Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo by’imyidagaduro byose n’ibindi birori bihuza abantu benshi guhera kuri iki cyumweru tariki 8 Werurwe kugeza igihe icyorezo cya COVIDー19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus kizaganyiriza ubukana.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Umujyi wa Kigali wahagaritse ibitaramo 2 bikomeye kubera icyorezo cya Coronavirus
8 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Ubunini bwa dosiye busubikishije urubanza rw’abo kwa Rwigara
20 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 Ukwakira 2017 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rw’abo mu muryango wa Rwigara; Dianne Rwigara, Anne Uwamahoro Rwigara na Mukangemanyi Rwigara, byimuriwe ku wa 23 Ukwakira 2017.
Ku mugoroba wo kuwa Gatatu nibwo Urukiko rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara. Diane Nshimiyimana Rwigara Ubushinjacyaha (...) -
Umudepite watsinze mu kiciro cy’ abafite ubumuga yamenyekanye
2 September 2018, by Nsanzimana ErnestEugene Mussolini ari we watsinze amatora y’ abadepite mu kiciro cy’ abafite ubumuga mu Nteko Ishinga Amategeko muri manda ya 2018-2023 mu majwi y’ agateganyo. Komisiyo y’ amatora yabitangaje kuri uyu mugoroba wo ku wa 2 Nzeri 2018, nyuma y’ amasaha make amatora y’ abadepite ikiciro cy’ abafite ubumuga arangiye.
-
RDC: Abanyarwandakazi mu bafashwe nyuma y’urupfu rw’umusirikare wa SANDF
25 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIIgisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) cyemeje urupfu rw’umusirikare wacyo warashwe akicirwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) mu cyumweru gishize, bigatuma umubare w’abasirikare bamaze gupfira muri iki gihugu ugera ku icumi muri uyu mwaka. Biravugwa ko hari abakekwa barimo Abanyarwandakazi batatu bamaze gufatwa.
-
Perezida Kagame yagize icyo avuga ku banyarwanda bajya muri Uganda
30 January 2020, by Martin MunezeroPerezida w’u Rwanda Paul Kagame yabivuze kuri uyu Wakabiri muri Kigali Convention Center, ahaberaga umusangiro uhuza aboyobozi bakuru b’u Rwanda n’abanyamahanga bahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda mu mirimo itandukanye ya Politiki.
-
Perezida Kagame yahaye imirimo mishya Gen Nyamvumba n’abandi barimo umukobwa wa Rwigema
28 February 2024, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kabiri tariki 27 Gashyantare 2024 iyobowe na Perezida Paul Kagame,yasabiye General Patrick Nyamvumba guhagararira u Rwanda muri Tanzania, na ho Fatou Harerimana asabirwa kuruhagararira muri Pakistan.
-
Inama idasanzwe y’ abaminisitiri ya tariki 19 Ugushyingo 2018 yahaye benshi akazi hari n’ abasimbujwe
20 November 2018, by UbwanditsiKuri uyu wa Mbere, tariki ya 19 Ugushyingo 2018, Inama y’Abaminisitiri Idasanzwe yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME.
-
Perezida Kagame yahawe igihembo cyo kuba indashyikirwa mu kurwanya Kanseri
27 October 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yahawe igihembo ku bw’umuhate u Rwanda rwagaragaje mu gukumira, kurwanya no kuvura indwara za Kanseri. Ni igihembo gitangwa n’Umuryango Mpuzamahanga Ushinzwe Kurwanya Kanseri [UICC].
-
Icyo dusaba abanyarwanda nibareke gushyira ubuzima bwabo mu kaga bajya ahari icyorezo –Minisitiri Gashumba
2 August 2019, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima, Dr Diane Gashumba, yasabye abanyarwanda baturiye hafi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abajyayo mu bucuruzi n’ibindi guhagarika kujyayo kuko hari icyorezo cya Ebola.
-
Ambasade y’u Bubiligi mu Rwanda yafunze kubera umuntu wayigezemo arwaye Coronavirus
16 March 2020, by Dusingizimana RemyAmbasade y’u Bubiligi mu Rwanda yatangaje ko yafunze imiryango kugeza kuwa 28 Werurwe 2020,nyuma y’uho umwe mu bantu baheruka kuyijyamo mu nama, yatahuweho icyorezo cya Coronavirus.
0 | ... | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | 260 | ... | 3420