Nsengiyumva Janvier wari umukandida wigenga mu matora y’ abadepite ubu aravuga ko kuba yarahawe izina ritari irye ku rupapuro rw’ itora nta ngaruka byamugizeho ahubwo yanyuzwe n’ ibyavuye mu matora.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Kandida- depite wandikiwe amazina atariyo ku rupapuro rw’ itora byarangiye anyuzwe n’ ibyayavuyemo
6 September 2018, by Nsanzimana Ernest -
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
22 September 2025, by ISIMBI EstellaMuhawe ikaze muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare ku munsi wayo wa kabiri. Kuri uyu wa Mbere tariki 22 Nzeri 2025, abakinnyi mu cyiciro cy’abagore bari munsi y’imyaka 23 (Under 23 ITT) barakina basiganwa n’ibihe, ibizwi nka Women Elite Individual Time Trial-ITT).
-
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
27 November 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda nta ruhare rufite mu bibazo biri mu mubano warwo n’u Burundi, ashimangira ko u Burundi ari bwo bwafashe icyemezo cyo gufunga imipaka yo ku butaka.
-
Muzirikane ko ari mwe mbaraga z’Igihugu – Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva abwira abasoje muri Kaminuza y’u Rwanda
17 October 2025, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yabwiye abasoje amasomo muri Kaminuza y’u Rwanda ko uyu ari umunsi wo kubamurika.
-
Kwita Izina 2025: Dore amwe mu mazina y’ibyamamare
5 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu gihe u Rwanda rwitegura igikorwa kimaze kumenyekana ku ruhando mpuzamahanga cyo Kwita Izina abana b’ingagi kizaba kuri uyu wa Gatanu, tariki 5 Nzeri 2025, abarimo ibyamamare bazita amazina abo bana bamaze kumenyekana.
-
Perezida Paul Kagame yahishuye uburyo ibibazo by’imibanire hagati y’u Rwanda na Uganda atari ibya vuba aha
4 February 2021, by Martin MunezeroPerezida w’ u Rwanda, Paul Kagame avuga ko abantu badakwiriye kugira ngo ibibazo by’imibanire hagati y’ u Rwanda na Uganda ni ibya vuba aha, kuko ngo byari bimaze igihe ahubwo bidashyirwa hanze ngo abantu bamenye ko biriho.
-
Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize
15 December 2025, by Brenda MIZEROItorero rya ADEPR mu Rwanda ryatangiye mu 1940 mu Karere ka Rusizi, ubu ni mu Rurembo rwa Gihundwe.
-
Inkingo miliyoni imwe za COVID-19 ziragera i Kigali mu minsi ya vuba cyane
22 January 2021, by Martin MunezeroMu kiganiro Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) yagiranye n’Ikinyamakuru, The New Times yavuze ko u Rwanda rutegereje inkingo miliyoni imwe zikingira Covid-19.
-
Inzego zishinzwe umutekano zishe abagizi ba nabi 19 bateye I Musanze zifata mpiri batanu
6 October 2019, by Dusingizimana RemyInzego zishinzwe umutekano mu Rwanda zateye ba bagizi ba nabi bishe abantu I Musanze zicamo abagera kuri 19 abandi 5 bafatwa mpiri nkuko Polisi y’igihugu yabitangaje uyu munsi.
-
Itangazo ry’ inama y’ abaminisitiri yo ku wa 27 Mata 2018, RAB yahawe abayobozi bashya
28 April 2018, by Nsanzimana ErnestItangazo ry’ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa Gatanu tariki ya 27 Mata 2018 FacebookTwitterWhatsAppEmail 0 27-04-2018 - saa 22:45, IGIHE Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mata 2018, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
1. Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro y’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 11 Mata 2018.
2. Inama y’Abaminisitiri yemeje ubutaka bwegurirwa Minisiteri y’Ingabo.
3. Inama y’Abaminisitiri (…)
Umuryango.rw
Shampiyona y’Isi y’Umukino w’Amagare ikomeje ku munsi wayo wa Kabiri (Live)
Perezida Kagame yakomoje ku gatotsi kari mu mubano w’u Rwanda n’u Burundi
Muzirikane ko ari mwe mbaraga z’Igihugu – Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva abwira abasoje muri Kaminuza y’u Rwanda
Kwita Izina 2025: Dore amwe mu mazina y’ibyamamare
Ibigo by’amashuri birenga 300, ibitaro n’ibikorwa by’ishoramari: ADEPR mu myaka 85 ishize