangarije RBA ko mu Rwanda habonetse abarwayi bagaragaje ibimenyetso bya COVID-19 yihinduranyije yiswe Delta yandura vuba cyane.
Minisitiri Ngamije yabwiye Radio Rwanda ko hari ibimenyetso bifatika by’uko Delta yaba yarageze no mu Rwanda hashingiwe ku masuzuma amaze iminsi akorwa n’inzego z’ubuzima.
Yagize ati “Ibipimo turi gufata biri kutwereka ko hari ibimenyetso simusiga ko Delta ihari mu Rwanda turabibona. N’ubukana bw’indwara, n’iyo (…) -
Leta izagaburira imiryango ibihumbi 210 muri Guma mu rugo//Hari abahitanwe na Covid-19 barakingiwe
15 July 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane,habaye ikiganiro n’abanyamakuru cyitabiriwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,Gatabazi JMV,Minisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,Minisitiri w’Ubucuruzi n’inganda,Habyarimana Beata,Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima,Dr.Mpunga Tharcisse n’umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda,CP John Bosco Kabera.
-
U Rwanda rwamaganye iby’uko rwakiriye abimukira 4000 bavuye muri Israel
11 February 2018, by Iyamuremye JanvierLeta y’u Rwanda yakuyeho urujijo rw’inkuru zimaze iminsi zitambutswa mu binyamakuru zavugaga ko rwakiriye abimukira mu buryo bw’ibanga bo muri Israel mu myaka ine ishize.
Ibi byose byaturutse ku kuba muri iyi minsi hari inkuru zakwirakwije mu b’ibinyamakuru byo muri Israel byavugaga y’uko kuri uyu wa Gatanu w’iki cyumweru Leta y’u Rwanda yanze kuganira n’abadepite bo ku ruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi muri Israel ku kibazo cy’abimukira.
Umwe Badepite witwa Michal Rozin wageze mu (…) -
U Rwanda rwasubije Guverinoma y’u Burundi yarushinje igitero cya Gerenade i Bujumbura
12 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yanyomoje ibirego iherutse gushinjwa n’u Burundi byo kugira uruhare mu bitero bya gerenade zatewe mu mujyi wa Bujumbura kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gicurasi 2024.
-
Depite Dr. Frank Habineza yasabye abayobozi ba RURA kwegura niba badashoboye gukorera abanyarwanda
19 October 2020, by Dusingizimana RemyUmuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umudepite,Dr.Frank Habineza yasabye Urwego ngenzuramikorere kwegura niba rudashoboye gukorera abanyarwanda.
-
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu yindi nama yiga ku mutekano wa RDC
14 February 2023, by Dusingizimana RemyUwungirije Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Congo, Christophe Lutundula n’Umuvugizi wa Guverinoma ya Congo akaba na Minisitiri w’Itumanaho, Patrick Muyaya bavuze ko hateganyijwe indi nama i Addis Ababa muri Ethiopia,izahuza abakuru b’ibihugu barimo Perezida Kagame na Tshisekedi.
Iyi nama ngo igamije gusuzuma ibimaze kugerwaho bijyanye no kugarura amahoro muri Congo, no gusubiza umubano w’u Rwanda n’icyo gihugu mu buryo.
Abakuru b’Ibihugu batandukanye mu (…) -
Ibitaro bya Nyarugenge bigiye kwakira abarwayi basanzwe nyuma y’igabanuka ry’aba Covid-19
1 November 2021, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ubuzima,RBC, cyatangaje ko bitewe n’ubwandu bwa COVID19 bukomeje kugabanuka, Ibitaro by’Akarere bya Nyarugenge byavurirwagamo abarwaye COVID19 bigiye kuvura n’indwara zisanzwe.
Umuryango.rw
Miss USA 2022 agiye gutorwa mu ngamba zikarishye nyuma yo kwiyahura kwa Miss Cheslie
Commonwealth yatangaje igihe inama ya CHOGM igomba kubera i Kigali izabera
Covid-19 yo mu bwoko bwa Delta yandura vuba cyane yagaragaye mu Rwanda
Leta izagaburira imiryango ibihumbi 210 muri Guma mu rugo//Hari abahitanwe na Covid-19 barakingiwe
U Rwanda rwasubije Guverinoma y’u Burundi yarushinje igitero cya Gerenade i Bujumbura
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye guhurira mu yindi nama yiga ku mutekano wa RDC
Ibitaro bya Nyarugenge bigiye kwakira abarwayi basanzwe nyuma y’igabanuka ry’aba Covid-19