Perezida Paul Kagame yagize Juliana Kangeli Muganza Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB).
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RDB yahawe umuyobozi Mukuru Wungirije wasimbuye Nelly Mukazayire wahawe Minispoc
12 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Perezida Kagame agiye gusura uturere 6 mu ntara y’Amajyaruguru n’Uburengerazuba
6 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame agiye gusura uturere 6 tugize intara y’amajyaruguru n’uburengerazuba bw’u Rwanda guhera kuri uyu wa Kabiri taliki ya 07 Gicurasi 2019.
-
BNR yarangije igerageza rya mbere ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga
27 February, by Brenda MIZEROBanki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yarangije igerageza rito ryitwa “Proof of Concept” ryakozwe ku ishyirwa mu bikorwa ry’Ifaranga-Koranabuhanga rya Banki Nkuru (Central Bank Digital Currency - CBDC), ryiswe e-Franc Rwandais (e-FRW).
-
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
6 November 2024, by Joseph IradukundaUmuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wamaganye abakomeje kuzamura amagambo avuga ko, ‘Ingabo z’u Rwanda (RDF) zaba ziri i Maputo mu murwa Mukuru wa Mozambique mu gufashwa inzego z’umutekano zikomeje guhangana n’Abagigaragambya.
-
Ibikubiye mu ruzinduko rw’Umwamikazi wa Lesotho mu Rwanda
4 December 2025, by Brenda MIZEROUmwamikazi wa Lesotho Masenate Mohato Seeiso, ari mu ruzinduko rwa mbere rw’akazi mu Rwanda rwatangiye tariki ya 3 Ukuboza 2025, rugamije kugirana ibiganiro n’inzego zinyuranye ziganjemo izikora mu rwego rw’ubuzima, uburezi no kongerera ubushobozi urubyiruko.
-
Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zasubiye mu gihugu cyabo
25 November 2025, by ISIMBI EstellaImpunzi z’Abarundi 115 zirimo 107 babaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe n’abandi 8 babaga mu Mujyi wa Kigali, basubiye mu gihugu cyabo.
-
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington
7 July 2025, by Joseph IradukundaMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, MINAFFET, yatangaje ko hari icyizere ko amasezerano u Rwanda na DRC byashyiriyeho umukono i Washington muri Leta zunze ubumwe za Amerika, ashobora gutanga umusaruro.
-
RBA shyizeho abayobozi bashya barimo Ufitinema Maurice wahahoze
5 November 2024, by Joseph IradukundaIkigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyakoze impinduka mu buyobozi bwacyo aho Uwayo Divin yagizwe Umuyobozi wa Radiyo za RBA, yungirijwe na Nyinawumuntu Ines Ghislaine, mu gihe Munyarukumbuzi Emmanuel yagizwe Umuyobozi wa Televiziyo y’u Rwanda, yungirijwe na Ufitinema Remy Maurice.
-
Byinshi kuri ACP Lynder Nkuranga wabaye umugore wa mbere uyoboye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka
7 September 2021, by Dusingizimana RemyLynder Nkuranga, umwe mu bagore bacye bari mu rwego rwo hejuru mu mapeti ya polisi y’u Rwanda yagizwe umukuru w’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka.
Itangazo rya Minisitiri w’intebe w’u Rwanda ryo kuwa mbere nijoro, rivuze ko aje gusimbura Lt Col François Regis Gatarayiha wari ukuriye urwo rwego kuva mu 2018.
Ni ibisanzwe ko abategetsi mu myanya yo hejuru bakurwaho ntihavugwe impamvu, rimwe na rimwe Perezida Paul Kagame ubwe akaba ari we uyivugaho.
Mu gihe ntakiratangazwa (…) -
Rwanda:Bamwe mu baturage barasaba ko abayobozi bakuru bafata iya mbere bagatanga urugero mu gufata urukingo rwa Covid-19
16 February 2021, by Martin MunezeroBamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali bavugako bishimira ko igikorwa cyo gukingira abantu Covid19 cyatangiye, bakanifuza ko gukingirwa byakorerwa mu ruhame cyangwa ahantu hazwi, ndetse n’abayobozi bagatanga ingero bityo abantu bagatinyuka nabo bakikingiza bitewe n’amakuru atandukanye bafite ku nkingo.
Umuryango.rw
RDB yahawe umuyobozi Mukuru Wungirije wasimbuye Nelly Mukazayire wahawe Minispoc
BNR yarangije igerageza rya mbere ku ikoreshwa ry’ifaranga koranabuhanga
Uburayi bwatije ijwi u Rwanda bwamagana abashinja u Rwanda kohereza ingabo i Maputo
Ibikubiye mu ruzinduko rw’Umwamikazi wa Lesotho mu Rwanda
Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zasubiye mu gihugu cyabo
U Rwanda rwiteze umusaruro ku masezerano ya Washington
RBA shyizeho abayobozi bashya barimo Ufitinema Maurice wahahoze
Byinshi kuri ACP Lynder Nkuranga wabaye umugore wa mbere uyoboye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka