Inteko Ishinga Amategeko y’ u Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 9 Ukwakira 2018 yatoye abayobozi b’ amakomisiyo umudepite wavuye mu ishyaka ritavugarumwe n’ ubutegetsi DGPR agirirwa icyizere na bagenzi be naho umudepite wavuye muri PSD atorerwa kuyobora PAC
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Depite Habineza yagiriwe icyizere, Dr Ngabitsinze nawe yasimbuye Hon. Nkusi Juvenal
9 October 2018, by Nsanzimana Ernest -
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri RDC
14 December 2024, by Joseph IradukundaMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Olivier Nduhungirehe, yamaganye amagambo aherutse gutangazwa na Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine Tshisekedi ashinja u Rwanda gutuza Abanyarwanda muri RDC.
-
Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi
20 June 2019, by UbwanditsiBishop Rwagasana Tom, wigeze kuba Umuvugizi wungirije w’Itorero ADEPR yahaye ikiganiro Umuryango cyagarutse ku miyoborere banyuzemo, ibyabavuzweho kurya amafaranga y’itorero, imanza barimo, gucibwa mu Itorero, ibibazo Komite iriho ubu ifite n’umuti babona byafatirwa, uko babayeho ubu n’ibindi.
Byinshi ni muri iki kiganiro twagiranye: -
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
31 December 2025, by Brenda MIZEROMinisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu Rwanda hatangiye guhunda yo kuvugurura uburyo bwo kwigisha ihame ry’uburinganire bw’abagabo n’abagore kuko byagaragaye ko iyo gahunda yumviswe nabi hamwe na hamwe bikaba byaba intandaro y’amakimbirane hagati y’abashakanye.
-
Isubikwa ry’ibiganiro hagati ya KAGAME na Tshisekedi mu mboni ya João Lourenço
17 December 2024, by Joseph IradukundaPerezida wa Angola,akaba n’umuhuza mu bibazo by’umutekano mucye muri RDCono, João Lourenço, yatangaje ko atewe impungenge no kuba u Rwanda na Congo batarumvikanye ku ngingo yuko umutwe wa M23 wajya mu biganiro na leta.
-
Urukiko rwategetse Umuhumuza wayoboye WASAC gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
11 September 2025, by ISHIMWE Jean de DieuUrukiko rwa Nyarugenge rwategetse ko Umuhumuza Gisèle, wari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, afungwa iminsi 30 y’agateganyo.
-
Felix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende Paul Kagame amusaba ko yamufasha RDC igashyirwa muri EAC
13 June 2019, by Dusingizimana RemyUmukuru w’igihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo,Félix Tshisekedi yandikiye ibaruwa ndende mugenzi we Paul Kagame uyoboye EAC muri uyu mwaka,amusaba ko yamufasha igihugu cye cya RDC kikinjira mu muryango wa EAC.
-
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko hashize iminsi 15 atarabona inyandiko imukatira
6 October 2021, by Dusingizimana RemyUmuryango wa Paul Rusesabagina uvuga ko atarashyikirizwa kopi y’inyandiko y’urukiko yo gukatirwa kwe, nyuma y’iminsi 15 ishize urubanza rusomwe.
Bwana Rusesabagina, w’imyaka 67, ku itariki ya 20 y’ukwezi kwa cyenda yakatiwe gufungwa imyaka 25 ahamwe n’ibyaha by’iterabwoba, mu rubanza yafatwagamo nk’uregwa w’ibanze mu bandi 20.
Umunyamategeko ukorera mu Rwanda yabwiye BBC ko "ubundi bagombye gusoma urubanza n’iyo kopi ihari", ariko ko wenda haramutse habayeho ikibazo cy’imyandikire gisaba (…) -
Perezida Kagame yasinye itegeko rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo
3 January 2025, by Joseph IradukundaKomisiyo ishinzwe kuvugurura amategeko yatangaje itegeko teka rya Perezida wa Repubulika rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bw’izabukuru “Pansiyo” ku bakozi.
-
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse mu Rwanda
5 June 2024, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli aho litiro ya lisansi yashyizwe kuri 1,663Frw ivuye kuri 1,764Frw mu gihe litiro ya mazutu izajya igura 1,652Frw ivuye kuri 1,684Frw.
Umuryango.rw
U Rwanda rwamaganye amagambo ya Tshisekedi warushinje gutuza Abanyarwanda muri RDC
Bishop Tom Rwagasana yeruye avuga byinshi kuri ADEPR yigeze kubera umuyobozi
MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi
Isubikwa ry’ibiganiro hagati ya KAGAME na Tshisekedi mu mboni ya João Lourenço
Urukiko rwategetse Umuhumuza wayoboye WASAC gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Umuryango wa Rusesabagina uvuga ko hashize iminsi 15 atarabona inyandiko imukatira
Perezida Kagame yasinye itegeko rizamura imisanzu y’ubwiteganyirize bwa pansiyo
Ibiciro bya Lisansi na Mazutu byagabanutse mu Rwanda