Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ihangayikishijwe n’ifungwa ry’abanyarwanda babiri bashinjwa kuba intasi muri RDC.
ABanyarwanda babiri, Juvenal Nshimiyimana na Moses Mushabe wakoreraga Umuryango mpuzamahanga udakorera inyungu,bafunzwe muri Kanama uyu mwaka n’Ikigo cya Kongo gishinzwe ubutasi (ANR).
Mu kiganiro yahaye BBC kuwa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2022, Yolande Makolo, Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yavuze ko gufungwa na RDC kwa Nshimiyimana na Mushabe bigaragaza uburyo (…)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Guverinoma y’u Rwanda ihangayikishijwe n’abanyarwanda RDC yafunze ibita abatasi bayo
30 December 2022, by Dusingizimana Remy -
António Guterres wa Loni yashimangiye ko umutwe wa FDLRukwiye gusenywa
18 February 2025, by Joseph IradukundaUmunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres yatangaje ko intangiriro yo gukemura ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC ikwiye kuba gusenya umutwe wa FDLR, abanyamahanga bose bahari bagataha na ho abenegihugu bagashaka uko babana mu bumwe buzira amoko abaryanisha.
-
Ishimwe Dieudonne utegura Miss Rwanda yahaye ubutumwa bukomeye abafana ba Mwiseneza Josiane
24 January 2019, by Dusingizimana RemyIshimwe Dieudonne ukuriye Rwanda Inspiration Back up yavuze ko Mwiseneza Josiane akunzwe nkuko n’abandi bakobwa bamwe na bamwe bitabiriye mu myaka ishize ndetse yemeza ko nta gitutu batewe n’abafana be.
-
Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo
26 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUmuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe n’abanye-Congo, bitandukanye n’ibivugwa na leta ya RDC yakunze kuwuhuza n’u Rwanda.
-
MINAGRI yatangaje ikishe ya mafi yo muri Mukungwa
9 November 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ Ubuhinzi n’ Ubworozi mu Rwanda yatangaje ko amafi yo muri Mukungwa yishwe n’ imyanda yavuye mu zimwe mu nganda zo mu ntara y’ amajyaruguru gusa yirinda gutangaza izo nganda izo arizo.
-
Perezida Kagame yashimangiye Ibigwa bya Late Karemera wasezeweho bwanyuma
16 October 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame yavuze ko nyakwigendera ( Rtd) Colonel Joseph Karemera uherutse gutabaruka yari umugabo witangaga muri byose akabikora ari nako yita ku muryango we.
-
‘Mu rukundo iyo hajemo umunabi hakurikiraho urupfu’ Karegeya ukekwaho kwica umugore aho amutabye agateraho imboga
9 March 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Gatanu tariki 9 Werurwe urukiko rwaburanishirije mu ruhame urubanza ruregwamo Karegeya uregwa kwica umugore we aho amuhambye akahatera imboga, Karegeya yaburanye yemera icyaha avuga icyamuteye gukora icyo cyaha anagisabira imbabazi.
Tariki 13 Ukwakira 2017 Karegeya Alfred yishe umugore we Marie Rose Mukeshimana arangije amuhamba mu gikari ateraho imboga bimenyekana nyuma y’iminsi ine(4) aranafatwa.
Iburanisha ryabereye aho icyaha cyakorewe mu murenge wa Remera Akagari ka (…) -
Burera na Gicumbi: Igisirikare cyasabye abayobozi kugisaba umusada niba kurandura amavunja byarananiranye
10 January 2018, by Nsanzimana ErnestAha ingabo z’ u Rwanda zari mu bikorwa bya Army week
Akarere ka Burera kasanze ingo 310 zirwaye amavunja. Ukuriye ingabo mu karere ka Burera na Gicumbi arasaba abayobozi b’ imirenge babona kurandura amavunja byarananiranye kubimenyesha igisirikare.
Umwanda n’ amavunjya mu karere ka Burera na Gicumbi si inkuru nshya. Nk’ uko byatangajwe na City Radio Umuyobozi w’ Akarere ka Burera wungirije Ushinzwe Imibereho Myiza y’ Abaturage Habyarimana Jean Baptiste yavuze ko baherutse gukora igenzura (…) -
Abiyise ‘Marine’ nibo basigaye bateza akajagari muri za cyamunara
28 July 2018, by Nsanzimana ErnestBamwe mu batuye umujyi wa Kigali, bakunze kwitabira cyamunara zitandukanye, baravuga ko babangamiwe cyane n’umutekano mucye bakomeje guterwa n’agatsiko k’abantu biyise Marine, kuko bakubita abitabiriye cyamunara bakanahohotera abahesha b’ inkiko.
-
Abakuru b’ibihugu byo mu karere bihanganishije UK kubera urupfu rw’Igikomangoma Philip
10 April 2021, by Dusingizimana RemyBa Perezida w’u Burundi, Tanzania, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya ni bamwe mu bategetsi b’ibihugu by’amahanga bifatanyije n’Ubwongereza nyuma yuko Igikomangoma Philip atabarutse ku myaka 99.
Mu butumwa bwo kuri Twitter bugenewe Umwamikazi Elizabeth II, Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize ati:
"... Ndashaka kubagezaho ubutumwa bwo kubihanganisha mu kababaro n’abaturage b’Ubwami bw’Ubwongereza. Aruhurikire mu mahoro iteka kandi amasengesho yacu yorohereze (…)
Umuryango.rw
Guverinoma y’u Rwanda ihangayikishijwe n’abanyarwanda RDC yafunze ibita abatasi bayo
António Guterres wa Loni yashimangiye ko umutwe wa FDLRukwiye gusenywa
Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo
Perezida Kagame yashimangiye Ibigwa bya Late Karemera wasezeweho bwanyuma
Burera na Gicumbi: Igisirikare cyasabye abayobozi kugisaba umusada niba kurandura amavunja byarananiranye