Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa 15 Werurwe 2020, hagaragaye abandi bantu bane banduye icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus mu Rwanda.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Abandi bantu 4 basanganywe icyorezo cya COVID-19 Coronavirus mu Rwanda
16 March 2020, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yatabarije Afurika iri kugirwaho ingaruka n’ihindagurika ry’ibihe
14 January, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yasabye umuryango mpuzamahanga gushyira mu bikorwa gahunda zemejwe zigamije kurwanya ihindagurika ry’ibihe, agaragaza ko kutabikora biri kugira ingaruka zikomeye ku Mugabane wa Afurika.
-
NEC yahaye ntarengwa abakandida mbere yo gutangira kwiyamamaza
17 June 2024, by Dusingizimana RemyPerezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, Oda Gasinzigwa, yavuze aho abakandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika n’uw’Abadepite batemerewe kwiyamamariza.
-
Perezida Kagame yahishuye impamvu aheruka guha imyanya abakiri bato muri Guverinoma
24 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bashya batatu baherutse kwinjira muri Guverinoma y’u Rwanda,kuri uyu wa Kane,tariki ya 24 Kanama 2023.
-
General Masunzu yahunze
20 February, by Pacifique NKURUNZIZAGen, Masunzu Pacifique wari wahawe akazi ko kwivuna umutwe wa M23, yakijijwe n’amaguru yerekeza i Kisangani.
-
Perezida Kagame yasuye Mozambike [AMAFOTO]
28 October 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame uri mu ruzinduko muri Mozambique yagiranye ibiganiro byo mu muhezo na mugenzi we Filipe Nyusi, bikurikirwa n’ibiganiro abayobozi b’ibihugu byombi bagiranye hari n’intumwa z’ibihugu byombi.
Perezida Kagame yageze i Maputo muri Mozambique aho agirira uruzinduko rw’akazi rw’umunsi umwe.
Umubano mwiza w’u Rwanda na Mozambike niwo utuma aba bakuru b’ibihugu byombi bahura kenshi bakaganira ku bufatanye burimo no kohereza ingabo mu ntara ya Cabo Delgado kurwanya ibyihebe.
U Rwanda (...) -
Abafungwa barengana nyuma bakagirwa abere nibahabwe indishyi z’akababaro - Frank Habineza
4 June, by ISHIMWE Jean de DieuPerezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda, Frank Habineza, avuga ko ishyaka ayoboye rishyize imbaraga mu gushaka umuti w’ibibazo bibangamiye uburenganzira bwa muntu birimo gufunga umuntu igihe kirekire arengana nyamara yaba umwere ntihabwe indishyi z’akababaro, bikarangira abayeho mu buryo bumugoye.
-
Perezida Kagame yamaze kugera muri RDC mu muhango wo gushyingura nyakwigendera Etienne Tshisekedi
31 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Paul Kagame yamaze kugera I Kinshasa aharabera umuhango wo gushyingura umunyapolitiki Etienne Tshisekedi,se wa perezida wa Kongo ubu Felix Tshisekedi,wapfiriye mu Bubiligi muri 2017,Kabila akanga ko umurambo we uzanwa muri Kongo ngo ashyingurwe.
-
Perezida Kagame agiye gusura uturere 6 mu ntara y’Amajyaruguru n’Uburengerazuba
6 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye gusura uturere 6 tugize intara y’amajyaruguru n’uburengerazuba bw’u Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri taliki ya 07 Gicurasi 2019.
-
Dr Muligande yagaragaje imvano y’ ibibazo byugarije UR kugeza ubwo imodoka zibura lisansi
2 October 2017, by Nsanzimana ErnestUmuyobozi wungirije wa Kaminuza y’ u Rwanda, ushinzwe iterambere Dr Charles Muligande wigeze no kuba Minisitiri w’ uburezi yavuze ko ibibazo byugarije UR muri iyi minsi byatewe n’ uko hari Minisitiri w’ uburezi wumvise ubusabe bwa Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi akemera kugabanya ingengo y’ imari ya UR.
Ubwo kuri uyu wa Mbere tariki 2 Ukwakira 2017, Kaminuza y’ u Rwanda yitabaga Komisiyo y’ abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshezere y’ imari ya Leta PAC, UR yabajijwe impamvu hari ibikorwa (...)
0 | ... | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | 220 | ... | 3420