Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ku mutekano wo mu Karere agaragaza ko ibihugu byohereje ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kurwana n’Umutwe wa AFC/M23 ariko bagambiriye kurasa u Rwanda. Mu ijambo rye, yavuze ko izo ngabo zirimo n’Abacancuro iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
5 July 2025, by Joseph Iradukunda -
Nduhungirehe yashyize umucyo ku binyoma bya RDC ikomeje gukerensa FDLR
22 February, by Brenda MIZEROMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, yongeye kugaragaza ibinyoma bya Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ikomeje gukeretsa umutwe w’iterabwoba wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Minisitiri w’Intebe yafunguye ku mugaragaro ikoreshwa ry’imodoka zikoresha amashanyarazi mu Rwanda
29 October 2019, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kabiri,taliki ya 29 ukwakira 2019,Minisitiri w’Intebe Dr. Edward Ngirente yafunguye ku mugaragaro imodoka zikoresha amashanyarazi zigiye gukora bwa mbere mu Rwanda.
-
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi n’abandi icyenda yaburiwe irengero
10 June 2024, by Dusingizimana RemyIndege yari itwaye Visi Perezida wa Malawi Saulos Chilima n’abandi icyenda yaburiwe irengero nk’uko byashimangiwe n’Ibiro bya Perezida wa Malawi binyuze mu itangazo bashyize hanze.
-
Burundi: Abayobozi ba mbere bagize Guverinoma ya Evariste Ndayishimiye bamaze gutangazwa
23 June 2020, by Dusingizimana RemyInteko ishinga amategeko mu Burundi yamaze kwemezwa Alain-Guillaume Bunyoni nka Minisitiri w’Intebe ndetse Prosper Bazombanza agirwa Visi Perezida w’u Burundi.
-
Joe Biden yatorewe kuba Perezida wa 46 wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika
7 November 2020, by Dusingizimana RemyJoe Biden wari umukandida w’Abademokarate niwe wegukanye intsinzi mu matora ya pereziwa wa USA nyuma yo gutsinda mu ntara ya Pennsylvania avukamo,bigatuma agira amajwi 284 kuri 270 yasabwaga.
-
Ibihumbi 700 - Dore ibihano bishya ku makosa yo mu muhanda
7 January, by ISHIMWE Jean de DieuUmushinga w’itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda ukubiyemo ibihano ku bantu batazubahiriza iri tegeko, birimo amande kuva ku 300.000frw kugera kuri 700,000frw ndetse n’igifungo kigera ku mezi atandatu.
-
Messi yaciye agahigo katumye Pele amwandikira ubutumwa bukora ku mutima
20 December 2020, by Dusingizimana RemyKizigenza Lionel Messi yaraye atsinze igitego cyatumye anganya agahigo ko gutsinda ibitego byinshi mu ikipe imwe n’uwahoze ari umukinyi kabuhariwe wa Brezil Pele [643].
-
NAMIBIA:Perezida Kagame na Madamu we bakiranwe icyubahiro kinshi[AMAFOTO]
20 August 2019, by Martin MunezeroKu gicamunsi cy’ejo ku wa mbere, Perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu we Jeanette Kagame, basesekaye i Windhoek mu murwa mukuru wa Namibia bakiranwa icyubahiro kinshi.
-
Umunyemari Paul Muvunyi wayoboye Rayon Sports yatawe muri yombi we n’abandi bantu 3
27 December 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abantu bane barimo Paul Muvunyi, wahoze ari Umuyobozi w’Ikipe ya Rayon Sports, akaba n’umwe mu banyemari bakomeye mu gihugu.
Amakuru dukesha IGIHE ni uko Muvunyi na bagenzi be bafunzwe bakurikiranyweho icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano. Usibye Muvunyi, hafunzwe Rtd Col Ruzibiza Eugène wigeze kuba Umuyobozi ushinzwe Ingabo mu Karere ka Karongi ndetse mu 2015 yari Umuyobozi wa Brigade ya 307 yakoreraga mu Ntara (…)
Umuryango.rw
Iyo bibeshya bakarwana bari gupfa bagashira – Perezida Kagame
Nduhungirehe yashyize umucyo ku binyoma bya RDC ikomeje gukerensa FDLR
Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi n’abandi icyenda yaburiwe irengero
Burundi: Abayobozi ba mbere bagize Guverinoma ya Evariste Ndayishimiye bamaze gutangazwa
Ibihumbi 700 - Dore ibihano bishya ku makosa yo mu muhanda