Perezida Kagame yashimiye Abanyarwanda mu byiciro bitandukanye ku musanzu wabo mu iterambere ry’igihugu, avuga by’umwihariko abashinzwe inzego z’umutekano hamwe n’abaturage bakomeje kubumbatira ubumwe.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ni ingabo nahoze iteka nifuza - Perezida Kagame yashimye abashinzwe umutekano
19 December 2025, by Brenda MIZERO -
Perezida Kagame yahaye igisubizo Tshisekedi wageze muri UN ashinja u Rwanda kubagaho igitero
22 September 2022, by Dusingizimana RemyMu nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye(ONU/UN) Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yavuze ko ‘umukino wo gushinjanya udakemura ibibazo’ ubwo yasaga nk’usubiza ibyavuzwe mbere na mugenzi we wa DR Congo.
Muri iyi nama ya 77 iri kubera i New York, Perezida wa Félix Tshisekedi wa DR Congo yashinje yeruye u Rwanda "ubushotoranyi rwihishe muri M23".
Kuwa gatatu, Perezida Kagame we yavuze ko hari “impamvu yihutirwa yo kubona ubushake bwa politiki” mu gukemura “guhera mu mizi” amakimbirane mu (…) -
Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza ku isonga ku rutonde rw’imiyoborere myiza
11 December 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’imiyoborere [RGB] ku nshuro ya 7 rwashyize hanze ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda bizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ’Rwanda Governance Scorecard’ aho Urwego rw’Umutekano rwongeye kwisubiza umwanya wa mbere.
-
Abayobozi bayoboye Umujyi wa Kigali batazava mu mitwe ya benshi
6 April 2023, by Dusingizimana RemyImyaka isaga 115 irashize umujyi wa Kigali uhanzwe n’umudage Richard Kandt,mu gihe hashize imyaka isaga 60 utangiye kwitwa umurwa mukuru w’u Rwanda.
Ugitangira ntiwari Umujyi wari agasantere kadakanganye ariko kuri ubu urirahirwa n’amahanga ndetse usigaye utwara ibihembo bitandukanye ku rwego rw’isi kubera ababize icyuya kugira ngo ube indorerwamo y’u Rwanda.
Nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi,uyu Mujyi wayobowe na Madamu Rose Kabuye [1994-197],Protais Musoni (1997-1999),Marc (…) -
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire
13 October 2025, by Brenda MIZEROUwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Sadate Munyakazi, yabwiye urubyiruko ko rukwiye gukunda ubukire ariko bazabugeraho baciye mu nzira nziza zitari izirimo ubujura n’ibisa na bwo.
-
RIB yerekanye abakekwaho ubwambuzi bushukana
21 April, by Angeline MUKANGENZIkuri uyu wa 21 Mata 2026, Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha (RIB) rwerekanye abantu icyenda bibumbiye mu matsinda abiri bose bahuriye ku gukora ubwambuzi bushukana, bagatandukanira ku mayeri bakoresheje.
-
Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe
20 April, by ISIMBI EstellaTariki ya 20 Mata 2026 leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu.
Kuri iyi tariki uwari Perezida wa Leta y’abicanyi, Theodore Sindikubwabo yagiye muri Komini Ndora na Shyanda mu karere ka Gisagara, akangurira Abahutu kurimbura Abatutsi.
Kuri uwo munsi mu mujyi wa Butare, Perefe Nsabimana wari waraye yimitswe na Sindikubwabo yakoresheje inama ya Perefegitura, ikaba yari igamije gutegura uburyo Jenoside yagombaga gukorwa muri Perefegitura ya Butare.
Ni nawo munsi hishweho umwamikazi Rosalie Gicanda mu mujyi wa Butare. -
U Rwanda rurasaba urwego ruhangana n’imvugo z’urwango mu Karere
24 February, by ISIMBI EstellaU Rwanda rwasabye ko hashyirwaho itsinda ryihariye rishinzwe guhangana n’imvugo z’urwango, kubera ko ukudahana imvugo mbi zikomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga, biteza umutekano muke mu Karere k’Ibiyaga Bigari.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu Bubiligi
9 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida Paul Kagame ari mu Bubiligi mu nama y’Abakuru b’Ibihugu yiga uko Isi yarushaho kwegerana, no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu.
-
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington
24 April, by ISIMBI EstellaIntumwa z’u Rwanda n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zahuriye mu nama ya gatanu y’akanama gashinzwe gukurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano amaze hafi umwaka asinywe n’ibihugu byombi.
Umuryango.rw
Ni ingabo nahoze iteka nifuza - Perezida Kagame yashimye abashinzwe umutekano
Perezida Kagame yahaye igisubizo Tshisekedi wageze muri UN ashinja u Rwanda kubagaho igitero
Abayobozi bayoboye Umujyi wa Kigali batazava mu mitwe ya benshi
Sadate Munyakazi yagiriye inama urubyiruko yarugeza ku bukire
RIB yerekanye abakekwaho ubwambuzi bushukana
Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe
U Rwanda rurasaba urwego ruhangana n’imvugo z’urwango mu Karere
Perezida Kagame yitabiriye inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu Bubiligi
U Rwanda na RDC byongeye guhurira ku meza y’ibiganiro i Washington