Leta iravuga ko hari ibibazo bigaragara mu itegeko ryo mu 2016 rigenga abantu n’umuryango birimo uko iryo tegeko ryanditse, ibiburamo n’ibigomba guhuzwa n’andi mategeko kugira ngo “bifashe kubaka umuryango utekanye”.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Menya impinduka zose zikubiye mu itegeko rishya rigenga gushyingiranwa no gutandukana
19 March 2024, by Dusingizimana Remy -
Dr Munyakazi yahanaguweho gukora Jenoside ahanishwa gufungwa imyaka 9
21 July 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko Rukuru rwahamije Dr Léopold Munyakazi icyaha cyo guhakana no gupfobya jenoside rumuhanisha igifungo cy’imyaka icyenda, ariko rumuhanaguraho icyaha Jenoside bitewe n’abatangabuhamya bagiye bavuguruzanya.
-
U Rwanda mu mwijima ruramurika- Perezida Kagame
15 October 2025, by Brenda MIZEROPerezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rwahuye n’ibibazo byinshi birimo Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, ariko agaragaza ko rwagiye rubirokoka rugatera imbere.
-
Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi
19 December 2025, by Brenda MIZEROBazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi mu mavugurura mashya yakozwe mu miterere n’imiyoborere y’uyu muryango.
-
Umwamikazi w’u Bwongereza yatanze
8 September 2022, by Dusingizimana RemyUmwamikazi w’u Bwongereza, Elizabeth II, yatanze kuri uyu wa Kane tariki ya 08 Nzeri 2022, ku myaka 96 y’amavuko.Yari amaze imyaka 70 ku ngoma.
Umwamikazi yimye ingoma mu 1952 kandi yiboneye impinduka nyinshi mu mibereho y’abantu.
Nyuma y’urupfu rwe, umuhungu we w’imfura Charles, wahoze ari igikomangoma cya Wales, azayobora igihugu mu cyunamo nk’umwami mushya.
Mu ijambo rye, Nyiricyubahiro Umwami yagize ati: "Urupfu rwa mama nkunda Nyiricyubahiro Umwamikazi, ni akababaro gakomeye kuri (…) -
Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri
20 April, by ISHIMWE Jean de DieuKiliziya Gatulika mu Rwanda yatangaje inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Padiri Bernard Kyoribona witabye Imana azize uburwayi, aho atabarutse hatarashira amezi abiri undi musaseridoti wakoreraga umuhamagaro we muri Diyoseze ya Butare
-
Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest
12 December 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yabwiye abitabiriye HangaPitchFest 2021 ko hagiye gukorwa ibirenze kugira ngo abitabira iri rushanwa ryo guhanga udushya mu ikoranabuhanga batere imbere kurushaho.
-
Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi yanenze imyitwarire y’igihugu cye ku Rwanda
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuAlain Destexhe wabaye Umusenateri w’u Bubiligi kuva mu 1995 kugeza mu 2011 n’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango MSF w’abaganga batagira umupaka, yanenze ukubogama kw’igihugu cyabo mu makimbirane ari hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
-
Guverineri Christophe uvukana na Corneille Nangaa wa M23/AFC yahunze
18 March 2025, by ISHIMWE Jean de DieuChristophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba.
-
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi
31 July 2021, by Dusingizimana RemyInama y’Abaminisitiri yateranye ku wa Gatanutariki 30 Nyakanga, 2021,yagize Madamu Yolande Makolo Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire we akaba yagizwe Umuvugizi wa Perezidansi y’u Rwanda.
Stephanie Nyombayire yari asanzwe ari umukozi mu Biro bya Perezida wa Repubulika ushinzwe amakuru no kuvuga ibireba biriya biro( Public Relations Office).
Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri (…)
Umuryango.rw
Menya impinduka zose zikubiye mu itegeko rishya rigenga gushyingiranwa no gutandukana
U Rwanda mu mwijima ruramurika- Perezida Kagame
Bazivamo Christophe yagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FPR - Inkotanyi
Umwamikazi w’u Bwongereza yatanze
Nyuma y’amezi abiri Kiliziya Gatolika mu Rwanda yapfushije undi Mupadiri
Perezida Kagame yahaye isezerano rikomeye abitabiriye Hanga PitchFest
Destexhe wabaye Senateri mu Bubiligi yanenze imyitwarire y’igihugu cye ku Rwanda
Guverineri Christophe uvukana na Corneille Nangaa wa M23/AFC yahunze
Guverinoma y’u Rwanda yashyizeho umuvugizi wayo mushya n’uwa Perezidansi