Abinjiza amafaranga make, barimo n’umwarimu w’ishuri ribanza Angelique Uwubuntu, bazatangira muri uku kwezi k’Ugushyingo, guhabwa umushahara wigiye hejuru nyuma y’uko guverinoma igiye gushyira mu bikorwa itegeko ry’imisoro y’amafaranga yinjiye ryo mu 2022.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta igiye gutangira kugabanya imisoro ku binjiza amafaranga make
4 November 2023, by Dusingizimana Remy -
Muhanga: Hitabajwe ubwato bwa Gisirikare nyuma yo kugongana kw’amato 2 abantu bakarohama
4 January 2022, by Dusingizimana RemyUbwato bw’ibiti bubiri bwagonganiye ku cyambu kiri ku kiraro giheruka gucika gihuza Akarere ka Muhanga na Gakenke,bamwe mu bagenzi babanza kuburirwa irengero. Iyi mpanuka yabereye mu mugezi wa Nyabarongo mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 03 Ukuboza 2022 ubwo ubwato bwavaga mu Karere ka Muhanga bwagonganaga n’ubwavaga mu Karere ka Gakenke.
Ubwo bwato bwari butwaye abantu bari bagiye guhahira muri Muhanga n’abajyaga mu bikorwa by’ubucukuzi mu Karere ka Gakenke, abantu barenga 40 (…) -
Ibyo Perezida Putin na Xi bemeje ku ntambara ya Ukraine
22 March 2023, by Dusingizimana RemyUmugambi w’amahoro w’Ubushinwa kuri Ukraine ushobora gukoreshwa nk’ibanze mu kurangiza intambara, nk’uko Perezida Vladimir Putin abivuga.
Gusa Putin yavuze ko uwo mugambi ushoboka ari uko gusa “Uburengerazuba na Kyiv biteguye”.
Putin yahuye na Perezida Xi Jinping w’Ubushinwa kuwa kabiri i Moscow ngo baganire kuri iyi ntambara, hamwe n’umubano w’ibihugu byabo.
Umugambi w’Ubushinwa watangajwe mu kwezi gushize, ntabwo uzasaba weruye Uburusiya kuva muri Ukraine.
Kuwa mbere, Antony (…) -
Perezida Kagame na Madamu we bakingiwe Covid-19 [AMAFOTO]
11 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 11 Werurwe 2021,Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19 ku mugaragaro.
Kuri uyu munsi wa Gatandatu u Rwanda rutangiye ku mugaragaro ibikorwa byo gukingira icyorezo cya Covid-19 gikomeje koreka isi yose,Nyakubahwa Perezida Kagame na Madamu we Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19.
Aba banyacyubahiro bakingiriwe ku Bitaro byitiriwe Umwami Faisal ku Kacyiru mu Mujyi wa Kigali.
Mu minsi ishize perezida Kagame yavuze ko ari iby’agaciro kuba (…) -
Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bagiye kugabana Miliyari 4 Frw mu 2024/25
11 December 2024, by Joseph IradukundaMiliyari enye z’amafaranga y’u Rwanda ni yo azasaranganywa abaturage baturiye Pariki y’Igihugu y’Ibirunga mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2024/2025.
-
Perezida Kagame na Madamu we bashyize indabo ku mva y’Intwari z’igihugu [AMAFOTO]
1 February 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we,Jeannette Kagame bashyize indabo ku mva y’Intwari z’Igihugu ku Gicumbi cy’Intwari i Remera mu mujyi wa Kigali ndetse baranazunamira.
Perezida Kagame na Madamu we,Jeannette Kagame bashyize indabyo ku mva y’Intwari z’igihugu mu kwizihiza ku nshuro ya 28 umunsi w’intwari,no guha icyubahiro intwari z’u Rwanda zashyizwe mu byiciro by’ Imanzi na Imena.
Icyiciro cy’ Imanzi kirimo Intwari y’ikirenga yakoze ibikorwa by’indashyikirwa, byaranzwe no (…) -
’Kongo iyobowe n’umuntu udashoboye"-Senateri Evode
26 February 2024, by Dusingizimana RemySenateri Uwizeyimana Evode yavuze ko ibibazo bikomeye Leta ya Congo iri gukomeza kwikururira bishingiye ku gufata abaturage n’abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwari ikabaha intwaro ibita ‘Wazalendo’.
-
Seif Bamporiki wari umukuru wa RNC yarasiwe muri Afurika y’Epfo arapfa
22 February 2021, by Dusingizimana RemyUmunyarwanda Seif Bamporiki wari uyoboye umutwe a’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda wari impunzi muri Africa y’Epfo yishwe arashwe.
-
U Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na DRC mu nyungu z’umutekano warwo
6 November 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb. Nduhungirehe Olivier Jean Patrick, yavuze ko u Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu nyungu z’umutekano warwo.
-
Kwibuka24: ‘Kwibuka ntibizahagarara’ Perezida Kagame
7 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasobanuye byimbitse icyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi aricyo ku Banyarwanda yongeraho ko kwibuka bitazahagaragara ndetse ko n’ abatibuka baba birengagiza ukuri.
Umuryango.rw
Leta igiye gutangira kugabanya imisoro ku binjiza amafaranga make
Muhanga: Hitabajwe ubwato bwa Gisirikare nyuma yo kugongana kw’amato 2 abantu bakarohama
Ibyo Perezida Putin na Xi bemeje ku ntambara ya Ukraine
Perezida Kagame na Madamu we bakingiwe Covid-19 [AMAFOTO]
Abaturage baturiye Pariki y’Ibirunga bagiye kugabana Miliyari 4 Frw mu 2024/25
Perezida Kagame na Madamu we bashyize indabo ku mva y’Intwari z’igihugu [AMAFOTO]
’Kongo iyobowe n’umuntu udashoboye"-Senateri Evode
U Rwanda rwiteguye gusinya amasezerano na DRC mu nyungu z’umutekano warwo