Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame,yifatanyije n’abatuye umujyi wa Kigali muri siporo rusange kuri iki cyumweru taliki ya 05 Gicurasi 2019.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yitabiriye siporo rusange kuri iki Cyumweru [AMAFOTO]
5 May 2019, by Dusingizimana Remy -
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
7 November 2023, by Dusingizimana RemyUwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Uburundi, Alain Guillaume Bunyoni,yatangiye kuburanishwa mu mizi kuri uyu wa mbere aho yashinje u Rwanda kumuneka binyuze mu kwinjirira ibikoresho bye by’itumanaho.
-
Perezida Kagame yahuriye bwa Mbere mu nama na Ndayishimiye w’u Burundi [Ibyaganiriweho]
20 November 2020, by Dusingizimana RemyUyu munsi habaye inama ya munani yahuje abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ibiyaga bigari, CIRGL, yabaye hakoreshejewe ikoranabuhanga . Mu bakuru b’ibihugu bayitabiriye harimo Perezida w’Uburundi Evariste Ndayishimiye, uw’ u Rwanda Paul Kagame, uwa Republika ya demokarasi ya Kongo na Sudani y’Epfo.
-
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
14 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
-
Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi
2 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari Minisitiri w’ uburezi wumvise ubusabe bwa Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi akemera kugabanya ingengo y’ imari ya UR.
Ubwo kuri uyu wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, Kaminuza y’ u Rwanda yitabaga Komisiyo y’ abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshezere y’ imari ya Leta PAC, UR yabajijwe impamvu hari (…) -
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye RDC yabeshye ku mpamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha
22 July 2025, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasobanuye ko Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu Rwanda, Dr. Vincent Biruta, yagiye mu biganiro byabereye i Doha muri Qatar gushyigikira Ihuriro AFC/M23.
-
I Goma: Abaturage barashaka ko Tshisekedi ava ku butegetsi
1 February 2025, by Joseph IradukundaAbatuye umujyi wa Goma n’impunzi zahunze imirwano yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakoze imyigaragambyo bamagana Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, bamushinja intege nke kuko yananiwe gukemura ibibazo byabo no kubarindira umutekano.
-
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
3 December 2024, by Joseph IradukundaIby’iyi nama izahuriramo ba perezida w’u Rwanda na DR Congo byatangajwe mbere gato y’uko Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika agera muri Angola mu ruzinduko rw’amasaha 72 ahafite.
-
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC
7 December 2025, by ISIMBI EstellaGuverinoma ya Libya n’iy’u Burusiya byakiriye neza isinywa ry’amasezerano y’amahoro n’ubukungu yashyizweho umukono na Perezida wa Reoubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Perezida wa Repunulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) Felix Anoine Tsisekedi Tshilombo, ku wa 4 Ukuboza 2025.
-
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatabarutse ku myaka 82
17 April 2024, by Dusingizimana RemyUmuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana. Nyakwigendera Rujugiro akomoka i Nyanza mu Rwanda yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi.
Umuryango.rw
Mu rukiko Gen Bunyoni yashyize mu majwi u Rwanda kumuneka
NEC yemeje abakandida ntakuka ku mwanya wa Perezida w’u Rwanda
Minisitiri Nduhungirehe yamaganye RDC yabeshye ku mpamvu yajyanye Dr. Biruta i Doha
I Goma: Abaturage barashaka ko Tshisekedi ava ku butegetsi
Perezida Biden wageze muri Angola byitezwe ko we na Lourenço ‘bavuga no ku kibazo cya DR Congo’
U Burusiya na Libya byacyeje amasezerano y’u Rwanda na RDC
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatabarutse ku myaka 82