Mu bikorwa byo kugarura amahoro mu ntara ya Cabo Delgabo bikomeje gukorwa n’Ingabo z’u Rwanda zifatanyije niza Mozambique, bakomeje kwigarurira uduce dutandukanye muho ibyihebe bigenda bihungira nkuko byemezwa n’inzego zishinzwe Umutekano muri ibyo bice.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Mozambike:Ingabo z’u Rwanda zigaruriye ibindi birindiro byari byarigaruriwe n’ibyihebe
14 February 2022, by SHEMA EMMANUEL -
Abagabo bakiyumvamo ububasha bwose ku mutungo w’ urugo ni kimwe mu biteza amakimbirane yo mu ngo
31 May 2018, by Nsanzimana ErnestItegeko ry’ umuryango ryo muri 2016 riha abashingiranywe ububasha bungana mu gucunga umutungo w’ urugo nyamara bamwe mu bagabo ntirabyumva baracyagendera ku muco wa kera aho umugabo ariwe wafatiraga urugo ibyemezo byose bikaba ari kimwe mu bitiza umurindi ihohoterwa rikorerwa mu ngo rihitana abarenga 40 buri mwaka
-
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuMichel Kuka Mboladinga wamamaye mu gikombe cya Afurika nka Lumumba kubera kwigaragaza nk’uyu munyapolitiki, warebaga imikino y’Ikipe y’Igihugu ya DRC yose ahagaze atinyeganyeza kuva umukino utangiye kugeza urangiye, yagaragaje agahinda ubwo iyi kipe yasezererwaga, kwihangana bikamunanira, akarira.
-
Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026
22 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmuhuzabikorwa mu bya gisirikare w’Ihuriro AFC/M23, Maj Gen Sultani Makenga yibukije abayobozi muri iri Huriro ko bakiri mu ntambara, kandi ko bakwiye gukomeza kwitonda no kurangwa n’imyitwarire myiza, kuko ari byo bizabafasha kuyitsinda, kandi ko uyu mwaka wa 2026, ugomba kuba uw’akazi gakomeye.
-
Lt Gen Mudacumura wayoboraga FDLR yarasiwe muri RDC arapfa
18 September 2019, by Dusingizimana RemyMu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 18 Nzeri 2019, Gen Mudacumura Syvestre wayoboraga abarwanyi ba FDLR yiciwe mu gitero gikomeye yagabweho n’abarwanyi ba FARDC bari bamaze iminsi babahiga bukware.
-
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yasabye abayobozi gutahiriza umugozi umwe
23 March, by Angeline MUKANGENZIMinisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin yasabye abayobozi bo mu Nzego z’Ibanze n’Inzego nkuru za Guverinoma guharanira gusenyera umugozi umwe kugira ngo banoze inshingano hagamijwe gutanga umusaruro no guteza imbere abaturage.
-
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
10 October 2025, by Brenda MIZEROGuverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko ibyo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavugiye mu nama i Bruxelles mu Bubiligi bihabanye n’ukuri n’imyitwarire yagiye agaragaza kuva mu 2019 abaye Perezida, ndetse n’abandi bategetsi b’icyi Gihugu.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Umusirikare w’u Rwanda yafotowe ari kumwe n’uw’Uburusiya bari kurinda Perezida wa Centrafrique
22 December 2020, by Dusingizimana RemyKu mbuga nkoranyambaga zitandukanye mu Rwanda hakomeje gukwirakwira ifoto y’umusirikare w’u Rwanda n’uw’Uburusiya bafatanyije kurinda Perezida wa Centrafrique uri kwiyamamariza kongera kuyobora iki gihugu Faustin-Archange Touadéra.
-
Hacura iki mu gihe abakomeye bavugwaho ruswa bagakingirwa ikibaba?
18 May 2022, by Joseph IradukundaMu binyamakuru byo mu Rwanda hakomeje kugaragaramo inkuru ya Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ubu uri gukurikiranwa n’inzego kubera ibyaha bya ruswa akekwaho.
-
Umujyi wa Kigali n’utundi turere 8 twashyizwe muri GUMA MU RUGO
14 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 14 Nyakanga 2021,yatangaje ko kuva tariki 17/07/2021 kugeza 26/07/2021, Umujyi wa Kigali n’uturere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, hashyizwe muri Guma mu Rugobitewe n’ubwandu bwa COVID-19 bukomeje kwiyongera bikabije.
Umuryango.rw
Mozambike:Ingabo z’u Rwanda zigaruriye ibindi birindiro byari byarigaruriwe n’ibyihebe
Umufana w’Ikipe ya Congo wabaye ikimenyabose mu Gikombe cya Afurika byarangiye ari amarira
Gen.Makenga yabwiye abo muri AFC/M23 ibizaranga urugamba mu mwaka wa 2026
Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yasabye abayobozi gutahiriza umugozi umwe
U Rwanda rwatamaje Tshisekedi wigize Malayika imbere y’Abanyaburayi
Hacura iki mu gihe abakomeye bavugwaho ruswa bagakingirwa ikibaba?
Umujyi wa Kigali n’utundi turere 8 twashyizwe muri GUMA MU RUGO