Polisi y’u Rwanda yashyikirije abaturage ibikorwa yabageneye byatwaye amafaranga y’u Rwanda agera kuri 997 000 000 Frw, basabwa kurushaho kwirinda no gukumira ibyaha kuko bidindiza iterambere ryabo.
Byatashywe kuri uyu wa Kabiri ubwo hasozwaga Police Week, yakozwemo ibikorwa bitandukanye bigamije iterambere ry’abaturage.
Mu gihugu hose Polisi yubakiye abaturage inzu 30 aho buri karere kubatswemo imwe, imirasire y’izuba 4578, ubwisungane mu kwivuza ku bantu 1600 n’imodoka yahawe Umurenge wa (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Polisi y’u Rwanda yubakiye Abanyarwanda ibikorwa bifite agaciro k’arenga miliyoni 900 FRW
28 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Abanyarwanda begukanye imidali 2 ya zahabu muri Kigali Peace Marathon
20 June 2021, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru, mu Mujyi wa Kigali habaye isiganwa rya 16 rya Kigali Peace Marathon 2021, ryatangijwe na Minisitiri wa Siporo Aurore Mimosa Munyangaju ari kumwe na Minisitiri Kayisire Marie Solange ndetse na Meya w’Umujyi wa Kigali Pudence Rubingisa.
-
RDC ntishaka amahoro nubwo yasinye umwanzuro wo gusenya FDLR-Nduhungirehe
28 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko nubwo intumwa za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasinye umwanzuro wo gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, zitifuza ko akarere k’ibiyaga bigari kabonekamo amahoro.
-
U Rwanda rwasubije Guverinoma y’u Burundi yarushinje igitero cya Gerenade i Bujumbura
12 May 2024, by Dusingizimana RemyGuverinoma y’u Rwanda yanyomoje ibirego iherutse gushinjwa n’u Burundi byo kugira uruhare mu bitero bya gerenade zatewe mu mujyi wa Bujumbura kuri uyu wa Gatanu tariki 10 Gicurasi 2024.
-
Akarere ka Rubavu kashyizwe mu kato ka "Guma mu karere" kubera Covid-19
16 June 2021, by Dusingizimana RemyKubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera mu Karere ka Rubavu, hafashwe icyemezo cyo kugashyira muri Guma mu karere nkuko byatangajwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu.
-
RDC: Abasirikare bakomeye ba FARDC batumijwe i Kinshasa kubera M23
21 March 2024, by Dusingizimana RemyAbasirikare bakomeye ba FARDC bayoboye imirwano na M23 barimo Gen. Chiko Tshitambwe, bahamagajwe i Kinshasa kugira ngo batange ibisobanuro ku ifatwa ry’umujyi wa Rwindi uherutse kwigarurirwa n’inyeshyamba za M23 nta mirwano ibaye.
-
Dosiye ya Munyenyezi Beatrice ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yashyikirijwe ubushinjacyaha
21 April 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatatu, RIB yashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Munyenyezi Beatrice ukurikiranyweho ibyaha bitandukanye birimo gutegura no gucura umugambi wo gukora Jenoside, kurimbura nk’icyaha cyibasiye inyoko muntu ndetse n’ubufatanyacyaha mu gusambanya ku gahato, byakorewe mu cyahoze ari Komini Ngoma muri Perefegitura ya Butare.
-
John Magufuli arashyingurwa uyu munsi mu gace yavukiyemo
26 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu munsi bashyinguraho John Magufuli, Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan yatangaje ko ashimira abatanzania bose, abakuru b’ibihugu, ibitangazamakuru, abahanzi…na "buri wese wabanye natwe muri iki gihe gikomeye ku gihugu cyacu".
-
Annie umunyarwandakazi wirukanwe igitaraganya muri Uganda yahishuye inzira itoroshye yanyuzemo n’uburyo yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda
5 February 2019, by Martin MunezeroUmunyarwandakazi Annie Tabura wakoreraga MTN-Uganda akaba aherutse kwirukanwa nabi muri iki gihugu ashinjwa imigambi yo guhungabanya umutekano wa Uganda, yahishuye inzira yanyuzemo n’uko byamugendekeye kugeza yisanze mu ndege imusubiza mu Rwanda.
-
DRC: Urukiko rwa Gisirikari muri Uvira Rwakatiye Abasirikari 3 Igihano cy’ Urupfu
24 July 2024, by Thierry NGIRINSHUTIUrukiko rwa gisirikare ruherereye Uvira muri Kivu y’ Amajyepfo, rwakatiye igihano cy’urupfu abasirikare batatu ba FARDC, nyuma y’uko bahamijwe ibyaha birimo ubwicanyi no gusesagura amasasu, ubwo barasaga cyane mu bantu bari bicaye biganirira bisanzwe.
0 | ... | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | 230 | 240 | ... | 3420