Minisiteri y’ubuzima yatangaje ko mu mavuriro atandukanye yo mu Rwanda, hagaragaye indwara y’umuriro mwinshi iterwa na Virusi ya Marburg.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
MINISANTE yemeje ko Virusi ya Marburg ijya gusa na Ebola yageze mu Rwanda
27 September 2024, by Joseph Iradukunda -
Umunyamakuru Pascal Habababyeyi witabye Imana yenda kurushinga yasezeweho bwa nyuma
27 December 2024, by Joseph IradukundaUmunyamakuru Pascal Habababyeyi wakoreraga Radio&TV 10 yaherekejwe bwa nyuma, mu gahinda gakabije ku muryango we n’abo bakoranye mu bihe bitandukanye bahamya ko yababereye umujyanama ukomeye kandi bazigiraho byinshi.
-
Gen Muhoozi yanditse kuri X ye ko adashaka gusimbura se kuko UPDF ikimukeneye
21 September 2024, by Joseph IradukundaUmugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atacyiyamamarije kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri 2026; aharira se Yoweri Kaguta Museveni.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Lourenço wanoherereje Tshisekedi ubutumwa bwanditse
20 September 2024, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame kuri uyu wa 19 Nzeri 2024 yaganiriye ku murongo wa telefone na mugenzi we wa Angola, João Lourenço, ku biganiro bya Luanda bigamije kugarura umwuka mwiza hagati y’u Rwanda na RDC, wazambijwe n’umutekano muke burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Aya makuru yemejwe n’ibiro bya Perezida wa Angola, byagize biti “Perezida wa Repubulika ya Angola, João Lourenço, mu gitondo yavuganye ku murongo wa telefone na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, ku muhate wa Angola (...) -
‘Kuba Umunyarwanda asuhuza undi munyarwanda mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa biteye isoni’ Dr Vuningoma
4 February 2018, by Nsanzimana ErnestGusuhuzanya no kuganira mu ndimi z’ amahanga hari Abanyarwanda basigaye babifata nk’ ubusirimu cyangwa ikimenyetso cy’ uko basomye gusa Umuyobozi w’ inteko Nyarwanda y’ Ururimi n’ Umuco Dr James Vuningoma we asanga ari urukozasoni kuba Umunyarwanda yasuhuza mugenzi mu Cyongereza cyangwa mu Gifaransa.
Yabitangarije mu kiganiro ku Nteko cyo kuri Radio 10 cyatambutse kuri uyu wa 4 Gashyantare 2018. Dr Vuningoma avuga ko kumenya indimi z’ amahanga bifitiye akamaro Abanyarwanda kuko bazihahisha gusa (...) -
Abadepite b’Abafaransa bateguye imyigaragambyo yo kwamagana Visit Rwanda
4 April, by Angeline MUKANGENZIKu Cyumweru tariki ya 6 Mata, i Paris mu Bufaransa hateganyijwe imyigaragambyo yiswe iyo kwamagana imikoranire ikipe ya Paris Saint-Germain yo muri kiriya gihugu ifitanye n’u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda
-
Ishami rya Al-Qaeda ryigambye kwica abasirikare 200 ba Burkina Faso
16 May, by ISHIMWE Jean de DieuItsinda ry’ubutasi rya SITE rivuga ko Jama’a Nusrat ul-Islam wa al-Muslimin (JNIM)yagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Burkina Faso mu gace ka Djibo.
-
Uganda yahakanye ko itakiriye inama yo gushyiraho komite ya RNC
24 November 2019, by Dusingizimana RemyMu itangazo ryashyizwe hanze n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’urwego rushinzwe itangazamakuru muri Uganda, yahakanye ko nta nama bakiriye igamije gushyiraho komite nshingwabikorwa y’ishyaka rya RNC iyihagarariye muri iki gihugu.
-
Burkina Faso: Menya byinshi kuri Capt Ibrahim Traoré uheruka guhirika ubutegetsi afite imyaka 34 gusa
3 October 2022, by Dusingizimana RemyCapt Ibrahim Traoré ukuriye agatsiko ka gisirikare kafashe ubutegetsi muri Burkina Faso, ubu niwe mutegetsi w’igihugu ukiri muto muri ako karere.
Ni umusirikare umenyereye intambara wagiye buhoro buhoro anenga ubutegetsi bw’uwo yahiritse ku “ingamba zidatanga umusaruro” mu kurwanya imitwe ya Islamic State na al-Qaeda.
Capt Traoré kuwa gatanu yahiritse Lt Col Paul-Henri Damiba, iba coup d’etat ya kabiri muri uyu mwaka muri Burkina Faso, ishobora gukerereza inzibacyuho yo guha ubutegetsi (...) -
Umujyi wa Kigali ugiye kwisubiza ibibanza ba nyirabyo banze kubaka
3 September 2024, by Joseph IradukundaMu kiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa 03 Nzeri 2024,Meya w’Umujyi wa Kigali yabwiye abanyamakuru ko Umugi ayoboye uzisubiza ibibanza bigaragara hirya no hino mu mugi bene byo banze kubaka
0 | ... | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | 140 | 150 | 160 | 170 | ... | 3420