Mu rwego rwo gukurikirana no kugaruza umutungo w’igihugu wanyerejwe n’abayobozi batandukanye, Leta y’ u Rwanda yatangaje ko imaze gufatira ibyangombwa by’ubutaka 234 na konti 29 by’abakekwaho kuwunyereza.
Byatangajwe n’umuyobozi w’ishami ry’ubukungu n’imari muri NPPA, Jean Marie Vianney Nyirurugo, ku wa 4 Mata 2018 ubwo Transparency Rwanda yamurikaga isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi w’Imari ya Leta ya 2015/2016 ku makosa yagiye akorwa n’inzego z’uturere ndetse n’Umujyi wa Kigali agahombya (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta y’ u Rwanda yafatiriye konti 29 n’ ibyangombwa by’ ubutaka by’abakekwaho kunyereza umutungo
6 April 2018, by Nsanzimana Ernest -
Igitero cyo kwihorera cya Israel muri Yemen kibasiye Umujyi wa Hodeidah
21 July 2024, by ISHIMWE Jean de DieuIgitero gikomeye cy’indege cyahungabanyije umujyi wa Hodeidah ku cyambu cyo ku Nyanja Itukura nyuma y’umunsi umwe abayobozi ba Israel bahize ko bazihorera igitero cya drone kibasiye Tel Aviv.
-
Perezida Kagame n’abandi bakuru b’ibihugu na za Guverinoma batangije icyumweru cyo #kwibuka 25[AMAFOTO]
7 April 2019, by Dusingizimana RemyKuri iki Cyumweru taliki ya 07 Mata 2019,nibwo Nyakubahwa perezida wa Repubulika,Paul Kagame, n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bashyize indabo ku mva z’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguwe ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku gisozi ndetse bacana urumuri rw’icyizere.
-
Nyabihu: Umwarimu wari wasezeye ku kazi kubera kwanga kwikingiza Covid-19 yisubiyeho
2 January 2022, by Dusingizimana RemyUmwarimu witwa Ntirujyinama Benjamin wigishaga ku kigo cy’Amashuri cya Nganzo mu Karere ka Nyabihu giherereye mu murenge wa Rugera yanditse ibaruwa isaba gusubizwa ku kazi yari yasezeyeho mu minsi ishize kubera Covid-19.
Uyu mwarimu yandikiye umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu ati "Mbandikiye mbasaba ko mwanyemerera ngakomeza akazi k’uburezi nakoreraga ku kigo cy’amashuri cya Nganzo nari nahagaritse kuri tariki ya 01 Ukuboza 2021 kubera ko ubushake bwo kwikingiza Covid-19 butari bwakabonetse, none (...) -
US: Biden arasatira intsinzi mu gihe Donald Trump yiyemeje kuregera urukiko rw’ikirenga ko yibwe amajwi
5 November 2020, by Dusingizimana RemyUmukandida w’abademokarate Joe Biden yavuze ko arimo gutsinda muri leta zihagije kuburyo yizeye gutsindira kuba perezida w’Amerika, nubwo hakiri ibyavuye mu matora by’ingenzi bitaratangazwa.
-
Abayobozi b’u Rwanda n’aba Uganda nta mwanzuro n’umwe bumvikanyeho mu nama bamazemo amasaha asaga 7
14 December 2019, by Dusingizimana RemyIbiganiro by’amasaha asaga 7 byahuje intumwa z’u Rwanda na Uganda mu nama ya kabiri yiga ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Angola, byasojwe nta mwanzuro uhamye ufashwe nyuma y’uko impande zombi zinaniwe kumvikana ku ngingo zimwe na zimwe.
-
Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma ku Ibanga ry’Amahoro [AMAFOTO]
2 March 2021, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri tariki 2 Werurwe 2021, nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Padiri Ubald bwa nyuma no kumushyingura mu cyubahiro, mu Karere ka Rusizi ahazwi nko ku Ibanga ry’Amahoro.
-
Urukerereza ryasusurukije abitabiriye irahira rya Kenyatta [AMAFOTO]
28 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Kabiri tariki 28 Ugushyingo 2017, muri sitade Kasarani yo mu gihugu cya Kenya habereye umuhango wo kurahiza Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta. Amakuru aturuka muri icyo gihugu aravuga ko hafi y’ iyo sitade polisi ihanganye n’ abatavugarumwe n’ ubutegetsi bahakoreye imyigaragambyo.
Perezida Kenyatta yarahiriye kuyobora manda ya kabili, aherutse gutorerwa. Uyu muhango wabereye muri Sitade ya Kasarani yakira abantu ibihumbi 60. Uyu muhango witabiriwe n’ abakuru b’ ibihugu bitandukanye (...) -
Aba mbere bamaze guhabwa urukingo rwa Covid-19 mu Rwanda
14 February 2021, by Dusingizimana RemyU Rwanda rwatangije gahunda yo gukingira Covid-19,yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi by’umwihariko abita ku barwaye iyi virus mu mavuriro, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima.
-
Gasabo: Umugabo yitwikishije Lisansi ku manywa y’ihangu bimuviramo urupfu
13 December 2020, by Dusingizimana RemyUmugabo witwa Murangwa Omar uzwi ku izina rya Misago wo mu kagari ka Gasagara mu mudugudu wa Rugagi yitwikishije lisansi ku munsi w’ejo tariki ya 12 Ukuboza 2020 ku manywa y’ihangu kubera impamvu itaramenyekana ariko bikekwa ko ari ugufuhira umugore we bari baratandukanye bafitanye abana 2.
0 | ... | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | 180 | 190 | 200 | 210 | ... | 3420