Umunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Annie umunyarwandakazi wirukanwe igitaraganya muri Uganda yahishuye inzira itoroshye yanyuzemo n’uburyo yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda
5 February 2019, by Martin Munezero -
DRC: Urukiko rwa Gisirikari muri Uvira Rwakatiye Abasirikari 3 Igihano cy’ Urupfu
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUrukiko rwa gisirikare ruherereye Uvira muri Kivu y’ Amajyepfo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu ba FARDC, nyuma y’uko bahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, ubwo barasaga cyane mu bantu bari bicaye biganirira bisanzwe.
-
Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyagabanutse mu Rwanda
5 December 2023Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda cyagabanutse, aho lisansi itagomba kurenza 1639 Frw kuri Litiro na ho mazutu ikaba itagomba kurenza 1635Frw kuri Litiro.
-
Messi yafashije Argentina kwegukana igikombe cy’isi 2022
18 December 2022, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi mu mupira w’amaguru,Lionel Messi yageze ku nzozi ze zo kwegukana igikombe cy’isi mu mupira w’amaguru nyuma yo gutsinda ubufaransa penaliti 4-2 nyuma yo kunganya ibitego 3-3 mu minota 120.
Muri uyu mukino wari ishyiraniro,Argentina yatsinze ibitego 2 mu gice cya mbere ariko Ubufaransa bubyishyura mu minota 12 ya nyuma y’umukino,amakipe yinjira mu minota y’inyongera,Argentina ibonamo igitego kiza kwishyura mu minota 2 ya nyuma n’Ubufaransa.
Uwavuga ko Argentina yayoboye igihe kinini (...) -
Umubare w’abanduye Coronavirus mu Rwanda wiyongereye cyane baba 36
24 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko umubare w’abantu banduye COVID-19 mu Rwanda wavuye ku bantu 19 bagere kuri 36 nyuma y’uko hagaragaye abandi 17 biganjemo abaheruka kuva hanze y’igihugu.
-
Perezida Kagame yashinje Tshisekedi ’kutubahiriza ibyo yumvikanye n’abandi’
9 February 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame w’u Rwanda yashinje mugenzi Felix Tshisekedi wa DR Congo "kutubahiriza kenshi" ibyo yumvikanye n’abandi, “harimo na vuba aha i Bujumbura”.
Mu gihe ibihugu byombi bifitanye ubushyamirane bwa politike bukomeye muri iki gihe, umwanya abakuru babyo babonye bagaruka hari ibyo bashinjanya.
Perezida Tshisekedi ashinja Kagame n’ingabo z’u Rwanda gutera DR Congo aciye mu nyeshyamba za M23 ubu zigaruriye ahantu hanini mu ntara ya Kivu ya ruguru.
Mu ijoro ryo kuwa gatatu mu muhango (...) -
Madamu Jeannette Kagame yasabiye abana ijambo mu igenamigambi
16 June 2018, by Nsanzimana ErnestUbwo hizihizwaga umunsi w’umwana w’umunyafurika, umufasha wa Perezida wa Repubulika y’uRwanda Jeannnette Kagame yasabye inzego z’ubuyobozi kujya zizirikana abana bato mu gihe zikora igena migambi kuko ari bo gishoro cy’ejo hazaza.
-
Hatangajwe igihe filime ivuga ku butwari bw’ingabo 600 za FPR Inkotanyi zari muri CND izagira hanze
22 June 2019, by Martin MunezeroU Rwanda ruri kwizihiza imyaka 25 ishize rubohowe, umunsi nyirizina ukazizihizwa tariki ya 4 Nyakanga uyu mwaka.
-
Musanze: Hatewe ibindi bisasu 2 bivugwa ko byaturutse muri RDC
10 June 2022, by Dusingizimana RemyAhagana mu ma saa tanu zo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Kamena 2022,mu kagari ka Nyabigoma mu murenge wa Kinigi wo mu karere ka Musanze hatewe ibindi bisasu 2 byo mu bwoko bwa Rokete bivugwa ko byaturutse muri Rutshuru muri RDC.
Mu gihe imirwano hagati ya FARDC na M23 ikomeje,ibisasu byongeye kugwa mu Rwanda nyuma y’ibindi byaherukaga guterwa i Musanze kuwa 23 Gicurasi 2022 biturutse muri RDC bikangiza inzu z’abaturage ndetse bikanabakomeretsa.
Nkuko abahaye amakuru Bwiza.com dukesha iyi (...) -
Umukwabu wakuweho ku nshuro ya mbere mu Rwanda kuva muri Werurwe 2020
5 March 2022, by Dusingizimana RemyBwa mbere kuva Tariki ya 21 Werurwe 2020, umukwabu/ curfew mu Rwanda wakuweho nkuko byemejwe mu nana nama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 04 Werurwe 2021.
Ingendo n’ibikorwa byose byemerewe gukomeza umunsi wose (amasaha 24 kuri 24), uretse ibi bikurikira bizajya bifunga saa munani z’ijoro: ibitaramo by’umuziki, kubyina harimo na konseri, utubari, ibirori byo kwiyakira n’ibikorwa by’imikino y’amahirwe byo bizajya bifunga Saa munani z’ijoro.
Uyu mwanzuro uzatangira (...)
0 | ... | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | 250 | ... | 3420