Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange muri Kigali, ikigo cya Volcano Express cyongerewe mu byari bisanzwe bifite inshingano zo gutwara abagenzi muri uyu mujyi.
Ni icyemezo gikubiye mu itangazo RURA yashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 7 Kanama 2022, mu rwego rwo kunganira imodoka nke zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri Kigali.
Ubusanzwe mu Mujyi wa Kigali hakoraga ibigo bitatu byahawe isoko muri 2013, birimo icya KBS, RFTC (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Volcano Express igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali
7 August 2022, by Dusingizimana Remy -
U Rwanda rurashinja DR Congo ‘guhitamo inzira y’imirwano’
25 October 2022, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda iravuga ko nubwo perezida wa DR Congo avuga ko bashaka ibisubizo mu nzira za diplomasiya, imvugo n’ibikorwa biheruka byerekana ikinyuranyo kuko “leta ya DR Congo yahisemo gukomeza imirwano ya gisirikare”.
Itangazo rya leta y’u Rwanda riravuga ibi mu gihe imirwano hagati y’ingabo za leta ya DR Congo (FARDC) n’umutwe wa M23 ikomeje kuyogoza muri Rutshuru aho imaze gutuma abarenga 23,000 bava mu byabo kuva kuwa kane.
Iri tangazo rigira riti “Bihabanye n’ibyatangajwe na (…) -
’Abarimu ntabwo bahembwa, biriya ntabwo ari uguhembwa’ PS Imberakuri
15 August 2018, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi w’ ishyaka PS Imberakuri ritavuga rumwe n’ ubutegetsi bw’ u Rwanda riri kwiyamamaza mu matora y’ abadepite, risanga ikibazo gikomereye uburezi ari ireme ry’ uburezi naryo riterwa n’ uko abarimu bahembwa make iri shyaka rigereranya no kudahembwa.
-
Leta y’Ubwongereza yasubije abanenze umwanzuro wayo wo kohereza impunzi mu Rwanda
18 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROMinisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo kibazo.
-
Umugore umwe rukumbi uregwa mu rubanza rwa Rusesabagina yavuze uko yashishikarije abakobwa benshi’ kujya muri FLN
20 May 2021, by Dusingizimana RemyAngeline Mukandutiye umugore umwe gusa uregwa mu rubanza ruvugwamo cyane cyane Paul Rusesabagina yemeye icyaha aregwa cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba, yavuze uko yashishikarije abakobwa bari kumwe mu mpunzi kwinjira mu barwanyi ba FLN.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
30 July 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatatu, tariki ya 29 Nyakanga 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
-
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
2 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordania, bwatashywe n’abandi banyacyubahiro bakomeye ku Isi.
-
Perezida Kagame yongeye atungura abaturage i Kabarondo ava mu modoka arabasuhuza[AMAFOTO]
10 June 2019, by Martin MunezeroKuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba bw’igihugu.
-
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
10 October 2025, by Brenda MIZEROUmuhanzi w’inararibonye mu muziki w’u Rwanda, Massamba Intore, yatangaje ko mu 1989 ari bwo yafashe icyemezo cyo kwifatanya n’abandi mu rugamba rwo kubohora u Rwanda, yisunze impano ye y’ubuhanzi yari amaze imyaka akoresha mu gukangurira urubyiruko gukunda igihugu.
-
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?
12 January 2022, by Dusingizimana RemyUmuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda,Alain Mukuralinda yatangaje ko u Rwanda rwishimiye uruzinduko rw’intumwa z’u Burundi mu Rwanda ndetse hari kuganirwa ku kuzahura umubano w’ibihugu byombi kandi amaherezo ibibazo bihari bizashyira bigakemuka.
Mu kiganiro Bwana Mukuralinda yagiranye na BBC,yavuze ko u Rwanda rwishimiye kwakira Minisitiri ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Urubyiruko, Umuco, na Siporo mu Burundi, Amb. Ezéchiel Nibigira na bagenzi be bari boherejwe na Perezida (…)
Umuryango.rw
Volcano Express igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali
U Rwanda rurashinja DR Congo ‘guhitamo inzira y’imirwano’
Leta y’Ubwongereza yasubije abanenze umwanzuro wayo wo kohereza impunzi mu Rwanda
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
Mu ikote yambaraga ku rugamba, Massamba yavuze ku munsi wa mbere ahura na Fred Rwigema
Umubonano w’intumwa z’u Burundi na Perezida Kagame usobanuye iki?