Nyuma y’imyaka igera kuri itanu ubwe atagaragara cyane muri politike n’itangazamakuru, Joseph Kabila wahoze ari perezida wa DR Congo yatangaje ko iki gihugu "kiri hafi guturika kubera intambara y’imbere" avuga ko ishobora no guhungabanya akarere kose.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
’Igihugu kiri hafi guturika kubera intambara’ – Kabila yavuze nyuma y’imyaka itanu ’acecetse’
24 February 2025, by Joseph Iradukunda -
Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo
11 February, by ISIMBI EstellaUbushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe n’ubudaherarwa bw’Abanyarwanda bwagaragaje ko abantu 61% bemeza ko gahunda yo gutwika imirambo yakemura ikibazo cy’ubutaka bwo gushyinguraho bugenda buba buto.
-
Perezida Kagame yakoze impinduka muri zimwe mu nzego za gisirikare
2 September 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga, Paul Kagame, yahinduye bamwe mu bayobozi b’ingabo, aho Maj. Gen. Emmanuel Bayingana yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira mu kirere.
-
Goma: Urubyiruko rwazindukiye mu myigaragambyo
5 August 2024, by ISHIMWE Jean de DieuUrubyiruko rwo mu Mujyi wa Goma kuri uyu wa Mbere rwaramukiye mu myigaragambyo, rusaba Leta gufata ingamba zo guhosha ubugizi bwa nabi bumaze igihe bwigaragaza muri uwo mujyi.
-
Perezida Kagame yasabye abanyaburayi kugabanya kumva ko bari hejuru mu kubahiriza uburenganzira bwa muntu
24 June 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida Paul Kagame yasabye ibihugu byo ku mugabane w’Uburayi kugabanya kwishyira hejuru bumva ko bari hejuru ku bijyanye no kubahiriza uburenganzira bwa muntu kurusha indi migabane kuko hari ingero nyinshi z’ibyo bakora zibuhonyora.
-
Guinea yashyize iherezo ku nzozi z’u Rwanda zo kugera muri ½ cy’irangiza muri CHAN 2020
31 January 2021, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu “Amavubi” ntiyashoboye kugera ku nzozi yari ifite yo kugera muri ½ cy’irangiza cy’imikino ya CHAN 2020 kuko yatsinzwe na Guinea igitego 1-0 mu mukino wa ¼ cy’irangiza wabereye ku kibuga cya Limbe.
-
Kwa Rwigara banditse bavuga ko ise yishwe na Leta, ngo hari Jenoside imbere aha, Adeline ngo ni ikihebe
16 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa 16 Ukwakira 2017 Diane Rwigara,Anne Rwiagara n’ umubyeyi wabo ,Adeline Rwigara ku nshuro ya gatanu bongeye kugezwa imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu munsi wo kuwa mbere igipolisi cyongereye ingufu bigaragara cyateye ibirindiro mu marembo yombi yinjira mu rukiko umuntu wese winjira kikamusaka cyarangiza kikamwaka ibyangombwa bye bakandika imyirondoro.
Saa mbili n’igice bari bagejejwe mu cyumba cy’iburanisha. Kuri iyi nshuro (…) -
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
30 May 2022, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwahakanye ko rutiteguye guhangana mu ntambara na RDC nkuko hari ibihuha byabivugaga nyuma y’aho RDF isabye iki gihugu kurekura ingabo zacyo bivugwa ko zashimuswe na FARDC ndetse n’umutwe wa FDLR bakorana.
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavugiye kuri Televiziyo y’Igihugu ko nta mwuka w’intambara uri hagati ya RDC n’u Rwanda ndetse ngo ari ibyagombaga kuba baba barirwanyeho ubwo ingabo z’iki gihugu zateraga amabombe ku butaka bw’u Rwanda. (…) -
Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli
15 January 2025, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Gaz na Peteroli, RMB, cyatangaje ko ubushakashatsi bwakozwe mu Kiyaga cya Kivu, bwagaragaje ko hari amariba 13 ya peteroli, hasigaye kumenya neza ingano ya peteroli irimo n’ikiguzi byasaba ngo icukurwe.
-
Rwamagana: Wa mugabo ukekwaho kwica umugore we akamucamo ibice akabijyana mu rufunzo agiye kuburanishwa
9 July 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo tariki 10 Nyakanga 2018 niko akarere ka Rwamagana katangaje.
Umuryango.rw
’Igihugu kiri hafi guturika kubera intambara’ – Kabila yavuze nyuma y’imyaka itanu ’acecetse’
Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo
Goma: Urubyiruko rwazindukiye mu myigaragambyo
"Nta mwuka w’intambara uri hagati y’u Rwanda na RDC"-Leta y’u Rwanda
Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu Kiyaga cya Kivu hari Amariba 13 ya Peteroli