Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare mu ngabo z’u Rwanda, Col François Regis Gatarayiha agirwa umuyobozi mukuru wungirije ushinzwe ubutasi mu gisirikare n’Umuyobozi w’ishami ry’Ikoranabuhanga.
Perezida Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakoze impinduka mu gisirikare ku buryo bukurikira:
Col François Regis Gatarayiha yagizwe Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe ubutasi mu gisirikare n’Umuyobozi w’ishami rishinzwe (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare
17 December 2021, by Dusingizimana Remy -
Iyo Imana iza kumbwira ko Shanita aba Nyampinga yari kuba we byanze bikunze - Bishop Rugagi
1 March 2018, by Muhire JasonBishop Innocent Rugagi, umushumba w’ itorero abacunguwe riherutse gufungirwa urusengero kubera urusaku yahakanye yivuye inyuma ko atigeze avuga ko Shanita azaba Nyampinga w’u Rwanda 2018.
Mu cyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga benshi bari biteze ko Umunyana Shanitah agomba kwegukana ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2018 ,nyuma yuko Bishop Rugagi amurambitseho ibiganza akamusabira umugisha mu rusengero asanzwe abereye Umuyobozi Mukuru arirwo Redeemed Gospel Church .
Mu kiganiro (…) -
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare
21 September 2025Muri aya masaha ya nyuma ya saa sita shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare icyiciro cy’abagabo irakomeje. Ku ikubitiro abakinnyi barahagurukira kuri BK Arena basoreze kuri Kigali Convention Center (KCC).
-
Perezida Biden yaganiriye bwa mbere na Xi Jinping w’Ubushinwa bamaze iminsi barebana ay’ingwe
11 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Joe Biden yamubwiye ku burenganzira bwa muntu muri Xinjiang mu kiganiro cya mbere kuri telephone yagiranye na mugenzi we w’Ubushinwa Xi Jinping, nk’uko ibiro bya White House bibivuga.
-
FERWAFA yatangaje umwanzuro yafashe ku byerekeye isubukurwa rya shampiyona
5 May 2020, by Dusingizimana RemyIshyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda [FERWAFA], ryatangaje ko ryafashe umwanzuro wo gutegereza umwanzuro wa Guverinoma y’u Rwanda ku byerekeye ingamba zo kwirinda Coronavirus uzamenyekana mu byumweru 2.
-
Perezida Kagame yavuze ku iherezo rya coronavirus
30 April 2020, by Martin MunezeroKuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Mata 2020, Perezida Kagame yitabiriye Inama yagutse ya Biro y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabaye hifashishijwe uburyo bw’ikoranabuhanga.
-
Nyanza: Habonetse imbunda mu murima
27 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuMu murima w’umukecuru w’imyaka 70 y’amavuko wo mu Murenge wa Rwabicuma mu Kerere ka Nyanza, habonetse imbunda.
-
Abanyeshuri bigaga mu mashuri abanza n’ayisumbuye bazasibira bose, abiga ikiburamwaka (gardienne) nibo bazimurwa gusa
21 February 2021, by Martin MunezeroInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 19 Gashyantare 2021, yatangaje ko amashuri yose (harimo n’ay’i Kigali yari amaze umwaka wose afunzwe), azatangira amasomo ku wa kabiri tariki 23 Gashyantare 2021, hakaba hari abazasibira n’abazimuka.
-
Amazuku y’ikirunga cya Nyiragongo yahitanye abarenga 15,amazu menshi cyane arashya
24 May 2021, by Dusingizimana RemyDR Congo - Abatuye mu bice by’amajyaruguru ya Goma basubiye mu ngo zabo basanga zahiye nyuma y’uko ikirunga kirutse, benshi kandi bari gushakisha ababo babuze.
-
Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025
4 May 2025, by ISHIMWE Jean de DieuIkigo cy’Igihugu cy’Itaganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko kuva ku wa 4 Gicurasi kugeza ku wa 6 Gicurasi 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi.
Umuryango.rw
Perezida Kagame yazamuye mu ntera bamwe mu basirikare
Icyiciro cy’abagabo muri shampiyona y’Isi y’umukino w’amagare
Nyanza: Habonetse imbunda mu murima
Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025